{"id":2288,"date":"2017-06-20T09:42:24","date_gmt":"2017-06-20T09:42:24","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/new\/?p=2288"},"modified":"2017-07-13T08:48:10","modified_gmt":"2017-07-13T08:48:10","slug":"ubuhanuzi-mu-marembera-yingoma","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2017\/06\/20\/ubuhanuzi-mu-marembera-yingoma\/","title":{"rendered":"Ubuhanuzi mu marembera y&#8217;Ingoma."},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\"><b><span style=\"text-decoration: underline;\"><span style=\"color: red;\">Kuwa 16 Nyakanga 2014<\/span><\/span><\/b><span style=\"text-decoration: underline;\"><span style=\"color: red;\">,<\/span><\/span> ubwo nari kumurwa mukuru w\u2019ishushani mu gihugu cy\u2019Ibabulini,naridi kumurimo w\u2019Uwiteka,maze ijwi ry\u2019Uwiteka rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu va kumurimo w\u2019Uwiteka ujye kumurimo w\u2019Uwiteka wandike ibyo wabwiwe kandi weretswe!kuko igihe gisigaya ari gito cyane kuko igihe gishyize cyera ngo ibyavuzwe na bahanuzi b\u2019Uwiteka bisohore.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Ubwo navuye kumulimo njya kumulimo w\u2019Uwiteka,maze nandika ibyahanuwe n\u2019umuhanuzi mukuru hamwe n\u2019umuhanuzi.<\/p>\n<hr id=\"system-readmore\" class=\"mceItemReadMore\" \/>\n<p style=\"text-align: justify;\"><i><span style=\"text-decoration: underline;\"><span style=\"color: red;\">Kuwa 10 Nyakanga 14,byari mu masaha yasaa 06hoo na saa 07hoo,<\/span><\/span><\/i>maze njyanwa mu <img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" style=\"float: left;\" src=\"\/images\/Obama.jpg\" width=\"150\" height=\"150\" \/>iyerekwa mbona bimwe mu bihugu bikomeye ku isi,bikora inama yogukura kagame kubutegetsi,abari muri iyo nama ntibigeze bifuza yuko haba har\u2019umuntu numwe wamenya ko iyo nama yabaye kuko yabereye mu ibanga rikomeye cyane usibye ko,Uwiteka hamwe n\u2019umuhanuzi mukuru bari bari muri iyo nama.Maze bemeza ko umugambi wogukura kagame kubutegetsi wemejwe kandi ko ntagisibya!Ni uko umwuka w\u2019Imana arambwira ati mwana w\u2019umuntu tangariza abatataniye mu mahanga ko Uwiteka amaze gukoresha abakozi be,inama yogukura umwakagara ku ngoma.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Dore abakozi banjye barangije inama,kandi nanjye nari mpari,bamaze kwemeza ko,kagame bagiye kumukuraho,bwira intama zanjye zitegure zishingikirize k\u2019Uwiteka wenyine kuko ibihe birakomeye cyane,kuko bagiye gushinga umuhunda ku kirenge!?Dore ibyavugiwe mukanwa kabahanuzi ndabisohoje,abanyiringiye nzabakiza nzabagirira neza,nzabitaho,intama zanjye nzaziragirira,izinanutse zizabyabuha,izavunitse nzazunga,intabwa nzazitaho,imfumbyi nzazibera umubyeyi kuko abaziragiraga baragiriraga ibihembo,ndetse zimwe barazigurishije,izindi barazirya,izasagutse bazijugunyira amasega izindi ziratatana none kubera iyo mpamvu,nzazibera umushumba jyewe ubwanjye Uwiteka niko mvuze.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Dore akaga,ibyago,amakuba,birage kubafite umubiri mu gihugu cyawe,bwira ubwoko bwanjye bakure amaso kubitagira umumaro,kuko kumunsi wamakuba ubegereye bitazabasha kubakiza,kandi ndirahiye ntabwo nzongera kwemera ko banyambura icyubahiro cyanjye uko niko Uwiteka avuze!.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">NB:Ngiye gutatanya ubwoko bw\u2019Abayisiramu,kuko gukiranirwa kwabo kumaze kungera imbere bakoze ibyangwa n\u2019Uwiteka Imana ya Israel,kubera iyo mpamvu nzabatatanya mbageze kumpera y\u2019Isi uko niko Uwiteka avuze!Ibikorwa byabo ntibizongera kwibukwa ukundi uko niko Uwiteka avuze!.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Dore amaso y\u2019Uwiteka ahora kubakiranutsi,kandi nzahora inkozi zibibi zihaye kwigarurira ubwoko bwanjye uko niko Uwiteka avuze!.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Dore abaguha umugisha nanjye nzabaha umugisha,abazakuvuma nanjye nzabavuma uko niko Uwiteka avuze!.Abazakugirira neza nzabakubira inshuro<b>(7);<\/b>uko niko Uwiteka avuze!.Humuriza ubwoko bwanjye ubabwire uti nibahumure kuko ngiye kubatabara uko niko Uwiteka avuze!.Ubwire abatataniye mu mahanga uti,nd\u2019Uwiteka Imana ifuha ya Israel na Yakobo,bazabona kugira neza kwanjye!Abazakomeza amasezerano nzabana nabo,nzabagirira neza,nzabakiza,intimba yo mu mutima uko niko Uwiteka avuga!.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Dore umukumbi wanjye nzawuguyaguya,nzawegeranya,nzawusubiza ahawo mu rwuri rwawo,ndetse nzawuha gakondo yawo,uko niko Uwiteka avuze!.Izishwe n\u2019inzara nzaziragira,izishwe n\u2019inyota nzazuhira kumariba afutse uko niko Uwiteka Imana ya Israel avuze!.Nzazikiza ibikomere,izaremaye nzazimugurura, dore abashumba bose bari abibihembo ariko kuri wa munsi zizamenya yuko arijye Uwiteka Imana ya Israel nijye uvuze!.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><b><i><span style=\"text-decoration: underline;\">Kuwa 11 Nyakanga 14<\/span><\/i><\/b> umwuka w\u2019Uwiteka yaransanze,anjyana mu iyerekwa,maze nerekwa imibereho y\u2019abanyarwanda bo mu bwoko bw\u2019Abatutsi baturutse mu gihugu cya Uganda basengera mu itorero rya CLPR ku kimihurura kwa RUGUMBUGUZA Meshack.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">N\u2019uko nerekwa abo banyarwanda bateraniye murugo rw\u2019umuririmbyi wo muri urwo rusengero,akaba n\u2019umukwe wa Col.Pastor Twahirwa Dodo,witwa EUGENE,barimo barwanira amata y\u2019umujago,hamwe n\u2019amandazi!Inzu banyweragamo ayo mata y\u2019umujago cyangwa icyayi,yari inzu yubatse ibikuta (4);ariko nta miryango cyangwa amadirishya yari ifite,hari hameze nko mukirongozi.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Nerekwa umuhanuzi mukuru atutse nko muri metro 100,yitegerezaga imihora cyangwa za ruhurura zari zizengurutse iyo nzu.Maze mbona haje umuntu amuzaniye amata atavanze ndetse n\u2019umugati wose arawumuterera umuhanuzi mukuru arawusama arafungura\u2039<span style=\"color: red;\">Inzu,bisobanura igihugu cyambaye ubusa kitagira amasengesho,amata yumujago bibanura inzara no kurwanira ibyokurya,imihora nz za ruhurura n\u2019inzira z\u2019inkozi zibibi zinyanye no gukiranirwa\u203a.<\/span><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"color: red;\">\u00a0<\/span><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">(b)Nerekwa inkozi zibibi zongera kwisuganya ngo zubake uruhimbi rwabadaimoni nari maze gusenyesha amasengesho,kugirango babashe kongera kwigarurira umugisha mwibano,ariko ntibyabakundira kuko umuhanuzi mukuru yahise ahagera aburizamo ibyo bikorwa byabo by\u2019ubugizi bwanabi.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">\u00a9 Nerekwa umwuka w\u2019inzika wuwahoze ayobora uRwanda perezida Habyarimana yuvenali,mbona yicaye kumuhanda wa Bank de Kigali,hafi y\u2019agahanda kazamuka kajya ahahoze Radio Rwanda,nabonaga hari amaduka acuruza za costime,suit,maze Habyarimana arazifata zose avuga ko,arizo bamwibye ngo izo nizo yambaraga ari mukazi ubwo yari akiri mu Rwanda atajyanwa iwabo wa twese.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Mbona abagabo bab\u2019abatutsi nabagore babo batangajwe cyane n\u2019ukuntu Habyarimana agarutse kukwa ibyahoze ari ibye nyuma akaza kubikurwamo n\u2019igihe cye cyari gisohoye!imyenda bisobanura ibikorwa,umwuka w\u2019inzika uzasiga igihugu iheruheru cyangwa ubusa muyandi magambo.Intambara igiye gutangira icyirukanye Habyarimana nicyo kizirukana Kagame!<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><b><i><span style=\"text-decoration: underline;\"><span style=\"color: red;\">Kuwa 13 Nyakanga 14<\/span><\/span><\/i><\/b>,nibwo nari mvuye kumulimo w\u2019Uwiteka kumurwa mukuru w\u2019ishushani mu gihugu cy\u2019Ibabuloni,byari hagati ya sa <span style=\"text-decoration: underline;\"><span style=\"color: red;\">06hoo na sa 11hoo<\/span><\/span> z\u2019amanywa,maze nerekwa ukuntu ahanga amaze gutegura inzira y\u2019inyeshyamba za fdlr zizanyuramo zitaha ngo zigere mu rwagasabo aho zizahanirwa hamwe n\u2019inkozi zibibi ngenzi zazo aho zakoreye ibyaha byo kumena amaraso yabatariho urubanza nabakiranutsi!.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Maze nitegereje mbona fdlr zigeze kukibuga cy\u2019indege zuriye indege zigana murwagasabo\u201dIndege bisobanura urupfu cyangwa ububyutse bw\u2019ibibi cyangwa ibyiza\u201dmbona aba fdlr baranezerewe cyane kuko bahagarariwe ningwe bakaba bagiye kuvoma,bisobanuye yuko gutaha kwabo ariyo ntangiriro y\u2019intambara aho kugirango ribe iherezo ry\u2019intambara.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><b><i><span style=\"text-decoration: underline;\"><span style=\"color: red;\">Kuwa 13 Nyakanga 2014,<\/span><\/span><\/i><\/b>ahagana mu masaha ya 04hoo na sa 06hoo z\u2019umugoroba najyanywe mu iyerekwa,umwuka w\u2019Uwiteka yaransanze anjyana mu iyerekwa ajya kunyerekwa ibikorerwa mu isi y\u2019umwuka,anyereka ko,igihe gishyize cyera ko,ibyahanuwe nabahanzu bisohoye vuba cyane,arambwira ati mwana w\u2019umuntu byuka wandike ibyo ubonye kandi utangarize intama z\u2019Uwiteka uzimenyeshe ko,igihe kigeze ngo iby\u2019Uwiteka yavuze bisohore.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Dore kagame paul avuye ku ngoma,kandi amaraso menshi aramenetse,abantu bananiwe kwiringira Uwiteka biringira imbaraga zabo none bahembwe gukiranirwa kwabo.Ubwo nibambuye numva ndananiwe cyane kuko nubundi nibwo nari nkimara kuva gushyira ahagaragara ibyavuzwe n\u2019Uwiteka menyako amazi atakiri yayandi ubwo nahise mfata urugendo nsubira mu murwa mukuru njya gushyira ibyavuzwe n\u2019Uwiteka ahagaragara kugirango abatataniye mu mahanga bamenye ko,igihe cyo gukurwa mubunyage cyegereje.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><a href=\"mailto:inyangenewseditor@gmail.com\">inyangenewseditor@gmail.com<\/a><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Kuwa 16 Nyakanga 2014, ubwo nari kumurwa mukuru w\u2019ishushani mu gihugu cy\u2019Ibabulini,naridi kumurimo w\u2019Uwiteka,maze ijwi ry\u2019Uwiteka rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu va kumurimo w\u2019Uwiteka ujye kumurimo w\u2019Uwiteka wandike ibyo wabwiwe kandi weretswe!kuko igihe gisigaya ari gito cyane kuko igihe gishyize cyera ngo ibyavuzwe na bahanuzi b\u2019Uwiteka bisohore. Ubwo navuye kumulimo njya kumulimo w\u2019Uwiteka,maze nandika ibyahanuwe n\u2019umuhanuzi mukuru<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":4464,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[1],"tags":[],"class_list":["post-2288","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-uncategorized"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2288","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=2288"}],"version-history":[{"count":2,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2288\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":4465,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2288\/revisions\/4465"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/4464"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=2288"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=2288"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=2288"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}