{"id":19905,"date":"2025-05-22T15:27:54","date_gmt":"2025-05-22T15:27:54","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/?p=19905"},"modified":"2025-05-22T15:32:58","modified_gmt":"2025-05-22T15:32:58","slug":"gakondo-ya-bakiranutsi-izavamo-umuvumo-ari-uko-ingoma-yabega-yavuyeho","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2025\/05\/22\/gakondo-ya-bakiranutsi-izavamo-umuvumo-ari-uko-ingoma-yabega-yavuyeho\/","title":{"rendered":"Gakondo ya bakiranutsi izavamo umuvumo ari uko ingoma y&#8217;abega yavuyeho!!!"},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\"><em><u><span style=\"color: #ff0000;\">Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu ubabwire uti, muzahora mwiruka impande (4) z\u2019isi yose, ntaho muzashinga ibirenge kuko mwanze kumvira ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo, ahubwo mugashimishwa no kugendera mu nzira za Balaaki mwene Bewori wanze kumvira Uwiteka agashaka kuvuma ubwoko bw\u2019Uwiteka igihe bwari mu gihugu cyo mu butayu bugufiya uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga<\/span>.<\/u><\/em><\/p>\n<p><!--more--><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>None namwe mwabaye nkawe, ndetse mugendera muri izo nzira, niyompamvu Uwiteka abashyizeho umuvumo wo kwangwa na mahanga aho muzajya hose kugirango muzamenye yuko Uwiteka ari we Imana ya bakiranutsi. Dore baso bagendeye mu nzira zo gukiranuka, ariko mwebwe mwari nangiye imitima yanyu, ahubwo ijambo ry\u2019Uwiteka mwarigize igicuruzwa cyunguka uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Njyanwa mu iyerekwa mu gihugu cyo mu butayu bugufiya, haruguru y\u2019ubwo butayu hari inyanja (isi) maze mbona ya Nyanja yuzuye amazi <\/em><em>(<span style=\"color: #3366ff;\">sea<\/span>) <\/em><em>iyo Nyanja irabyimba cyane amazi yayo azamuka hejuru arengera inkombe zayo imena amazi yuzura muri bwa butayu, maze amafi yose yari mu nyanja yahise nayo azana na wamwuzure<\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nuko mbona Umuhanuzi mukuru\u00a0yinjira muri wa mwuzure afite incundura agiye gutega amafi (<\/em><span style=\"color: #3366ff;\"><em>God\u2019s blessings in teams of trouble<\/em><\/span><em>).<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu maso cyane, ibyise umugisha nta bwo ari wo kuko uwo mugisha uzanye nibibazo kandi inkozi zibibi zo mu bwoko bwa za magigiri z\u2019abagara b\u2019<span style=\"color: #ff0000;\">Umwakagara Paul Kagame<\/span> zabucyereye zilimo guhiga ubugingo bwawe zitwaje uwo mugisha uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, wagize ngo umugisha w\u2019isi wa wushobora? Ntabwo bishoboka ko uhabwa umugisha na badayimoni kuko umugisha ari impano y\u2019Uwiteka Imana wenyine. <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, abafarisayoero nibo bari bateguye kiliya gitero cya za magigiri babagiriye inama yo yuko bakwitwaza intonorano bakigira nka baguhesha umugisha kugirango babone uko baguta muri yombi hanyuma bakarimbura ubugingo bwawe uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/u><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, abafarisayo (phrases) nicyo cyintu bahunga amanywa n\u2019ijoro nta bwo bajya bishimira umuntu wese w\u2019Imana ufite impano z\u2019Imana ko yahabwa umugisha kuko ari abanyeshyari kandi bahita bifuza kwambura ubugingo umuntu wese Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ahayeho impano ze ngo azikoreshe mu isi ya bazima uko niko Uwiteka abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Njyanwa mu iyerekwa mbona ndi kumusozi wubatseho amashuli yo kwigisha ubwoko bw\u2019Abatutsi kwubaha Uwiteka Imana Nyiringabo, ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, dore Uwiteka Imana Nyiringabo agiye kwigisha ubwoko bw\u2019Abatusi ikinyabupfura, no kubamenyesha yuko ari we ijuru n\u2019isi uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, dore nta kabuza abatazahunga muri gakondo ya bakiranutsi bazakorwa nisoni kuko bananiwe kwiringira ijambo ry\u2019Uwiteka Imana kandi Leta y\u2019Umwakagara Paul Kagame ikaba ishonje cyane kurusha abaturage kuko ubutunzi bwose yabwibitseho ateganya yuko umunsi yavuye ku butegetsi abazamusimbura batazagira icyo basanga mu isanduka ya Leta uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, ni inyamaswa (animals) zahunze gakondo ya bakiranutsi kuko zamaze kumenya yuko muri gakondo ya bakiranutsi himye ingoma y\u2019Umwami w\u2019umunyamwaga kandi w\u2019umwicanyi kubera iyo impamvu zahunze gakondo ya bakiranutsi zizagaruka ari uko zumvise yuko Umwakagara yakuwe ku ngoma uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, nzika ya nzigo arakurwanya cyane, kandi uko wegeranya umugisha wawe na we niko yegeranye umuvumo kugirango awusimbuze umugisha wawe ukwiye kuba maso cyane uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Dec 6, 2015<\/em><\/strong> <em><u>Njyanwa mu iyerekwa mbona imodoka yarimo abantu yo mu bwoko bwa Noah.Yari yuzuyemo abagabo bo mu bwoko bw\u2019Abatutsi baturutse mu gihugu cy\u2019Isamariya.Bagenzwaga no gushaka uko baca igihanga umwana w\u2019umuntu, mu gihe balimo binezeza banywa umutsama bahabwa amakuru yuko babonye umwana w\u2019umuntu bashakaga, bose uko bakabaye binjira muri cya kinyabiziga bihutishwa no kumena amaraso yutariho urubanza maze bageze imbere ya modoka yabo iracuranguka bose barapfa mu cyimbo cy\u2019umwana w\u2019umuntu uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, dore abacitse ku icumu bose bahise bigira impunzi, kandi abarwanyaga Ubuhunzi ko butazongera kubaho, nibo ba basubije mu buhungiro, ariko bariyimbire kuko ubuhunzi bavuyemo balimo kubusubizamo abandi, bashobora kuba ari bo bazabuheruka kubusubiramo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, ubutegetsi bw\u2019abega bwuzuye ruswa, ubwicanyi, ubusambo, urugomo no kugira nabi kose gushoboka. Ibi byose bizarangizwa n\u2019ubutabera bw\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, muri gakondo ya bakiranutsi hari ubutunzi bwinshi cyane nahishiye abakunzi banjye, kandi nzabuhishira ingoma y\u2019abega imaze gukurwaho aho izasimburwa n\u2019ubwami bw\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo buzaba bukorera mu gikari cy\u2019ubwami bw\u2019uRwanda uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ingoma y\u2019abega nikurwaho gakondo ya bakiranutsi izubakwa neza kuko hazabaho imihanda ye hejuru no hasi abantu bazajya banyuramo uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p><span style=\"color: #ff00ff;\"><em>egretnewseditor@gmail.com\u00a0<\/em><\/span><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu ubabwire uti, muzahora mwiruka impande (4) z\u2019isi yose, ntaho muzashinga ibirenge kuko mwanze kumvira ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo, ahubwo mugashimishwa no kugendera mu nzira za Balaaki mwene Bewori wanze kumvira Uwiteka agashaka kuvuma ubwoko bw\u2019Uwiteka igihe bwari mu gihugu cyo mu butayu<\/p>\n","protected":false},"author":47471,"featured_media":19909,"comment_status":"closed","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[198,2],"tags":[],"class_list":["post-19905","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-slider","category-top-news"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/19905","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/47471"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=19905"}],"version-history":[{"count":2,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/19905\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":19908,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/19905\/revisions\/19908"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/19909"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=19905"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=19905"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=19905"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}