{"id":22061,"date":"2025-10-05T00:54:47","date_gmt":"2025-10-05T00:54:47","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/?p=22061"},"modified":"2025-10-05T06:48:48","modified_gmt":"2025-10-05T06:48:48","slug":"ikiganiro-cya-bwenge-na-buhanga","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2025\/10\/05\/ikiganiro-cya-bwenge-na-buhanga\/","title":{"rendered":"Ikiganiro cya Bwenge na Buhanga"},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nyuma yuko Umwami Kigeli Ndoli asabye ibitekerezo bya bakunzi ba <span style=\"color: #3366ff;\">www.egretnews.com<\/span> kubijyanye no kugurisha ikinyamakuru cya <span style=\"color: #3366ff;\">egretNews.com<\/span>, Ubuhanuzi bwavuze ko ngo abashambo bishimiye cyane kuba icyo kinyamakuru cyagurishwa ndetse bishimira yuko ngo Umwami Kigeli Ndoli afite ikibazo cyayo ma euros ibihumbi <span style=\"color: #0000ff;\">\u20ac<\/span> <span style=\"color: #3366ff;\">25<\/span>,<span style=\"color: #3366ff;\">000<span style=\"color: #000000;\">, mu byifuzo byabo ntifuzaga ko haba hariho uwamutera inkunga kugirango ikinyamakuru kigurishwe maze ntazongere kujya abandikaho.<\/span><\/span><\/em><\/p>\n<p><!--more--><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Bwenge:<\/em><\/strong><em> Bite nshuti yanjye ko nabonye Umwami Kigeli Ndoli atangaza yuko ngo yumva yagurisha ikinyamakuru <a href=\"http:\/\/www.egretnews.com\">www.egretnews.com<\/a> byagenze gute?Ndabizi n&#8217;inshuti yawe byanze bikunze waba uzi impamvu.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Buhanga:<\/em><\/strong><em> Nibyo koko twavuganye mubaza koko niba yifuza kugurisha <a href=\"http:\/\/www.egretNews.com\">www.egretNews.com<\/a> musaba ko atayigurisha ahubwo yaduha umwanya tukamushakira ayo ma <span style=\"color: #3366ff;\">euros<\/span> yifuza aho kugirango tubure itangaza makuru rijya ritugezaho amakuru meza kandi aba yizewe.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Yansubije yuko ngo yaralimo yumviriza ikirere ngo amenye uko umwuka uhagaze, ngo yabonye abashambo bishima cyane bavuga ko ngo <a href=\"http:\/\/www.egretNews.com\">www.egretNews.com<\/a> yari yarabazengereje ngo bagize imana yayigurisha.Ngo bakoze inama bishimye cyane bavuga ko ngo buriya kamubayeho.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Bwenge:<\/em><\/strong><em> Ndumva wahabaye umugabo kuko byari byambabaje cyane mpitamo ko ntashobora kuryama tutavuganye ngo menye uko bimeze turebe icyo twakora.Ariko se buriya ntiyaba yanze ku kubwira n&#8217;ubundi ko acyeneye ayo ma <span style=\"color: #3366ff;\">euros<\/span> tukaba twashaka uko twibwiriza tukayamuha?<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Buhanga:<\/em><\/strong><em> Birashoboka burya nta mugabo upfa kuvuga ubusa, cyane urabizi ko ibye akunda kubivugira mu migani. Icyo gitekerezo uvuze kirashobora noneho reka ejo nzamubwira ko twafashe icyemezo ko ako kabazo tuza kugacyemura.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Bwenge:<\/em><\/strong><em> Yavuze <span style=\"color: #ff0000;\">abashambo<\/span> cyangwa <span style=\"color: #ff0000;\">abega<\/span>? Ubwo ahari ntiwaba wumvise nabi?<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Buhanga:<\/em><\/strong><em> Yavuze <span style=\"color: #ff0000;\">abashambo<\/span> rwose erega buriya <span style=\"color: #ff0000;\">abashambo<\/span> nibo babi cyane, naho se ko <span style=\"color: #ff0000;\">abega<\/span> bo n\u2019ubundi bari ku ingoma, kandi ibyo bifuza ko kwari ukumuca igihanga, bikaba byarabananiye basa naho balimo kwibagiza ngo barebe uko bazamugwa gitumo. Ikindi na za <span style=\"color: #ff0000;\">files numbers<\/span> zishobora kuba zitaboroheye bakaba barahisemo kumwihorera cyane ko Ubuhanuzi bwa taliki ya<span style=\"color: #ff0000;\"> 4 July 2025<\/span> bwabakozeho babonye ko nta mukino uba mu Buhanuzi, kubera iyo mpamvu bashobora gusa na bamwihoreye kugirango barebe yuko bwacya kabili.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Bwenge:<\/em><\/strong><em> jyewe biriya byarandenze ndetse binantera ubwoba kubona Ubuhanuzi bwaravuze ko nta biroli bizabaa taliki ya <span style=\"color: #ff0000;\">4 July 2025<\/span> bikagenda gutyo nkuko yabihanuye!? Yewe biriya ntibisanzwe! Ahubwo abega babaye abanyabwenge bamwihorera bakazategereza urwaje.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Buhanga:<\/em><\/strong><em> Urumva aho ikibazo kiri <span style=\"color: #ff0000;\">abashambo<\/span> bifuzaga kuzasimbura abega ku ngoma.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Bwenge:<\/em><\/strong><em> Ibyo ndabizi cyane <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Buhanga:<\/em><\/strong><em> kubera ko batinya Ubuhanuzi kandi bukaba ari ntavuguruzwa bahora bifuza icyamuhungabanyiriza umutekano <span style=\"color: #3366ff;\">may be financially<\/span> or <span style=\"color: #3366ff;\">security wise<\/span>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Bwenge:<\/em><\/strong><em> Obvious, ni bintu byumvikana kuko yaba <span style=\"color: #ff0000;\">abega<\/span> cyangwa <span style=\"color: #ff0000;\">abahindiro<\/span> bayobowe n\u2019Umwami <span style=\"color: #ff0000;\">YUHI VI<\/span> <span style=\"color: #ff0000;\">Bushayija Emmanuel Ruzindana<\/span> bahora bifuza ko hari icya mubaho bakazabona uko bima ingoma.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Buhanga:<\/em><\/strong><em> Erega buriya sinzi niba warasomye 2 <strong>Chronicles<\/strong> 34:1-25 umwana w\u2019Umwami wimye ingoma akiri mutoya cyane yarafite imyaka (8) witwaga <strong>JOSIAH<\/strong> yagendeye mu nzira z\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, ariko Umwami waruriho icyo gihe wari umugaragu wa se <strong>Amon<\/strong> ni we wasimbuye Umwami <strong>Amon<\/strong> bahisha umwana we <strong>JOSIAH<\/strong> hanyuma baza kwanga ubwami bw\u2019uwo mugaragu bamukuraho bamusimbuza umwana wa <strong>Amon<\/strong> ari we <strong>JOSIAH<\/strong>. Burya ibintu bijyanye n\u2019ubutegetsi bikunze kugorana cyane mu bantu batubaha Imana dore ko na amshyari aba ari yose.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"color: #ff00ff;\"><em>\u00a0egretnewseditor@gmail.com\u00a0<\/em><\/span><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Nyuma yuko Umwami Kigeli Ndoli asabye ibitekerezo bya bakunzi ba www.egretnews.com kubijyanye no kugurisha ikinyamakuru cya egretNews.com, Ubuhanuzi bwavuze ko ngo abashambo bishimiye cyane kuba icyo kinyamakuru cyagurishwa ndetse bishimira yuko ngo Umwami Kigeli Ndoli afite ikibazo cyayo ma euros ibihumbi \u20ac 25,000, mu byifuzo byabo ntifuzaga ko haba hariho uwamutera inkunga kugirango ikinyamakuru kigurishwe<\/p>\n","protected":false},"author":47471,"featured_media":22063,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[198,2],"tags":[],"class_list":["post-22061","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-slider","category-top-news"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/22061","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/47471"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=22061"}],"version-history":[{"count":4,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/22061\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":22067,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/22061\/revisions\/22067"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/22063"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=22061"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=22061"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=22061"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}