{"id":20724,"date":"2025-08-02T23:15:42","date_gmt":"2025-08-02T23:15:42","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/?p=20724"},"modified":"2025-09-06T23:42:37","modified_gmt":"2025-09-06T23:42:37","slug":"umwakagara-bagiye-kumwimika-kuba-umwami-mu-buryo-bweruye-bitalimo-guca-kuruhande","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2025\/08\/02\/umwakagara-bagiye-kumwimika-kuba-umwami-mu-buryo-bweruye-bitalimo-guca-kuruhande\/","title":{"rendered":"Umwakagara bagiye kumwimika kuba Umwami mu buryo bweruye bitalimo guca kuruhande"},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"color: #ff0000;\">Umwakagara Paul Kagame<\/span> bagiye kumugira umuyobozi wikirenga usumba urwego rw\u2019umukuru w\u2019igihugu (Umwami) ariko bakazamwita umuyobozi wikirenga aho umwanya wa perezida (<span style=\"color: #ff0000;\">president<\/span>) uzahabwa undi we akitwa (<span style=\"color: #ff0000;\">supreme Leader<\/span>) nk\u2019uko bimeze muri<span style=\"color: #ff0000;\"> Iran<\/span> aho <span style=\"color: #ff0000;\">Ali Rohan Kahamenei<\/span> yishe Umwami wa Irani mu w\u2019<span style=\"color: #ff0000;\">1979<\/span> akaba umugaba mukuru w\u2019ikirenga hanyuma umwanya wa perezida akawuharira abawukeneye ariko bagakorera munsi ye bahabwa amabwiriza nawe.<\/em><\/p>\n<p><!--more--><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ariko kuri <span style=\"color: #ff0000;\">Paul Kagame<\/span> we akaba abitewe nikibazo cy\u2019uko arwaye ibisazi byo mu mutwe, aho atakibasha kwikontorola kuko asigaye anavuga ibintu biterekeranye ku buryo bwihuse intekoshinga mategeko ikaba yakiriye urwandiko rw\u2019umwana w\u2019umwega wandikiye Umwakagara mukuru<span style=\"color: #ff0000;\"> Paul Kagame<\/span> amusaba kureka umwanya wa perezida ahubwo agahabwa umwanya w\u2019ikirenga aho azaba ategeka na perezida uyoboye igihugu.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ibi babikoze nyuma yo kubona ko atagishoboye gutegeka kubera arwaye mu mutwe nyuma yuko bamubaze mu bwonko, bikaba bitakimushobokeye gutegeka nk\u2019uko abyifuza.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Akaba aliyompamvu bagiye gushaka undi muntu wamusimbura ku mwanya wa perezida kugirango ajye amugisha inama mu byo adashobora gufataho ibyemezo cyane bitashimisha abo ku ngoma y\u2019abega.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ahangaha halimo amayeri yo gushaka gusimbuka umutego wa mahanga amusaba kurekura ubutegetsi cyangwa akemerera abatavuga rumwe nawe kwinjira muri Leta ye.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Birumvikana ko, umwanya wa minisitiri w\u2019intebe bashobora kuwukuraho cyangwa se naho bawurekeraho igihe byaba bidahungabanije inyungu z\u2019abega bari ku ingoma.Ubwo n\u2019ubwami bugiye gushyirwa muri Republica kugirango bizaborohera kuzabuhindura ubwami mu gihe kizaza, ariko bakaba harimo n\u2019uburyo bwo kurohereza <span style=\"color: #ff0000;\">Umwakagara Paul Kagame<\/span> uko yazapfira ku butegetsi adashyikirijwe inkiko mpuzamahanga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Mu buryo bwemewe na mategeko ubundi hakabaye Kamarampaka (<span style=\"color: #ff0000;\">referendum<\/span>) abaturage bakabitorera nyuma yo kubasobanurira uwo mushinga uko uteye.Ariko igitutu cy\u2019amahanga bariho kibamereye nabi cyane, birasaba yuko intekoshinga mategeko yemeza uwo mushinga w\u2019itegeko vuba byihuse kugirango politike ihindure isura mu rwego rw\u2019amahanga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ubuhanuzi buvuga ko <span style=\"color: #ff0000;\">Umwakagara Paul Kagame<\/span> azakora ibyo yifuza byose nyuma yo kuzenguruka amahanga ibihugu byose, uretse mu ijuru gusa niho atazagera, ubundi yamara gusohoza ibiri mu mutima we byose aho azaruhuka akavuga ati, mutima wanjye tuza ubundi urye ibyo nakuruhiye, aho niho azakurwamo umwuka.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"color: #ff00ff;\"><em>\u00a0egretnewseditor@gmail.com<\/em><\/span><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umwakagara Paul Kagame bagiye kumugira umuyobozi wikirenga usumba urwego rw\u2019umukuru w\u2019igihugu (Umwami) ariko bakazamwita umuyobozi wikirenga aho umwanya wa perezida (president) uzahabwa undi we akitwa (supreme Leader) nk\u2019uko bimeze muri Iran aho Ali Rohan Kahamenei yishe Umwami wa Irani mu w\u20191979 akaba umugaba mukuru w\u2019ikirenga hanyuma umwanya wa perezida akawuharira abawukeneye ariko bagakorera munsi ye<\/p>\n","protected":false},"author":47471,"featured_media":20726,"comment_status":"closed","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[198,2],"tags":[],"class_list":["post-20724","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-slider","category-top-news"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/20724","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/47471"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=20724"}],"version-history":[{"count":4,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/20724\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":20755,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/20724\/revisions\/20755"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/20726"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=20724"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=20724"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=20724"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}