{"id":20902,"date":"2025-08-18T00:54:49","date_gmt":"2025-08-18T00:54:49","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/?p=20902"},"modified":"2025-09-04T17:35:26","modified_gmt":"2025-09-04T17:35:26","slug":"isi-irakomerewe-kandi-biraza-kurushaho-cyane-kurusha-uko-babyibwira","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2025\/08\/18\/isi-irakomerewe-kandi-biraza-kurushaho-cyane-kurusha-uko-babyibwira\/","title":{"rendered":"Isi irakomerewe kandi biraza kurushaho cyane kurusha uko babyibwira"},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nyuma y\u2019icyorezo cya covid19 kimaze imyaka (3) kirangiye nabyo bitari neza cyane, ibihugu byinshi byisanze mu bukene bw\u2019indega kamere bukabije. Byatumye ibihugu bikomeye kw\u2019isi bitangira gushakishiliza ubutunzi bwo gusiba icyo cyuho (<span style=\"color: #ff0000;\">loophole<\/span>) cy\u2019ubukene bwatewe ni cyo cyorezo cyatangiye (<span style=\"color: #ff0000;\">2019<\/span> to<span style=\"color: #ff0000;\"> 2022<\/span>).<\/em><\/p>\n<p><!--more--><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Igihugu cya <span style=\"color: #ff0000;\">China<\/span> na <span style=\"color: #ff0000;\">Hong Kong<\/span> byihutiye kujya gusahura umutungo kamere wa amabuye ya gaciro muri DRCongo bamwe bakorana na Leta abandi bakorana ni mitwe yinyeshyamba zirwanya Leta ya Kinshasa. <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nk\u2019uko bisanzwe <span style=\"color: #ff0000;\">Umwakagara Paul Kagame<\/span> yihutiye kujya gusahura DRCongo kugirango abashe gutegura itekinika rya matora na budget ya Leta kuko mu isanduku ya Leta (<span style=\"color: #ff0000;\">the government coffin<\/span>) nta cyari gisigayemo.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Uko intambara yagiye ifata umurego ukomeye cyane, ni nako amahanga cyane ibihugu by \u2019Iburayi (<span style=\"color: #ff0000;\">New European Union<\/span>) binyuze muri Emmanuel Macron w\u2019Ubufaransa yatangiye gusangira kuri uwo mutungo wa DRCongo binyuze mu Rwanda.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Therese Kaikwamba ministiri y\u2019ububanyi na mahanga wa <span style=\"color: #ff0000;\">DRCongo<\/span> nibwo yize neza cyane uburyo Umwakagara Paul Kagame yi ya mamaza kumugabane w\u2019Uburayi ako akoresha amakipe yaho alimo (<span style=\"color: #ff0000;\">BAYERN MUNICH<\/span>, na <span style=\"color: #ff0000;\">Arsenal<\/span>) mu cyitwa <span style=\"color: #ff0000;\">VISIT Rwanda<\/span>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nibwo na we yatangiye kwiga imikorere y\u2019<span style=\"color: #ff0000;\">Umwakagara Paul Kagame<\/span> atangira gukorana nayo makipe y\u2019Uburayi muri gahunda (<span style=\"color: #ff0000;\">campaign<\/span>) yo kwamagana ayo makipe ahabwa (<span style=\"color: #ff0000;\">ads<\/span>) bivugwa ko ituruka mu mabuye gaciro asahurwa muri DRCongo izuba riva kumanywa yihangu. <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ndetse ni ikipe ya Arsenal nayo yavuze yuko amasezerano (<span style=\"color: #ff0000;\">contract<\/span>) bagiranye na Leta y\u2019abega azarangira uyu mwaka nta bwo bazongera kugirana andi masezerano (<span style=\"color: #ff0000;\">renewal contract<\/span>).<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Aho ngaho Theresa Kaikwamba ya kubise ingoma y\u2019abega icy \u2019umutwe aba arabavangiye.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Mu gihe bamaze kubona yuko amayeri yabo ya yatahuye kandi ko kuruhando mpuzamahanga yamaze ku bavangira cyane, nibwo batangiye gukaza umurego w\u2019intambara ya (M23) cyane kugirango byibuze za nyungu baboneraga mu kwamamaza zamaze guhagarikwa byibuze bazibonere mu intambara n\u2019ubundi basanzwe baboneramo ariko noneho barushaho kwagura ibikorwa byo gufata ibindi bice byinshi cyane bigwiriyemo umutungo kamere wa mabuye ya gaciro.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Isi iracyennye ariko bitari cyane, ariko kandi abenshi nta n\u2019umwe wifuza yuko intambara ya DRCongo yarangira mu gihe babone uko bajyayo bagasahura batiriwe batanga imisoro ya Leta ya Kinshasa cyane yuko muri iki gihe ibihugu byinshi bifite imyenda irenze urugero aho usanga buri gihugu gifite amadeni cyangwa imyenda irenze ibyo binjiza.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Urugero USA bafite umwenda ungana na ($<span style=\"color: #ff0000;\"> 36 TN<\/span>) mu gihe mu bubiko bari bafitemo ($<span style=\"color: #ff0000;\">26.4 TN<\/span>) urumva yuko bageraniwe ku buryo bukomeye cyane!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Uganda bafite umwenda ugera kuri <span style=\"color: #ff0000;\">88<\/span> %, uRwanda bafite umwenda ugera kuri <span style=\"color: #ff0000;\">77<\/span> %, Kenya dufite umwenda ugera kuri <span style=\"color: #ff0000;\">69<\/span> %, urumva yuko igihugu cyose cyabona uko bajya gusahura umutungo kamere wa DRCongo inzira yose byanyuramo nta wabura kubikora.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Hari hamaze iminsi haririmbwa indirimbo yo gusinya amazereno ya hagati ya Leta y\u2019abega na DRCongo, ndetse n\u2019inteko shingamategeko ya Kigali yasinye kuri ayo masezerano.Ariko se ko hatangiye kuvugwa icyitwa Republic of KIVU mu gihe twari dutegereje isinywa ryamasezerano ya Qatar? Iby\u2019isi ni gatebegatoki kandi ni uko bigenda nyine.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Gusa wenda birumvikana cyane yuko hagomba gukorwa ibifitanye isano ni manza zitabera z\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"color: #ff00ff;\"><em>\u00a0egretnewseditor@gmail.com\u00a0<\/em><\/span><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Nyuma y\u2019icyorezo cya covid19 kimaze imyaka (3) kirangiye nabyo bitari neza cyane, ibihugu byinshi byisanze mu bukene bw\u2019indega kamere bukabije. Byatumye ibihugu bikomeye kw\u2019isi bitangira gushakishiliza ubutunzi bwo gusiba icyo cyuho (loophole) cy\u2019ubukene bwatewe ni cyo cyorezo cyatangiye (2019 to 2022).<\/p>\n","protected":false},"author":47471,"featured_media":20904,"comment_status":"closed","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[198,2],"tags":[],"class_list":["post-20902","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-slider","category-top-news"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/20902","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/47471"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=20902"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/20902\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":20905,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/20902\/revisions\/20905"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/20904"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=20902"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=20902"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=20902"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}