{"id":22137,"date":"2025-10-08T20:58:40","date_gmt":"2025-10-08T20:58:40","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/?p=22137"},"modified":"2025-10-08T23:02:14","modified_gmt":"2025-10-08T23:02:14","slug":"raila-odinga-ibye-bikomeje-kuba-amayobera-bamwe-abravuga-ko-arwaye-ameze-nabi-abandi-bakavuga-yaba-yapfuyebikomeje-kuba-ihurizo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2025\/10\/08\/raila-odinga-ibye-bikomeje-kuba-amayobera-bamwe-abravuga-ko-arwaye-ameze-nabi-abandi-bakavuga-yaba-yapfuyebikomeje-kuba-ihurizo\/","title":{"rendered":"Raila Odinga ibye bikomeje kuba amayobera bamwe baravuga ko arwaye akaba arembye cyane,abandi bakavuga ko yaba yapfuye,bikomeje kuba ihurizo!!?"},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\">\u00a0<em>Igikuba gikomeje gucika muri gihugu cya Kenya aho ku wa (<span style=\"color: #3366ff;\">4<\/span>) wicyumweru gishize Raila Odinga yaramaze gutangaza ko ku cyumweru taliki ya (<span style=\"color: #ff0000;\">5<\/span>) hazaba ibirori byo kwizihiza imyaka (<span style=\"color: #3366ff;\">20<\/span>) y\u2019ishyaka rya <span style=\"color: #ffcc00;\">Orange Democratic Movement<\/span> (<span style=\"color: #ffcc00;\">ODM<\/span>) rimaze rishinzwe mu gihugu cya Kenya rikorera abaturage mu buryo bwo kutavuga rumwe n\u2019ubutegetsi bwose bwagiye bujyaho.<\/em><\/p>\n<p><!--more--><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ariko bucyeye bwaho abanyaKenya batunguwe no kumva yuko <span style=\"color: #ff0000;\">Raila Odinga<\/span> arwariye mu bitaro bya Karen kandi ko ameze nabi aho bahise bahamukura bakamujyana kwivuriza hanze y\u2019igihugu. Ayo makaru yatanzwe n\u2019uwahoze ari icyegera cya <span style=\"color: #ff0000;\">William Ruto<\/span> deputy president <span style=\"color: #3366ff;\">George Rigathi Gachagua<\/span> amakuru abayobozi ba <span style=\"color: #ffcc00;\">ODM<\/span> cyane umuvugizi wiryo ishyaka rya<span style=\"color: #ffcc00;\"> ODM<\/span> yahakanye yivuye inyuma.<\/em><\/p>\n<div id=\"mp3jWrap_0\" class=\"mjp-s-wrapper s-graphic unsel-mjp \" style=\"font-size:18px;\"><span id=\"playpause_wrap_mp3j_0\" class=\"wrap_inline_mp3j\" style=\"font-weight:700;\"><span class=\"gfxbutton_mp3j play-mjp\" id=\"playpause_mp3j_0\" style=\"font-size:18px;\">&nbsp;&nbsp;&nbsp;&nbsp;&nbsp;<\/span>&nbsp;<span class=\"group_wrap\"><span class=\"bars_mp3j\"><span class=\"loadB_mp3j\" id=\"load_mp3j_0\"><\/span><span class=\"posbarB_mp3j\" id=\"posbar_mp3j_0\"><\/span><\/span><span class=\"T_mp3j\" id=\"T_mp3j_0\" style=\"font-size:18px;\">Raila's_illiness<\/span><span class=\"indi_mp3j\" style=\"font-size:12.6px;\" id=\"statusMI_0\"><\/span><\/span><\/span><\/div><span class=\"s-nosolution\" id=\"mp3j_nosolution_0\" style=\"display:none;\"><\/span><script>\nMP3jPLAYLISTS.inline_0 = [\n\t{ name: \"Raila's_illiness\", formats: [\"mp3\"], mp3: \"aHR0cHM6Ly9lZ3JldG5ld3MuY29tL3dwLWNvbnRlbnQvdXBsb2Fkcy8yMDI1LzEwL1JhaWxhc19pbGxpbmVzcy5tcDM=\", counterpart:\"\", artist: \"\", image: \"\", imgurl: \"\" }\n];\n<\/script>\n\n<script>MP3jPLAYERS[0] = { list: MP3jPLAYLISTS.inline_0, tr:0, type:'single', lstate:'', loop:false, play_txt:'&nbsp;&nbsp;&nbsp;&nbsp;&nbsp;', pause_txt:'&nbsp;&nbsp;&nbsp;&nbsp;&nbsp;', pp_title:'', autoplay:false, download:false, vol:100, height:'' };<\/script>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Amakuru yakomeje gusakara cyane kuri za social media ko ngo yaba yanapfuye, ariko nyuma biza kumenyekana yuko yajyanywe hanze y\u2019igihugu kandi Biravugwa yuko arwaye cyane ashobora no gupfa. <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ikibazo abantu barimo kwibaza nta bwi aribwo bwa mbere <span style=\"color: #ff0000;\">Raila Odinga<\/span> arwara bakabivuga, ariko kuva ya kwifatanya na <span style=\"color: #ff0000;\">Samuei<\/span> <span style=\"color: #ff0000;\">William Ruto<\/span> nta bwo abanyaKenya twongeye kumukunda bitewe ni uko yatugambaniye akinjira mu butegetsi nyuma yo kutwikoreza amasafuriya kumutwe ngo tugaragaze yuko ubuzima bwahenze (<span style=\"color: #ff0000;\">cost of living<\/span>) nyuma yo kwikorezwa amasafuriya haza urubyiruko rwa<span style=\"color: #ff0000;\"> Gen Z<\/span> bagiye gukuraho uwo yarwanyaga ati ni mureke habaho ibiganiro kandi ari we watangije iyo intambara hapfa urubyiruko rwinshi maze afata ayo amaraso ayagira ikiraro yambukiraho ajya kwifatanya na William Ruto maze adusiga mu mihanda tubura iyo tuva niyo twerekera Dukomeza kwibera mu buzima bubi naho we alimo kwinywera (<span style=\"color: #3366ff;\">WINE<\/span>).<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Akaba ariyo mpamvu badashaka kuvuga aho aherereye kuko abenshi kuri za social media balimo basenga ngo apfe byibuze turebe ko William Ruto yakurwaho adafite umutabara.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Birakwekwa ko yaba yarozwe kuko mukuru we Dr. <span style=\"color: #ff0000;\">Oburu Odinga<\/span> amaze kuvuga ko ngo bazi neza ko William Ruto adafitiye imigambi myiza Raila Odinga ko naramuka agize icyo aba ngo igihugu ntabwo kizakomeza kumera nkuko cyari kimeze.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Umufasha we <span style=\"color: #ff0000;\">IDA Odinga<\/span> nawe uyumunsi yavuze ko ngo Raila Odinga ameze neza nta kibazo ngo abalimo kuvuga ko arwaye amakuru bayahawe nande kandi batabana nawe? Ikibazo s\u2019uko arwaye, ikibazo kuki ibirori bya gombaga kuba kucyumweru bitabaye? Ikindi kuki atalimo kuvuga ngo abantu bamenye aho yaba aherereye cyangwa ubuzima bwe tumenye uko bumeze?<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ibintu rero bikomeje kumera nabi abantu mu bashyigikiye Odinga barahangayitse cyane, naho abatamushyigikiye bakomeje gutegereza ko bamenya amakuru ye ari nako bamwe bifuza ko yashiramo umwuka kubera ubugambanyi yakoreye abaturage bifuzaga gukuraho <span style=\"color: #ff0000;\">RUTO<\/span> nyuma yo gutwika intekoshinga mategeko agahita ajyamo akitambika bityo ibyari imyigaragambyo bagahinduka ubusa ahubwo abayikoraga batangira ku bashimuta no kubica umugenda.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Jyewe ubwanjye na mwandikiye ubutumwa bwa e-mail mubwira yuko naramuka yifatanije na <span style=\"color: #ff0000;\">RUTO<\/span> bitazamuhira. Arwaye yaramaze gutangaza kwitandukanya na Leta ya (<span style=\"color: #ff0000;\">Broad based government<\/span>\/<span style=\"color: #ff0000;\">blood based government<\/span>). Yewe nahamagaye (<span style=\"color: #ff0000;\">chief of staff Andrew Mondo<\/span>) mubwira ko akwiye kuvugana na shebuja ko ni bakomeza umugambi wabo wo kwinjira muri Leta bita zabagwa amahoro. None nyuma y\u2019umwuka yinjiye mu butegetsi yahise yikuramo ahubwo asa nugarutse muruhande rwa opposition.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"color: #ff00ff;\"><em>egretnewseditor@gmail.com\u00a0<\/em><\/span><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>\u00a0Igikuba gikomeje gucika muri gihugu cya Kenya aho ku wa (4) wicyumweru gishize Raila Odinga yaramaze gutangaza ko ku cyumweru taliki ya (5) hazaba ibirori byo kwizihiza imyaka (20) y\u2019ishyaka rya Orange Democratic Movement (ODM) rimaze rishinzwe mu gihugu cya Kenya rikorera abaturage mu buryo bwo kutavuga rumwe n\u2019ubutegetsi bwose bwagiye bujyaho.<\/p>\n","protected":false},"author":47471,"featured_media":22141,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[198,2],"tags":[],"class_list":["post-22137","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-slider","category-top-news"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/22137","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/47471"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=22137"}],"version-history":[{"count":4,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/22137\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":22150,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/22137\/revisions\/22150"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/22141"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=22137"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=22137"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=22137"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}