{"id":19511,"date":"2025-04-02T21:29:20","date_gmt":"2025-04-02T21:29:20","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/?p=19511"},"modified":"2025-04-02T21:29:20","modified_gmt":"2025-04-02T21:29:20","slug":"abafite-inkovu-zibyaha-mu-mitima-yabo-nibo-barwanya-imanza-zitabera","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2025\/04\/02\/abafite-inkovu-zibyaha-mu-mitima-yabo-nibo-barwanya-imanza-zitabera\/","title":{"rendered":"Abafite inkovu z&#8217;ibyaha mu mitima yabo, nibo barwanya imanza zitabera!!?"},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"color: #ff0000;\"><em><u>Njyanwa mu iyerekwa mbona tujya mu marushanwa yo kwiruka, turirukanka dusiganwa cyane, kugirango hagire uwaba uwa mbere, nuko ndiruka ngeze imbere ndanyerera ndagwa, abandi banyuraho, ndongera ndabyuko ndiruka ndabafata ni uko ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, ntuzigere uhangana na baguhagurukiye kuko udashobora kubura ibyo wabavugaho. Ariko ndekera urugamba s\u2019urwawe, ahubwo n\u2019Uwiteka Imana ukurwanirira uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><\/span><em>.<\/em><\/p>\n<p><!--more--><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, nijye wa gukijije muri Uganda amaboko y\u2019umwana w\u2019Umusinga, nijye ukurindiye mu gihugu cy\u2019Ibabyloni, nijye uguhuza na bantu banjye, ni uko rero nubona ibi nkubwiye uyu munsi bigusohoyeyo, uzamenye yuko ari jye Uwiteka Imana Nyiringabo wavuganye nawe. Naguciye imanzi mukiganza cyawe, nagiranye isezerano na we yuko uzankorera ukambera ubwoko bukomeye, nanjye nka kubera Imana ikomeye (<span style=\"color: #3366ff;\">Isaiah 49:16<\/span>) <span style=\"color: #3366ff;\">Behold, I have gravened thee upon the palms of my hands; thy walls are continually before me<\/span>.<\/u><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, ni uko rero ndekera urugamba nkurwanirire kugirango wongere umenye yuko nd\u2019Uwiteka Imana yawe kuko na gusezeranije yuko umwanzi wawe azaba umwanzi wanjye, inshuti yawe izaba inshuti yanjye, kandi uza kurwanya azaba andwanije, uzakuvuma azaba amvumye, uwo uzavuma nanjye nza muvuma kugirango bimenyekane yuko nd\u2019Uwiteka Imana yawe uko nuko abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, dore Umwakagara niwe utegeka mu gihugu cy\u2019Ibabyloni, ngo ya bihawe na bazungu da! Abanyagihugu bahora bitotombera uwo mugabo wigize ikinaniramana mu isi yabazima. Ariko igihe kiraje kandi kirasoye ubwo ngiye kumushyira ku karubanda uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Njyanwa mu iyerekwa mbona umwakagara aturuka mu gikombe cyo mu gihugu cy\u2019Ibabyloni mbona azamuka agasozi gatoya, akarangije ananiwe cyane, ahita atakaza ikote yari yambaye, maze mbona ko Umuhanuzi mukuru wari muri iyo nama yararimo gukoresha araritora. Maze Umwakagara akomeza yizeye yuko yambaye rya koti rye, (Icyubahiro) nuko numva Umuhanuzi mukuru amubwira ngo, utakaje icyubahiro cyawe, ubutware bwawe, uyu munsi burarangiye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze umva Umwakagara abaza Umuhanuzi mukuru ngo, uvuze ngw \u2019iki? Umuhanuzi mukuru aramubwira ngo, na vugaga yuko abantu bakwiye guhindura kamera zabo (<\/u><\/em><em><u>character\u2019s<\/u><\/em><em><u>) maze Umwakagara arasubiza ngo (<\/u><\/em><em><u>exactly<\/u><\/em><em><u>) ni uko mbona avuye mu gihugu cy\u2019Ibabyloni asuzuguritse ku buryo bukomeye cyane, maze aravuga ngo, abazungu nibo bampaye kuyobora akarere k\u2019Africa y\u2019uburasira zuba. None abaturage b\u2019Ibabyloni barashaka iki? Ni bagende basabe abo abanyembaraga nabo babahe ubutware cyangwa ubutegetsi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/u><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Njyanwa mu iyerekwa mbona umwuka w\u2019inzika y\u2019inzigo ko wongeye guhaguruka, mbona uburyo bongeye kujya mu mbaraga z\u2019umwijima bashaka koherereza Umuhanuzi ngo ba muvangire kandi bamuteze ibibazo bitandukanye birimo no kwiba umugisha we ukomoka mu bakiranutsi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu dore nd\u2019Uwiteka Imana ishobora byose, mbese hariho icyananira? <\/em><em>Jeremiah 32:27 <\/em><em>bareke bakore ibyo bakora kuko s\u2019ubwa mbere bakora ibyo gukiranirwa ariko nta cyo ba bamariye uko niko Uwiteka avuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u><span style=\"color: #ff0000;\">Njyanwa mu iyerekwa mbona umwana mutoya wambaye ubusa, uwo mwana yari umwana w\u2019umukobwa<\/span> (<span style=\"color: #3366ff;\">itorero<\/span>)<span style=\"color: #ff0000;\"> ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, bwira abafarisayo<\/span> (<strong>Pharisees<\/strong>) <span style=\"color: #ff0000;\">bo muri gakondo ya bakiranutsi uti uku niko Uwiteka Imana Nyiringabo avuga, mwanze kwiringira Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, ahubwo mwiringira Umwakagara Paul Kagame umwana w\u2019umwega ushiramo umwuka, kubera iyo mpamvu nzamukoresha kugirango asenye amadini yanyu kuko n\u2019ubundi nta cyubahiro nyabonamo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga<\/span><\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Nov 22, 2015<\/em><\/strong><em> njyanwa mu iyerekwa mbona abagore (2) umwe (1) yari atwite, undi adatwite, bombi bashakaga inzu yo gukondesha, kandi iyo inzu bashakaga yari iyanjye. Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, uliya mugore wabonye utwite, nitorero ry\u2019Imana ryo muri gakondo yabakiranutsi rishyigikiye umulimo ukora rwihishwa kubera gutinya ubutegetsi bw\u2019ingoma y\u2019abega. Iryo torero abaririmo nta bwo ari benshi bose bategereje isezerano ryawe wahanuye yuko Umwakagara azakurwa ku ingoma hakima ubwami bwa Kristo n\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, uliya mugore wundi wabonye adatwite, n\u2019idini ry \u2019abafarisayo (Pharisees) bifatanya n\u2019ubutegetsi bw\u2019ingoma y\u2019abega bagaragiye ubutegetsi bwabo, ariko Umwakagara namara kubona isezerano ry \u2019abakiranutsi riri hafi gusohoza umulimo waryo, azayasenyera hamwe yose kugirango ubwami bw\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo butazima bagifite amadini yabo. Ibyo azabikorera kubera kugira ishyari ryinshi no kubona yuko ibyasezeranijwe bigiye gusohoza umulimo wabyo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, dore amadini barimo gupfa cyangwa kutumvikana kubera impamvu y\u2019Ubuhanuzi ushyira ahagaragara hari abiyitirira ko ubwo butumwa ari ubwabo ngo nabo babuhawe, abandi na bo bakabahakanya bavuga ko atari Ubuhanuzi bwabo kuko batigeze bandika Ubuhanuzi bwabo, ahubwo batangiye kujya biyitirira Ubuhanuzi butari ubwabo uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Abandi nabo bagahakana bavuga yuko ubwo butumwa ba bukuye ku InyangeNews kandi ko Umuhanuzi Majeshi Leon akaba ari we wa buhanuye, bambarize ngo mbega guhanura niki? Ese wakwita ku buhanuzi, cyangwa wa kwita ku watanze ibihanurwa? Mbese Majeshi Leon niki? s\u2019umugaragu wanjye? Uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, dore umwuka w\u2019inzika y\u2019inzigo ugiye ku guhagurukira, barimo baratunganya ibyo bagusebya kugirango umurimo ukora bawusige ikizinga kuko bamaze kumva abantu bose bemera imirimo Uwiteka agukoresha, ibyo babitewe n\u2019umwuka w\u2019ishyari ubahoramo kandi bakaba baranze gukiranuka uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, humura ntutinye kandi ntugire ubwoba, ahubwo ushikame kuko urugamba atari urwawe rundekere bazagusebya inshuro imwe, nzabakubira inshuro(7) nza barwanya ibyo bakora byose nta na kimwe kizaba tunganira, umwanzi wawe n\u2019umwanzi wanjye, ukuvumye nijye aba avumye, uwo uzavuma nanjye nza muvuma, uwo uzanga, nanjye nza muvuma inshuti yawe izaba inshuti yanjye ,kuko na kugize umucamanza mu itorero rya Kristo niyompamvu nzi neza yuko uzaca imanza zitabera nk\u2019izo Uwiteka ashobora guca ubwe uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, dore na guciye imanzi mu kiganza ubwo wari muri gereza mu gihugu cya Uganda aho wa maze iminsi (143) ukingiraniwe mu nzu y\u2019imbohe. Nuko rero uhereye none ugiye kongera kumenya yuko nd\u2019Uwiteka Imana yawe kandi na gutoranije ukiri munda ya mama wawe kuko wakunze gukiranuka ni cyo cyatumye nkugira Umuhanuzi wa mahanga ucire imanza abatuye isi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, igitangaje cyane ni uko barwanya Ubuhanuzi bu bavugaho, nyamara byagera ku banzi babo bagahita bishima, buriya nta n\u2019ubwo bajya bareka kureba InyangeNews, kuko nimba wa hanuraga ibinyoma, nta bwo bakabaye basura urubuga rwa InyangeNews ariko kandi ntibashobora kwibuza iby\u2019imitima yabo yemera? Yego ubwenge nta bwo bubyemera ariko imitima irabyemera kuko ubwenge bwabo bafite ari ubwenge bw\u2019abadayimoni niyompamvu barwanya isooko y\u2019iby\u2019ubugingo kuko bagifite inkovu zibyaha mu mitima yabo uko niko Uwiteka abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"color: #ff00ff;\"><em>egretnewseditor@gmail.com\u00a0<\/em><\/span><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Njyanwa mu iyerekwa mbona tujya mu marushanwa yo kwiruka, turirukanka dusiganwa cyane, kugirango hagire uwaba uwa mbere, nuko ndiruka ngeze imbere ndanyerera ndagwa, abandi banyuraho, ndongera ndabyuko ndiruka ndabafata ni uko ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, ntuzigere uhangana na baguhagurukiye kuko udashobora kubura ibyo wabavugaho. Ariko ndekera urugamba s\u2019urwawe,<\/p>\n","protected":false},"author":47471,"featured_media":19443,"comment_status":"closed","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[198,2],"tags":[],"class_list":["post-19511","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-slider","category-top-news"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/19511","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/47471"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=19511"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/19511\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":19513,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/19511\/revisions\/19513"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/19443"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=19511"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=19511"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=19511"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}