{"id":19112,"date":"2025-02-23T19:59:01","date_gmt":"2025-02-23T19:59:01","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/?p=19112"},"modified":"2025-02-23T19:59:01","modified_gmt":"2025-02-23T19:59:01","slug":"urubyiruko-nyarwanda-banze-guhunga-inzira-zikigendwa-zitari-zabyara-amahali","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2025\/02\/23\/urubyiruko-nyarwanda-banze-guhunga-inzira-zikigendwa-zitari-zabyara-amahali\/","title":{"rendered":"Urubyiruko nyarwanda banze guhunga inzira zikigendwa zitari zabyara amahali!!!"},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>09\u00a0OCT,2015<\/em><\/strong> <span style=\"color: #ff0000;\"><em><u>njyanwa mu iyerekwa muri gakondo yabakiranutsi, mbona ingoma y\u2019abega ifatira ibyemezo bikomeye cyane abaturage, bifuza impinduka mu butegetsi nyuma yuko ingoma y\u2019abega inaniwe gukemura ibibazo by\u2019ibanze by\u2019abaturage, ahubwo bahitamo gukoresha ingufu zikirenga mu baturage kugirango babeho mu bwoba bw\u2019ikirenga maze abega barusheho kwikorera ibyo bifuza byose uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><\/span><em>.<\/em><\/p>\n<p><!--more--><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>\u00a0Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, uburire abaturage bo muri gakondo ya bakiranutsi yuko ingoma ya <\/em><em>RPF <\/em><em>ar\u2019ingoma ya <\/em><em>SATANI<\/em><em>, kubera iyo impamvu bakwiye kuba maso cyane no kwitonda cyane kuko umugambi w\u2019iyo ingoma ari ukurimbura ubwoko bw\u2019Uhoraho Nyiringabo hamwe na bantu b\u2019Imana uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Njyanwa mu iyerekwa mbona abaturage bifuza abanyapolitike babayobora ngo bigaragambye bahakane ibyemezo bafatirwa n\u2019ingoma y\u2019abega, ariko barababura uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/u><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, burira abatuye muri gakondo ya bakiranutsi uti, aho gushaka kwigaragambya, ahubwo nimushake ubuhungiro aho mwagana mukize ubugingo bwanyu kuko mu minsi iri mbere hazaba aho umugabo ugasaba undi Kuko ibintu bigiye gukomera cyane kurusha uko muri kubitekereza uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, ibyo na bikoreye kugirango ubwoko bwanjye burusheho kunyizera no kunyiringira, kugirango mu gihe kigiye kuza bazabashe guhagarara badatsinzwe n\u2019urubanza bazabashe guhamya imirimo y\u2019ukuboko k\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"color: #ff0000;\"><em><u>Njyanwa mu iyerekwa mbona mu gihugu cy\u2019ISAMARIYA (Burundi) Uwiteka Imana Nyiringabo ahamanura umwuka wigisuzuguriro, mbona umukuru w\u2019igihugu Peter Nkurunziza agiweho n\u2019igisuzuguriro mbona abaturage ba bandi rwimbi bo mu giturage batazi amazi uko asa, cyangwa uko umurwa mukuru w\u2019ISAMARIYA (Bujumbura) uko usa, mbona ko bamusuzuguye cyane birenze urugero uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><\/span><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"color: #ff0000;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uwiteka ryongera kunzaho maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, dore Peter Nkurunziza mbere yuko ava kubutegetsi azambanzirizwa no gusuzugurwa na baturage rwimbi bizagaragaraza yuko yamaze kwamburwa ubutegetsi. Bazamuzusugura kandi nta cyo azabasha kubatwara kuko uwo mwuka uzaba uturutse k\u2019Uwiteka Imana uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/span><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Njyanwa mu iyerekwa mbona umuririmbyikazi wo mu gihugu cya Kenya uririmba indirimbo z\u2019Imana Gospel songs, mbona ko agiye gutangwaho igitambo n\u2019umugabo wa mushatse wo muri <\/em><span style=\"color: #ff0000;\"><em>NIGERIA<\/em><\/span><em><span style=\"color: #ff0000;\">\u00a0Bishop<\/span> ukorera Satani ufite idini rinini cyane. Uwo muririmbyi yitwa <\/em><span style=\"color: #ff0000;\"><em><u>EMMY KOSGEI<\/u><\/em><\/span> <em>akazahitanwa n\u2019impanuka azatezwa ni yo inkozi yikibi yamushatse uko niko Uwiteka abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, uwo mugore agiye gukurwa mu mubiri kuko igihe cye gisa ni kirangiye cyo kuba ku isi yabazima uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Njyanw mu iyerekwa mbona urubyiruko nyarwanda ko barimo gushakisha aho bakwihisha, ariko barahabura kubera ibyago, akaga, amakuba bigiye kugwira igihugu cyabo. Mbona ko bashaka kwambuka ikiraro ngo bafate hakurya, ariko biranga kuko igihe Uwiteka yari yarabahaye ngo bakize ubugingo bwabo bagikerensheje igihe kirabarengana uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>\u00a0<\/em><em><u>Ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, dore urubyiruko nyarwanda baraminjiriwe kuko babuze aho bihisha ibyago byahanuwe ku gihugu cyabo bikaba bilimo kubasatira cyane kurushaho uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, kuko urubyiruko nyarwanda banze kumvira ijambo ryanjye, ubabwire uti, uku niko Uhoraho Nyiringabo avuga, dore igihe kiraje kandi kirasohoye ngo ibyahanuwe bisohoze umulimo wabyo, icyo gihe nimubona bisohoye, muzibuka yuko Uwiteka Imana Nyiringabo yababwiye guhunga ngo mukize amagara yanyu ariko mukanga mukamuneguriza izuru, icyo gihe na we azabaneguriza izuru uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>OCT 10, 2015<\/em><\/strong><em> njyanwa mu iyerekwa mbona amaraso ashushanije nk\u2019umunyururu, ariko yarameze nk\u2019itunda ryitwa \u201c<\/em><span style=\"color: #ff0000;\"><em>PASSION FRUITS OF BLOOD<\/em><\/span><em>\u201d ijambo ry\u2019Uhoraho rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, uliya munyururu wa maraso ubonye, n\u2019umunyururu Umwakagara Paul Kagame yabohesheje abanyarwanda ngo batazava mu gihugu bakamuhunga. Nyamara n\u2019ubwo yabigenje gutyo, bizarangira abaciye ibihanga uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019Umuntu bwira abatuye isi bose uti, umuntu wese utemera ko Kristo ariwe jambo ry\u2019Imana ntuzajye impaka nawe kuko uzaba usohoje umurimo wawe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, dore amaraso y\u2019Umwami wa bakiranutsi niyo yo nyine afitemo ibyiringiro gukiza umuntu kandi akaba ari nayo atanga ikimenyetso cy\u2019ibigiye kubaho kubaho kw\u2019isi ya bazima uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/u><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u><span style=\"color: #ff00ff;\">Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, ubwire abantu batuye isi, uti, uku niko Uwiteka Nyiringabo avuga, amaraso ya Yesu akiza ibyaha, ariko nta bwo atwikira byaha cyangwa atwikire umuntu, ngo kugirango adahura nibibazo, amaraso ya Yesu amaraho bikababarirwa, akiza indwara, yirukana abadayimoni, agacacagagura imigozi yabagizwe imbohe n\u2019umwanzi wabakiranutsi akaba n\u2019umwanzi w\u2019Uwiteka nyiringabo, akaba umwanzi w\u2019Umwami Yesu Kristo, akaba umwanzi w\u2019umwuka wera uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/span>.<\/u><\/em><\/p>\n<p><span style=\"color: #ff00ff;\"><em>egretnewseditor@gmail.com<\/em><\/span><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>09\u00a0OCT,2015 njyanwa mu iyerekwa muri gakondo yabakiranutsi, mbona ingoma y\u2019abega ifatira ibyemezo bikomeye cyane abaturage, bifuza impinduka mu butegetsi nyuma yuko ingoma y\u2019abega inaniwe gukemura ibibazo by\u2019ibanze by\u2019abaturage, ahubwo bahitamo gukoresha ingufu zikirenga mu baturage kugirango babeho mu bwoba bw\u2019ikirenga maze abega barusheho kwikorera ibyo bifuza byose uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/p>\n","protected":false},"author":47471,"featured_media":18010,"comment_status":"closed","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[198,2],"tags":[],"class_list":["post-19112","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-slider","category-top-news"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/19112","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/47471"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=19112"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/19112\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":19114,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/19112\/revisions\/19114"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/18010"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=19112"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=19112"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=19112"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}