{"id":20448,"date":"2025-07-12T20:24:11","date_gmt":"2025-07-12T20:24:11","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/?p=20448"},"modified":"2025-09-24T07:03:38","modified_gmt":"2025-09-24T07:03:38","slug":"birabe-ibya-m23-bitazaba-nkibya-cndp-ya-laurent-nkunda","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2025\/07\/12\/birabe-ibya-m23-bitazaba-nkibya-cndp-ya-laurent-nkunda\/","title":{"rendered":"Birabe M23 itagiye gutezwa icya munara bitazaba nk&#8217;ibya  CNDP ya Laurent Nkunda"},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\"><em>Amakuru aturuka mu mutwe wa <span style=\"color: #ff0000;\">M23<\/span> aravuga yuko harimo bombori bombori ituruka ku kuba igice kimwe cy\u2019abayobozi balimo <span style=\"color: #ff0000;\">Willy Ngoma<\/span> batifuza gushyikirana na Kinshasa bakaba bo bifuza ko aho bafashe hose ha handuka igihugu cyabo bakakiyobora bakihagura kuri <span style=\"color: #ff0000;\">DRCongo<\/span> nk\u2019uko muri Sudani ubu bimeze.<\/em><\/p>\n<p><!--more--><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ni mu gihe amakuru avuga ko na Kigali ingoma y\u2019abega yifuza ko ibilometero ibihumbi <span style=\"color: #0000ff;\">34000 m2<\/span> bivuze ko bafite ubutaka bwa buso bukubye uRwanda inshuro imwe nigice bashaka ku cyomeka ku Rwanda.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Abanyamasisi na banyamurenge bakaba batari bumva iyo philosophy bakaba batifuza ko bategekwa n\u2019uRwanda, byaje gutuma umubano wa <span style=\"color: #ff0000;\">M23<\/span> na Kigali hazamo uruntu runtu ku buryo Willy Ngoma na bagenzi be bahise bafungwa ubu bakaba bari muri mabuso.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ikindi amakuru avuga yuko ingabo za <span style=\"color: #ff0000;\">M23<\/span> bafite ubwoba yuko Kigali ishobora kubacuruza nk\u2019uko bacuruje Laurent Nkunda n\u2019ubu akaba akomeje kuba imfungwa ya Kigali akaba atemerewe kujya ahagaragara usibye ko amakuru amwe avuga ko ngo yaba afungiwe iwe murugo Inyamirambo.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ibyo bilimo kuba mu gihe harimo kuvugwa imishyikirano yarilimo kubera muri<span style=\"color: #ff0000;\"> Qatar<\/span> n\u2019ubwo magingo aya batari bashobora kumvikana kandi nyamara ba minisitiri bububanyi namahanga b\u2019uRwanda na <span style=\"color: #ff0000;\">DRCongo<\/span> bari baherutse gusinya amasezerano muri America taliki ya 27 z\u2019ukwezi gushize I Washington DC imbere ya <span style=\"color: #3366ff;\">Donald Trump<\/span>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Kugeza ubu nta bwo hari hamenyekana icyerekezo cy\u2019aya amasezerano niba umushinga wabakuru b\u2019ibihugu uRwanda na<span style=\"color: #ff0000;\"> DRCongo<\/span> bari basigaye gushyira umukono kuri ayo masezerano niba bizashyirwa mu bikorwa nk\u2019uko amasezerano abiteganya.Ubwo n\u2019ukubitega amaso iminsi izatubwira!<\/em><\/p>\n<p><span style=\"color: #ff00ff;\"><em>egretnewseditor@gmail.com\u00a0<\/em><\/span><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Amakuru aturuka mu mutwe wa M23 aravuga yuko harimo bombori bombori ituruka ku kuba igice kimwe cy\u2019abayobozi balimo Willy Ngoma batifuza gushyikirana na Kinshasa bakaba bo bifuza ko aho bafashe hose ha handuka igihugu cyabo bakakiyobora bakihagura kuri DRCongo nk\u2019uko muri Sudani ubu bimeze.<\/p>\n","protected":false},"author":47471,"featured_media":20450,"comment_status":"closed","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[198,2],"tags":[],"class_list":["post-20448","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-slider","category-top-news"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/20448","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/47471"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=20448"}],"version-history":[{"count":3,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/20448\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":21789,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/20448\/revisions\/21789"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/20450"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=20448"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=20448"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=20448"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}