{"id":22479,"date":"2025-10-26T07:10:12","date_gmt":"2025-10-26T07:10:12","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/?p=22479"},"modified":"2025-10-27T18:05:30","modified_gmt":"2025-10-27T18:05:30","slug":"intumva-irira-kumuziro","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2025\/10\/26\/intumva-irira-kumuziro\/","title":{"rendered":"Intumva irira kumuziro"},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\"><em>Uyumunsi tugiye kubagezaho ikiganiro cya <strong>Bwenge<\/strong> na <strong>Buhanga<\/strong> kiraba kilimo ingingo nyinshi zijyanye n\u2019Ubuhanuzi ndetse nibisobanuro byimbitse cyane, kugirango abakunzi <span style=\"color: #3366ff;\"><u>b\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo <\/u><\/span>barusheho gusobanukirwa cyane uburyo hariho umuvuduko munini cyane kandi mugari cyane inyuma y\u2019Ubuhanuzi ni manza zitabera z\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo kugirango ibyahanuwe bisohoze umurimo wabyo.<\/em><\/p>\n<p><!--more--><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Bwenge:<\/em><\/strong><em> Ariko uyumunsi ko ari Sunday tukiri muri (weekend) nari nkwiye gushaka Buhanga tukavugana ndabona Ubuhanuzi bwose twasomye burimo gusa naho bugiye gusohoza umurimo wabwo kandi nyamara nta na gahunda yo gutahuka dusubira muri gakondo ya bakiranutsi twari twategura kandi ni we ujya avugana n\u2019Umwami Kigeli Ndoli. Reka noneho muhamagare ariko se ubu nta kiryamiye aruhutse, ok, nta cyo nabona ko ari jye aranyakira.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Waramutse Buhanga we, wihangane ko ngukanguye Nifuzaga ko twahura hari ibintu byihutirwa twavugana sinzi niba ushobora kubona umwanya nka saa inne 10: am hrs. Tukaba twahura.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Buhanga:<\/em><\/strong><em> Yewe nta bwo unkanguye nari na byutse hari utuntu narindimo gutunganya usibye nta gahunda zindi narimfite niyompamvu na byutse kare kugirango ntaza guhera mu buriri nka za kunanirwa kugira icyo nakora kuko ni bwiraga yuko nshobora kwisubirira mu gitanda niruhukire.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Bwenge:<\/em><\/strong><em> ubwo noneho gahunda niyo ngiyo kandi aho duhurire ni ha handi n\u2019ubundi dusanzwe duhurira. Ahubwo jye ndagiye uransangayo naho mukanya. Ok, yewe reka nyure kuri station nshyiremo (fuel) ndabona asa nagiye gushiramo.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Buhanga:<\/em><\/strong><em> Noneho se niki Bwenge agiye kumbaza la! Nta kindi buriya n\u2019Ubuhanuzi dore ko kuva Umwami Kigeli Ndoli yatangaza Ubuhanuzi bwa Raila Odinga wanze kumvira Uhoraho ngo abe umukuru w\u2019igihugu yitwariye intonorano nta bwo twari twabonana buriya wasanga ari byo bisobanuro akeneye kuko Umwami Kigeli Ndoli yavuze ko ngo hasigaye ikimenyetso kimwe nacyo kigakurwaho maze umwana w\u2019umwega agakurwa ku ngoma.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Bwenge:<\/em><\/strong><em> ariko se ubu nta hakiri kare uwaba nkoze ka command kisupu bakaba bayitunganya arajya kugera hano imaze gutungana dore nanjye numva inzoga naraye nyoye za nteye kurwara umutwe. Reka mbaze waiter niba bagira isupu yihene. Waiter please come, waiter hello sir, what can help you? I\u2019m good, just I need goat soup do you have it? Waiter yes we have it, so, then can you please prepare two goat soup and accompaniment? Yeah sir!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Buhanga:<\/em><\/strong><em> muraho professor, amakuru yawe? Nizere ko umeze neza kandi uri amahoro.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Bwenge:<\/em><\/strong><em> Yewe ndabona ndaho amahoro yo ni yose, ariko kandi hari igihe njya mbona atuzuye bitewe no kuba dusaziye imahanga ese wowe wumva kuba mu mahanga bihagije? Ariko ubwo uzi imisoro ya hano ko yandembeje usanga umushahara wose witwarirwa na ba bazungu ugirango turi iwacu byibuze umuntu yajya ahembwa akagira nicyo abika, ariko kuva cya cyorezo cya covid19 cyaza mu isi ubuzima bwahise buhinduka.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Buhanga:<\/em><\/strong><em> Yewe nta mahoro yamashama yingurukira, burya iyo amashami adateye ku giti cyayo cy\u2019umwimerere usanga ni mbuto zacyo zitoryaha.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Bwenge:<\/em><\/strong><em> Ibyo tubyita (<span style=\"color: #ff00ff;\">Gravity<\/span>) mu bijyanye ni binyampeke kuba icyintu gishobora kubaho mu buzima bwacyo butari ubw\u2019umwimerere wacyo biturutse ku bwenge bwa muntu. Reka wenda nkomerezeho nkubwire icyatumye nguhamagara, urabizi neza ko ujya ukurikira Ubuhanuzi kundusha bitewe ni uko jyewe ahanini akazi nkora katampa umwanya mwiza wo gukurikira cyane ariko njya gerageza iyo nabonye ka weekend ntahuze cyane nkacishamo amaso. Wabonye urupfu rwa Raila Odinga umunyepolitike warukomeye cyane uburyo yapfuye amarabira ngo yafashe ari ku wa (5) bamujyana mu bitaro ayo ni amakuru nakurikiye yibitangaza makuru byo muri Kenya apfa ku wa gatatu aho yari yajyanywe mu bitaro byo mu Buhinde.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Abandi bakavuga ko ngo bashobora kuba barajyanye maiti mu Buhinde nkuko bajyanye Dr. Magufuri na we watwawe kuvurirwa muri Kenya igihe cya covid19 agapfira muri Kenya ariko bagashaka guhisha ko atapfiriye muri Kenya bagahita bamutwara mu bitaro byo mu bihinde ngo bazavuge ko ari ho yaguye.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ngirango uribuka neza ko Raila Odinga yari kimwe mu bimenyetso byo kwima ingoma k\u2019Umwami Kigeli Ndoli, hamwe na bakobwa bombi bo kwa Rwigara Assinapol.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Buhanga:<\/em><\/strong><em> ndabyibuka neza cyane kuko narabikurikiye cyane<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Bwenge:<\/em><\/strong><em> Niyomapmvu naguhamagaye kuko nzi neza ko undusha gukurikira, urabona ko hasigaye umukobwa wa Rwigara Assinapol witwa <span style=\"color: #ff0000;\">SHIMA DIANE RWIGARA<\/span> ngo agomba gupfa kuko ari we kimenyetso cya nyuma gisigaye kugirango Umwakagara akurikireho.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Buhanga:<\/em><\/strong><em> Oya gupfa byo agomba gupfa kuko yahawe ubutabera mu ba mbere bugitangira we na murumuna we ndetse na mama we na basaza be, ariko nta bwo babihaye agaciro. Icyo mvugiye oya ni uko hagati y\u2019Umwakagara na <span style=\"color: #ff0000;\">DIANE<\/span> harimo ba <span style=\"color: #3366ff;\">NYAMPINGA<\/span> (2) bagomba gusimbura abo kwa <span style=\"color: #ff0000;\">Rwigara<\/span>, urumva gupfa <span style=\"color: #ff0000;\">DIANE Rwigara<\/span> hazahita hakurikiraho <span style=\"color: #3366ff;\">NYAMPINGA<\/span> ugomba guhura n\u2019Umwami Kigeli Ndoli hanyuma Umwakagara akabona gupfa.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Bwenge:<\/em><\/strong><em> Icyo ni cyo cyatumye nguhamagara ngo unsobanurire, none se buriya ni ngombwa ko <span style=\"color: #ff0000;\">DIANE<\/span> apfa, nta bundi buryo bundi buhari Imana yakoresha?<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Buhanga:<\/em><\/strong><em> Nta buryo buhari kuko yahawe ubutabera aranga, yewe Ubuhanuzi bwa babujije gushyingira Anne mu gice cya (257) Ubuhanuzi bwavuze ko nibaramuka bashatse kumushyingira undi muntu azajyanwa ku mpera y\u2019ubutayu. None se <span style=\"color: #ff0000;\">SHIMA<\/span> nyuma y\u2019urupfu rwa murumuna we yakoziki? Bigeze bashaka Umuhanuzi ngo bavugane nawe? Kandi uretse ibyo umucamanza uca imanza zitabera z\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ya mwirukanye kw\u2019isi we na mama we urumva ziriya files numbers zose za bemerera ko bakomeza kuba kw\u2019isi ya bazima.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Bwenge:<\/em><\/strong><em> None se buriya <span style=\"color: #ff0000;\">DIANE<\/span> aramutse agiye gusura Umwami Kigeli Ndoli za files numbers za kurwaho? Kandi yaravuze ko zitajya zikurwaho!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Buhanga:<\/em><\/strong><em> Icyo kibazo nigeze ku kimubaza rimwe ansubiza ko ngo biterwa na case y\u2019umuntu, haba hariho case ziri mu bushobozi bwe (in his capacity) hakaba nizindi ziba ziri mu bushobozi bw\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo. So in my understanding the case of Rwigara families has been compromised in one way or the other. According the King of peace Kigeli Ndoli yavuze ko ngo Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yakoresheje izina ryo kwa Rwigara kugirango abashe kubategereza mu butayu bugufiya, byaje kugeraho arambirwa Imana ibonye ko arambwiwe itangira kumubwira ko batazaza kandi ko igiye kwica umukobwa wabo nk\u2019ikimenyetso cyo gusuzugura kugirango abantu bose bazamenye ko basuzuguye Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Umwami Kigeli Ndoli abonye ko ibintu bibaye compromised hagati yabo no kwa Rwigara n\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo ahitamo guhagarika guca imanza zitabera ngirango usuye <a href=\"http:\/\/www.inyangeNewss.com\">www.inyangeNewss.com<\/a> uhita ubona ko yahagaritse guca imanza zitabera cyeretse wenda like special cases according to him.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nkurikije uko Ubuhanuzi burimo kugenda kandi ukwiye kwibuka icyintu kimwe, nujya wumva Umwami Kigeli Ndoli ahora agaruka ku inkuru runaka mu buhanuzi ujye umenye ko akari inyuma gahinda umuriro. Ngirango uzi ukuntu umwaka wa 2023 ushize ya wumaze wose avuga kubibazo byo kwa Rwigara, umwaka wa 2024, 2025 yavugaga kubibazo bya <span style=\"color: #ff0000;\">Raila Odinga<\/span>, biriya twabyita nko gutanga abagabo kugirango ibigiye kuzaba nta za bibazwe nubwo akenshi atajya abivuga nkuko jye mbivuze.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>So what I think it\u2019s matter of Rwigara\u2019s family, niba abashaka gushyingura nta bwo birikure kuko Imana yabahaye umwanya uhagije ndetse inatwara na <span style=\"color: #ff0000;\">Odinga<\/span> kugirango ibereke ko itabibasiye ahubwo ari bo bayisuzuguye. Byose bizaterwa na <span style=\"color: #ff0000;\">SHIMA<\/span> nashaka gupfa azapfa vuba byihuse. Nashaka gukomeza kubaho kuzageza igihe cye cyategetswe nabyo azabibona. Gusa igiteye impungege ni uko nejo wa kumva ngo yapfuye kuko nta mwanya usigaye yasigarijwe urumva ahangaha Uwiteka arimo kureba inyungu ze ndetse akanareba igihe cyagenwe iyo icyo gihe kigeze ari nta cyo uri bwiriza ubwo ibyawe biba birangiye.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Bwenge:<\/em><\/strong><em> Yewe uransubije neza cyane ndanyuzwe, ariko hari ikindi cyintu kimwe nsigaje ku kubaza ngo unsobanurire, ko hari aho nabonye mu Buhanuzi Umwami Kigeli Ndoli abantu bamwita (<span style=\"color: #3366ff;\">Messiah<\/span>) byaba ari byo cyangwa na bantu baba bivugira.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Buhanga:<\/em><\/strong><em> Namubajije icyo kibazo aransubiza ngo ni abantu babimwita ngo ariko we siko yi yita, ariko aza kumbwira irindi jambo ryamvangiye arambwira ngo mbese imilimo akora niba ariyo ituma abantu bamwita ko ngo ari (<span style=\"color: #3366ff;\">Messiah<\/span>) ngo kandi iyo milimo akaba ariyo (<span style=\"color: #3366ff;\">Messiah<\/span>) yagombaga kuza gukora mu isi ya bazima, ngo ikindi mubaza ni iki? Ubwo twarangije ikiganiro binyobeye jyewe icyo nakoze n\u2019ugukurikirana Ubuhanuzi ni manza zitabera zose uko bikurikirana ngo ndebe ko ari byo, nyuma yo kubona president wa <span style=\"color: #ff0000;\">IRAN<\/span> witwa <span style=\"color: #ff0000;\">IBRAHIM RAIS<\/span> wari ahurutse muri Kenya avuganye na Samuei William Ruto uko bahitana Umwami Kigeli Ndoli ntiyatinze yahise ahira mu ndege nahize nemera hakurikiraho urupfu rwa Papa Francis, hakurikiraho Biden gutsindwa amatora Ubuhanuzi bwa Donald Trump yahanuye 2020 nabwo burasohora nta kindi nongeye kubaza cyane ko Donald Trump we yamuhanuye inshuro ebyeri 2016\/2020\/2024 ngayo ng\u2019uko, ariko aba Israelites banyanyagiye kw\u2019isi hose, kandi uziko batahuka bava mu Misiri hariho abasigaye inyuma, abana Moses yabyaye baheze muri Ethiopia hamwe na nyina Umuhanuzi Moses amaze gupfira mu misozi\u2026.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Bwenge:<\/em><\/strong><em> Yewe ndumva ibisubizo nashakaga mbibonye urakoze cyane ndabona na ka command kisupu nakoze bakazanye reka turebe uko twigenza ubwo uziko naje nta ni cyayi mfashe.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Buhanga:<\/em><\/strong><em> Reka kubeshya wowe ujya unywa icyayi ko winywera agahiye.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>\u00a0Bwenge: Jyewe rero nkurikije isobanuro umpaye ndumva nasenga <span style=\"color: #ff0000;\">DIANE<\/span> agapfa vuba hanyuma uwo <span style=\"color: #3366ff;\">NYAMPINGA<\/span> mushya agahita ahura n\u2019Umuhanuzi rwose jyewe ndambiwe kuba mu mahanga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Buhanga:<\/em><\/strong><em> Hhhh wibagiwe ko gusenga byaciriweho iteka uzahita ucirwaho iteka automatically <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Bwenge: Uziko nari nibagiwe yego we ni hatari.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Buhanga:<\/em><\/strong><em> wakwirirwa wirushya Imana nta wushyira hutihuti ikorera mu gihe cyayo, gusa nanjye ndumva byagira vuba. Ariko ubwo uziko hazapfa abantu benshi nubwo twifuza ko uliya mwega avaho azahitana abantu.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Bwenge:<\/em><\/strong><em> Imana yavuze ko azicwa na <span style=\"color: #ff0000;\">SPINAL CORD<\/span> none se ubwo bazadukira abantu babice kandi yapfuye urwikirago.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Bahanga: Bazahita barwanira ubutegetsi.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Bwenge:<\/em><\/strong><em> Ibyo ni akazi kabo jyewe icyo nifuza ni uko avaho ubwami bukima ingoma kuko repubulika itemewe na mategeko zirandambiye rwose kandi zingeze ahabi.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"color: #ff00ff;\">egretnewseditor@gmail.com<\/span>\u00a0<\/em><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Uyumunsi tugiye kubagezaho ikiganiro cya Bwenge na Buhanga kiraba kilimo ingingo nyinshi zijyanye n\u2019Ubuhanuzi ndetse nibisobanuro byimbitse cyane, kugirango abakunzi b\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo barusheho gusobanukirwa cyane uburyo hariho umuvuduko munini cyane kandi mugari cyane inyuma y\u2019Ubuhanuzi ni manza zitabera z\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo kugirango ibyahanuwe bisohoze umurimo wabyo.<\/p>\n","protected":false},"author":47471,"featured_media":22481,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[198,2],"tags":[],"class_list":["post-22479","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-slider","category-top-news"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/22479","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/47471"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=22479"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/22479\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":22482,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/22479\/revisions\/22482"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/22481"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=22479"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=22479"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=22479"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}