{"id":21959,"date":"2025-10-02T01:46:07","date_gmt":"2025-10-02T01:46:07","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/?p=21959"},"modified":"2025-10-02T01:46:07","modified_gmt":"2025-10-02T01:46:07","slug":"amabanga-yo-mukarere-kibiyaga-bigari","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2025\/10\/02\/amabanga-yo-mukarere-kibiyaga-bigari\/","title":{"rendered":"Amabanga yo mukarere kibiyaga bigari"},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\"><em>Tumaze igihe kirekire dukora ubucukumbuzi bwimbitse kubijyanye n\u2019intambara ilimo kubera muri DRCongo hagati ya Leta ya perezida <span style=\"color: #ff0000;\">Flex Tshisekedi Chillombo<\/span> na <span style=\"color: #ff00ff;\">M23<\/span> umutwe witwaje intwaro uvuga ko uharanira kubaho no kugaruza uburenganzira bwa muntu muri icyo gihugu cya DRCongo.<\/em><\/p>\n<p><!--more--><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Kugirango ubashe kumva ubwoko bw\u2019iyi intambara ilimo kubera mu burasirazuba bwa DRC bigusaba ko usubira inyuma mu mateka ukitegereza neza amateka yose yo mukarere kibiyaga bigari kugirango ubashe kumenya icyerekezo cyizi intambara aho ziva naho zerekeza.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Amateka yo mukarere kibiyaga bigari atwereka ko mu w\u2019<span style=\"color: #ff0000;\">1978<\/span> habaye intambara hagati ya Uganda na Tanzania igihugu cya Uganda cyari kiyobowe na Idi Amin Dada washakaga kwigarurira intara yose ya Kagera iherereye ku gihugu cya Tanzania.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Uhereye <span style=\"color: #ff0000;\">October<\/span> <span style=\"color: #ff0000;\">1978<\/span>&#8211;<span style=\"color: #ff00ff;\">June 1979<\/span> intambara yamaze amezi (8) gusa Idi Amin Dada yaramaze gukurwa ku butegetsi. Icyo gihe Milton Obotte wari kumwe na Yoweri Kaguta Museveni bafashe ubutegetsi. Nyuma yamatora yabaye mu w\u2019 1980 December Museveni yanze ibyavuye mu matora y\u2019umukuru w\u2019igihugu afata intwaro ajya mu ishyamba ari kumwe na Gen.Gisa Fred Rwigema.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nyuma y\u2019imyaka (5) gusa Kaguta Yoweri Museveni muri 1986 mukwezi kwa kabili yafashe ubutegetsi aba umukuru w\u2019igihugu cya Uganda kugeza magingo aya akaba agishaka kuzagwa ku butegetsi. Ngirango ahari niba n\u2019umuzimu wategekaga yari kuzakomeza gutegeka abanyaUganda.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Amaze gufata ubutegetsi mu myaka (4) nibwo abanyarwanda bari mu ingabo za Uganda bayobowe na Gen.Gisa Fred Rwigema wicishijwe ku kagambane ka Museveni afatanije na Kagame Paul bakomeje intambara mu gihe cy\u2019imyaka (4) bafata ubutegetsi bw\u2019uRwanda.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Uhereye mu w\u20191994 intambara y\u2019uRwanda irangiye Leta y\u2019abahutu yaririho ihungira muri DRC icyo gihe yitwaga ZAIRE yari iyobowe na Mobutu Sseseko Wazabanga<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Mu mwaka w\u20191996 nibwo ingabo z\u2019uRwanda zateye ZAIRE zavugaga ko zikurikiyeyo Interahamwe maze zikura ku butegetsi Mobuttu wari ucumbikiye interahamwe hamwe n\u2019ingabo za XFARE Mobuttu yasimbuwe na perezida Laurent Desire Kabila waje gusimburwa n\u2019umuhungu we Joseph Kabila Kabange ya yobowe imyaka 18 uhereye 2001 mukwezi kwa kabili.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Hanyuma hagiye havuka imitwe irwanya ubutegetsi muri Zaire yahinduwe izina na Laurent Desire Kabila akayita DRCongo. Iyo mitwe ntabwo yongeye gufata ubutegetsi ahubwo hagiye humvikana ko bakwiye kumvikana na Leta ikinjira muri Leta bagasaranganya ubutegetsi. Icyo gihe cyose babaga balimo gusahura umutungo wa DRCongo.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Joseph Kabila yagiye kuva ku butegetsi amaze gusinyana amasezerano na Leta y\u2019abega ko igihugu cy\u2019uRwanda cyasubizwa ubutaka cyahoranye cyambuwe na abakoloni bw\u2019Ababiligi. Joseph Kabila wavuyeho iyo gahunda itari yatungana yasimbuwe na Flex Tshisekedi wameye ko najya ku butegetsi azakomereza aho Joseph Kabila yari agejeje akanubahiriza amasezerano yasinyanye n\u2019uRwanda.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Byarangiye atabishyize mu bikorwa. Nibwo intambara ya M23 yatangiraga isa naho iburijwemo, iza kongera izazamuka itera DRCongo kugeza yigaruriye ibice byose yafashe uyumunsi.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Amakuru dufite afite za gihamya avuga ko Kaguta Yoweri Museveni yahawe gucamo ibice Sudan yose byibuze ikavamo ibice (3) aho uyumunsi dufite South Sudan, hakaba Sudani Khartoum hakaba na Sudan yavutse ejo bundi yitandukanije n\u2019ubutegetsi bwa Khartoum iyobowe n\u2019umutwe wa RSF ubu agace bategeka kabaye igihugu.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Amakuru akomeza avuga ko ngo ubutegetsi bw\u2019abega bwo bwahawe gucamo ibice igihugu cya DRCongo bashingiye ku mipaka yaciwe n\u2019Ababiligi aho bafashe uRwanda bakarugegena bakarusigira imisozi gusa rutabasha no kwinyagambura.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Amakuru dufite afite za gihamya avuga ko, Flex Tshisekedi afite amahitamo (2) kwemera gutanga ubutaka bw\u2019uRwanda bwahawe igihugu cya DRCongo hakiboneka amahoro, cyangwa se ko yakurwa ku butegetsi M23 igafata ubutegetsi bwa <span style=\"color: #ff0000;\">KINSHASA<\/span> ku buryo uRwanda ruzahita rusubizwa ubutakwa bwarwo. Ari nayo mpamvu bashaka gusubizaho Josepf Kabila wari yaragiranye amasezerano n\u2019uRwanda akaba aliyompamvu muri iki cyumweru bamukatiye urwo gupfa bivugwa ko ikatirwa rye Ababiligi ari bo babirinyuma kugirango barebe ko babulizamo uwo mugambi wo gufata ubutegetsi bwa <span style=\"color: #ff0000;\">KINSHASA<\/span>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Kugirango ubashe kubyumva neza cyane, ngirango murabona ko M23 irimo gukora za recruitment za basirikare mukwezi gushize abakomando ibihumbi (<span style=\"color: #3366ff;\">7000<\/span>) basoje imyitozo ubu bajyanywe kurugamba guhangana na Leta ya DRCongo. Kuba inyeshyamba zibasha gukora recruitment nkuko Leta ibigenza kandi zikabitangaza kumugaragaro bikajya mu itangaza makuru mpuzamahanga ndetse na CNN igatumizwa ikaza kureba no kuba gihamya bikwereka yuko ari gahunda yateguwe neza naho amasezerano ya<span style=\"color: #ff0000;\"> Qatar<\/span> ni baringa barimo kurindagiza amahanga kandi kuba hari amasezerano nta bwo asobanura yuko intambara ihagarara cyeretse iyo Kumpande zombi bubahirije ibikubiye muri ayo masezerano. Kugeza ahangaha ngirango ushobora kumva noneho icyo intambara ya DRCongo isobanuye.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"color: #ff00ff;\"><em>\u00a0egretnewseditor@gmail.com\u00a0<\/em><\/span><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Tumaze igihe kirekire dukora ubucukumbuzi bwimbitse kubijyanye n\u2019intambara ilimo kubera muri DRCongo hagati ya Leta ya perezida Flex Tshisekedi Chillombo na M23 umutwe witwaje intwaro uvuga ko uharanira kubaho no kugaruza uburenganzira bwa muntu muri icyo gihugu cya DRCongo.<\/p>\n","protected":false},"author":47471,"featured_media":21961,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[198,2],"tags":[],"class_list":["post-21959","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-slider","category-top-news"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/21959","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/47471"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=21959"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/21959\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":21962,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/21959\/revisions\/21962"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/21961"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=21959"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=21959"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=21959"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}