{"id":23251,"date":"2025-12-11T09:06:25","date_gmt":"2025-12-11T09:06:25","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/?p=23251"},"modified":"2025-12-11T11:37:37","modified_gmt":"2025-12-11T11:37:37","slug":"abafite-isezerano-rya-data-ritari-irya-aba-pastor-ni-gihe-cyanyu","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2025\/12\/11\/abafite-isezerano-rya-data-ritari-irya-aba-pastor-ni-gihe-cyanyu\/","title":{"rendered":"Abafite isezerano rya data ritari irya aba pastor ni gihe cyanyu"},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\"><em>Reka mbanze ntange isezerano ku bakunzi bu murimo wa data (<span style=\"color: #3366ff;\">Ubuhanuzi<\/span>) ni manza zitabera, e-mail mujya munyandikira nzajya nzibika kuzindi <span style=\"color: #3366ff;\">e-mail<\/span> kugirango ubwo tuzaba twinjiye mu isezerano nzabashe kwibuka byibuze na babashije kunyandikira bashimira Uhoraho Nyiringabo kumurimo ye myiza abakorera. Kandi bene abo ngirango nibo nzatangiriraho mbinjiza mu isezerano.<\/em><\/p>\n<p><!--more--><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ubu tugeze mu bikomeye cyane nti mutinye kandi nimugire ubwoba kuko ubu turi kuvugana, umwanzi yatangiye guhabuka niyompamvu amaze igihe akorera ubwoko bw\u2019Uhoraho iterabwoba riteye ubwoba cyane bahabuke imitima yabo.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nshimiye cyane mwene data watwandikiye atwibutsa Ubuhanuzi bw\u2019imodoka nziza zihenze cyane Uwiteka Imana Nyiringabo yadusezeranije.Umunyabwenge abasha kumenya ko igihe cyo guhabwa umugisha gisohoye maze akitegurira kugura utwenda tw\u2019umwana ugiye kuvuka. Ubwo niba uzi ururimi wabasha kumva imvugo yanjye, kuko iyawe ndayisobanukiwe.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Abana bumwijima na bazi ubwenge kandi bamenye gutandukanya igihe cy\u2019imvura ikubye, n\u2019umuyaga uhorera utagira imvura. Iki ni gihe cy\u2019Abakiranutsi ubwami bwanyu buraje mwishimire yuko data wo mu ijuru atwibutse maze munererwe mu mitima ariko mutabyerekana kuko umwanzi yatangiye guhungetwa yamaze kuzabiranywa n\u2019uburakari bwinshi cyane.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Humura amazina yawe ndayabitse kandi nzayashyira kure ahatagera umwanzi.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>(Nasabye ko amazina yaba ibanga ndi muri Gakondo)<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nyiricyubahiro Umwami wa Gakondo y&#8217;abakiranutsi<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Impamvu: ishimwe kuri Data wa twese<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nyiricyubahiro Umwami,<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Hamwe n&#8217;uru rwandiko mbanje kubashimira ko mwemeye kubaha Data wa twese mukaba uwo kwizerwa nawe; mukaduha amakuru y&#8217;umucyo ku biri gukorwa mu isi.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Bamwe kubaha Imana Data twabireberaga gusa mu ntekerezo z&#8217;abanyamadini ariko ubu turabona (ndabona) igikwiye ataribwo tubwiwe<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nyiricyubahiro Umwami wa Gakondo ndaharanira kumvira Data inzira ye ntigoye.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Twumviye Data tuzaba mu bikari bye. <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Amina<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ndabashimiye ni umurimo mukora Data ahabwe icyubahiro ririya shimwe muzatugezaho nanezerewe nibuka Ubuhanuzi Data aguha imodoka z&#8217;agaciro n&#8217;igitangazamakuru mpuzamahanga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>None ubwo ubuvugizi bwajemo n&#8217;abanzi b&#8217;umucyo ni byiza ko Perezida Trump amenya ko abanyarwanda bafite umurage w\u2019isezerano ry&#8217;ijuru bikemerwa n&#8217;impande zombi: abarwanya isezerano n&#8217;abashyigikiye isezerano Data ni ubwiza<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Tugeze isarura nyiri umurima niwe ugena umunsi w&#8217;isarura (wonderful) <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Data ashimwe kubanezeza ibyiringiro no kumwubaha bigwire muri mwe natwe atwishimire.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nyiricyubahiro Umwami wa Gakondo ndabashimiye Data ahimbazwe.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"color: #ff00ff;\"><em>\u00a0egretnewseditor@gmail.com\u00a0<\/em><\/span><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Reka mbanze ntange isezerano ku bakunzi bu murimo wa data (Ubuhanuzi) ni manza zitabera, e-mail mujya munyandikira nzajya nzibika kuzindi e-mail kugirango ubwo tuzaba twinjiye mu isezerano nzabashe kwibuka byibuze na babashije kunyandikira bashimira Uhoraho Nyiringabo kumurimo ye myiza abakorera. Kandi bene abo ngirango nibo nzatangiriraho mbinjiza mu isezerano.<\/p>\n","protected":false},"author":47471,"featured_media":23269,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[198,2],"tags":[],"class_list":["post-23251","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-slider","category-top-news"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/23251","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/47471"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=23251"}],"version-history":[{"count":2,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/23251\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":23270,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/23251\/revisions\/23270"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/23269"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=23251"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=23251"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=23251"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}