{"id":22558,"date":"2025-10-29T16:57:06","date_gmt":"2025-10-29T16:57:06","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/?p=22558"},"modified":"2025-10-30T15:34:38","modified_gmt":"2025-10-30T15:34:38","slug":"pastor-mukamakuza-teresa-yananiwe-kwisobanura-kumakuru-yamwanditsweho","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2025\/10\/29\/pastor-mukamakuza-teresa-yananiwe-kwisobanura-kumakuru-yamwanditsweho\/","title":{"rendered":"Pastor Mukamakuza Teresa yananiwe kwisobanura kumakuru yamwanditsweho"},"content":{"rendered":"<h3 style=\"text-align: justify;\"><em>Muvandimwe Leon, Hashize imyaka ibiri ikinyamakuru mukorera cyanditse inkuru kuri Pasteur Mukamakuza Therese taliki ya 31\/12\/2023\u00a0 ifite umutwe\u00a0 ugira uti ubuswa bwa Pastor <\/em><em>Mukamakuza Therese<\/em><em> bwashyizwe ahabona!!?\u00a0Iyi nyandiko\u00a0amakuru arimo yose ntabwo ariyo, nkaba rero mbasaba\u00a0kukura kuri internet\u00a0kuko ivuga amakuru yo gusebanya kandi ikaba yarakoresheje ifoto yanjye mu buryo butari bwo., Nimukenera inkuru yanjye muzayimbaze nzayibaha kandi neza atari.<\/em><\/h3>\n<h3 style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"color: #3366ff;\">mukamakuza@gmail.com<\/span>, <\/em><\/h3>\n<p><!--more--><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ndabashimiye ko mugiye kumfasha kubikora.<\/em><\/p>\n<blockquote class=\"wp-embedded-content\" data-secret=\"Hj0zTwp8eb\"><p><a href=\"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2023\/12\/31\/ubuswwa-bwa-pastor-mukamakuza-therese-bwashyizwe-ahabona\/\">Ubuswa bwa Pastor Mukamakuza Therese bwashyizwe ahabona!!?<\/a><\/p><\/blockquote>\n<p><iframe loading=\"lazy\" class=\"wp-embedded-content\" sandbox=\"allow-scripts\" security=\"restricted\" style=\"position: absolute; visibility: hidden;\" title=\"&#8220;Ubuswa bwa Pastor Mukamakuza Therese bwashyizwe ahabona!!?&#8221; &#8212; Egret News\" src=\"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2023\/12\/31\/ubuswwa-bwa-pastor-mukamakuza-therese-bwashyizwe-ahabona\/embed\/#?secret=dQbJUoYn4h#?secret=Hj0zTwp8eb\" data-secret=\"Hj0zTwp8eb\" width=\"500\" height=\"282\" frameborder=\"0\" marginwidth=\"0\" marginheight=\"0\" scrolling=\"no\"><\/iframe><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"text-decoration: underline;\"><em>OK, Murakoze kutwandikira, nd&#8217;umwe mu bantu bakosoye igitabo cyawe cya <span style=\"color: #ff0000; text-decoration: underline;\">PHD<\/span> <span style=\"color: #ff0000; text-decoration: underline;\">project<\/span> <span style=\"color: #ff0000; text-decoration: underline;\">dissertation<\/span> hamwe nundi mugabo wari yahawe icyo kiraka. Ntabwo amakuru na kwanditseho ari ibinyoma kuko mfite za gihamya c<\/em><em>yeretse wenda\u00a0 niba wifuza ko iyo nkuru ikurwaho ibyo byaba ari bindi twavuganaho.\u00a0<\/em><\/span><em><span style=\"text-decoration: underline;\">Ariko ibyo kuvuga ko ari ibinyoma ko utigeze wandisha dissertation ya masters ibyo byaba ari ukubeshya<\/span>.\u00a0<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Murakoze <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Therese<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>The Rev. Th\u00e9r\u00e8se Mukamakuza<\/em><\/strong><em><br \/>\n<strong>PhD Grad and |\u00a0<\/strong><\/em><strong><em>Development Studies<\/em><\/strong><em><br \/>\n<\/em><strong><em>St. Paul&#8217;s University, Limuru\/Kenya<\/em><\/strong><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Muvandimwe sinzi Aho wabonye kuko sinigeze niga muri University of Nairobi mwavuze ubwo rero mwaba mwaranyitiranyije, Ikindi inkuru mwayanditse ntaragera Kuri stage yo kwandika igitabo. Ikindi uwo Mwalimu muvuga simuzi nta kiraka namuhaye, Ikindi sintuye muri Kenya.\u00a0<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>The Rev. Th\u00e9r\u00e8se Mukamakuza<\/em><\/strong><em><br \/>\n<strong>PhD Candidate |\u00a0Development Studies<\/strong><br \/>\n<strong>St. Paul&#8217;s University, Limuru\/Kenya<\/strong><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>None ikibazo cyawe ni kihe ko atari wowe wifuziki? None se yari umusazi kuduha ikiraka cyo gukosora, ifoto sijye nayikuye muri yandiseho amazina uvuga ko atari ayawe<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ntabwo nigeze mvuga ko ntinze muri Kenya ahubwo sinize niga aho mwavuze Ikindi ibyo mwanditse Ku mazina yanjye nifoto yanjye mwakoresheke n&#8217;inkuru itariyo.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ariko niba mwumva ari ikibazo kubikuraho reka twe guterana amagambo kandi tutanaziranye mubirekereho nabasabaga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Mirakoze<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>The Rev. Th\u00e9r\u00e8se Mukamakuza<\/em><\/strong><em><br \/>\n<strong>PhD Candidate |\u00a0<\/strong><\/em><strong><em>Development Studies<\/em><\/strong><em><br \/>\n<\/em><strong><em>St. Paul&#8217;s University, Limuru\/Kenya<\/em><\/strong><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Warigutanga amakuru nyayo avuguruza inkuru yakwanditseho, hanyuma tukareba aho bitandukaniye. None se urahakana ko utandikishije dissertation ya PH.D? Icyo nicyo kibazo ubundi nyamukuru nibwiraga ko wari gutanga ibisobanuro.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>\u00a0<span style=\"color: #ff00ff;\">egretnewseditor@gmail.com<\/span>\u00a0<\/em><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Muvandimwe Leon, Hashize imyaka ibiri ikinyamakuru mukorera cyanditse inkuru kuri Pasteur Mukamakuza Therese taliki ya 31\/12\/2023\u00a0 ifite umutwe\u00a0 ugira uti ubuswa bwa Pastor Mukamakuza Therese bwashyizwe ahabona!!?\u00a0Iyi nyandiko\u00a0amakuru arimo yose ntabwo ariyo, nkaba rero mbasaba\u00a0kukura kuri internet\u00a0kuko ivuga amakuru yo gusebanya kandi ikaba yarakoresheje ifoto yanjye mu buryo butari bwo., Nimukenera inkuru yanjye muzayimbaze nzayibaha<\/p>\n","protected":false},"author":47471,"featured_media":17010,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[198,2],"tags":[],"class_list":["post-22558","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-slider","category-top-news"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/22558","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/47471"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=22558"}],"version-history":[{"count":4,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/22558\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":22576,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/22558\/revisions\/22576"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/17010"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=22558"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=22558"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=22558"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}