{"id":22117,"date":"2025-10-07T06:17:54","date_gmt":"2025-10-07T06:17:54","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/?p=22117"},"modified":"2025-10-07T06:17:54","modified_gmt":"2025-10-07T06:17:54","slug":"min-nduhungireho-olivier-ashobora-kuba-yarahahamuwe-na-gahunda-yuko-balimo-gushaka-kumwica-ngo-nigihe-kitari-cyagera","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2025\/10\/07\/min-nduhungireho-olivier-ashobora-kuba-yarahahamuwe-na-gahunda-yuko-balimo-gushaka-kumwica-ngo-nigihe-kitari-cyagera\/","title":{"rendered":"Min: Nduhungireho Olivier ashobora kuba yarahahamuwe na gahunda yuko balimo gushaka kumwica, ngo nigihe kitari cyagera!"},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Mfite utubazo nifuza kubaza minisitiri w\u2019ububanya na mahanga Olivier Nduhugirehe, hagati yo guterana amagambo n\u2019umunyamakuru Etienne Gatanazi kubijyanye no kwamamaza u Rwanda muri VISIT Rwanda, Olivier yifuza ko umunyamakuru Gatanazi Etienne yavuga ibyiza byavuye muri uko kwamamaza uRwanda akareka kwandika kuri Facebook ye cyangwa kuri space page ye anegura ibibi gusa kandi ari umunyamakuru w\u2019u mwuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p><!--more--><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Reka twemere ibyo uvuga ko ingoma ya RPF yubatse inganda nyinshi mu gihugu, amajyambere akaba aganje mu gihugu, ubukungu bw\u2019uRwanda bukaba bukomeje kwiyongera ku buryo bugaragara ugereranije ni byo Nduhungirehe Olivier avuga. Ariko muri byose avuga, reka turebe ayo majyambere stade amahoro na ARENA byubatswe, ndetse na za drone zitwara abantu bifite byumvikana ko zitwara abo mu miryango yanyu.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ariko niba inzara mu gihugu imaze kwiyongera kugera ku kigero cya <span style=\"color: #ff0000;\">67<\/span>%, ubwo bukungu mu byukuli murimo kutubwira bumaziki? Niba Leta idashobora gushora cash murubyiruko ngo rukore imyitozo kugeza naho imikino yoroheje nko gutwara igara umunyarwanda adashobora gutsinda ayo marushanwa kandi cyane mbere yuko Umwakagara Paul Kagame ajya ku butegetsi abanyarwanda ari bo batwaraga ibikombe byo kwiruka (<span style=\"color: #ff0000;\">marathon<\/span>) no gutwara amagare ubwo koko niki uba ubwira abanyarwanda?<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Cyangwa uba ugirango batakwirukana bikazarangira ugiye muri gereza? Ni ha handi hawe nta wakoreye impyisi ngo ayiheke ngo ayigeze iyo ajya. Byanze bikunze bazakwica kandi uzisanga wararuhiye ubusa nka wa pastor wanyuye <span style=\"color: #ff0000;\">VIAGARA<\/span> ngo yemeze indaya yarangiza akayigwaho.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ubwo wumva nta soni ufite iyo uvuga stade ubeshye ari amashuli yo mu cyaro yubatswe byubuze ngo umunyeshuli wo mucyaro yumve ku byiza by\u2019igihugu bareke kwigira munsi y\u2019igiti. Kayiganda yagiye avuga ko azubaka amashuli, Habyarimana ajyaho avuga ko yubaka amashuli ni bitaro na za kaminuza.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>RPF na Kagame nabo bamaze imyuka (30) bubaka amashuli ni bitaro byiza, ariko iyo arwaye ajya kwivuza mu mahanga ndetse na mwe mwese ngo mubanza gusaba uruhushya rwo kujya kwivuza mu mahanga. Ibyo bitaro mu byubakira bande kandi mwebwe mudashobora no kujya kubyivurizamo?<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Niba umunyeshuli arangiza kaminuza akaba adashobora kwiyandikira ibaruwa isaba akazi, akaba adashobora kwiyandikira <span style=\"color: #ff0000;\">CV<\/span> yo gusaba akazi, ubwo koko iyo Leta muvuga ko ar\u2019iigitangaza ibyo bitangaza muba muvuga bitagaragara nta soni mugira? Erega ikinyoma nta bwo kizahoraho iteka ryose, kandi na <span style=\"color: #ff0000;\">RPF<\/span> nayo ntabwo izahoraho iteka ryose.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>NB: Ese abanyarwanda kubaho kwabo kureberwa mu mihanda myiza mwubaka cyangwa ibitaro bitagira imiti? Imibereho myiza ya baturage muba muvuga ni bwoko ki? Ariko iyo mubona Umwakagara Paul Kagame ahagarara imbere y\u2019imbaga agatanga imbwirwa ruhame yuko za (<span style=\"color: #ff00ff;\">restaurants<\/span>) cyangwa amazu y\u2019uburiro ngo nta isuku agira ngo abashyitsi mwakiliye batashye babanenga ese nta minister w\u2019ubuzima (<u>Health care minister<\/u>) ibyo ni bintu umukuru w\u2019igihugu akwiye kuvuga? Hanyuma ya isuku mwerekana kandi muhora mubwira amahanga itabasha kugaragara muri za (<span style=\"color: #ff00ff;\">restaurants<\/span>) ubwo ni isuku nyabaki? <u><span style=\"color: #ff0000;\">Are you stupid like that<\/span>!? <span style=\"color: #ff0000;\">Shame on you<\/span><\/u>!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ubwose umujyi usukuye, ariko za restaurants zuzuye imyanda kandi batanateka neza, harya ubwo ubutaha nimutumira abashyitsi bazatabira ibiroli byanyu.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Olivier Nduhungirehe iyo ubona uha ingufu abagore bo muri (<span style=\"color: #ff0000;\">diaspora<\/span>) umugore agasuzugura umugabo (<span style=\"color: #ff0000;\">just simply because she\u2019s a Rwandan spy and being backed by the government<\/span>) kugeza aho umugabo amwica buriya nta bwo wumva biguteye isoni.<\/em><\/p>\n<p><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone size-medium wp-image-22026\" src=\"https:\/\/egretnews.com\/wp-content\/uploads\/2025\/10\/Gatanazi-300x118.jpg\" alt=\"\" width=\"300\" height=\"118\" srcset=\"https:\/\/egretnews.com\/wp-content\/uploads\/2025\/10\/Gatanazi-300x118.jpg 300w, https:\/\/egretnews.com\/wp-content\/uploads\/2025\/10\/Gatanazi.jpg 395w\" sizes=\"auto, (max-width: 300px) 100vw, 300px\" \/><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Uyu <span style=\"color: #ff0000;\">Etienne Gatanazi<\/span> mulimo gushyira mu majwi cyane n\u2019ukugirango mwerekana yuko atari magigiri ahubwo ko arwanya uRwanda kandi ari umunyamakuru w\u2019u mwuga. Ntabwo se umukuru w\u2019u Rwego rw\u2019iperereza (<span style=\"color: #ff0000;\">External security Services<\/span>) muri <span style=\"color: #ff0000;\">NIS<\/span> ari we wa mwohereje mu butumwa kujya gutata abazungu na banyarwanda batavuga rumwe n\u2019ubutegetsi? Ubwose wigiza nkana ubeshya bande? Aho ho ho sinakurenganya kuko uri civilian ushobora kuba koko utanabizi na we ukaba uziko koko arwanya Leta ubereye umunyaryango wayo.<\/u><\/em><\/p>\n<p><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone  wp-image-22120\" src=\"https:\/\/egretnews.com\/wp-content\/uploads\/2025\/10\/Alain-300x77.jpg\" alt=\"\" width=\"826\" height=\"212\" srcset=\"https:\/\/egretnews.com\/wp-content\/uploads\/2025\/10\/Alain-300x77.jpg 300w, https:\/\/egretnews.com\/wp-content\/uploads\/2025\/10\/Alain-500x128.jpg 500w, https:\/\/egretnews.com\/wp-content\/uploads\/2025\/10\/Alain.jpg 577w\" sizes=\"auto, (max-width: 826px) 100vw, 826px\" \/><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Umunyamakuru Gatare nta bwo yakoze bicye ariko byarangiye bamwivuganye, <span style=\"color: #ff0000;\">Alain Mukurarinda<\/span> bitaga (<span style=\"color: #ff0000;\">Alain Muku<\/span>) byarangiye gute utekereza ko yakoze bicyeya ukaba wenda umurusha, tegereza ibyawe uraza kubibona ngirango wabonye ko uri kuri lisiti ya <span style=\"color: #ff0000;\">JP Turayishimye<\/span> umuzindaro wanyu ushinzwe gutangaza abagiye kwicwa. Bakubwiye ko ijuru ridasakaye kandi ko isi ngo yaba ilimo kurenga ibirungo byawe.<\/u><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>\u00a0<span style=\"color: #ff00ff;\">egretnewseditor@gmail.com\u00a0<\/span><\/em><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mfite utubazo nifuza kubaza minisitiri w\u2019ububanya na mahanga Olivier Nduhugirehe, hagati yo guterana amagambo n\u2019umunyamakuru Etienne Gatanazi kubijyanye no kwamamaza u Rwanda muri VISIT Rwanda, Olivier yifuza ko umunyamakuru Gatanazi Etienne yavuga ibyiza byavuye muri uko kwamamaza uRwanda akareka kwandika kuri Facebook ye cyangwa kuri space page ye anegura ibibi gusa kandi ari umunyamakuru w\u2019u<\/p>\n","protected":false},"author":47471,"featured_media":22119,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[198,2],"tags":[],"class_list":["post-22117","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-slider","category-top-news"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/22117","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/47471"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=22117"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/22117\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":22121,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/22117\/revisions\/22121"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/22119"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=22117"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=22117"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=22117"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}