{"id":19621,"date":"2025-04-08T21:25:34","date_gmt":"2025-04-08T21:25:34","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/?p=19621"},"modified":"2025-04-08T22:43:42","modified_gmt":"2025-04-08T22:43:42","slug":"umwakagara-azakoresha-inzira-zose-zibaho-ngo-ahitane-umuhanuzi-ariko-nta-bwo-azabishobora","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2025\/04\/08\/umwakagara-azakoresha-inzira-zose-zibaho-ngo-ahitane-umuhanuzi-ariko-nta-bwo-azabishobora\/","title":{"rendered":"Umwakagara azakoresha inzira zose zibaho ngo ahitane Umuhanuzi, ariko nta bwo azabishobora!!!"},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Nov 25, 2015<\/em><\/strong><em><span style=\"color: #ff0000;\"> <u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, dore ngiye gukora ibikomeye muri gakondo ya bakiranutsi, kandi buri muturage wo muri gakondo ya bakiranutsi azahamya yuko jyewe Uwiteka ari jye uvuga, nkanakora uko niko Uwiteka abivuga<\/u><\/span>.<\/em><\/p>\n<p><!--more--><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, ni uko rero hanura maze uvuge uti, mwana w\u2019umwakagara wishyize hejuru cyane, dore naho wagera mu bushorishori bw\u2019Inyenyeri nzakumanurayo ngukubita hasi kugirango isi yose izamenye yuko ari jye Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ushyira hejuru nka nacisha bugufiya uku niko Uhoraho Nyiringabo abivuga<\/u>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Obadiah 1:4<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>But even if you soar as high as eagles and build your nest among the stars, I will bring you crashing down,\u201d says the LORD.<\/em><\/p>\n<p><em><a href=\"https:\/\/biblehub.com\/esv\/obadiah\/1.htm\"><strong>English Standard Version<\/strong><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Though you soar aloft like the eagle, though your nest is set among the stars, from there I will bring you down, declares the LORD.<\/em><\/p>\n<p><em><a href=\"https:\/\/biblehub.com\/bsb\/obadiah\/1.htm\"><strong>Berean Standard Bible<\/strong><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Though you soar like the eagle and make your nest among the stars, even from there I will bring you down,\u201d declares the LORD.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u><span style=\"color: #ff0000;\">Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, dore<\/span> <span style=\"color: #ff0000;\">Umwakagara Paul Kagame<\/span> <span style=\"color: #ff0000;\">nzamukoza isoni cyane, kuko umutima we yawushyize hejuru, kandi nasohoje cyane ibyo yifuzaga byose mu mutima we, yifuzaga yuko isi yamumenya abinyujije mu nzira z\u2019ikinyoma ndamwihorera kugirango ndebe aho kwifuza k\u2019umwana w\u2019umuntu kugarukira, ariko nasanze nta habaho, ahubwo uko arushaho gukomera gutegeka niko arushaho gukiranirwa no kugirira nabi ubwoko bwanjye uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/span><\/u>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Njyanwa mu iyerekwa mu gikombe cyo kwerekerwamo munsi ya gakondo ya bakiranutsi, mbona ndimo gucuruza amabuye yagaciro (<span style=\"color: #3366ff;\">Ubuhanuzi<\/span>) nk\u2019uko Uwiteka Imana Nyiringabo yashimye yuko mubera umugaragu we, nkamukorera umurimo wo gucuruza amabuye yagaciro <span style=\"color: #3366ff;\">Zahabu<\/span> na <span style=\"color: #3366ff;\">Diamond<\/span>. <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, dore Abarundi bazaza ku kunguraho amabuye yigiciro cyinshi, hamwe na banyarwanda, ariko icyari kibabaje ni uko batari bafite amashillingi yagura ayo mabuye yagaciro uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, icyo gihe Abanyarwanda na Barundi bazaba balimo kuzamura abana babo kumusozi w\u2019ubatsweho amashuli yo kwigisha ubwoko bw\u2019Abatutsi kwubaha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, kandi icyo gihe nibwo bazaba bacyeneye cyane kugura amabuye ya gaciro (<span style=\"color: #3366ff;\">minerals<\/span>) ariko kuko bazaba balimo kuzamuka umusozi nta bushobozi bazaba bafite bwagura ayo mabuye ya gaciro uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/u><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, ubwire ayo moko yo mu gihugu cy\u2019Ibabyloni adafitanye isano n\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, uti, uku niko Uwiteka Imana ababwira ngo, abo mu bwoko bw\u2019<span style=\"color: #ff0000;\">ABAKIKUYU<\/span> na bo mu bwoko bw\u2019<span style=\"color: #ff0000;\">ABAMERU<\/span>, mu giye kuzamurwa uwo musozi w\u2019ubatsweho amashuli yo kwigisha kwubaha Uwiteka Imana Nyiringabo kugirango muzamenye yuko Uhoraho Nyiringabo ari we waremye ijuru n\u2019isi uko niko abivuga<\/u>. <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, ni uko rero nanjye manuwe no guhangana namwe kuko umutima wanjye wanga urunuka umuntu wese wishyira hejuru ndetse Uwiteka ajya ahagaurutswa ku intebe ye no kurwanya umutima wishyira hejuru wese mu isi yabazima uko niko Uwiteka abivuga<\/u>.<\/em><\/p>\n<p><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-19623\" src=\"https:\/\/egretnews.com\/wp-content\/uploads\/2025\/04\/foot.jpeg\" alt=\"\" width=\"78\" height=\"78\" srcset=\"https:\/\/egretnews.com\/wp-content\/uploads\/2025\/04\/foot.jpeg 148w, https:\/\/egretnews.com\/wp-content\/uploads\/2025\/04\/foot-65x65.jpeg 65w, https:\/\/egretnews.com\/wp-content\/uploads\/2025\/04\/foot-45x45.jpeg 45w\" sizes=\"auto, (max-width: 78px) 100vw, 78px\" \/><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"color: #ff0000;\">Njyanwa mu iyerekwa mbona abakinnyi bumupira wa maguru<\/span> (<span style=\"color: #ff0000;\">football<\/span>) <span style=\"color: #ff0000;\">bacengana amacenga menshi cyane, ariko ntihagire utsinda igitego, uwo mukino kubawurebaga warushimishije cyane<\/span>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, witegereje ariya macenga y\u2019umupira wa maguru? Ndasubiza nti yego! Nayitegereje! Maze uwanyerekaga arambwira ati, ariya macenga wabonye, namacenga ya politike nyarwanda, bafite amacenga aruta ay\u2019umupira wa maguru. Ariko igihe kirageze ngo ayo macenga igihe cyayo kirangire kandi dore cya maze gushyirwaho iherezo uko niko Uwiteka abivuga<\/u>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Njyanwa mu iyerekwa mbona ndi mu nzu ifunze imiryango yose, ndetse muri iyo nzu mbona hose huzuyemo ikidendezi cya mazi yangeraga murukenyerero. Ni uko numva mpawe imbaraga zo kugendagenda muri ayo mazi, (<span style=\"color: #ff0000;\">kuba mu bibazo<\/span>) mbona ngeze kuri wa muryango ufunzwe, maze ngira ubutwari budasanzwe ndawukingura, ariko inyuma yanjye hari umwuka wa badayimoni ungendaho. Naho (<span style=\"color: #3366ff;\">inzu igasobanura igihugu cyangwa amasezerano<\/span>) ndabwirwa ngo, mwana w\u2019umuntu, ibibazo byawe birarangiye kandi uhereye none mbishyizeho iherezo ryabyo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Njyanwa mu iyerekwa mbona inyuma wa mwuka wa badayimoni hihishe abagore (<span style=\"color: #ff0000;\">abarozi<\/span>) maze ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, niba ari kugambanirwa waragambaniwe, kugirirwa nabi wagiriwe nabi, ibyo byose na birebeshaga amaso yanjye, maze ndakwihorera kugirango ndebe imitekerereze yawe no kwizera kwawe kwari kwashyizwe mugipimo. None ishuli ryo kwizera urarirangije, nanjye niyompamvu nshyizeho iherezo ry\u2019ibyo bibazo byose warulimo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, uhereye none (<span style=\"color: #3366ff;\">from now and to day<\/span>) mbishyizeho iherezo kuko wanyizeye uzumva urugendo rwawe bizamutera gushaka mu maso h\u2019Imana kuko bavuga ngo, abo Uwiteka yabanye nabo cyera nuko yagendenye na bo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, dore bajya bananirwa kwizera ijambo ryanjye bavuga yuko ngo na gendanaga na cyera, ngo Ariko abiki gihe nta bwo ngendana nabo, nyamara wowe uri uwo mu gihe cyabo (<span style=\"color: #3366ff;\">generation<\/span>) nta cyo noneho bazitwaza<\/u>. <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Niyompamvu nakuretse, nka gukuraho amaboko, ndetse na maso ya njye. imbabazi zanjye zabaye kure yawe ndetse kurira kwawe ntukumvikanye mu matwi yanjye kuko nari na guhishe mu maso hanjye, ariko igihe kigeze nongera kwibuka isezerano na gusezeranije, maze nawe nsanga wararikomeje wirinda kujya iburyo cyangwa ibumoso, niyompamvu na kubereye Imana yawe, kugirango n\u2019uzakubona wese na we azifuze iyo Imana yawe uko niko Uwiteka abivuga<\/u>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"color: #3366ff;\"><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, dore nijye wa guhagamaye nka kumenya mu izina ryawe nijye wa kwitoranirije, uzankorera umurimo ku isi yose, abakugiriye nabi bose, abaguhumanije bose bashaka umugisha ufite uyu munsi, ni butse yuko ntigeze nguha ubutabera niyompamvu mpagurukiye guhangana nabo, kandi ndakubwiza ukuli yuko abana babo bazagupfukamira, kandi bazagukorera kuko Uwiteka azaguhindura umurwa wera w\u2019Isalem kugirango nkomeze isezerano nasezeranye nawe uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u><\/span>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, dore nzagukura muri icyo gihugu cy\u2019Ibabyloni kumanywa yihangu nta n\u2019ubwo uzagenda ubunda bunda, ahubwo uzagenda wemye kugirango bimenyekane yuko nd\u2019Uwiteka Imana yawe uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, abaguhize bose bazicuza cyane, kandi bazagira agahinda mu mutima kuko bahize utariho urubanza, uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Njyanwa mu iyerekwa mbona ingabo zahoze zitwa iza <\/u><u><span style=\"color: #ff0000;\">APR<\/span>\/<span style=\"color: #ff0000;\">RPF<\/span>, <\/u><u>nyuma zikaza guhinduka <\/u><span style=\"color: #ff0000;\"><u>RDF<\/u><\/span> <u>mbona ziva kurugerero, hanyuma Umwakagara mbona ko Umwakagara atewe impungege no kuva kurugerero rw\u2019ingabo, maze mbona agambirira mu mutima kongera kubasubiza mu ngabo kujya kurugamba guhangana n\u2019umwanzi kandi bari baravuye kurugamba uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"color: #800000;\"><u>Ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, dore Umwakagara afite ubwoba bwinshi yuko abavuye kurugerero bagiye batishimye, arakeka ko bashobora kuzifatanya na barwanya ubutegetsi bwe bakamukura ku ngoma uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u><\/span>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"color: #ff0000;\">Ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, burira abahoze kurugerero uti, dore mugiye kurwana intambara Umwakagara yamaze gutsindwa kandi uzaba kuruhande rwe azarimbuka kuko adateze gutsinda kandi Uwiteka akaba yaramwikomye nuko rero umunyabwenge amenye ubwenge akuremo ake karenge kuko mugiye guhura numuriro w\u2019ikuzimu kuko umunyabwenge areba ibitaraba akabibona nk\u2019ibyabaye kandi inyamaswa y\u2019inyamakenga ntiyicwa n\u2019umututizi uko niko Uwiteka abivuga<\/span>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"color: #ff00ff;\"><em>egretnewseditor@gmail.com\u00a0<\/em><\/span><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Nov 25, 2015 Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, dore ngiye gukora ibikomeye muri gakondo ya bakiranutsi, kandi buri muturage wo muri gakondo ya bakiranutsi azahamya yuko jyewe Uwiteka ari jye uvuga, nkanakora uko niko Uwiteka abivuga.<\/p>\n","protected":false},"author":47471,"featured_media":19624,"comment_status":"closed","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[198,2],"tags":[],"class_list":["post-19621","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-slider","category-top-news"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/19621","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/47471"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=19621"}],"version-history":[{"count":5,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/19621\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":19632,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/19621\/revisions\/19632"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/19624"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=19621"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=19621"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=19621"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}