{"id":20422,"date":"2025-07-11T12:46:18","date_gmt":"2025-07-11T12:46:18","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/?p=20422"},"modified":"2025-09-24T08:07:21","modified_gmt":"2025-09-24T08:07:21","slug":"ese-inda-paul-kagame-atwite-azayibyara-cyangwa-izamuhitana","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2025\/07\/11\/ese-inda-paul-kagame-atwite-azayibyara-cyangwa-izamuhitana\/","title":{"rendered":"Ese inda Paul Kagame atwite azayibyara cyangwa izamuhitana?"},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Dec 15, 2015 <\/em><\/strong><em><span style=\"color: #ff0000;\"><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, <\/u><u>mwana w&#8217;umuntu<\/u><u> <\/u><\/span><u><span style=\"color: #ff0000;\">ubwire abo ku ngoma y\u2019abega uti, uku niko Uwiteka Imana Nyiringabo avuga, ntakabuza nzabatatanya mbakoze isoni kuko mwanze gukiranuka mukagendera munsi y\u2019ubutegetsi bw\u2019Abatutsi, kandi muvuga ko ari jye mukorera nyamara mwirirwa musigiza ishyaka rya<\/span> <span style=\"color: #ff0000;\">RPF<\/span>, <span style=\"color: #ff0000;\">nk\u2019aho ariyo yabashyizemo umwuka mu mazuru muhumeka cyangwa ariyo irinda ubugingo bwanyu. Nuko rero uhereye none mu menye yuko ntazumva gusenga kwanyu gusenga muzasenga ariko ayo masengesho nta bwo azarenga amazuru yanyu uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/span><\/u>.<\/em><\/p>\n<p><!--more--><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Njyanwa mu iyerekwa mbona umugore utwite inda nini iri hafi kuvuka, maze mpura nawe, mbona adafite aho yaruhukira, nyamara inda yarimaze ameze nka (<span style=\"color: #ff0000;\">6<\/span>); asigaje amezi (<span style=\"color: #ff0000;\">3<\/span>) ngo yibaruke umwana. Nuko ndabwirwa ngo, umwana kuvuka aravuka, ariko ntafite aho avukira kuko igihe cyibise gisa ni cyegereje. Nyamara nta bwo barategura imyenda y\u2019umwana ugiye kuvuka, kandi dore icyo gihe imvura izanagwa ndetse hazaba hari imvura ubwo se ko batagura imyenda yimbeho bazafatiramo umwana barumva uwo mwana atazicwa ni mbeho? Uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abaza<\/u>!!!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Njyanwa mu iyerekwa mbona abakuru bingabo za RDF bitegura guhungira muri Uganda, mbona bagiye mu murwa mukuru wa Kampala baguze amazu bayashyiramo abagore babo na bana babo ndetse urugo barusigaho za Iskoti ngo zibe arizo zisigara kurugo. Nuko mbona bo bagarutse ku kiraka muri gakondo ya bakiranutsi (homeland) uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Njyanwa mu iyerekwa mbona ikindi gice cya ll kigizwe na za magigiri (<span style=\"color: #ff0000;\">Rwandan Spies<\/span>) z\u2019Umwakagara icyo gice na cyo gifashe inzira cyerekeza muri Uganda aho bagiye kugura amazu abandi barayakodesha na bo bahishayo imiryango yabo bagaruka mukiraka muri gakondo yabakiranutsi (<span style=\"color: #3366ff;\">Homeland<\/span>).<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Njyanwa mu iyerekwa mbona ikindi gice cya lll nacyo kigizwe na zamagigiri (<span style=\"color: #ff0000;\">Rwandan Spies<\/span>) nacyo cyerekeza muri Uganda ariko cyo nti cyagiye<span style=\"color: #ff0000;\"> Kampala<\/span> ahubwo bagiye hafi hariya za Mbarara, maze bahashaka amazu aciriritse ubona adasobanutse nabo bashyira imiryango yabo ahongaho ba maze kuyihahisha bagaruka mukiraka cya RDF uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, dore uko bigiye kugenda ni kuriya ubonye kuko abasirikare bakuru ba <span style=\"color: #ff0000;\">RDF<\/span> batangiye gukuramo akarenge kuko bamaze kugira ubwoba budasanzwe kuko bamaze kubona ishyerezo ry\u2019umwakagara kubera yuko ibye byamurangiranye kuko abazamukura ku ngoma bamaze kwitegura kumukura ku butegetsi kandi dore nta mahanga azamutabara kuko abakamutabaye nabo bazaba bari mushiraniro birwanaho aho niho Uwiteka yavuze yuko azabategera mu buriganya bwabo uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Njyanwa iyerekwa mbona urubyiruko rwa <\/u><span style=\"color: #ff0000;\"><u>Evangelica Restoration Church <\/u><\/span><u>ko bamaze kwangirika kandi ko badahabwa inyigisho ziyoboka mana zihagije kuko abakabahaye inyigisho bahindutse abagaragu binda, kuko icyari umurimo w\u2019Imana cyahindutse politike ya madini, uturere na moko. Ibyo byatumye banyura ibumoso aho kunyura iburyo kuko bananiwe kugendera imbere y\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo niyompamvu urusengero rwabo rwahindutse indiri ya badayimoni.<\/u><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Njyanwa mu iyerekwa mbona abatutsi biyita abanyamurenge basengera muri urwo rusengero bataye umurage bahawe na babyeyi babo wo gukorera Uwiteka Imana Nyiringabo, ahubwo ibyakabaye umurimo byahindutse akazi n\u2019ubucuruzi bakora mu izina ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga<\/u>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, izo za magigiri uzisengere ntiwite kubyo zikora n\u2019ubwo zikugenza, ariko zinafite ni bibazo nyamara nirya jambo wahawe rivuga ngo, uyu munsi umwanzi wawe murasangirira kumeza imwe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong>Dec 16, 2015<\/strong> ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, itegereze imbere yawe maze urebe ibyo ngiye ku kwereka. Nuko ndambura amaso yanjye nditegereza mbona umugore utwite warufite inda mbona ko agiye kubise kuyibyara. <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu umwakagara atwite inda kandi ibaye nyarwege dore igihe cyo kuyibyara kirasohoye ngo ayibyere. Nuko mbaza uwanyerekaga nti, mbese iriya nda izamuhitana cyangwa azayibyara?<\/u><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"color: #ff0000;\"><u>Nuko nawe aransubiza ati, kuyibyara azabyara, ariko umwana nta bwo azamwonsa kuko atazabona amashereka yo kumwonsa kandi akaba atanafite abamutegurira igikoma cy\u2019ababyeyi ibyo bikazatera wa mwana yabyaye guhita akurwa ku isi yabazima uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u><\/span>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"color: #ff0000;\"><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, nyamara se ntiyagiriwe inama ngo arye imboga nsa kugirango abashe kuzabona amashereka ariko akabigaya? Uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u><\/span>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u><span style=\"color: #ff0000;\">Ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, dore yanze no kujya kwa muganga ngo bamubyaze, ahubwo we yavuze ko azabyazwa na baganga ba gihanga cyangwa ba gakondo<\/span>, <span style=\"color: #ff0000;\">none dore inda ya kabiri yanze kumuvamo kandi dore yatangiye kuborera munda kuko isigaje iminsi<\/span> (2) <span style=\"color: #ff0000;\">ikamukura ku isi yabazima uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/span><\/u>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"color: #ff00ff;\"><em>egretnewseditor@gmail.com\u00a0<\/em><\/span><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Dec 15, 2015 Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w&#8217;umuntu ubwire abo ku ngoma y\u2019abega uti, uku niko Uwiteka Imana Nyiringabo avuga, ntakabuza nzabatatanya mbakoze isoni kuko mwanze gukiranuka mukagendera munsi y\u2019ubutegetsi bw\u2019Abatutsi, kandi muvuga ko ari jye mukorera nyamara mwirirwa musigiza ishyaka rya RPF, nk\u2019aho ariyo yabashyizemo<\/p>\n","protected":false},"author":47471,"featured_media":20426,"comment_status":"closed","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[198,2],"tags":[],"class_list":["post-20422","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-slider","category-top-news"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/20422","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/47471"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=20422"}],"version-history":[{"count":4,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/20422\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":20430,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/20422\/revisions\/20430"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/20426"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=20422"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=20422"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=20422"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}