{"id":23072,"date":"2025-11-26T15:03:18","date_gmt":"2025-11-26T15:03:18","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/?p=23072"},"modified":"2025-11-26T15:03:18","modified_gmt":"2025-11-26T15:03:18","slug":"ubwiru-bwabega-nabahinduro","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2025\/11\/26\/ubwiru-bwabega-nabahinduro\/","title":{"rendered":"Ubwiru bw&#8217;abega n&#8217;abahinduro"},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, wandike ibyo ubishyire ahagaragara kugirango bimenyekane abazagwa muri iyi ntambara ikomeye izaba iyobowe n\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo, batazavuga ngo nti baburiwe, ahubwo ubyandike ba bimenye hatazagira ubigira urwitwazo kuko hari abibwira yuko ngo ari abatoni k\u2019Uwiteka bakanga kumva iyo ivuga iri mu ijuru ngo bafite isezerano ryo kurindwa.<\/em><\/p>\n<p><!--more--><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nyamara kandi atari Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo wabahaye isezerano, ahubwo barihawe n\u2019abahanuzi bakorera inda zabo kugirango bibonere amaronko uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Neno la bwana likanijia kutoka kwa Mungu mwenyezi baba wa mbinguni na kuniambia, mwana wa Adam ni vizuri kuelewa msamiati kama huu na kuelewa maana yake ndiposa usitumbukie kwanye shimo. <span style=\"color: #ff0000;\"><strong>USIPO ZIBA UFA, UTAJENGA UKUTA<\/strong><\/span>! <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Bisobanura ngo nutaziba umwenge uzubaka igikuta cyose bishatse kuvuga ko: hariho ikibazo gitoya nutagikemura kizakubana kinini kandi kugikuraho bizaguhenda cyane. <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ubwo narimfite gahunda yo kujya ku murwa mukuru w\u2019Ishushani aho kuzinduka nkomeza kuzarira kubera ibitotsi dore ko nta biherukaga ariko maze kumva iryo jambo ako kanya ndabyuka nerekeza kumurwa hakiri kare nkora umulimo ndangiza kuwukora za magigiri zitari zagera mu murwa zibonye ko maze gutangaza Ubuhanuzi baza biruka bibwira ko bari bunsange aho nakorewe mu gihe njyewe nari namaze kuva mu murwa mukuru w\u2019Ishushani uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, dore Joyce Wanjiku yagambanye na bajura yababwiye ko ufite cash maze ategura uburyo bari buze ku kwiba none fata amashillingi yose ufite uyavunje mu ma dollar ugure wallet yindi nshya hanyuma kandi unagure ingufuri (padlock) yindi kugirango naramuka abahaye imfunguzo baze gusanga wahinduye ingufuri uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti, kandi uhite umuhagarika kumurimo wari waramuhaye uhite ushaka iyindi nzu wimuke kuko yamaze kwinjirwamo na badayimoni bo kugambana uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong>Dec 28,2015<\/strong> <u><span style=\"color: #ff0000;\">ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, dore Umwami Kigeli V Ndahindurwa hamwe ni bikomangoma bye bose bakuweho kuko badakora ibyo ubabwira ahubwo bagahitamo kwikorera ibyabo bibwira yuko ari wowe bahima<\/span>. <span style=\"color: #3366ff;\">Ubyandike kandi ubigire ubwiru maze uzabitangaze mu gihe gikwiriye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abitegetse<\/span>.<\/u><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"color: #ff0000;\">Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane<\/span>, <span style=\"color: #ff0000;\">maze rirambwira riti<\/span>, <span style=\"color: #ff0000;\">kandi dore ibikoma ngoma byo ku ngoma y<\/span>\u2019<span style=\"color: #ff0000;\">abega<\/span>, <span style=\"color: #ff0000;\">abatware<\/span>, <span style=\"color: #ff0000;\">ni byegera by\u2019ingoma y\u2019abega nabo bakuweho nyuma yuko Umwami Kigeli V Ndahindurwa azaba akuweho ku ngoma<\/span>, <span style=\"color: #ff0000;\">buzira bucye hanyuma nabo bakurweho bakwire imishwaro bajyanwe mu butayu bugufiya aho bazamara ibihe byinshi bigishwa uko bubaha Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abitegetse<\/span>.<\/em><\/p>\n<p><span style=\"color: #ff00ff;\"><em>egretnewseditor@gmail.com\u00a0<\/em><\/span><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, wandike ibyo ubishyire ahagaragara kugirango bimenyekane abazagwa muri iyi ntambara ikomeye izaba iyobowe n\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo, batazavuga ngo nti baburiwe, ahubwo ubyandike ba bimenye hatazagira ubigira urwitwazo kuko hari abibwira yuko ngo ari abatoni k\u2019Uwiteka bakanga kumva iyo ivuga iri mu ijuru<\/p>\n","protected":false},"author":47471,"featured_media":23074,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[198,2],"tags":[],"class_list":["post-23072","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-slider","category-top-news"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/23072","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/47471"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=23072"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/23072\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":23075,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/23072\/revisions\/23075"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/23074"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=23072"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=23072"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=23072"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}