{"id":22832,"date":"2025-11-13T02:22:16","date_gmt":"2025-11-13T02:22:16","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/?p=22832"},"modified":"2025-11-13T02:22:16","modified_gmt":"2025-11-13T02:22:16","slug":"abega-nabashambo-bahuye-nigihombo-gikomeye-cyane-badashobora-guhombora","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2025\/11\/13\/abega-nabashambo-bahuye-nigihombo-gikomeye-cyane-badashobora-guhombora\/","title":{"rendered":"Abega n\u2019abashambo bahuye n\u2019igihombo gikomeye cyane badashobora guhombora"},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ibiro ntaramakuru byo mu ijuru (<span style=\"color: #3366ff;\">Heaven News Media Agency<\/span>) bahuye na kaga gakomeye cyane aho bari barashyize igicumbi cy\u2019imiterekerero yabo ibashoboza kuzaguma ku ngoma ubuziraherezo yose yakuweho kandi iyo imiterekerero yabo yasenywe yose uko yakabaye ntihasigara niyumuti.<\/em><\/p>\n<p><!--more--><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Abega na abashambo bafashe Amagyi y\u2019inkoko agera kumifuka (2) yuzuye maze bayikoreza umucika cumu wo mu bwoko bw\u2019Abatutsi barajyana bayishyira mu gihugu cya gakondo ya bakiranutsi, barangije bayamanika muri icyo gihuru basiga uwo mufuka umanitse hejuru kandi bawurereze ngo abe ari ko bazarerega ayandi mazu nyarwanda ntazigere ategeka gakondo ya bakiranutsi.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Abakoze iyo mihango ni abakobwa b\u2019abashambo-kazi bafatanije n\u2019abega-kazi, ibyo byakozwe kubufatanye bwa Kayumba Nyamwasa waruhagarariye abashambo na Kagame Paul Umwakagara waruhagarariye abega. Ayo niyo masezerano bagiranye kwirata kose kwa Kayumba Nyamwasa kwari gushingiye kuri ayo masezerano kuko bumvikanye yuko gashambo nadahabwa ubutegetsi, na kega na we azamburwa ibyo yahawe (ubutegetsi).<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ayo masezerano bayakoreye imbere y\u2019imandwa bamagana abacika cumu, bamagana ubwami bw\u2019uRwanda bugendera ku itegekoshinga, bamagana n\u2019undi muntu uwari we wese uzashaka ubutegetsi atabaciyeho ngo abe ari bo bamuha ubwo butegetsi bamutegekeremo ameze nk \u2019igishushanyo cya kadahumeka kitabasha kumva no kuvuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Muri iri cyangwa se muri iki gitondo intumwa z\u2019abega n\u2019abashambo basigaye muri gakondo ya bakiranutsi sinzi uko bamenye ko hari ikigiye kuba kuriyo imiterekerero yabo, maze baramanuka bagiye gushaka uko bakiza icyo gicumbi cy\u2019iyo imiterekerero maze hamanuka amazi y\u2019inyanja aragenda yuzura agace kose bakoreyemo iyo miterekero asenya ibikorwa byose bakoze byo guhumanya abanyarwanda bose bashobora gushaka kuba abayobozi mu gihugu cyabo ariyo gakondo ya bakiranutsi.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Umugore w\u2019u Mushambo-kazi wa rushinzwe kujya aha amata buri munsi za mandwa agiye asanga cya gicumbi cy\u2019imiterekerero kidahari ayoberwa ibibaye maze azamuka vuba na bwangu ajya gutanga amakuru bahita barekura imandwa zitumva zitanavuga zimanuka kujya kureba uko bimeze nazo wabonaga zitiyizi zigezeyo zihura n\u2019Ubuhanuzi ni manza zitabera z\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo zinanirwa kugira icyo zakora kuko zamaze gucirwaho iteka rya burundu.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Maze abashinzwe imandwa niyo imiterekerero batanga report yuko Umwami Kigeli Ndoli akaba n\u2019umucamanza uca imanza zitabera ari we ubakozeho, ako kanya hatangwa itegeko ryo guhiga Umwami Kigeli Ndoli kandi batazi aho bamushakira. Mbona umujinya w\u2019umurandura nzuzi w\u2019abega bazabiranywa n\u2019uburakali ariko nyine umujinya wabo urangirira mu murizo nk\u2019imbwa.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"color: #ff00ff;\"><em>egretnewseditor@gmail.com<\/em><\/span><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ibiro ntaramakuru byo mu ijuru (Heaven News Media Agency) bahuye na kaga gakomeye cyane aho bari barashyize igicumbi cy\u2019imiterekerero yabo ibashoboza kuzaguma ku ngoma ubuziraherezo yose yakuweho kandi iyo imiterekerero yabo yasenywe yose uko yakabaye ntihasigara niyumuti.<\/p>\n","protected":false},"author":47471,"featured_media":22834,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[198,2],"tags":[],"class_list":["post-22832","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-slider","category-top-news"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/22832","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/47471"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=22832"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/22832\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":22835,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/22832\/revisions\/22835"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/22834"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=22832"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=22832"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=22832"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}