{"id":18598,"date":"2024-12-07T06:38:48","date_gmt":"2024-12-07T06:38:48","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/?p=18598"},"modified":"2024-12-07T06:38:48","modified_gmt":"2024-12-07T06:38:48","slug":"ingoma-yubuzira-herezo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2024\/12\/07\/ingoma-yubuzira-herezo\/","title":{"rendered":"Ingoma yubuzira herezo!"},"content":{"rendered":"<p>&nbsp;<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>June 22,2015<\/em><\/strong><em>\u00a0<span style=\"color: #ff0000;\"><u>Njyanwa mu iyerekwa mbona Umwami w\u2019uRwanda ataha mu gihe umwakagara akiri ku ngoma, ariko ntabwo yashyikiye muri gakondo ya bakiranutsi, ahubwo yakiriwe mu butayu aho akwiye gutegerereza agahe gato cyane ngo umwakagara akurwe ku ngoma kugirango ahite yima ingoma batamutanga intebe yabukunzi.<\/u><\/span><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"color: #ff0000;\"><!--more--><\/span><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"color: #ff0000;\">Nuko amakuru akwiragira hirya no hino ko Umwami Nyir\u2019uRwanda atakiri ikantarange ahubwo ngo yaba yasatiriye gakondo y\u2019abakiranutsi kugirango yegere intebe yabukunzi atayitangwa n\u2019umwana w\u2019imbwa n\u2019igisambo<\/span>. <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"color: #ff0000;\"><em>Nuko umwakagara amenya ibibaye arushaho guhagarika umutima cyane.<\/em> <em>Nuko mbona atumye za magigiri kuneka bakamenya aho nyir\u2019uRwanda aherereye, kugirango amakuru abe impamo yuko ibyahanuwe byaba bigiye gusohora, aya makuru yateye urujijo cyane maze abakagara baravuga ngo, ese koko buriya nibyo la!<\/em> <em>koko murabona azongera kuba Umwami? Abakagara basubiza umwakagara bati, nibyo azongera kuba Umwami kuko yahoze ar\u2019Umwami, ibyo rero sigitangaza ko yakongera kuba Umwami wa gakondo yabakiranutsi, ariko mbona umudayimoni watumye Umwami w\u2019uRwanda akurwa ku ngoma, ari we wongeye kuyimukuraho acibwa umutwe maze mbona habaye imihango ikomeye cyane kugirango nyir\u2019uRwanda yongere yime ingoma mu buryo bwa burundu.<\/em><\/span><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Njyanwa mu iyerekwa mbona Umwakagara akubitwa ikibatsi, ibyari ibirori bihinduka ibiraro maze inyambo zibura aho zahungira, imfizi zirivuga, inyamibwa ziravumera, uruhongore ntirwongera kwigunga maze ibyansi byari byarumiranye byongera kubuganizwa uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>&nbsp; June 22,2015\u00a0Njyanwa mu iyerekwa mbona Umwami w\u2019uRwanda ataha mu gihe umwakagara akiri ku ngoma, ariko ntabwo yashyikiye muri gakondo ya bakiranutsi, ahubwo yakiriwe mu butayu aho akwiye gutegerereza agahe gato cyane ngo umwakagara akurwe ku ngoma kugirango ahite yima ingoma batamutanga intebe yabukunzi.<\/p>\n","protected":false},"author":47471,"featured_media":9147,"comment_status":"closed","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[198,2],"tags":[],"class_list":["post-18598","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-slider","category-top-news"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/18598","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/47471"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=18598"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/18598\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":18600,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/18598\/revisions\/18600"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/9147"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=18598"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=18598"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=18598"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}