{"id":19476,"date":"2025-03-30T16:15:15","date_gmt":"2025-03-30T16:15:15","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/?p=19476"},"modified":"2025-03-30T16:15:15","modified_gmt":"2025-03-30T16:15:15","slug":"nta-buhungiro-mufite-uwiteka-imana-nyiringabo-yabafungiye-amayira","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2025\/03\/30\/nta-buhungiro-mufite-uwiteka-imana-nyiringabo-yabafungiye-amayira\/","title":{"rendered":"Nta buhungiro mufite Uwiteka Imana Nyiringabo yabafungiye amayira!!!"},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Nov 16, 2015 <\/em><\/strong><strong><em>Ijambo<\/em><\/strong><em><u> ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, dore ntakabuza ibyaremwa byose byo kw\u2019isi, ntibizabura kuririmba kuri wa munsi wa makuba utegerejwe iminsi myinshi kandi igihe kirekire, dore barategura kuzahungira mu gihugu cy\u2019<span style=\"color: #ff0000;\">UBUPERESI<\/span> (<span style=\"color: #ff0000;\">Uganda<\/span>). Aho naho nzahabuza amahoro batazabona ubuhungiro, abandi bazapfa kujyanwa mu butayu bugufiya, aho naho nzababuza amahoro, no mu gihugu cy\u2019<span style=\"color: #ff0000;\">IBABYLON<\/span> (<span style=\"color: #ff0000;\">Kenya<\/span>). Naho nzahambuza amahoro, maze ndebe aho bazerekera, kuko batazerekera mu mu gihugu cy\u2019Isamariya (<span style=\"color: #ff0000;\">Burundi<\/span>) kuko nzaba maze kuhasenya. Naho ntamahoro azaba ahari, nibatekereza kwerekeza mu gihugu cy\u2019ABakaludaya (<span style=\"color: #ff0000;\">Chaldeans<\/span>) <span style=\"color: #ff0000;\">Tanzania<\/span> naho icyo gihe bazaba balimo birukana impunzi zahahungiye nta mahoro azaba ahari uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/u><\/em><\/p>\n<p><!--more--><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019 umuntu, ubwire abitwa abana bumucyo bahunge hakiri kare inzira zikiri nyabagendwa kuko ibihe biri mbere inzira zishobora kuzafungwa bakabura aho banyura uko niko Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, dore abantu bigize abashumba bintama zanjye ku ngufu, nyamara sinigize mbaha umurimo, none intama zanjye barazigurisha uko bishakiye bakazirya ibinure izibyibushye, bimaze ubukene bwose ariko nanjye ngiye kubereka yuko nd\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo kandi bagiye kumenya yuko ari jye wironkeye intama zanjye kandi ko ntigeze mbaha kuragira intama zanjye uko niko Uwiteka abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Iijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, intama zanjye ziratereranwa barazigambanira amanywa nijoro, zifite inyota zabuze uzijyana kwiriba ngo zinywe amazi atari ibirohwa zishire inyota, baziragira ubwatsi bwo mu butayu bwumagaye zabuza uwazijyana ahari ubwatsi bunetse! Ariko noneho ngiriye imbabazi intama zanjye nk\u2019uko umubyeyi agirira imbabazi umwana we wicishejwe inzara na bagaragu na baja uko niko Uwiteka abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, dore abadayimoni bahagaritse imutima ku bwikorwa ngiye ku gukoresha mu isi ya bazima. Dore ngiye gusenya imikorere ya badayimoni yagize abantu banjye kuba imbata zibyago, akaga, amakuba, nyamara ibyo byose ku banyiringiye ngiye kubagirira neza kugirango bamenye yuko mu ijuru hari Imana ica imanza zitabera uko niko Uwteka abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, dore abagizwe imbata na badayimoni ngiye kubakiza kugirango batangire baririmbe indirimbo nshya mu mitima yabo. Kuko uko niko nasezeranije abankunda kuko nanjye nkunda abakunda kandi nzaba icyubahiro n\u2019ubukire kuko ifeza ni zahabu byose ari ibyanjye uko niko Uwiteka abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>\u201c<span style=\"color: #3366ff;\">Yours, O Lord, is the greatness and the power and the glory and the majesty and the splendor, for everything in heaven and earth is yours. Yours, O Lord, is the kingdom; you are exalted as head over all. Wealth and honor come from you; you are the ruler of all things<\/span>\u201d (<\/u><\/em><strong><em><u>1 Chronicles 29:11-12<\/u><\/em><\/strong><em><u>).<\/u><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, dore ntakabuza nzitura inkozi z\u2019ibibi ibyo zakoreye ubwoko bwanjye, nanjye nzarwana ishyaka ry\u2019abantu banjye kugirango mbamare umubabaro wo mutima kugirango batazaheranwa na gahinda nzabomora ibikomere byose bagize, nzabavura ibikomere bagize ibihe byinshi nzabasubiza ibyabo byariwe n\u2019inzege uko niko Uwiteka abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, ba maso cyane kuko za magigiri zirimo gukubita agatoki ku kandi balimo kubunda bunda kumbaraza za banyabyaha ngo zirimo guhiga ubugingo bwawe uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga. <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Njyanwa mu iyerekwa mu gikombe cy\u2019iyerekwa munsi ya gakondo yabakiranutsi (<\/u><\/em><em><u>Vally<\/u><\/em><em><u>) mbona umwuka w\u2019ikinyoma ushyirwaho iherezo, mbona werekeye mu burengerazuba bwicyo gikombe (<\/u><\/em><em><u>Vally<\/u><\/em><em><u>) mbona ko uwo mwuka ukozwe nisoni, ni uko ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, dore umwuka w\u2019ikinyoma cy\u2019Umwakagara ugeze kw\u2019iherezo kuko icyo ari cyo nashakaga yuko yigaragaza ko ari umunyakinyoma maze ibinyoma bye byose yabeshye amahanga bigashyirwa ahagaragara uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, ubwo ikinyoma cy\u2019Umwakagara Paul Kagame gishyizwe ahabona, ngiye kumumanuraho umwuka w\u2019urukoza soni kugirango imbaraga yarafite mu mahanga zose zirangire kugirango ntihazagire umuntu uzasigara wamugirira impuhwe zo mu mutima uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Nov 17, 2015<\/em><\/strong><em> Ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, dore umwuka w\u2019inzika y\u2019inzigo wongeye guhaguruka kubera kurwanya ukuli, ariko nta cyo uwo mudayimoni ashobora ku gutwara kuko Uwiteka yamaze kuwuciraho iteka uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga. <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, dore amagambo abaye menshi muri RNC, kubera ubahanuyeho umuvumo, nyamara umunyabwenge azamenya yuko Uwiteka yababuriye kuko inyamaswa yi nya makenga itajya yicwa n\u2019umututizi, ariko noneho ni banga kumva bagakomeza kwiringira abana b\u2019abantu, ntakabuza umuvumo ntuzabura kubageraho uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"color: #ff0000;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, bwira abo baturage uti, muvuge macye kuko iri mu ijuru ntizabura kubumva, ndabwirwa ngo mwana w\u2019umuntu, dore ni mumara guhabwa gakondo ya bakiranutsi,ubutegetsi bwa Satani n\u2019abadayimoni bumaze gukurwaho, uzabona abanyamuryango ba Rwanda National Congress RNC birirwa bazenguruka bashaka umuntu wabasengera kubera umuvumo uzaba umaze kubafata mu ijosi, kandi ntibazabasha kuzaho aho uzaba uri, kuko banze kumva iyo ivuga, ahubwo bakaneguriza izuru Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, bibwira yuko bakomeye kandi batanafite ubutegetsi, ariko icyo gihe umuvumo numara kubata muri yombi, niho bazamenya yuko burya Umuhanuzi yarabarimo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><\/span><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"color: #ff0000;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, dore bazazerera nkinzererezi zitagira itungo, nyamara ibyago, amakuba, akaga ntabwo bizava ku bitugu byabo, bazafuza ko ubasengera nyamara icyo gihe ntabwo bizashoboka kuko uretse no kubasengera, no kuguca iryera ntibizabakundira kuko bazaba bafite ikimwaro cyo kugera aho uri uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><\/span><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Nov 18, 2015<\/em><\/strong><em> njyanwa mu iyerekwa maze mbona ndi kugenda hejuru y\u2019imigezi itemba, mbona abanyamakuru benshi barimo koga muri iyo migezi, mvugana nabo mbabaza buryo ki bageze muri iyo migezi, maze baransubiza bati, twari turi hano dutegereje wowe ngo tukwinike muri iyi migezi, ni uko ndabasubiza nti, kuki mwagambiriye kugira nabi bene ako kageni? Ko nta muntu nahemukiye, kuki mwategura kungirira nabi bigeze aho?<\/em><\/p>\n<p><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/09\/meat3.png\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-39455\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/09\/meat3-300x45.png\" alt=\"\" width=\"1020\" height=\"153\" \/><\/a><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"color: #ff0000;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, itangaza makuru ryo muri gakondo ya bakiranutsi bakoze inama bemeze yuko bakwiye ku kugambanira ngo baguteze ibibazo bikomeye udakomeza gukora umulimo w\u2019itangaza makuru.Kubera iyompamvu ibyago bifuzaga ko bikubaho nibo bizabaho kandi abo bose bagiye gushiraho burundu, abatazicwa bazajyanwa mu nzu y\u2019imbohe kugirango bazamenye yuko ukorera Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga<\/u><\/em><\/span><em>.<\/em><\/p>\n<p><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/11\/Wings.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-8260\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/11\/Wings.jpg\" alt=\"\" width=\"98\" height=\"75\" \/><\/a><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"color: #0000ff;\">Njyanwa mu iyerekwa mbona ko mpawe amababa yo kuguruka<\/span> (<\/em><span style=\"color: #3366ff;\"><em>Spiritual Wings<\/em><\/span><em>) <span style=\"color: #0000ff;\">nuko ndabwirwa ngo, mwana w\u2019umuntu, dore inkozi zikibi zaciye hasi no hejuru kugirango zishobore ku kubona, ariko bariyimbire kuko Uwiteka Imana Nyiringabo ntajaya anegurizwa izuru ibyo bakora byose bisa no gushinga umuhunda ku kirenge uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga<\/span>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, bwira izo nkozi z\u2019ibibi uti, iyo migambi yanyu yose mibi izaburizwamo n\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo nta na kimwe muzageraho uko niko abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, ore ntakabuza izo nkozi zikibi bazakorwa nisoni kandi isi yose izababana ntoya cyane, kuko batazabona aho kwegeka umusaya\u00a0kuko ntakabuza ijambo ry\u2019Uwiteka ritazabura kubasohoraho kugirango bamenye yuko nd\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo waremye ijuru n\u2019isi uko niko abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"color: #ff0000;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, itorero ry\u2019Imana ryishwe na badayimoni, kandi abashumba bakabaye balinda itorero ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, bibereye mu by\u2019isi kuko ari byo bibashishikaje bakiyambika umwambaro wo gukorera Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo kugirango biborohera cyane kugera kuby\u2019isi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><\/span><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, dore itorero ryanjye bariciyemo ibice kubera gukorera inda zabo, ariko noneho ngiye kubajyana mu ishuli ryo kwiga uko bubaha Uwiteka Imana Nyiringabo uzarirangiza azakorera Uwiteka amutinya kandi amwubaha azi uwo akorera uwari we uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, dore abanyamadini buzuye umwuka w\u2019abafarisayo (<span style=\"color: #ff0000;\">phrasis<\/span>) bahora bigereranya n\u2019ab\u2019isi kubera gukunda icyubahiro, ariko nyamara ni uko banaiwe kumvira Uwiteka Imana bakanga no kugendara mu nzira ze, ubundi itorero riri hejuru y\u2019ikintu cyose cyo mu isi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, ibyo byose bifuza bari kubihabwa iyo baza kwemera kugendana n\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Nov 19, 2015<\/em><\/strong><em>\u00a0<span style=\"color: #ff0000;\"><u>njyanwa mu iyerekwa mu gikombe cyo kwerekerwamo kiri munsi yagakondo yabakiranutsi, maze ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, dore inkozi zikibi zirakurosera, nyamara dore zihinduye igitekerezo zamenye yuko ugiye kuzicika, ibyo zari zarishe cyangwa zari zarahagaritse bakuyeho inzitizi kugirango noneho zibone uko zizagukurikirana kuko nuramuka ugiye bitanyuze mu gikari cy\u2019abadayimoni, nta bwo bazamenya icyerekezo cyawe uko niko Nyiringabo abivuga<\/u><\/span>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, uramenye ntukomeze icyo cyerekezo wwarurimo ahubwo uhindure kugirango barusheho kuyoba cyane ntibazigere bamenya gahunda zawe kugirango uburizemo imigambi yabo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Nov 17,2015<\/em><\/strong><em> n<\/em><em><u>jyanwa\u00a0mu iyerekwa mbona abadayimoni ba byagiye mu idini rya <span style=\"color: #ff0000;\">ADEPR<\/span> ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, bariya badayimoni (<span style=\"color: #ff0000;\">demons<\/span>) ubonye muri <span style=\"color: #ff0000;\">ADEPR<\/span> bahawe ikaze bahabwa icyicaro none bagiye gusenya ririya dini uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.<\/u><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, <span style=\"color: #ff0000;\">Mukandirima Murekatete Odette<\/span> hamwe na Leta y\u2019abega barongoye baragambaniye uko bazakugeraho kugirango baguce igihanga. Ariko ntutinye kandi ntugire ubwoba kuko ndikumwe nawe uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/u><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, dore bagambanye na banyamahanga kugirango bakore ibishoboka byose bagukure kumugabane w\u2019Africa, wowe uzabona ko ari uku kwitaho, nyamara ibyo bazaba bakora byose bizaba biri mu migambi y\u2019abega hamwe na <span style=\"color: #ff0000;\">Murekatete Mukandirima Odette<\/span> kugirango uzagwe mu mahanga ya kure aho bizagorana kumenya amakuru yaawe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Nov 16, 2015 Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, dore ntakabuza ibyaremwa byose byo kw\u2019isi, ntibizabura kuririmba kuri wa munsi wa makuba utegerejwe iminsi myinshi kandi igihe kirekire, dore barategura kuzahungira mu gihugu cy\u2019UBUPERESI (Uganda). Aho naho nzahabuza amahoro batazabona ubuhungiro, abandi bazapfa kujyanwa mu butayu bugufiya, aho<\/p>\n","protected":false},"author":47471,"featured_media":3255,"comment_status":"closed","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[198,2],"tags":[],"class_list":["post-19476","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-slider","category-top-news"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/19476","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/47471"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=19476"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/19476\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":19478,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/19476\/revisions\/19478"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/3255"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=19476"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=19476"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=19476"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}