{"id":20206,"date":"2025-06-26T20:56:34","date_gmt":"2025-06-26T20:56:34","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/?p=20206"},"modified":"2025-10-10T01:11:40","modified_gmt":"2025-10-10T01:11:40","slug":"ibisobanura-bishya-byinzozi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2025\/06\/26\/ibisobanura-bishya-byinzozi\/","title":{"rendered":"Ibisobanura bishya by&#8217;inzozi"},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"color: #ff00ff;\"><em>Hari abantu benshi cyane bifuje ko twakongera tukabagezaho ibisobanuro by&#8217;inzozi ni muri urwo twongeye kubategurira mu buryo bw&#8217;inyandiko ibisobanuro by&#8217;inzozi kuko hari benshi batabashije kubona ubu butumwa twibwira yuko no neho biri bubagereho Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abakomeze<span style=\"color: #000000;\">!<\/span><\/em><\/span><\/p>\n<p><!--more--><\/p>\n<ul style=\"text-align: justify;\">\n<li><strong><em>Igiti: <\/em><\/strong><em>Bisobanura ubutegetsi,\u00a0<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Inzu: <\/em><\/strong><em>bisobanura igihugu cyangwa isezerano<\/em><strong><em>.<\/em><\/strong><\/li>\n<li><em>Gufunga urugi rw\u2019inzu rukinze, bisobanura yuko wasenze amasengesho yawe yakoze umulimo, waba ukinguye bigasobanura ko amasengesho yawe adafite imbaraga zo guhangana ni bikurwanya<\/em><em>.<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Ingiga y\u2019igiti:\u00a0<\/em><\/strong><em>amasengesho<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Imyase 3 y\u2019igiti:\u00a0<\/em><\/strong><em>amasengesho y\u2019iminsi 3 (36 hrs.)<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Hejuru mu giti: <\/em><\/strong><em>mu kirere (ahantu hibanga)<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Inkoni mu ntoki:\u00a0<\/em><\/strong><em>ubutware mu isi y\u2019abazima<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Inkwi:\u00a0<\/em><\/strong><em>amasengesho<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Kugenda mu ishyamba cyangwa ishyamba<\/em><\/strong><em>bisobanura ubuhunzi.<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Umulima:<\/em><\/strong><em>umurimo wa Data.<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Amasaka kugeswa agashirwa mu bubiko:<\/em><\/strong><em>umugeni bisobanura ko abantu bagiye gupfa mu kivunge cya abantu benshi<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Imbuto<\/em><\/strong><em>zose zisobanura umugisha uturutse k\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Urutoki <\/em><\/strong><em>(bananas nor matoke) bisobanura umurimo w\u2019Imana.<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Imyaka iteye mu mulima ibishyimbo, ingano: <\/em><\/strong><em>bisobanura umugisha ulimo gutunganywa<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Ibyatsi: <\/em><\/strong><em>imirimo y\u2019imburamumaro<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Itabi: <\/em><\/strong><em>risobanura amagambo\u00a0<strong>yoroheje<\/strong>\u00a0(ubugambanyi)<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Igikoma<\/em><\/strong><em>nacyo gisobanura amarozi.<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Ibyobo\u00a0:<\/em><\/strong><em>imitego (holes)<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Kuva mu cyobo kinini: <\/em><\/strong><em>bisobanura kuva mukaga gakomeye.<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Injangwe: <\/em><\/strong><em>bisobanura umujinya w\u2019abarozi, umujinya wuzuye inzika idashira, kuroga no kugira nabi. Umwuka w\u2019umwijima.<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Imbeba<\/em><\/strong><em>: umwuka w\u2019ubukene.<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Inka: <\/em><\/strong><em>ni abadayimoni bateza intambara zihuse.<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Inkoko: <\/em><\/strong><em>ni abadayimoni\u00a0<strong>boroheje<\/strong>\u00a0bo guterekerera abazimu cyangwa gutanga urugimbu ukoresheje amaraso y\u2019inkoko.<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Intama, Intare: <\/em><\/strong><em>bisobanura Kristo. Mbere yuko apfa yitwaga umwana w\u2019intama, amaze kuzuka ibintu yarahindutse yitwa Intare yo mu muryango wa David.<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Imbwa:<\/em><\/strong><em>ubusambanyi<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Kasuku:\u00a0<\/em><\/strong><em>umudayimoni ushinzwe gutoteza abakiranutsi bafite umuhamagaro n\u2019impano yo gukora ibitangaza mu isi y\u2019abazima.<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Ingurube: <\/em><\/strong><em>umwuka w\u2019ubusambo (<span style=\"color: #ff0000;\">greediness<\/span>) <\/em><\/li>\n<li><strong><em>Ifaras<\/em><\/strong><em>i: isobanura Malaika.<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Ihene: <\/em><\/strong><em>isobanura umwuka w\u2019ikinyoma.<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Imbogo<\/em><\/strong><em>ni abadayimoni bakaze bashinzwe guteza intambara zikomeye cyane<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Isamaki: <\/em><\/strong><em>umugisha<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Inzoka <\/em><\/strong><em>isobanura umwuka wuburyarya, ubugome, uburiganya, ubwicanyi<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Imiswa\u00a0<\/em><\/strong><em>cyangwa <strong>umugina wuzuye Imiswa:<\/strong>\u00a0ingabo z\u2019Uhoraho<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Inyoni aho ziva zikagera <\/em><\/strong><em>zisobanura imbaraga z\u2019abazimu n\u2019abadayimoni utabariyemo <strong>inuma<\/strong><\/em><\/li>\n<\/ul>\n<ul style=\"text-align: justify;\">\n<li><strong><em>Igyi ry\u2019inkoko<\/em><\/strong><em>baba barakuroze baka kuzingazinga kugirango ntuzigere ubona inzira wanyuramo.\u00a0<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Amagyi y\u2019inkoko akoreshwa mu kuzinga umuntu runaka <\/em><\/strong><em>kugirango ntazagere kucyo yagombaga kugeraho.\u00a0<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Kugirango ubashe kubohoka ni uko iryo Igyi rimeneka mu buryo bw\u2019umwuka<\/em><\/strong><em>!\u00a0<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Inzovu:<\/em><\/strong><em>umudayimoni ukomeye cyangwa ubuza abantu kwakira umugisha uturutse mu ijuru.<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Inyama y\u2019inkoko n\u2019ihene:<\/em><\/strong><em>ikinyoma gishingiye mu guterekera<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Inyama<\/em><\/strong><em>: bisobanura abantu bari mu mugambi w\u2019u bugambanyi<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Inyama zitetse<\/em><\/strong><em>: umugambi w\u2019u bugambanyi uriho utegurwa<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Inyama mbisi: <\/em><\/strong><em>cyangwa\u00a0<strong>itabi<\/strong>, bisobanura amagambo mabi y\u2019ubugambanyi; amagambo adafite umumaro.\u00a0<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Inyama zihiye: <\/em><\/strong><em>bisobanura ubugambanyi budakabije cyane ariko bwamaze gutegurwa<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Kurota\u00a0<\/em><\/strong><em>uroba <strong>amafi<\/strong>\u00a0<strong>bisobanura:<\/strong> bisobanura umuhamagaro wo gukorera Imana\u00a0cyangwa se umugisha<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Kurota perezida\/Umwami\u00a0<\/em><\/strong><em>runaka bisobanura ko Imana iba yakugendereye kuko nta wundi uba hejuru ya\u00a0<strong>perezida\/Umwami<\/strong><\/em><\/li>\n<li><strong><em>Kurota\u00a0<\/em><\/strong><em>wogoshwa<strong>umusatsi<\/strong>, bivuze kwamburwa ubwenge\u00ad.<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Kurota\u00a0<\/em><\/strong><em>werekwa ufite imisatsi myinshikandimiremire<strong>:\u00a0<\/strong>ubwenge bwinshi<\/em><\/li>\n<li><em>K<strong>urota wiyuhagira\u00a0<\/strong>cyangwa ujya kuvoma\u00a0bisobanura\u00a0kwihana mu buryo bwo gukora amasengesho.\u00a0<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Kurota wubaka inzu yawe<\/em><\/strong><em>, gushyiraho imiryango, amadirishya, bivuze yuko amasezerano yawe ari kugenda akwegera!\u00a0<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Kurota\u00a0<\/em><\/strong><em><strong>ubona<\/strong> <strong>inzu yarigeze hejuru igasubira hasi kuri foundation<\/strong>\u00a0amasezerano yawe aba asubiye inyuma bitewe\u00a0<strong>n\u2019i cyaha wakoze<\/strong>, cyangwa bitewe n\u2019<strong>abarozi<\/strong>.<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Kurota wimuka uva mu nzu\u00a0<\/em><\/strong><em>ujya<strong>muyindi<\/strong>\u00a0<strong>nzu<\/strong>, bisobanura ko ugiye gukurwa mu gihugu ugiye kujyanwa mukindi gihugu.<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Kurota ubona uhabwa imfunguzo:\u00a0bisobanura <\/em><\/strong><em>guhabwa ubushobozi<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Kurota uzamuka umusozi:<\/em><\/strong><em>\u00a0bisobanura guhura nibibazo biruhije.<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Kurota umanuka umusozi<\/em><\/strong><em>: ibibazo igihe cyabyo cyo kurangira kiba kigeze.<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Kurota uhagaze ku munara hejuru: <\/em><\/strong><em>bisobanura gushirwa hejuru,\u00a0iyo uguye\u00a0bisobanura gucishwa bugufi.<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Kurota\u00a0<\/em><\/strong><em>woga<strong>mu mazi:<\/strong>\u00a0bisobanura kuba ugiye kugira ibibazo bikomeye.<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Kurota\u00a0<\/em><\/strong><em>ugender<strong>a hejuru ya mazi: <\/strong>bisobanura kugendera hejuru y\u2019ibibazo<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Kurota woga mu mazi:<\/em><\/strong><em>\u00a0agera mu\u00a0<strong>mav<\/strong>i;\u00a0m<strong>u rukenyerero<\/strong>,\u00a0<strong>kwivuruguta mu mazi y\u2019ibyondo<\/strong>\u00a0bisobanurako ugiye guhura n\u2019ikibazo kitazagira icyo kigutwara.<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Kurota woga mu mazi mabi ariko atakugera mu rukenyerero:<\/em><\/strong><em>\u00a0bisobanura ko ibibazo ugiye kugira nta cyo bizagutwara.<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Kurota ugendera mu bwato mu Nyanja: <\/em><\/strong><em>bisobanura ko ugiye guhura n\u2019ibibazo ariko uzahabwa\u00a0<strong>(<span style=\"color: #ff0000;\">protection<\/span>)\u00a0<\/strong>ukazabona\u00a0<strong>igisubizo gitunguranye<\/strong>\u00a0mbese utazi cyangwa utabona aho ibisubizo biturutse.<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Kurota unyagirwa n\u2019imvura:<\/em><\/strong><em> bisobanura ko ugiye\u00a0gutungurwa nibibazo, kuko imvura igwa itunguranye.<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Kurota igishanga cy\u2019amazi: <\/em><\/strong><em>bisobanura akaga gakomeye, ibyago na makuba<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Kurota inyanja<\/em><\/strong><em>bisobanura ibibera ku isi.<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Kurota wituma muri toilet bikanga:<\/em><\/strong><em>\u00a0bisobanura ko\u00a0(<span style=\"color: #ff0000;\">no deliverance<\/span>) ukiboshye utarabohorwa<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Kurota wihagarika bikanga<\/em><\/strong><em>: bisobanura ko kubohoka amarozi yorohereje na byo bidashoboka, <strong>Kurota\u00a0<\/strong>ujya<strong>kwituma<\/strong>\u00a0<strong>ibikomeye<\/strong>\u00a0cyangwa\u00a0<strong><u>ibyoroheje<\/u><\/strong>\u201d\u00a0short call\u00a0<strong>vs<\/strong>\u00a0long call\u201d bisobanura kubohoka uruzingo rw\u2019amarozi. \u00a0\u00a0<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Kurota wambara amababa ukaguruka ugahungishwa<\/em><\/strong><em>, bisobanura kwambikwa amababa mu buryo bw\u2019umwuka\u00a0<strong>uba uhawe amahirwe\u00a0<\/strong>cyangwa se<strong>faveur<\/strong>\u00a0iturutse k\u2019Uwiteka Imana.\u00a0<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Kurota abapfuye<\/em><\/strong><em>bisobanura\u00a0<strong>inzika<\/strong>.<\/em><\/li>\n<\/ul>\n<ul style=\"text-align: justify;\">\n<li><strong><em>Kurota abantu bo mu muryango, mu nshuti zawe za hafi\u00a0<\/em><\/strong><em>POSITIVELY\u00a0<strong>or\u00a0<\/strong>NEGATIVELY<strong>: \u00a0\u00a0<\/strong><\/em><strong><em>\u2192\u2192<\/em><\/strong><strong><em>Umwuka w\u2019inzika\u00a0<\/em><\/strong><strong><em>n\u2019inzigo<\/em><\/strong><\/li>\n<li><strong><em>Kurota abantu uzi cyangwa umuntu uzi, ariko ukamurota muri negative:<\/em><\/strong><em>\u00a0burya aba yarakugiriye nabi, cyane iyo ugiye kugira ibibazo buri gihe,urebye neza , uzasanga hari umuntu uba wabonye mu nzozi\u00a0wenda mwiganye cyangwamwakoranye, burya hari icyo aba yaragukozeho ku bugingo bwawe.\u00a0<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Kurota ubona utunganya isambu: <\/em><\/strong><em>y\u2019iwanyu cyangwa y\u2019ahandi hantu, ibyo bisobanura ko uba umaze kugirirwa ikizere n\u2019Imana ikaguha ikibaya cyo kwerekerwamo.\u00a0<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Kurota usambana bikananirana: <\/em><\/strong><em>nturangize\u00a0bisobanura ko gahunda urimo zitazagutunganira.\u00a0<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Kurota utwaye imodoka: <\/em><\/strong><em>bisobanura\u00a0<strong>ubuyobozi\u00a0<\/strong>butangwa n\u2019Imana.<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Kurota wambuka ikiraro: <\/em><\/strong><em>bisobanurako\u00a0<strong>ikibazo<\/strong>\u00a0(ibyago, akaga, amakuba biva ku mwuka mubi)\u00a0<strong>kije imbere<\/strong>\u00a0yawe uba ugitsinze.<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Kurota wambuka umupaka: <\/em><\/strong><em>bisobanura yuko ufite urugendo <\/em><\/li>\n<li><strong><em>Kurota wiga amashuri abanza <\/em><\/strong><em>(<span style=\"color: #ff0000;\">primary school<\/span>) bisobanura ikibazo cyangwa ikigeragezo kizamara igihe\u00a0kinini.<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Kurota wiga amashuri yisumbuye <\/em><\/strong><em>(<span style=\"color: #ff0000;\">secondary school<\/span>) ni ikibazo\u00a0kirushijeho gukomera\u00a0kizamara igihe kirekire.<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Kurota wiga kaminuza: <\/em><\/strong><em>ni ikibazo\u00a0<strong>gikomeye cyane<\/strong>kandi kizamara igihe kirekire.<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Kurota wigisha (uri umwalimu):\u00a0<\/em><\/strong><em>gufasha abantu mu buryo bw\u2019umwuka ubigisha ibyo batazi<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Kurota ukina umupira: <\/em><\/strong><em>bisobanura\u00a0<strong>amacenga n\u2019abadayimoni.<\/strong>\u00a0Cyangwa na abandi bantu muhanganye<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Umukasi: <\/em><\/strong><em>bisobanura ijambo ry\u2019Uwiteka Nyiringabo <\/em><\/li>\n<li><strong><em>Urutare: Bisobanura Kristo<\/em><\/strong><\/li>\n<li><strong><em>phone: <\/em><\/strong><em>Communication n\u2019ijuru <\/em><\/li>\n<li><strong><em>Itara ryaka:\u00a0<\/em><\/strong><em>umuco w\u2019Uhoraho<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Inkota ifite ubugi impande 2:\u00a0<\/em><\/strong><em>ubuhanuzi<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Inyenyeri:\u00a0<\/em><\/strong><em>Umuhanuzi<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Ubucuruzi bw\u2019amabuye y\u2019agaciro:<\/em><\/strong><em>Ubuhanuzi<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Diamond:<\/em><\/strong><em>Ubuhanuzi hamwe ni manza zitabera<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Inzabibu:<\/em><\/strong><em>Umulimo w\u2019Imana ujyanye n\u2019Ubuhanuzi<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Umudari wa diamond:\u00a0<\/em><\/strong><em>impano yo guca imanza zitabera<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Umudari w\u2019izahabu:\u00a0<\/em><\/strong><em>impano y\u2019Ubuhanuzi<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Gufata inkota: <\/em><\/strong><em>bisobanura intwaro y\u2019Ubuhanuzi<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Isaha (clock): <\/em><\/strong><em>igihe cyategetswe n\u2019Uwiteka<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Umuzungu:\u00a0<\/em><\/strong><em>Malaika<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Inkweto: <\/em><\/strong><em>ubutumwa (<span style=\"color: #ff00ff;\">Message<\/span>)<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Laptop: <\/em><\/strong><em>ubwenge bwiza bwo mu ijuru<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Kwambara ikabutura: <\/em><\/strong><em>ni gukorwa nisoni bigereranije\u00a0bidakanganye.<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Kwambara ikariso yonyine: <\/em><\/strong><em>ugenda mu muhanda bikojeje isoni, ariko kuba nta cyo wambaye barushijeho cyane.<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Kwambara ipantaro hejuru: <\/em><\/strong><em>nta shati wambaye bisobanura isoni\u00a0bidakanganye.<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Kwambara ubusa: <\/em><\/strong><em>bisobanura gukorwa nisoni.<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Kwambara neza<\/em><\/strong><em>: bisobanura <strong>ibikorwa byiza\u00a0<\/strong>imbere y\u2019Imana<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Imyenda yo Kwambara:<\/em><\/strong><em>umurimo w\u2019Imana<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Kumesa imyenda:<\/em><\/strong><em>bisobanura kwihana kwezwa cyangwa kwiyeza.<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Umwana w\u2019umuhungu: <\/em><\/strong><em>asobanura umwuka w\u2019Imana, naho\u00a0<strong>umwana w\u2019umukobwa\u00a0<\/strong>cyangwa<strong>\u00a0umugore<\/strong>\u00a0bigasobanura itorero rya Kristo.<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Umugore umwe: <\/em><\/strong><em>asobanura\u00a0<strong>itorero<\/strong>, iyo bari kumwe n\u2019abagabo nta kibazo kiba kirimo.\u00a0<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Umugore urenze umwe: <\/em><\/strong><em>mu nzozi cyangwa mu iyerekwa bisobanura\u00a0abarozi.<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Umukecuru:\u00a0<\/em><\/strong><em>bisobanura idini<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Gucika ibirenge:\u00a0<\/em><\/strong><em>kutagira ubutumwa <\/em><\/li>\n<li><strong><em>Gukurwa impingikirane: <\/em><\/strong><em>uba ukuwemo umwuka ushinzwe kugenzura ubuzima bwawe<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Gukuka amenyo<\/em><\/strong><em>mu nzozi bisobanura ko nta bushobozi ufite bwo kurya ibyo kurya by\u2019umwuka.<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Kuba igikuri mu by\u2019umwuka:\u00a0<\/em><\/strong><em>kuba warariganijwe n\u2019abadayimoni ku buryo utamenye umugambi w\u2019Uwiteka ku buzima bwawe<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Ikamyo ya rukururana\u00a0:<\/em><\/strong><em>ubutegetsi bukomeye cywangwa idini rikomeye (umulimo) <strong>Igare:<\/strong>\u00a0ubuyobozi bwo hasi buciriritse<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Igisilikare:<\/em><\/strong><em>imirimo y\u2019uburetwa y\u2019abadayimoni<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Abasirikare, abapolice:\u00a0<\/em><\/strong><em>kubohwa na barozi bakoresheje abadayimoni cyangwa kuba udafite ubuabsha bwo kwicyemurila ibibazo runaka.<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Umuhanda wa kaburimbo: <\/em><\/strong><em>bisobanura\u00a0<strong>gukiranuka<\/strong>\u00a0cyangwa\u00a0<strong>inzira y\u2019ukuri<\/strong>.\u00a0<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Indege kumanuka igwa hasi:<\/em><\/strong><em>\u00a0bisobanura ububyutse cyangwa urupfu<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Indege mu kirere nka helicopter: <\/em><\/strong><em>umwuka w\u2019urupfu<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Kwinjira mu ndege: <\/em><\/strong><em>gukurwa mu mubiri; cyangwa urupfu!!!<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Umuyaga:\u00a0<\/em><\/strong><em>intwaro y\u2019Uwiteka yo kwica; guca ibihanga (urupfu, igihano, ibyago) abakandamiza ubwoko bw\u2019Uwiteka<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Igiceri<\/em><\/strong><em>gisobanura ubukene<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Inoti\u00a0:\u00a0<\/em><\/strong><em>umugisha mwinshi uvuye mu ijuru<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Amabyi<\/em><\/strong><em>\/<strong>amazirantoki<\/strong>: \u00a0umwuka wo kuzingazingwa\/guhumanywa,<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Kuruka<\/em><\/strong><em>: kubohoka<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Kugenda mu butayu bugufi<\/em><\/strong><em>bisobanura nyine ubutayu bukomeye.<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Ubutayu\u00a0burebure:<\/em><\/strong><em>ubuhunzi<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Ubutayu butagaruka:<\/em><\/strong><em>bwa nyuma; budafite ubwinjiriro n\u2019ubusohokero.<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Ubutayu:\u00a0<\/em><\/strong><em>ahantu cyangwa ibihe byo kwiheba.<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Kuva mu butayu:<\/em><\/strong><em>gutangira igihe cy\u2019umugisha uturutse mu ijuru.<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Inzoga: <\/em><\/strong><em>ni ubusinzi ubwari bwo bwose.<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Umusatsi: <\/em><\/strong><em>bisobanura ubwenge.\u00a0<strong>Urukwavu<\/strong>\u00a0rusobanura ubwenge.<\/em><\/li>\n<li><strong><em>Kwerekwa <\/em><\/strong><em>wambaye\u00a0<strong>slipa (Kamambili)<\/strong> bisobanura nta butumwa buhari.<\/em><\/li>\n<\/ul>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"color: #ff00ff;\"><em>nccleon@gmail.com<\/em><\/span><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Hari abantu benshi cyane bifuje ko twakongera tukabagezaho ibisobanuro by&#8217;inzozi ni muri urwo twongeye kubategurira mu buryo bw&#8217;inyandiko ibisobanuro by&#8217;inzozi kuko hari benshi batabashije kubona ubu butumwa twibwira yuko no neho biri bubagereho Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abakomeze!<\/p>\n","protected":false},"author":47471,"featured_media":20209,"comment_status":"closed","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[198,2],"tags":[],"class_list":["post-20206","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-slider","category-top-news"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/20206","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/47471"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=20206"}],"version-history":[{"count":4,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/20206\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":20223,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/20206\/revisions\/20223"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/20209"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=20206"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=20206"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=20206"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}