{"id":19555,"date":"2025-04-06T09:43:56","date_gmt":"2025-04-06T09:43:56","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/?p=19555"},"modified":"2025-04-06T09:49:03","modified_gmt":"2025-04-06T09:49:03","slug":"imvugo-mukoresha-mu-gusenga-yarahindutse-ubu-uhoraho-nyiringabo-yumva-gusa-imvugo-yitwa-ubutabera-gusa","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2025\/04\/06\/imvugo-mukoresha-mu-gusenga-yarahindutse-ubu-uhoraho-nyiringabo-yumva-gusa-imvugo-yitwa-ubutabera-gusa\/","title":{"rendered":"Imvugo mukoresha mu gusenga yarahindutse! Ubu Uhoraho Nyiringabo yumva gusa imvugo yitwa ubutabera gusa!"},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"color: #ff0000;\">Bakundwa, urulimi Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yumva muri iyiminsi n\u2019ubutabera, ariko niba mwirengagiza ubutabera bw\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo mu menye yuko nta rundi urulimi yumva muri iyiminsi yi njyana muntu, usibye ijambo ryitwa ubutabera bw\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo<\/span>.<\/p>\n<p><!--more--><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"color: #ff00ff;\">Kuko mwanze kumva iyo ivuga iri mu ijuru, niyompamvu ngiye guciraho iteka amasengesho musenga kuko n\u2019ubundi nta cyo yarabamariye kuko data wo mu ijuru adashobora kuyasubiza<\/span>.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"color: #ff00ff;\">Niba mushaka kumenya ukuli, muzasabe ubutabera, ni murangiza muhagarike amasengesho maze mutegereze igihe cyategetswe cyingana n\u2019iminsi<\/span> (<span style=\"color: #3366ff;\">90<\/span>) <span style=\"color: #ff00ff;\">maze murebe ko mutazasubizwa ibyo bizahinyuza gusenga kwanyu, ndetse na masengesho yanyu muhora mwibwira yuko ashobora kubafasha<\/span>.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"color: #ff00ff;\">Ibyo nimubibona bizababere ikimenyetso gikomeye cyo kwemera ubutabera bw\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo nkorera<\/span>.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"color: #ff00ff;\">Aya makuru ndaza kuyashyira kuri radio EgretNews kugirango mubashe kubyumva neza. Murarwanya ibitarwanywa, murasenge ibidashobora gusubizwa kuko mulimo gukoresha urulimi rwa maze gucirwaho iteka n\u2019ubutabera bw\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo<\/span>.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"color: #ff00ff;\"><em>egretnewseditor@gmail.com<\/em><\/span><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Bakundwa, urulimi Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yumva muri iyiminsi n\u2019ubutabera, ariko niba mwirengagiza ubutabera bw\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo mu menye yuko nta rundi urulimi yumva muri iyiminsi yi njyana muntu, usibye ijambo ryitwa ubutabera bw\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo.<\/p>\n","protected":false},"author":47471,"featured_media":19557,"comment_status":"closed","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[198,2],"tags":[],"class_list":["post-19555","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-slider","category-top-news"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/19555","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/47471"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=19555"}],"version-history":[{"count":2,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/19555\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":19559,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/19555\/revisions\/19559"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/19557"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=19555"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=19555"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=19555"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}