{"id":19435,"date":"2025-03-27T18:07:13","date_gmt":"2025-03-27T18:07:13","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/?p=19435"},"modified":"2025-03-27T18:07:13","modified_gmt":"2025-03-27T18:07:13","slug":"abagore-birwanda-bahura-na-kaga-gakomeye-cyane","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2025\/03\/27\/abagore-birwanda-bahura-na-kaga-gakomeye-cyane\/","title":{"rendered":"Abagore b&#8217;iRwanda bahura na kaga gakomeye cyane!!!"},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Nov 12, 2015<\/em><\/strong> <span style=\"color: #ff0000;\"><em><u>ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, dore umwakagara akomeje gukiranirwa cyane, none hanura ushyireho iherezo ku mbibi ze zo gukiranirwa, kugirango igihe cye kirangire burundu. Dore yaciye ibihanga by\u2019abantu bitariho urubanza, kandi na we urumugabo wo kubihamya, ndetse alimo kugenza ubugingo bwawe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><\/span><em>.<\/em><\/p>\n<p><!--more--><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, ukwiye kuvuma Umwakagara kugirango umuvumo umushyirireho imbibe zaho agarukira. Yewe <span style=\"color: #ff0000;\">Umwakagara Paul Kagame<\/span> mwana wo kurimbuka, ndakuvumye mu izina ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo, nshyizeho iherezo kubutegetsi bwawe n\u2019igitugu cyawe, kugirango umwaka utaha mu gihe gisa nk\u2019iki uzakorwe nisoni kandi ahawe hazibagirane ndetse urukiryi rwawe ntiruzaragarike muri gakondo ya bakiranutsi. Kandi ahabo ntihazibukwe ukundi, ndetse na basangirangedo bawe bose na bo bizabagendekere uko bizakugendekera kugirango amahanga yose azamenye yuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ari we waremye ijuru n\u2019isi uko niko abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, dore amahanga agiye kota umuriro wawe, ndetse bazagucanira itanure ry\u2019umuriro, kandi mu isi yose nta numwe uzakugirira akari urutega, nta mbabazi uzagirirwa kuko na we ntazo wagiriye amaraso wa mennye atariho urubanza. Nuko rero itegure uhangane n\u2019Uwiteka Imana nk\u2019uko wabihize mu mutima wawe kugirango hagaragare umugabo w\u2019umunyembaraga hagati yawe n\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Njyanwa mu iyerekwa muri gakondo ya bakiranutsi mbona abagore b\u2019i Rwanda benshi cyane, binjizwa mu gihugu cy\u2019ubutayu bugufiya buherereye mu majyepfo y\u2019uburasira zuba bw\u2019Africa. Maze mbona abo bagore bose (<\/u><\/em><span style=\"color: #ff0000;\"><em><u>Churches<\/u><\/em><\/span><em><u>) batonda umurongo berekeza kuri ya Nyanja iri haruguru y\u2019ubwo butayu bugufiya<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, dore abagore b\u2019i Rwanda bakunze iby\u2019isi cyane, igiteye impungege ba bikunze bari mu bihe bibi kuko bagiye kwinjizwa mu gihugu cyo mu butayu bugufiya, none uburire abazabishobora bitandukanye nizo ntegenke ndetse no kwizera gucye, ahubwo bakumeze ijambo ry\u2019Ubuhanuzi kuko nibo rizagirira umumaro mu gihe cy\u2019akaga n\u2019amakuba n\u2019ibyago bigiye kuza bya hanuwe n\u2019umwuka w\u2019Ubuhanuzi unyuze muri <span style=\"color: #3366ff;\">Majeshi Leon\u00a0<\/span> uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Nov 13, 2015<\/em><\/strong> <em><u>ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, ntutinye kandi ntugire ubwoba kuko nd\u2019Uwiteka Imana yawe dore nguciriye inzira mu gikari cy\u2019abakiranutsi kuko imigambi y\u2019umwanzi nzahora nyiburizamo iteka ryose uko niko Uwiteka abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, dore <span style=\"color: #ff0000;\">Umwakagara Paul Kagame<\/span> yahaye amabwiriza ingabo za <span style=\"color: #ff0000;\">RDF<\/span> yo kulinda igihugu, ariko se baralinda iki? Uko niko Uwiteka abaza! Kuko Uwiteka Imana atarinze umurwa cyangwa umurwa, urugo, mbese umulinzi ntiyaba yiruhiriza ubusa? Uko niko Uwiteka abaza! Dore umwanzi wabo ari muri bo hagati yabo, ubwose baralinda iki? Niko Uwiteka abaza! None se bibwira yuko hari umuntu uzava hanze y\u2019igihugu ngo aje kubatera? Uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Njyanwa mu iyerekwa muri gakondo ya bakiranutsi njya kureba uko umurwa w\u2019(<\/u><\/em><em><u><span style=\"color: #3366ff;\">ISALEM<\/span>) <\/u><\/em><em><u>wifashe, nsanga igihugu cyose cyambaye ubusa cyerade! Nta muntu ukiri mu murwa, ahubwo umurwa wuzuye ingabo za <\/u><\/em><em><u>RDF<\/u><\/em><em><u>, ni uko ndamanuka mbona inyamirambo hafi na hahoze akarere ka Nyarugenge, mbona ingabo za <\/u><\/em><span style=\"color: #ff0000;\"><em><u>RDF<\/u><\/em><\/span><em><u>, ziraje ziza zinsantira zifite imyambi sinakubwira zirandasa karahava ariko ntihagira umwambi numwe umfata maze ijambo ry\u2019Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu dore ingabo za <\/u><\/em><span style=\"color: #ff0000;\"><em><u>RDF<\/u><\/em><\/span><em><u>, zigize umutwe wa za magigiri zihawe amabwiriza ya nyuma yo guhiga Umuhanuzi Majeshi Leon, ngo zimuce igihanga uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Njyanwa mu iyerekwa mbona ubuyobozi bw\u2019ingabo za <\/u><\/em><span style=\"color: #ff0000;\"><em><u>RDF<\/u><\/em><\/span><em><u>, buhura na kaga gakomeye cyane, mbona igisirikare cya <\/u><\/em><span style=\"color: #ff0000;\"><em><u>RDF<\/u><\/em><\/span><em><u>, gisenyuka burundu, mbona ko bahunze gakondo ya bakiranutsi, ariko mbere yuko bahunga igihugu, babanje kwica bamwe muri bo bakoraga mu myanya ikomeye cyane ilimo amabanga akomeye cyane azakenerwa ubwo bazaba bagejejwe mu butabera bw\u2019isi bacirwa imanza.Bamaze kubica basiga intumbi zabo ku karubanda barangije babona guhunga igihugu bari babereye abayobozi uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga. <\/u><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, tereza amaso yawe maze urebe mukirere cy\u2019<\/u><\/em><span style=\"color: #ff0000;\"><em><u>ISAMARIYA<\/u><\/em><\/span><em><u>. Maze nditegere cyane, mbona mukirere cy\u2019<\/u><\/em><span style=\"color: #ff0000;\"><em><u>ISAMARIYA<\/u><\/em><\/span><em><u> (<\/u><\/em><span style=\"color: #ff0000;\"><em><u>Burundi<\/u><\/em><\/span><em><u>) mbona abakuru b\u2019igihugu bo muri icyo gihugu, baterana mu nama yikubagahu, ni uko mbona mu gihe binjiye mu nama mbona haje umwe mu baminisitiri uturutse Imu murwa mukuru w\u2019(<\/u><\/em><em><u>I<span style=\"color: #3366ff;\">SALEM<\/span><\/u><\/em><em><u>) azanywe no kurangaza abari muri iyo nama yo gufata ibyemezo byo kurwana n\u2019<\/u><\/em><span style=\"color: #3366ff;\"><em><u>IBUYUDA<\/u><\/em><\/span><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Uwo mu minisitiri akimara kugera ku nzu mbera byombi yarimo gukorerwamo inama, mbona ko abuze umuntu wo kumwakira, maze asaba uruhushya umusirikare\u00a0waraho warurinze umutekano wabagiye gukora inama, ngo yinjire muri iyo nama, maze uwo musirikare amwemerera kwinjira maze abari mu nama abagwaho gitumo bahita bahagarika inama bakoraga uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, abega bari mu migambi yo kurangaza abayobozi bo mu gihugu cy\u2019<span style=\"color: #ff0000;\">ISAMARIAYA<\/span> kugirango babone uburyo babinjirana bahitane bamwe muri bo uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umunutu, hanura uvuge uti, mwa barundi bo mu bwoko bw\u2019Abahutu, mwaraburiwe mwanga kumva, none mu hame hamwe kuko mwiringiye ibigirwamana by\u2019abanyamahanga, maze turebe yuko bizabasha kubakiza kuko umgiye gukurwa ku ngoma, ndetse mukicwa kandi mukazicwa mukojejewe isoni kuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo atazabura gusohoza ijambo rye uko niko abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Nov 14, 2015<\/em><\/strong> <em><u>ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, itegereze maze umbwire icyo ubonye, nditegereza mbona muri ambasade (<span style=\"color: #ff0000;\">Rwandan Embassy<\/span>) y\u2019uRwanda mbona intasi zirimo gutanga amabwiriza yo kongera umurego wo kwica abanyamuryango ba <span style=\"color: #ff0000;\">RNC<\/span>, mu bo nabonye bari muri iyo ambasade harimo Umuhanuzi-kazi w\u2019ikinyoma <span style=\"color: #ff0000;\">ESTHER Marie MUREBWAYIRE<\/span><\/u><\/em><em><u>.<\/u><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u><span style=\"color: #800000;\">Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, <span style=\"color: #ff0000;\">Marie Esther Murebwayire<\/span> ahawe amabwiriza yo gucengera akaneka abayobozi ba<\/span> <span style=\"color: #ff0000;\">RNC<\/span>, <span style=\"color: #800000;\">maze akajya atanga raporo muri ambasade y\u2019uRwanda ishinzwe kubaha amabwiriza na mashillingi yo gukoresha mu kuneka abayobozi ba RNC, uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/span><\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, burira abanyamuryango ba <\/u><\/em><span style=\"color: #ff0000;\"><em><u>RNC<\/u><\/em><\/span><em><u> ndetse na bayobozi biryo shyaka, birimde cyane uwo <\/u><\/em><em><u>muhanuzi-kazi <\/u><\/em><em><u>w\u2019ikinyoma ubeshya ko akorera Imana nyamara akorera inda ye, dore Uwiteka aramuvumye kuko yakerensheje ijambo ry\u2019Uwiteka Imana. Mwana w\u2019umuntu vuma <\/u><\/em><span style=\"color: #ff0000;\"><em><u>ESTHER<\/u><\/em><\/span><em><u> kuko yigize ingumba ya matwi yanga guhanwa no kuburirwa\u00a0yanga kwihana niyompamvu ukwiye kumuvuma kugirango utazahirwa mu buzima bwawe kuko wagambaniye ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u><span style=\"color: #ff0000;\">Marie Esther Murebwayire<\/span> uravumwe n\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, kuko wacuruje izina rye mu nyungu za we ubeshya yuko uri umukozi w\u2019Uhoraho Nyiringabo, kandi uri magigiri wo ku ngoma y\u2019abega y\u2019igitarama iwanyu uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, dore uzahinga ntuzeza, uzanywa amazi ntuzashira inyota, uzaryama ntuzabona ibitotsi, dore wifuza yuko umukobwa wawe yarangorwa numwe mu bakomeye mu batutsi nyamara abo wifuza uzajyana na bo kuko wizeye <\/u><\/em><span style=\"color: #ff0000;\"><em><u>RPF<\/u><\/em><\/span><em><u> kurusha kwizera Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"color: #ff0000;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, dore wagambaniye ubwoko bwawe bw\u2019Abahutu kubera gukunda intonorano. Niyompamvu Uwiteka akugize igicibwa haba mu batutsi cyangwa mu bahutu, uzakubona wese azakwanga nta n\u2019umwe uzagucira akarurutega kuko wanze kwiringira Uwiteka, ahubwo wiringira abana b\u2019abantu uhereye none umuvumo wawe utangire ugukorere nk\u2019uko umugaragu akorera shebuja kugirango uzabe akabarore imbere ya bakiranutsi niho uzamenya yuko Uwiteka ariwe waremye ijuru n\u2019isi uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><\/span><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"color: #ff00ff;\"><em>egretnewseditor@gmail.com\u00a0<\/em><\/span><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Nov 12, 2015 ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, dore umwakagara akomeje gukiranirwa cyane, none hanura ushyireho iherezo ku mbibi ze zo gukiranirwa, kugirango igihe cye kirangire burundu. Dore yaciye ibihanga by\u2019abantu bitariho urubanza, kandi na we urumugabo wo kubihamya, ndetse alimo kugenza ubugingo bwawe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana<\/p>\n","protected":false},"author":47471,"featured_media":19438,"comment_status":"closed","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[198,2],"tags":[],"class_list":["post-19435","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-slider","category-top-news"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/19435","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/47471"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=19435"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/19435\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":19439,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/19435\/revisions\/19439"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/19438"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=19435"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=19435"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=19435"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}