{"id":22870,"date":"2025-11-15T03:17:39","date_gmt":"2025-11-15T03:17:39","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/?p=22870"},"modified":"2025-11-17T09:46:43","modified_gmt":"2025-11-17T09:46:43","slug":"ibyo-mukwiye-kumenya-no-gusobanukirwa","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2025\/11\/15\/ibyo-mukwiye-kumenya-no-gusobanukirwa\/","title":{"rendered":"Ibyo mukwiye kumenya no gusobanukirwa"},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\"><em>Iyo bigeze aho Uwiteka Imana Nyiringabo agushyira muciro cya mazu nyarwanda arimo <span style=\"color: #ff0000;\">abega<\/span>, <span style=\"color: #ff0000;\">abashambo<\/span>, <span style=\"color: #ff0000;\">abasinga<\/span>, na <span style=\"color: #ff0000;\">abashingwe<\/span>, batera umwaku uzamenye yuko ibyawe atari byiza. Nibyo <span style=\"color: #ff0000;\">abashingwe<\/span> batera umwaku kuko n\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo arabihamya! Kandi <span style=\"color: #ff0000;\">Abashingwe<\/span> ikibazo cyabo cyaturutse kuba ari bo bemeye kwikorera umuvumo w\u2019I <span style=\"color: #ff0000;\">mandwa<\/span> zose zo muri gakondo ya bakiranutsi kuko gukiranirwa kwabo kwari gukomeye cyane!!!<\/em><\/p>\n<p><!--more--><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Baje gukurikirwa na bo mu nzu y\u2019<span style=\"color: #ff0000;\">abasinga<\/span> bashatse guhigika <span style=\"color: #ff0000;\">abashingwe<\/span> ngo abe ari bo bazajya bakorana na bakurambere cyangwa imyuka mibi ya bapfuye, bajye babumvira kurusha iyindi miryango maze babigeraho birakunda. Ariko wa muvumo w\u2019<span style=\"color: #ff0000;\">Abashingwe<\/span> nta bwo wa bavuyeho ngo ni uko batakomeje uko gukiranirwa kwabo, ahubwo wakomeje kubabaho na bugingo n\u2019ubu uracyabariho ari na wo barimo kuzira kuko nisezerano bagiranye na Satani na badayimoni.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Haje gukurikiraho <span style=\"color: #ff0000;\">Abega<\/span> n\u2019<span style=\"color: #ff0000;\">Abashambo<\/span> mu myaka ya vuba bitari cyera cyane, ariko byari no mu kinyejana cya (19) ku buryo umuntu atabyibagirwa. Nibo bazamukanye ubukana bwinshi cyane ku buryo <span style=\"color: #ff0000;\">imandwa<\/span> zabahaye kujya bashyingira abami aha ndavuga abega-kazi maze basimbura <span style=\"color: #ff0000;\">abasinga<\/span>&#8211;<span style=\"color: #ff0000;\">kazi<\/span> bari barasezeranye ni bwami ko aribo\u00a0 bazajya babashyingira abageni.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"text-decoration: underline;\">Icyo nshaka kuvuga aha ngaha ni uko iyo wamaze kugera kurwego rwo gukiranirwa ku kigero cy\u2019iyo miryango (<span style=\"color: #ff0000; text-decoration: underline;\">spiritual<\/span> <span style=\"color: #ff0000; text-decoration: underline;\">identification<\/span>) ya we cyangwa umwimerere wa we urahinduka ukwitwa umwega cyangwa umushambo\u2026. Kimwe ni uko <span style=\"color: #ff0000; text-decoration: underline;\">abashingwe<\/span> bagereranywa na <span style=\"color: #ff0000; text-decoration: underline;\">HIV<\/span> bivuze ko umuvumo wabo utagira gikurwaho cyangwa umuti. Uko niko n\u2019umuntu waciriweho iteka abarirwa mu bantu batera umwaku cyangwa barwaye <span style=\"color: #ff0000; text-decoration: underline;\">HIV<\/span> kuko ari nta cyintu ashobora gukora ngo ahirwe nyuma yo gucirwaho iteka rya burundu<\/span>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ndetse na banyamahanga batabarirwa muri iyo miryango nabo iyo bamaze gucirwaho iteka bahita bashyirwa mucyiciro cy\u2019iyo miryango bakwitwa <span style=\"color: #ff0000;\">abashambo<\/span>, cyangwa <span style=\"color: #ff0000;\">abega<\/span>, cyangwa abasinga, abashyirwa muri ibi ibyiciro ni abafite ubutegetsi kandi bagiranye isezerano ni myuka mibi ikabageza ku butegetsi.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ikindi kandi Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo areba ni amasezerano aba yarabaye hagati yi yi miryango ikunze kuvugwa hano, iyo miryango ishobora kwitirirwa izina ry \u2019imiryango bagiranye amasezerano kuko bafatanije gukiranirwa. Kwemera uko gukiranirwa kandi ubizi neza ko ibyo mwakoze bitari bikwiye, ubwabyo bicisha igihanga umuntu wese ukomoka muri iyo miryango.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"text-decoration: underline;\"><span style=\"color: #ff0000; text-decoration: underline;\">Inshuro nyinshi iyo tuvuga ngo runaka ni umushingwe cyangwa umwega, cyangwa se umushambo, biba bifite impamvu kandi binafitanye isano ni manza zitabera<\/span>. <span style=\"color: #ff0000; text-decoration: underline;\">Ibi mbivugiye yuko abantu barimo guhunga kwitwa imiryango bakomokamo.<\/span><\/span><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"text-decoration: underline;\"><span style=\"color: #ff0000; text-decoration: underline;\">Abantu mukwiye kuba maso cyane ku muntu ugiye gushyingirwa yaba umukobwa cyangwa umusore numvise abantu benshi batangiye kujya bahunga imiryango bakomokamo basigaye biyitirira iyindi miryango bagambiliye kutitirirwa iyo miryango yabo kuko hari aho usanga inzu nyarwanda ifite imiryango myinshi harimo imiryango minini ni mitoya<\/span><\/span>. Bakava muri ya miryango cyangwa inzu nyarwanda nini, bakiyitirira inzu ntoya ubusanzwe usanga nta ngufu bagira muri iyo miryango.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ugasanga inkomoko yabo ni imwe, ariko iyi miryango mitoya ugasanga itavugwa, ariko ifitanye isano na ya miryango minini igize amazu nyarwanda.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Reka dufate umuryango wa <span style=\"color: #3366ff;\">YUDA<\/span> n\u2019umuryango wa <span style=\"color: #3366ff;\">Israel<\/span>, Yuda ishobora kuba ihuriwemo imiryango itarenze (2); ariko <span style=\"color: #3366ff;\">Israel<\/span> ihuriwemo ni miryango igera (<span style=\"color: #3366ff;\">10<\/span>) nyamara yose yitirirwa umuryango umwe.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Inshingano za <span style=\"color: #3366ff;\">Israel<\/span> zitandukanye ni za <span style=\"color: #3366ff;\">YUDA<\/span>, <span style=\"color: #3366ff;\">Israel<\/span> inshingano ze n\u2019ubutegetsi busanzwe bwo kw\u2019isi, naho <span style=\"color: #3366ff;\">YUDA<\/span> inshingano ze ni bijyanye n\u2019ubwami bw\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nibyo mubona <span style=\"color: #ff0000;\">Roman Catholic Church Empire<\/span> bibye muri <span style=\"color: #3366ff;\">Israel<\/span> bashyizeho kiliziya ihinduka ubwami, kandi igakorera mu gihugu cya <span style=\"color: #ff00ff;\">Italy<\/span> igihugu gifite perezida kandi ugasanga bagaragara nk\u2019aho nta ho bahuriye. Uko niko bya gombaga kumera muri <span style=\"color: #3366ff;\">Israel<\/span> ariko kubera kutumvira Imana kwabo ibyabo byagenze uko bimeze ubu.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Abakurikirana amakuru tubagezaho birakwiye ko mujya mwigisha abana banyu kuko iyi miryango yaciriweho iteka izashiraho burundu mu gihe kitari icyakure. Ngirango mwatangiye kubona uko abantu basigaye bapfa amarabira ndetse abantu bakicana hagati y\u2019umugore n\u2019umugabo cyane ku mugabane w\u2019Uburayi. Bishobora kuba ari zimwe murizo mpamvu aho umuntu akenyuka ntiyisazire ariko bikaba nyine mu buryo bugaragara nk\u2019aho uwishwe yakorewe urugomo.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Bivuze ngo umuntu uzashaka mu miryango yamaze gucirwaho iteka, kandi ifite za <span style=\"text-decoration: underline;\"><span style=\"color: #ff0000; text-decoration: underline;\">files numbers<\/span><\/span> nyinshi ashobora kuba ari nta mugisha azagirira muri uwo muryango yashatsemo.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ngirango mujya mubona imiryango ibamo ibintu bidasobanutse bisa ni mivumo. Abenshi imiryango yabo yakoranaga na <span style=\"color: #ff0000;\">Satani<\/span>, nyuma yuko habayeho intambara abantu bagahunga birumvikana yuko badakomeza ya mihango yabo bita ko ngo ari iya <span style=\"color: #ff0000;\">Kinyarwanda<\/span> ari nabyo bibagiraho ingaruka ugasanga abantu barize ariko ntibashobora guhirwa kubona akazi ni bibazo, niba babonye akazi, urushako nikibazo, niba byombi babibonye ugasanga abana babaye ibigoryi. Ibyo byose no mu bazungu birahaba nibyo wumva bavuga ngo nta muryango ubura ikigoryi bituruka kuriyo mihango bakoze ijya ibagiraho ingaruka kuba bayikomeza cyangwa batayikomeza bitewe nibyo mwasezeranye.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Tuvuge nimba mwarasezeranye kuzajya ubaha amaraso cyangwa amata, ubwo turavuga abadayimoni, inka zigashira kubera intambara z\u2019isi, ukaba utakigira ihene cyangwa inkoko birumvikana yuko iyo myuka mibi izirara mu bana bawe wabyaye!!! Ni mujya mukora ibintu mujye mumenya ningaruka zabyo.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Reka dufate urundi rugero: bariya abega mubona bari kungoma uyumunsi, igihe bazakurwa ku butegetsi imandwa zizabahinduka kuko ibyo basahuye byose cyangwa bibye abanyarwanda tuzabibambura basigare amara masa.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em> Icyo gihe nta bwo imandwa bazavuga rumwe kuko nta cyo bazaba bagifite cyo kuziha. Usibye ko nyine banaciriweho iteka kandi nabo nta cyo bazaba bakizishakaho kuko nta bwami bazaba bafite kandi nizo imandwa nta mbaraga zigifite ku buryo zagira icyo zibatwara kuko ibyo zakabaye zibatwara byasimbuwe no gucirwaho iteka ni manza z\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo. <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"color: #ff0000;\">So it\u2019s over<\/span>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"color: #ff00ff;\">egretnewseditor@gmail.com\u00a0<\/span><\/em><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Iyo bigeze aho Uwiteka Imana Nyiringabo agushyira muciro cya mazu nyarwanda arimo abega, abashambo, abasinga, na abashingwe, batera umwaku uzamenye yuko ibyawe atari byiza. Nibyo abashingwe batera umwaku kuko n\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo arabihamya! Kandi Abashingwe ikibazo cyabo cyaturutse kuba ari bo bemeye kwikorera umuvumo w\u2019I mandwa zose zo muri gakondo ya bakiranutsi kuko gukiranirwa<\/p>\n","protected":false},"author":47471,"featured_media":7601,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[198,2],"tags":[],"class_list":["post-22870","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-slider","category-top-news"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/22870","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/47471"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=22870"}],"version-history":[{"count":13,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/22870\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":22912,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/22870\/revisions\/22912"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/7601"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=22870"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=22870"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=22870"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}