{"id":18826,"date":"2025-01-24T03:35:04","date_gmt":"2025-01-24T03:35:04","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/?p=18826"},"modified":"2025-01-24T03:37:35","modified_gmt":"2025-01-24T03:37:35","slug":"ibyo-utinya-nibyo-bizakugeraho","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2025\/01\/24\/ibyo-utinya-nibyo-bizakugeraho\/","title":{"rendered":"Ibyo utinya nibyo bizakugeraho"},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong>Sept 2,2015<\/strong>\u00a0njyanwa mu iyerekwa muri gakondo yabakiranutsi, mbona inzu ikorerwamo ubucuruzi, ko iyo nzu, imaze gusaza kandi yahengamye ibikuta byayo, ndetse wabonaga amabati nayo agiye gukurwaho n\u2019umuyaga kuko imvura yarikubye ibicu bimaze gutanda hose mu kirere cyo hejuru ya gakondo yabakiranutsi.<\/em><\/p>\n<p><!--more--><\/p>\n<h5 style=\"text-align: justify;\"><span style=\"color: #ff0000;\"><em><u>Nuko mbona umugabo umwe twari kumwe ntabashije kumenya uwari we, maze arambwira ati, mwana w\u2019umuntu, wabwiye abacuruzi barimo gucururiza muri iriya nzu, (igihugu) ko iriya nzu igiye kubagwira? Kandi ko imvura ikubye igiye kugwa! Kuko ikigaragara ni uko iriya mvura niramuka igeze hasi, nta bwo iribusige iriya nzu itaguye kuko yarahengamye hasigaye gato gusa ngo haboneke impamvu yatuma igwa ahasigaye igahita igera hasi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u>.<\/em><\/span><\/h5>\n<h5 style=\"text-align: justify;\"><em><u><span style=\"color: #ff0000;\">Mpagarara kuruhande rw\u2019iyo nzu twarebaga uko abantu binjira muriyo inzu, bakongera bagasohoka kuko byari urujya nuruza. Nuko ngerageza kubwira abantu binjiraga ko iyo nzu, igiye kugwa kubera hari hakubye imvura y\u2019umuhindo ivanzemo n\u2019umuyaga mwinshi wabonaga ko ibicu kiremereye ariko abantu bamfataga nk\u2019 umusazi nta numwe wabashije kunyumva<\/span>.<\/u><\/em><\/h5>\n<h5 style=\"text-align: justify;\"><span style=\"color: #ff0000;\"><em><u>Icyantagaje! Ni uko hari abarebaga ko iyo nzu koko igiye kugwa, ariko bakanga bakayinjiramo bavuga ngo, nta bwo bari butindemo. Igihe cyaje kugera ya nzu iza kugwa abantu bose bari muri inzu y\u2019ubucuruzi bashiriramo uko niko Uwiteka abivuga<\/u>.<\/em><\/span><\/h5>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, dore Umwakagara agiye kwiyegereza abanyarwanda bo mu bwoko bw\u2019Abahutu, kugirango yifatikanye nabo kuko igihe cye cyo guhangana na batavga rumwe nawe cyageze kandi n\u2019igihe gikomeye cyane nawe arabizi ko atazakinesha. <\/u><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"color: #ff0000;\"><u>None yigiriye inama yo gusimbuza \u201c<\/u><u>abacika cumu abahutu, numva aravuze ngo abacika cumu narabakoresheje none igihe cyabo cyararangiye.\u201d ubu ngiye gukoresha abahutu kuko badafite epfo na ruguru byanze bikunze bazemera ko mba koresha kuko nabo bakeneye ubutegetsi aho kugirango intebe yabukunzi isubiranwe n\u2019abanyiginya<\/u><\/span>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Nuko ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, dore <span style=\"color: #ff0000;\">Umwakagara Paul Kagame<\/span> araruhira ubusa nk\u2019umusambanyi ukoresha gapote, kuko igihe cye cyararangiye nta bwo imigambi ye izamuhira kuko bidashoboka ko imigambi y\u2019umwana w\u2019umuntu isimbura imigambi y\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga<\/u>.<\/em><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Sept 2,2015\u00a0njyanwa mu iyerekwa muri gakondo yabakiranutsi, mbona inzu ikorerwamo ubucuruzi, ko iyo nzu, imaze gusaza kandi yahengamye ibikuta byayo, ndetse wabonaga amabati nayo agiye gukurwaho n\u2019umuyaga kuko imvura yarikubye ibicu bimaze gutanda hose mu kirere cyo hejuru ya gakondo yabakiranutsi.<\/p>\n","protected":false},"author":47471,"featured_media":17524,"comment_status":"closed","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[198,2],"tags":[],"class_list":["post-18826","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-slider","category-top-news"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/18826","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/47471"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=18826"}],"version-history":[{"count":3,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/18826\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":18830,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/18826\/revisions\/18830"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/17524"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=18826"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=18826"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=18826"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}