{"id":21996,"date":"2025-10-03T11:57:31","date_gmt":"2025-10-03T11:57:31","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/?p=21996"},"modified":"2025-10-03T15:39:24","modified_gmt":"2025-10-03T15:39:24","slug":"abanyarwanda-bahawe-utuzi-twa-munyuza-bashobora-kuba-ari-bacye-cyane","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2025\/10\/03\/abanyarwanda-bahawe-utuzi-twa-munyuza-bashobora-kuba-ari-bacye-cyane\/","title":{"rendered":"AbanyaRwanda bahawe utuzi twa munyuza bashobora kuba atari bacye cyane!!!"},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ikosa rikomeye cyane Dr. <span style=\"color: #ff0000;\">Bizimana Jean Damascene<\/span> yakoze kandi ashobora kuzarizira mu minsi itari kure, nta bwo wabeshya inkotanyi uzibeshyeshya amagambo meza atabaho ngo uzite Imana kandi uvuge ko zizahoraho iteka ryose nk\u2019aho ari Imana. Nazo ubwazo zirabizi yuko atari Imana kandi zisobanukiwe neza yuko zitazahoraho. Bivuze ko amagambo Bizimana yakozeresheje yari amagambo yinda nini kugirango arebe ko inkotanyi zamuha umugati utubutse kurusha uwo yarasanganywe.<\/em><\/p>\n<p><!--more--><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nta muhutu wakoreye inkotanyi kurusha <span style=\"color: #ff0000;\">Mitsindo Fidel<\/span>, yari inshuti yanjye cyane twajyaga tuganira yitandukanije na se <span style=\"color: #ff0000;\">Sekarije<\/span> ajya mu inkotanyi asize papa we mu butegetsi bwa KINANI. Ariko bamwishe nabi bamuhaye utuzi twamunyujije iy\u2019ubusamo.Ikibabaje ni uko abo inkotanyi zijya kwica baba babizi ko zizabica kuko ni ibintu twajyaga tuganira buri munsi ikindi yatinyaga umugore we cyane kuko yari yarashatse umututsi kazi none wa mugore wumvaga ko ashyigikiye ingoma yabo basaza be bamugize umupfakazi ariko wenda bishobora kuba nta cyo byamutwaye kuko niba ari muri ba bagore bishakiraga ubutunzi yarabusigaranye.<\/em><\/p>\n<p><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-7366\" src=\"https:\/\/egretnews.com\/wp-content\/uploads\/2018\/01\/nyamwasa3-300x160.jpg\" alt=\"\" width=\"238\" height=\"127\" srcset=\"https:\/\/egretnews.com\/wp-content\/uploads\/2018\/01\/nyamwasa3-300x160.jpg 300w, https:\/\/egretnews.com\/wp-content\/uploads\/2018\/01\/nyamwasa3-768x409.jpg 768w, https:\/\/egretnews.com\/wp-content\/uploads\/2018\/01\/nyamwasa3-500x266.jpg 500w, https:\/\/egretnews.com\/wp-content\/uploads\/2018\/01\/nyamwasa3.jpg 770w\" sizes=\"auto, (max-width: 238px) 100vw, 238px\" \/><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ariko nabwo ntabyizere cyane kuko abahitanye umugabo we bashobora na we kuzamuhitana kugirango babulizemo uzabakurikirane nk\u2019uko <span style=\"color: #ff0000;\">Kayumba Nyamwasa<\/span> yishe <span style=\"color: #ff0000;\">Victor<\/span> wa prince house yarangiza agahitana n\u2019umugore we bose akabarangiza icyarimwe ndetse na Rene Rutagungira yakoresheje kubica yibereye I Kigali arigaramiye.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Tugarutse kuri Bizimana amagambo yavugiye imbere y\u2019<span style=\"color: #3366ff;\">Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo<\/span> nta bwo yari amagambo yoroheje. Byashoboka ko Imana yakwivuguruza, ariko uramutse ukoze kucyubahiro cyayo <span style=\"color: #ff0000;\">uba uyikoze mujisho byagorana kugirango uzabashe kuyirokoka<\/span>. Ishobora no kuzakoresha izo inkotanyi zikaba ari zo zizamuhitana kuko ni bacye cyane bakoranye nazo babashije kuzicika cyeretse abazitahuye mbere yuko zibagiraho umugambi mubisha.<\/em><\/p>\n<p><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-7319\" src=\"https:\/\/egretnews.com\/wp-content\/uploads\/2018\/01\/Rujugiro-300x202.jpg\" alt=\"\" width=\"233\" height=\"157\" srcset=\"https:\/\/egretnews.com\/wp-content\/uploads\/2018\/01\/Rujugiro-300x202.jpg 300w, https:\/\/egretnews.com\/wp-content\/uploads\/2018\/01\/Rujugiro-500x337.jpg 500w, https:\/\/egretnews.com\/wp-content\/uploads\/2018\/01\/Rujugiro.jpg 520w\" sizes=\"auto, (max-width: 233px) 100vw, 233px\" \/><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-18046\" src=\"https:\/\/egretnews.com\/wp-content\/uploads\/2024\/08\/Rwigara.png\" alt=\"\" width=\"110\" height=\"159\" \/><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Dore aho nibereye ndababwiza ukuri yuko nta waruta <span style=\"color: #ff0000;\">Rwigara Assinapol<\/span> wazicaje ku intebe yabukunzi, nta wuzaruta <span style=\"color: #ff0000;\">Ayabatwa Tribert Rujugiro<\/span> wazambitse inkweto murugano intambara ikarinda irangira ari nako abaha itabi ryo kunywa mu gihe cy\u2019imbeho ariko byarangiye aguye ishyanga kandi yaraharaniye igihugu. Uyu mugambi wo gushaka kuzaguma ku butegetsi iteka ryose uzahitana abantu benshi cyane batari bacye uwagize amahirwe na we ni uko ari umwega ni Valens Kajeguhakwa mwene wabo wahunze akongera agahunguka.Naho abandi muba maso mutaba maso byanze bikunze bazabica abega murababwirwa ntimubazi muzabamenya kuko n\u2019ingwe itari izi gufata ku gakantu ahubwo yarigishijwe.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Niba barahindutse abo bavanye Uganda, bagahinduka abacuruzi bakomeye babicaje ku intebe yabukunzi, ubwo se mwebwe muri bande ngo bazabagirire imbabazi.<\/em><\/p>\n<p><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone size-full wp-image-22001\" src=\"https:\/\/egretnews.com\/wp-content\/uploads\/2025\/10\/jack.jpg\" alt=\"\" width=\"148\" height=\"148\" srcset=\"https:\/\/egretnews.com\/wp-content\/uploads\/2025\/10\/jack.jpg 148w, https:\/\/egretnews.com\/wp-content\/uploads\/2025\/10\/jack-65x65.jpg 65w, https:\/\/egretnews.com\/wp-content\/uploads\/2025\/10\/jack-45x45.jpg 45w\" sizes=\"auto, (max-width: 148px) 100vw, 148px\" \/><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone size-full wp-image-22002\" src=\"https:\/\/egretnews.com\/wp-content\/uploads\/2025\/10\/mucyo.jpg\" alt=\"\" width=\"264\" height=\"148\" \/><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Mujye muvuga ibigambo bitameshe ngo murashaka gushimisha abega. Ubwo uzi agahinda Sekarije yapfanye? Ubwo uzi <span style=\"color: #ff0000;\"><u>Jean De Dieu Mucyo<\/u><\/span> agahinda yapfanye umugabo wimfura, abantu benshi tudashyizemo abasirikare bishwe n\u2019ingabo z\u2019abega bishwe na gahinda gakomeye cyane. Reba Gen. <span style=\"color: #ff0000;\">Musemakweri<\/span> wirirwaga aroga abasirikare bagenzi be uko bamwishe yapfuye nk\u2019imbwa!!!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Erega twese nta bwo igihugu tucyanga ariko tuzi abakiyoboye abaribo. Ngaho reba uliya muhererezi wa Kagame ngo ni LT.Burian ureba nk\u2019aho amaso agiye kumuvamo. Uliya umubwiye no kubaga inkoko ya rusake nta byo yashobora, wibwira ko abo azahitana banganiki kugirango umuryango ukomeze gutegeka.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em> Abahutu batagira ubwenge bakiha gusigiza abega bariya ni abadayimoni nta muntu bagirira imbabazi buretse bigere 2027 hasigaye imyaka (2) ngo habe amatora uzaba wumva abo bazica uko bangana. Uliya <\/em><em><u><span style=\"color: #ff0000;\">Muyombo Thomas wiyita Tom Close yari umuhanzi bati ngwino ube umuganga ngirango yari yarize pharmas ariko bamugize umuganga ku ngufu kugirango ajye avoma amaraso abanyarwanda kugirango babone ayo bazajya batera umuhungu wabo LT.BRIAN utagira amaraso mu mubiri ayo yarafite yamwumiyemo aho kugirango Paul Kagame abe ari we yumiramo we wishe abantu. Ikindi Tom Close kandi akaba anashinzwe kuroga abanyarwanda abateramo uburozi mu maraso bagapfa ugapfa amarabira abega ntimubazi muzumirwa ntumugirengo twabahunze tutabazi<\/span>.<\/u><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Abega sukubavuga nabi, ahubwo niko bari ngirango niko baremwe. Abahungu babo bacisha macyeya, naho abakobwa babo bakaba ingariisi, ariko icyitwa ishyari nibo ryaremanywe abatabazi muzabamenya upfa kuba uri mu Rwanda cyangwa mu mahanga ukorana nabo sicyera uzaba umbwira\u2026<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"color: #ff00ff;\"><em>egretnewseditor@gmail.com\u00a0<\/em><\/span><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ikosa rikomeye cyane Dr. Bizimana Jean Damascene yakoze kandi ashobora kuzarizira mu minsi itari kure, nta bwo wabeshya inkotanyi uzibeshyeshya amagambo meza atabaho ngo uzite Imana kandi uvuge ko zizahoraho iteka ryose nk\u2019aho ari Imana. Nazo ubwazo zirabizi yuko atari Imana kandi zisobanukiwe neza yuko zitazahoraho. Bivuze ko amagambo Bizimana yakozeresheje yari amagambo yinda nini<\/p>\n","protected":false},"author":47471,"featured_media":21998,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[198,2],"tags":[],"class_list":["post-21996","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-slider","category-top-news"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/21996","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/47471"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=21996"}],"version-history":[{"count":10,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/21996\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":22010,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/21996\/revisions\/22010"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/21998"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=21996"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=21996"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=21996"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}