{"id":22317,"date":"2025-10-18T05:23:40","date_gmt":"2025-10-18T05:23:40","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/?p=22317"},"modified":"2025-10-18T11:27:42","modified_gmt":"2025-10-18T11:27:42","slug":"ubuhanuzi-noneho-butangiye-gusobanuka","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2025\/10\/18\/ubuhanuzi-noneho-butangiye-gusobanuka\/","title":{"rendered":"Ubuhanuzi noneho butangiye gusobanuka!"},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ryatanze ibimenyetso byo kuvaho kw\u2019ingoma y\u2019abega, ariko abagombaga gusohoza ubwo Buhanuzi cyangwa ibyo bimenyetso basuzuguye ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo, maze bose uko bakabaye bacirwaho iteka rya burundu.<\/em><\/p>\n<p><!--more--><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Dore abamaze gukurwa kw\u2019isi ya bazima:<\/em><\/p>\n<p><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone  wp-image-22327\" src=\"https:\/\/egretnews.com\/wp-content\/uploads\/2025\/10\/Ann-200x300.jpg\" alt=\"\" width=\"99\" height=\"149\" srcset=\"https:\/\/egretnews.com\/wp-content\/uploads\/2025\/10\/Ann-200x300.jpg 200w, https:\/\/egretnews.com\/wp-content\/uploads\/2025\/10\/Ann-500x750.jpg 500w, https:\/\/egretnews.com\/wp-content\/uploads\/2025\/10\/Ann.jpg 600w\" sizes=\"auto, (max-width: 99px) 100vw, 99px\" \/><\/p>\n<ul style=\"text-align: justify;\">\n<li><em>Anne Uwamahoro Rwigara wasuzuguye Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yapfuye taliki ya 28 Dec, 2023<\/em><\/li>\n<\/ul>\n<p><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-22319\" src=\"https:\/\/egretnews.com\/wp-content\/uploads\/2025\/10\/chibukati.jpeg\" alt=\"\" width=\"247\" height=\"139\" \/><\/p>\n<ul style=\"text-align: justify;\">\n<li><em>Uwari ahagarariye akanama gashinzwe amatora y\u2019umukuru w\u2019igihugu ni zindi nzego ka IEBC Wafula CHIBUKATI yapfuye mukwezi kwa gatatu 2025<\/em><\/li>\n<\/ul>\n<p><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone  wp-image-18985\" src=\"https:\/\/egretnews.com\/wp-content\/uploads\/2025\/02\/raila-Odinga.png\" alt=\"\" width=\"246\" height=\"157\" \/><\/p>\n<ul style=\"text-align: justify;\">\n<li><em>Raila Amolo Odinga wanze kuba umukuru w\u2019igihugu agahitamo intonorano ndetse akitambika imbere y\u2019Ubuhanuzi ni manza zitabera zategetse yuko Samuei William Ruto akurwa ku butegetsi atari yarangiza manda ye yapfuye taliki ya 15 OCT,2025 <\/em><\/li>\n<li><em>Hasigaye SHIMA DIANE RWIGARA na we ugomba kuva mu nzira ku buryo bwihuse kugirango ibimenyetso byose uko byahanuwe bikurwe mu nzira<\/em><\/li>\n<li><em>Hasigaye ikimenyetso cya NYAMPINGA usabwa guhura n\u2019Umwami Kigeli Ndoli maze Umwakagara Paul Kagame umwana w\u2019umwega agacibwa igihanga<\/em><\/li>\n<\/ul>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nta bwo ari DIANE SHIMA RWIGARA wenyine kuko abantu bose bagize uruhare mukurwanya cyangwa kubangamira ibimenyetso by\u2019Ubuhanuzi ngo bidasohoza balimo ADELINE MUKANGEMANYI RWIGARA na we agomba ku biryozwa<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Abahanuzi na bahanuzi-kazi bamugiriye inama yo kwanga gushyingira Umwami Kigeli Ndoli ngo Ubuhanuzi basohoze umurimo wabwo na bo bagomba ku biryozwa<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Abategetsi bagize uruhare mu matora y\u2019umukuru w\u2019igihugu cya Kenya ngo Raila Amolo Odinga adatangazwa ko yatsinze amatora na we babomba ku biryozwa harimo uwahoze ari umukuru w\u2019igihugu wa Leta zunze ubumwe z\u2019America JOE BIDEN bakunze kwita JOE<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Yoweri Kaguta Museveni na we yagize uruhare mu matora ya Kenya agomba ku biryozwa<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Umwakagara Paul Kagame na we yagize uruhare mu matora y\u2019umukuru w\u2019igihugu cya Kenya na we agomba ku biryozwa<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Abakunda gukurikira ijambo ry\u2019Ubuhanuzi kuri <\/em><a href=\"http:\/\/www.inyangeNewss.com\"><em>www.inyangeNewss.com<\/em><\/a><em> musobanukirwe yuko gusohoza Ubuhanuzi ni abantu babusohoza, iyo rero habayeho kurwanya ijambo ry\u2019Ubuhanuzi ngo budasohoza umurimo wabwo bityo bigaragare ko ibyari byahanuwe byari ibinyoma, icyo gihe Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo agaragaza umujinya we mwinshi cyane ku bantu banze nkana babigambiliye kwinjira muri gahunda y\u2019Imana babitewe no kurwanya ijambo ry\u2019Ubuhanuzi kubera ishyari bagirira uwabihanuweho ko azinjira mu amasezerano.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Iyo Ubuhanuzi budafite icyo twakwita (<span style=\"color: #ff0000;\">spiritual supportive of the prophecy which is God\u2019s Law and judgements<\/span>) icyo gihe usanga Ubuhanuzi bushobora gutinda bugafata umwanya utari uteganijwe ariko nabwo icyo habaho icyo twakwita (<span style=\"color: #ff0000;\">spiritual assassination<\/span>) kwica umuntu wanze umugambi w\u2019Imana kugirango akurwe kw\u2019isi yabazima.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Abapfuye muri ubwo buryo, nta mbabazi bahita bajyanwa aho abategereje umuriro utazima bajyanwa gutegerereza (<span style=\"color: #ff0000;\">waiting eternal life of hell<\/span>) umuriro utazima w\u2019iteka ryose.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ikindi mugomba kumenya nta bwo intambara yo kurwanya Umwami wabakiranutsi Yesu Kristo izaba ari intambara ya Masasu gusa, ahubwo yaratangiye imaze imyaka hagati y\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo na bategetsi bo kw\u2019isi kuko bazi neza yuko ubwami bw\u2019Uwiteka buzima ingoma kandi nibumara kwima ingoma nta bwo bazongera kujya bakora ibikorwa bibi bakora bilimo no gusahura imitungo ya rubanda.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Uwiteka Imana Nyiringabo azateranya amahanga asubiranemo kugirango hazaboneke uburyo bw\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo buzima ingoma muri gakondo ya bakiranutsi.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Kandi ibi byose nta bwo bigomba kuba mbere yuko habaho ubutabera bw\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo. Ikindi mukwiye kumenya Singombwa yuko ibimenyetso bisohoza umurimo wabyo, ahubwo n\u2019uburyo bumwe Uwiteka Imana Nyiringabo yakoresheje ku bantu bazwi cyane mw\u2019isi ya bazima kugirango abantu babashe kwita k\u2019Ubuhanuzi no ku bukurikirana maze abategetsi baburwanye none ho na we abonereho uko ahangana nabo afite ibyo abashinja. Twavugako byari nko gushakisha impamvu kubavuzwe mu buhanuzi kuko n\u2019ubundi yarabizi ko batazabishyira mu bikorwa.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Uru rubyiruko rwa Gen Z n\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo kw\u2019isi ya bazima, ukurikiranye Ubuhanuzi bwa 2024 uwo mwaka wose urasangamo aho buvuga ko abanyeshuli ba za kaminuza bagiye kujyanwa mu butayu bugufiya. Bisobanura yuko ari bo Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo azakoresha bakarwanya ubutegetsi buriho bukora nabi kuko Uhoraho Nyiringabo yamanuye umwuka w\u2019igisuzuguriro ku bategetsi bakora nabi mu bihugu byabo kandi nyamara baramaze gucirwaho iteka n\u2019ubutabera bw\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Uwiteka Imana Nyiringabo yamanuye umwuka wo kutumvira abategetsi kugirango bibe impamvu yo guhangana no kubica maze haboneke ibyaha bizabajyana mu butabera cyangwa bibakura ku butegetsi nyuma yo guhangana bakica abantu bishobora no kuba imwe mu mpamvu ituma bashyikirizwa inkiko.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Muri Tanzania hazaba amatora taliki ya 29 OCT,2025 president SAMIA SULUHU HASSAN akomeje gushimuta abantu kandi ari mu gihe cya matora y\u2019umukuru w\u2019igihugu. Ubwo urumva ko ibizava mu matora byamaze kugaragara kuko mu gihe ukumira andi mashyaka ukayabuza kwiyamamaza ugambiliye gusa kugundira ubutegetsi wagezeho ari uko wishe umukuru w\u2019igihugu kugirango ubone uko umusimbura urumva yuko biba bitoroshye kuzatsinda ayo matora biragoye kandi cyane ko ingabo zose zo kw\u2019isi zamaze gucirwaho iteka wabona Tanzania ikoze nkuko Madagascar bakoze muri uku kwezi ubu ingabo nizo zafashe ubutegetsi.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Twiringiye yuko Ubuhanuzi ni manza zitabera z\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo zizakomeza umurimo wazo nkuko bikwiriye, kandi vuba bidatinze hagiye kubaho ibintu biteye ubwoba mu gihugu cy\u2019Ibabyloni icyerekezo cya politike gishobora guhinduka kuko hafi ya bose abashaka kuyobora icyo gihugu bamaze gucirwaho iteka n\u2019ubutabera bw\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"color: #ff00ff;\"><em>egretnewseditor@gmail.com\u00a0<\/em><\/span><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ryatanze ibimenyetso byo kuvaho kw\u2019ingoma y\u2019abega, ariko abagombaga gusohoza ubwo Buhanuzi cyangwa ibyo bimenyetso basuzuguye ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo, maze bose uko bakabaye bacirwaho iteka rya burundu.<\/p>\n","protected":false},"author":47471,"featured_media":18295,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[198,2],"tags":[],"class_list":["post-22317","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-slider","category-top-news"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/22317","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/47471"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=22317"}],"version-history":[{"count":4,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/22317\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":22328,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/22317\/revisions\/22328"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/18295"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=22317"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=22317"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=22317"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}