{"id":19258,"date":"2025-03-08T22:22:31","date_gmt":"2025-03-08T22:22:31","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/?p=19258"},"modified":"2025-03-08T22:22:31","modified_gmt":"2025-03-08T22:22:31","slug":"ubwoba-bwo-kwizera-bwatumye-abantu-bihakana-imana-ndetse-bahindura-imyigishirize-bayoboka-ingoma-ya-satani-iyobowe-nabega","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2025\/03\/08\/ubwoba-bwo-kwizera-bwatumye-abantu-bihakana-imana-ndetse-bahindura-imyigishirize-bayoboka-ingoma-ya-satani-iyobowe-nabega\/","title":{"rendered":"Ubwoba bwo kwizera bwatumye abantu bihakana Imana ndetse bahindura imyigishirize bayoboka ingoma ya Satani iyobowe n&#8217;abega!!!"},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"color: #3366ff;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, hanura maze uvuge uti, bwoko bw\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo muhumure Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo aje kubatabara kuko yumvise gutaka kwanyu kandi akaba yimanukiye kw\u2019isi ya bazuma azanywe no kubatabara uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><\/span><em>.<\/em><\/p>\n<p><!--more--><\/p>\n<p><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/01\/rwandamura_2.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone  wp-image-1629\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/01\/rwandamura_2-300x171.jpg\" alt=\"\" width=\"104\" height=\"59\" \/><\/a><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Njyanwa mu iyerekwa muri gakondo ya bakiranutsi, mbona <span style=\"color: #ff0000;\">Bishop Rwandamura Charles<\/span> hamwe na ba pastori be hamwe na za magigiri zose zakoze ubwicanyi ndetse hamwe na bishe umunyamakuru <\/u><\/em><em><u>Ingabire Charles <\/u><\/em><em><u>na bakoze ubugome bwo guhombya za Microfinances bagatwara amashillingi yabaturage mbona na ba nyamadini (<\/u><\/em><span style=\"color: #ff0000;\"><em><u>Synagogues Leaders<\/u><\/em><\/span><em><u>) na <\/u><\/em><span style=\"color: #ff0000;\"><em><u>Pastor NZABAMWITA <\/u><\/em><\/span><em><u>ko bagiye guhanirwa muri gakondo ya bakiranutsi kubera kwubaha ubwami bw\u2019Abega bagasuzuguza izina ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/10\/nzamwita2.png\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone  wp-image-39399\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/10\/nzamwita2-300x82.png\" alt=\"\" width=\"827\" height=\"226\" \/><\/a><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, uribuka uko <\/em><span style=\"color: #ff0000;\"><em>PASTOR NZABAMWITA <\/em><\/span><em>ubwo mwahuriraga kuri <\/em><span style=\"color: #3366ff;\"><em>AMAHORO STADIUM <\/em><\/span><em>uko yakubwiye, ndasubiza nti, ndabyibuka neza cyane, Uwiteka arambaza ati, yakubwiye iki? Ndamusubiza nti, Namubajije impamvu yagiye murusengero rw\u2019inkurunziza akavuga yuko ngo Uwiteka yamubwiye yuko ubwami bw\u2019uRwanda bugendera kw\u2019i tegekoshinga butazigera bugaruka, hanyuma amaze kuvuga ayo magambo ageze murugo iwe, Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo aramuganiriza aramubwira ngo, Ubwami bw\u2019Urwanda bugendera kw\u2019i tegekoshinga buzagaruka bwime ingoma, hanyuma musaba yuko akwiye gusubira murusengero rw\u2019inkurunziza akavuguruza ibyo yavuze ko byari Ubuhanuzi maze arabyanga.<\/em><\/p>\n<p><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2021\/09\/pen.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone  wp-image-33746\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2021\/09\/pen-300x168.jpg\" alt=\"\" width=\"153\" height=\"86\" \/><\/a><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"color: #ff00ff;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, ni uko rero ubyandike bimenyekane yuko yahanuye ibinyoma, kandi yanze nkana kujya kuvuguruza ibyo yahanuye avuga yuko yabibwiwe n\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga<\/u><\/em><\/span><em>.<\/em><\/p>\n<p><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/10\/nzamwita.png\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone  wp-image-39398\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/10\/nzamwita-300x164.png\" alt=\"\" width=\"141\" height=\"77\" \/><\/a><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"color: #ff0000;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, kuva icyo gihe mutandukanye, yakomeje kuvuga ubutumwa bw\u2019ibinyoma kugirango anezeze ingoma y\u2019abega abone amaronko kugeza magingo aya uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><\/span><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Njyanwa mu iyerekwa mbona izo nkozi zibibi ko zigiye guhanwa kubera gukiranirwa ndetse hamwe na abanyantegenke nabo batwarirwa muri icyo kigare cya abanyabyaha kubirango bakizwe imiruho yo muri iyisi uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/01\/Rwandamura.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone  wp-image-9532\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/01\/Rwandamura.jpg\" alt=\"\" width=\"98\" height=\"65\" \/><\/a><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nuko ijambo ry\u2019Uwiteka rirambaza riti, mwana w\u2019umuntu, ko<span style=\"color: #ff0000;\"> BISHOP Rwandamura Charles<\/span> aherutse guhanurira muri stadium amahoro akavuga yuko ngo nta ntambara izongera kuba mu gihugu cy\u2019u Rwanda nyamara dore intambara igeze mu marembo ya gakondo ya bakiranutsi uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/05\/dream2.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone  wp-image-26200\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/05\/dream2.jpg\" alt=\"\" width=\"96\" height=\"73\" \/><\/a><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong>OCT 23,2015<\/strong> njyanwa mu iyerekwa mu gikombe cy\u2019ubutayu bugufiya buherereye mu burasirazuba bw\u2019Africa mu majyepfo yicyo gihugu, mbona abantu besnhi batonze umurongo bari murugendo bagiye ku Nyanja iri mu majyepfo y\u2019uburasirazuba bwiyo Nyanja. Abari bagiye kuri iyo Nyanja bari bavanzemo abakuru n\u2019abatoya bose bakaba bari bagiye kuvoma cyangwa kunywa kuri ayo mazi yiyo Nyanja, kandi nta bikoresho babaga bafite.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, uburire ubwoko bw\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo uti, birakwiye yuko bagira umwete bagushakisha ibikoresho bazakoresha mu butayu kugirango bazabone ibyo banywesha amazi bageze mu butayu, kuko iteka ry\u2019Uhoraho ryamaze gucibwa yuko abatuye muri gakondo ya bakiranutsi bamaze koherezwa mu butayu bugufiya uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/u><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"color: #ff0000;\"><em><u>Njyanwa mu iyerekwa mbona ko abantu bari bamaze kugera mu butayu bugufiya bajya kuri iyo Nyanja kujya kunywa amazi, maze uwamaraga kunywa amazi yayo nta bwo yashoboraga gusubira inyuma kumusozi yabaga aturutseho, kubera ko yatinyaga ubutayu yaciyemo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/span><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u><span style=\"color: #ff0000;\">Ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, waba wasobanukiwe iby iryo yerekwa? Ndasubiza nti oya Nyagasani! Arambwira ati, buriya butayu wabonye abantu bari kunyuramo, ni mibereho mibi barimo kunyuramo, hanyuma uriya musozi baturukaho berekeza kuri iriya Nyanja, n\u2019ubuzima babamo bwo kwizera kwabo kugenda guhura ni bikomeye cyane uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/span>.<\/u><\/em><\/p>\n<p><span style=\"color: #ff00ff;\"><em>egretnewseditor@gmail.com\u00a0<\/em><\/span><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, hanura maze uvuge uti, bwoko bw\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo muhumure Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo aje kubatabara kuko yumvise gutaka kwanyu kandi akaba yimanukiye kw\u2019isi ya bazuma azanywe no kubatabara uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/p>\n","protected":false},"author":47471,"featured_media":19260,"comment_status":"closed","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[198,2],"tags":[],"class_list":["post-19258","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-slider","category-top-news"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/19258","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/47471"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=19258"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/19258\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":19261,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/19258\/revisions\/19261"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/19260"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=19258"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=19258"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=19258"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}