{"id":22636,"date":"2025-11-02T06:17:38","date_gmt":"2025-11-02T06:17:38","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/?p=22636"},"modified":"2025-11-02T09:42:39","modified_gmt":"2025-11-02T09:42:39","slug":"hazacuriki-hagati-yibihugu-bikomeye-nuwiteka-imana-nyiringabo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2025\/11\/02\/hazacuriki-hagati-yibihugu-bikomeye-nuwiteka-imana-nyiringabo\/","title":{"rendered":"Hazacuriki hagati y&#8217;ibihugu bikomeye n&#8217;Uwiteka Imana Nyiringabo?"},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\"><em>Utekereziki iyo biza kuba umulimo w\u2019Ubuhanuzi ni manza zitabera biza gukorerwa mu banyamadini nkuko byakorewe mu itorero rya mbere aho abizera bahuye na kaga gakomeye cyane nyuma yuko Kristo avuye kw\u2019isi ya bazima? Iyo ukurikiranye neza amateka yitorero rya mbere usanga ari nta kindi bazize usibye ubwami bw\u2019imbaraga zikomeye cyane bwari bubarimo bwakoraga ibitangaza imbere ya bategetsi bigatuma ubwami bw\u2019<span style=\"color: #ff0000;\">Abaroma<\/span> bwari bwarigaruriye isi yose batangira kugira ubwoba kuko babonaga ko izo mbaraga zije gutegeka isi bituma ba batatanya bigarurira itorore ry\u2019Imana.<\/em><\/p>\n<p><!--more--><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ikiremwa muntu cyangwa abantu muri rusange baremanywe kamere yo gushaka gutegeka bagenzi babo no guhabwa icyubahiro.Iyo ukurikiranye neza ababayeho cyera usanga batari shyashya kuko bahoraga barwana hagati yihanga nirindi rimwe rishaka gutegeka irindi kugeza ubwo barwanaga bakoresheje amacumu nimiheto ni myambi.<\/em><\/p>\n<div id=\"mp3jWrap_0\" class=\"mjp-s-wrapper s-graphic unsel-mjp \" style=\"font-size:18px;\"><span id=\"playpause_wrap_mp3j_0\" class=\"wrap_inline_mp3j\" style=\"font-weight:700;\"><span class=\"gfxbutton_mp3j play-mjp\" id=\"playpause_mp3j_0\" style=\"font-size:18px;\">&nbsp;&nbsp;&nbsp;&nbsp;&nbsp;<\/span>&nbsp;<span class=\"group_wrap\"><span class=\"bars_mp3j\"><span class=\"loadB_mp3j\" id=\"load_mp3j_0\"><\/span><span class=\"posbarB_mp3j\" id=\"posbar_mp3j_0\"><\/span><\/span><span class=\"T_mp3j\" id=\"T_mp3j_0\" style=\"font-size:18px;\">Trump<\/span><span class=\"indi_mp3j\" style=\"font-size:12.6px;\" id=\"statusMI_0\"><\/span><\/span><\/span><\/div><span class=\"s-nosolution\" id=\"mp3j_nosolution_0\" style=\"display:none;\"><\/span><script>\nMP3jPLAYLISTS.inline_0 = [\n\t{ name: \"Trump\", formats: [\"mp3\"], mp3: \"aHR0cHM6Ly9lZ3JldG5ld3MuY29tL3dwLWNvbnRlbnQvdXBsb2Fkcy8yMDI1LzExL1RydW1wLm1wMw==\", counterpart:\"\", artist: \"\", image: \"\", imgurl: \"\" }\n];\n<\/script>\n\n<script>MP3jPLAYERS[0] = { list: MP3jPLAYLISTS.inline_0, tr:0, type:'single', lstate:'', loop:false, play_txt:'&nbsp;&nbsp;&nbsp;&nbsp;&nbsp;', pause_txt:'&nbsp;&nbsp;&nbsp;&nbsp;&nbsp;', pp_title:'', autoplay:false, download:false, vol:100, height:'' };<\/script>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Uko ninako ibihugu byavutse aho ihanga ryatsindaga irindi rikemera kuyoboka rikemera gutegekwa.Uko niko ibihugu byagiye byaguka ndetse nubu nta bwo birikure cyane kuko aho bukera <span style=\"color: #ff00ff;\">America<\/span> iraza guhangana na <span style=\"color: #ff0000;\">Russia<\/span>, <span style=\"color: #ff0000;\">China<\/span>, <span style=\"color: #ff0000;\">North Korea<\/span>, <span style=\"color: #ff0000;\">Venezuela<\/span>, <span style=\"color: #ff0000;\">Pakistan<\/span>, <span style=\"color: #ff0000;\">Iran<\/span>, <span style=\"color: #ff0000;\">Turkey<\/span>, Mdetse nibindi icyo bashaka bose nubwo buhangange bwo gutegeka isi aho igihugu kimwe kivuga rikijyana.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Kandi naho bahigika America, nabo ubwabo bakongera bagasubiranamo nta bwo bashobora kumvikana kuko China izavuga iti, nitwe dufite abantu benshi bagera kuri <span style=\"color: #3366ff;\">one billion<\/span>.3 mu gihe Russia ifite abaturage (<span style=\"color: #ff0000;\">population 100 million<\/span>) bagera kuri million ijana.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"color: #ff0000;\">Russia<\/span> izabwira <span style=\"color: #ff0000;\">China<\/span> iti natwe turabarusha ikoranabuhanga, ubwo <span style=\"color: #ff0000;\">China<\/span> bizaba ngombwa ko yifatanye na <span style=\"color: #ff0000;\">India<\/span> nayo izavuga iti, natwe dufite abantu benshi bagera kuri one <span style=\"color: #3366ff;\">billion<\/span>.<span style=\"color: #000000;\">4<\/span> nitwe dukwiye gutegeka isi. Nibinanirana <span style=\"color: #ff0000;\">China<\/span> na <span style=\"color: #ff0000;\">India<\/span> bavuge bati reka ibyo twapfaga tubishyire kuruhande twifatanye tube umwe tubashe kugira imbaraga dutegeke isi kuko dufite <span style=\"color: #3366ff;\">two billions<\/span>.8<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Icyo nshaka kuvuga aha ngaha, niko mu isi ari nta mahoro ateze kuhaboneka kubera ikibazo cyo gushaka Umwami w\u2019isi ya bazima.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Reka rero tugaruka ku banyamadini twari twatangiriyeho, birumvikana cyane yuko aliyo mpamvu Leta yashyiriyeho abanyamadini itegeko rivuga ko umuntu wese ushaka gufungura idini agomba gusaba uburenganzira <span style=\"color: #ff0000;\">Leta<\/span> kugirango abashe gukora iyobokamana. Ibyo bisobanura ko bafite amateka y\u2019uburyo Imana ishobora kumanura ingufu mu banyamadini aho bashobora gutegeka isi.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Kubera guhorana ubwo bwoba bituma buri gihe bashyiraho itegeko rikontorola ikiremwa muntu, ndetse ni biri kw\u2019isi byose, byaba ibyo mukirere, cyangwa mu nyanja, kubera gutinya imbaraga zose zikomeye aho zaturuka hose kugirango bazabashe guhangana nizo.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>[<span style=\"color: #3366ff;\">Reason why<\/span>] bahora bakora ibitwaro bya kirimbuzi bashaka kwerekana imbaraga kuri buri ruhande kugirango habeho ubwubahane ndetse nibishoboka urushije undi ingufu abe yamutegeka.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Tekereza uyu murimo nkora niba wa korerwaga mu idini ryahura na kaga gakomeye cyane, kuko aba bategetsi ntibajya bashaka kumva ibizabaho ejo hazaza cyane ibibabangamiye aho bavuga ko, ari ugukura imitima rubanda niyompamvu Ubuhanuzi butemerwa mu itegekoshinga kuko babyita [<span style=\"color: #ff0000;\">sentiment<\/span>] ndetse ukaba wanabifungirwa kuko bahorana ubwoba bukabije kuko batizera Imana kandi bakaba bazi yuko mu ijuru hari Imana bazi neza ko igihe kimwe izabashyiriraho iherezo.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Bivuze ngo ijambo (<span style=\"color: #ff0000;\">Ubuhanuzi<\/span>\/<span style=\"color: #ff0000;\">Prophecy<\/span>) bisobanuye imbaraga zituruka mu ijuru kandi zikora ibiruta ibyo abantu bibwira. Mu yandi mugambo ufite imbaraga ni we utegeka. Bibaye rero ko izi ngufu zibarizwa mu idini nkuko byigeze kubaho mu itangira ry\u2019amadini aho itorero ry\u2019Imana abantu bavuze indimi zitandukanye ntaho bagiye kuziga icyintu cyakanze isi cyane, abategetsi babibonyemo (<span style=\"color: #ff0000;\">threat<\/span>) cyangwa itera bwoba nibwo bakoresheje ingufu zose barabatatanya icyo bikangaga nk\u2019ubwami bugiye kuvuka mu isi yabazima gishiraho burundu hasigara ibikatsi bya madini bigendera munsi y\u2019ukuboko<span style=\"color: #ff0000;\"> kw\u2019icyuma kwa Leta<\/span>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Iyo rero hatangiye Ubuhanuzi bw\u2019inyandiko kandi buhoraho kiba ari ikibazo gikomeye cyane, niyompamvu (<span style=\"color: #ff0000;\">Roman Catholic Church Empire RCCE<\/span>) bafashe iya mbere kurwanya Ubuhanuzi kuko bazi neza yuko iherezo ryabwo ari ubwami bw\u2019imbaraga kw\u2019isi yabazima kuko badashaka gutegekwa n\u2019Ubuhanuzi kuko bazi neza yuko ubwo bwami bw\u2019Imana buvugwa niburamuka buje nta mwanya bazaba babufitemo. Kandi ni mbaraga zabo zizahita zirangira burundu ntabwo bazongera kwiba imitungo yabatuye isi babyitirira ijambo ry\u2019Imana cyangwa <span style=\"color: #ff0000;\">ivangiri bakwirakwiza kw\u2019isi yose<\/span>!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Niyompamvu ubona hariho ibihugu udashobora guhirahira ngo ube wajyanayo ibyo bita ivugabutumwa.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Kugirango ube wa byumva neza ni uko ubanza ukamenya yuko (<span style=\"color: #ff0000;\">RCCE<\/span>) buri gihugu iba ifitemo ingufu iba ihafite icyicaro cya (<span style=\"color: #ff0000;\">embassy<\/span>) kandi iyo ambasade iba igomba kwemezwa na Leta igakorera muri icyo gihugu.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Mu myaka yatambutse (<span style=\"color: #ff0000;\">Roman Catholic Church Empire RCCE<\/span>) ibihugu bimwe na bimwe bakoraga za coup d\u2019\u00e9tat bagakuraho ubutegetsi bagashyiraho ubundi bashaka. Ngirango ibyo abanyarwanda babasha kubyumva neza kuko ubwami bw\u2019uRwanda bwakuweho n\u2019Ababiligi bafatanije na <span style=\"color: #ff0000;\">Kiliziya gatolika<\/span>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Byonyine kwemeza Umwami yuko agomba kubatizwa kungufu za <span style=\"color: #ff0000;\">RCCE<\/span> ni kibazo kuko uba uhinduye imyizerere y\u2019umuntu ku ngufu atabishaka kuko uba umweretse yuko nutabikora ukuraho ubwami bwe cyangwa ubutegetsi bwe.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ubu rero abantu bamaze gukura umwijima mu maso, niyompamvu ingufu za <span style=\"color: #ff0000;\">RCCE<\/span> zagiye zigabanuka cyane uko ibihugu byagiye bitera imbere niko ubwami bw\u2019abaroma bwihishe mu idini bwagiye bucisha macyeya ngo bakomeze gusarura aho batahinze.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Iyo uhagarariye idini bakabona ufite ingufu muri Leta ubutegetsi buriho muvuga rumwe, bakoherereza intonorano kugirango utazajya usenya imikorere yabo bikazarangira ubaye umwe muri bo nkuko Paul Gitwaza Muhirwa uhagararariye ZION Temple yatangiye abarwanya bikarangira atumiwe Iroma kwa <span style=\"color: #ff0000;\">papa Paul ll<\/span> nkuko we yabyivugiye.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Aha ngaha rero wibaza uko bizagenda kugirango ubwami bw\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo bwime ingoma muri gakondo yabakiranutsi bubashe gutegeka isi yose kuko Uwiteka yavuze ko ubwami butazamukorera azaburimbura bugakurwaho ndetse nibihugu bitazamukorera bizakurwaho. Ahangaha ndagirango usobanukirwe neza ko ikibazo gihari hano ari ugutegeka bivuze ngo niba Uwiteka aje gutegeka kw\u2019isi ilimo ibihugu bifite intwaro kirimbuzi bivuze ko hazabaho intambara ikomeye cyane hagati yibyo bihugu n\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"color: #ff00ff;\"><em>\u00a0egretnewseditor@gmail.com\u00a0<\/em><\/span><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Utekereziki iyo biza kuba umulimo w\u2019Ubuhanuzi ni manza zitabera biza gukorerwa mu banyamadini nkuko byakorewe mu itorero rya mbere aho abizera bahuye na kaga gakomeye cyane nyuma yuko Kristo avuye kw\u2019isi ya bazima? Iyo ukurikiranye neza amateka yitorero rya mbere usanga ari nta kindi bazize usibye ubwami bw\u2019imbaraga zikomeye cyane bwari bubarimo bwakoraga ibitangaza imbere<\/p>\n","protected":false},"author":47471,"featured_media":22638,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[198,2],"tags":[],"class_list":["post-22636","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-slider","category-top-news"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/22636","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/47471"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=22636"}],"version-history":[{"count":17,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/22636\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":22660,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/22636\/revisions\/22660"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/22638"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=22636"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=22636"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=22636"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}