{"id":23143,"date":"2025-12-01T17:51:49","date_gmt":"2025-12-01T17:51:49","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/?p=23143"},"modified":"2025-12-01T17:53:40","modified_gmt":"2025-12-01T17:53:40","slug":"ibyabega-abahinduraabagege-byageze-mu-marembera","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2025\/12\/01\/ibyabega-abahinduraabagege-byageze-mu-marembera\/","title":{"rendered":"Iby&#8217;abega, abahindura,abagege byageze mu marembera!!!"},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"color: #ff0000;\">Umwakagara Paul Kagame<\/span> akomeje guhagarikwa umutima cyane n\u2019uwari ikimenyetso cyo kuvaho ku butegetsi bwe, kuba hasigaye icyo kimenyetso kimwe ko gikurwaho hanyuma ingoma y\u2019abega igahirima bikomeje guteza umutekano mucye mu mitima ya benshi bashyigikiye ubwami bw\u2019abega muri gakondo ya bakiranutsi. Umwami wabagara yatanze itegeko ryo guhiga Umwami Kigeli Ndoli ushinzwe guca imanza zitabera ko bamuhigira hasi no hejuru ariko za magigiri zikomeje gukubita hasi igihwereye.<\/em><\/p>\n<p><!--more--><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Uhereye kumunsi wejo biriwe bategeye ku binyamakuru ariko nta bwo bagize amahirwe yo kugera kumigambi yabo uko bari bayiteguye. Ubwoba ni bwinshi muri bo aho batekereza ko ingoma yabo igiye gukurwaho kandi bari bageze aharyoshye kurusha ibihe byose babayeho.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"color: #ff0000;\">Umwami wabagara Paul Kagame<\/span> ahagaritse umutima cyane kandi bikabije. Amategeko arimo gutanga za magigiri zananiwe kuyubahiriza kuko ibyo asaba bidashoboka kubera ko yaba we cyangwa abagaragu be, bose bamaze gucirwaho iteka rya burundu n\u2019ubutabera bw\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ibikorwa byose by\u2019umwakagara Paul Kagame byamaze gushyirwaho iherezo, nta bwo ari Umwami wabagara gusa, ahubwo n\u2019ibikorwa byo kwa Rwigara Assinapol na basangira ngendo babo bose yaba abari mu gihugu imbere cyangwa abari hanze yacyo nabo ibikorwa byabo byamaze gushyirwa munda y\u2019isi dukurikije amakuru atanga n\u2019ibiro ntaramakuru byo mu ijuru (<span style=\"color: #3366ff;\">Heaven News Media Agency<\/span>).<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Abanyarwanda bakomoka mu nzu y\u2019Abahindura, Abagege, abakaala, barimo kuvumira ku gahera madam <span style=\"color: #ff0000;\">Mukangemanyi Adeline Rwigara<\/span> kuba yaratumye bacirwaho iteka rya burundu kandi ari ntaho bari bahuriye ni bikorwa bye bya politike ndetse no kutumvira Imana kwe kwatumye ateza akaga gakomeye cyane mu nzu zabo kuko atigeze atekereza akaga gashobora kugwira imiryango yabo ahubwo agahitamo gushinga ijosi na gati muryinyo none akaba abateje akaga, ibyago, na makuba bitabavugwa.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ibyari umugisha kwa <span style=\"color: #ff0000;\">Rwigara Assinapol<\/span> byahindutse umuvumo, ibiro ntaramakuru byo mu ijuru (<span style=\"color: #3366ff;\">Heaven News Media Agency<\/span>) bikomeza bivuga ko inkingi ebyeri za mwamba zo kwa Rwigara Assinapol ziciwe burundu. Nta bwo ari zo zonyine kuko n\u2019insina zatewe kumarembo y\u2019uruzabibu nazo za maze kurandurwa burundu zitazongera kumera ukundi.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Hagati muruzabibu rwabo hacukuwemo umworera kugirango umuyaga uturutse mu amajy\u2019epfo y\u2019uburengerazuba uhuhe izo nzabibu zose zatewe mu murima zimakire muri urwo mworera nti zizongera kwibukwa ukundi.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ibikingi byabo byo ku marembo byombi byamaze gukurwaho kugirango umwanzi abone inzira yinjiriramo asohoze imigambi ye. Inshuti zo kwa Rwigara zamaze kujyanwa mu butayu bugufiya kandi nta bwo bazigera babuvamo kuko basuzuguye ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo hamwe ni manza zitabera.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ibintu birakomeye cyane nta bwo byoroshye, bakomeje ku bifata minenengwe none ibyari ibyuya byamaze guhinduka amaraso!!!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>\u00a0<span style=\"color: #ff00ff;\">egretnewseditor@gmail.com\u00a0<\/span><\/em><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umwakagara Paul Kagame akomeje guhagarikwa umutima cyane n\u2019uwari ikimenyetso cyo kuvaho ku butegetsi bwe, kuba hasigaye icyo kimenyetso kimwe ko gikurwaho hanyuma ingoma y\u2019abega igahirima bikomeje guteza umutekano mucye mu mitima ya benshi bashyigikiye ubwami bw\u2019abega muri gakondo ya bakiranutsi. Umwami wabagara yatanze itegeko ryo guhiga Umwami Kigeli Ndoli ushinzwe guca imanza zitabera ko bamuhigira<\/p>\n","protected":false},"author":47471,"featured_media":22973,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[198],"tags":[],"class_list":["post-23143","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-slider"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/23143","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/47471"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=23143"}],"version-history":[{"count":2,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/23143\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":23146,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/23143\/revisions\/23146"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/22973"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=23143"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=23143"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=23143"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}