{"id":17744,"date":"2024-06-18T07:15:20","date_gmt":"2024-06-18T07:15:20","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/?p=17744"},"modified":"2024-06-18T07:23:01","modified_gmt":"2024-06-18T07:23:01","slug":"17744","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2024\/06\/18\/17744\/","title":{"rendered":"Ibyo bifuzaga byahereye hehe?"},"content":{"rendered":"<p>&nbsp;<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Igice cya (233) cy\u2019Ubuhanuzi <\/em><em>\u00a0<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>July 1, 2023 Ijambo<u> ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze<\/u> <u>rirambwira riti, Uhuru Muigai Kenyatta agiye kugaruka ku butegetsi azamaraho amezi (<\/u><\/em><em><u>3<\/u><\/em><em><u>) ategure<\/u><\/em><em> <u>amatora y\u2019umukuru w\u2019igihugu uzatsinda amatora mu buryo bwemewe na mategeko niwe uzahabwa<\/u> <u>ubutegetsi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/u> <\/em><\/p>\n<p><!--more--><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti,<\/u><\/em><em> <u>abanyeshuli bagiye kuzamurwa kumusozi aho bazaba bategerereje ho gatoya balimo kwigishwa<\/u> <u>kwubaha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.<\/u> <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Njyanwa mu iyerekwa mu gihugu cy\u2019Ibabyloni (Kenya) mbona ko haguye imvura nyinshi abantu<\/u><\/em><em> <u>benshi bari hanze yahoo batuye bahera aho bari bagiye, mu gihe imvura yasaga naho ihise ho hatoya<\/u> <u>alimo kugwa ubujojoba, abantu batangiye kugenda ngo bagere mu mago yabo irongera iragwa uko<\/u> <u>niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u>. <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, rirambwira riti,<\/u><\/em><em> <u>igihugu cy\u2019Ibabyloni kigiye kwinjira mu kaga gakaomeye cyane kubera ubutegetsi bubi bwa Samuei<\/u> <u>William Ruto uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u>. <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong>July 8, 2023<\/strong> nerekwa ingurube (pigs) ni byana byayo zijyanwa mu butayu bugufiya bwo hagati, ndazibaza nti, ese muri abahutu cyangwa muri abatutsi? Ziransubiza ziti, turi abatutsi! <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane rirambwira riti, Umwami Kigeli Ndoli umwuka w\u2019ubusambo wo kwiharira w\u2019ingoma y\u2019Abatutsi bo mu nzu y\u2019abega, ujyanywe mu butayu bugufiya uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga. <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Njyanwa mu iyerekwa mbona Samuei William Ruto atumizwa n\u2019abanyamadini ba (<\/em><em>Roman Catholic Church &amp; Islamic religion<\/em><em>) bagirana inama bamubwira ko byanze bikunze Raila Amolo Odinga agiye kumukura ku butegetsi bakurikije ijambo ry\u2019Ubuhanuzi n\u2019inama ya SABA SABA yabereye Kamkunji bamubwirako alimo kwegeranya signatures za baturage kandi ko azazibona byange bikunde bazamukura ku butegetsi. Banzura bamusabye ko mbere y\u2019uko akurwaho ku butegetsi yabafasha akica Umucamanza uca imanza zitabera Majeshi Leon Ainesha akavuga icyo yifuza cyose bakakimuha mbere yuko akurwa ku butegetsi kuko Raila Odinga niyima ingoma ikimenyetso cyo kwima ingoma k\u2019ubwami bw\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo kiraba gisohoye ku buryo batazashobora kugisubizaa inyuma cyangwa ku kiburizamo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga. <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Numva Samuei William Ruto abemerera ko agiye gushakisha uko ashoboye kose agakoresha ba hackers bagahickinga <\/em><em>e-mails <\/em><em>z\u2019Umwami Kigeli Ndoli, ndetse akanashaka na telephone akoresha bakajya bayitracinga (tracing) kugirango barusheho kumenya aho Umwami Kigeli Ndoli atuye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga. <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong>July 11,2023<\/strong> <u>Njyanwa mu iyerekwa muri gakondo yabakiranutsi, mbona habaho intambara ikomeye<\/u> <u>iteye ubwoba cyane, mu isanzure ry\u2019ijuru, hariho indege z\u2019intambara zarasaga umurwa wose<\/u> <u>w\u2019Isalem, mbona abantu bahungira muri hotel de mille coline indege zirasa ibisasu kuriyo hotel<\/u> <u>itangira gusenyuka uhereye hejuru umanuka hasi. Abari bahungiyemo bose bakizwa na maguru<\/u> <u>bahungisha ubuzima bwabo.<\/u> <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ikirere cyose cyahindutse indege gusa, Umwakagara ntawuzi aho yari yihishe, ingabo za rdf nta cyo<\/u><\/em><em> <u>zabashaga kuba zakora, iyo ntambara yaratunguranye cyane ku buryo nta cyo ingoma y\u2019abega<\/u> <u>yarikubikoraho ngo ibashe guhangana nabateye igihugu, ahubwo bose bakizwaga no kwihisha izo<\/u> <u>ndege uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/u> <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane rirambwira riti, Umwami Kigeli Ndoli igihe<\/u><\/em><em> <u>kiraje kandi kirasohoye ngo ibyahanuwe bisohoze umulimo wabyo, uburire rubanda rw\u2019Uhoraho<\/u> <u>Uwiteka Imana Nyiringabo uti, uku niko Uwiteka Nyiringabo avuga, uyu mwega mu bona uyu munsi,<\/u> <u>ntabwo muzongera kumubona ukundi, kuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yibutse kurira no<\/u> <u>kubabara k\u2019ubwoko bwe muri gakondo yabakiranutsi uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga<\/u>. <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Igice cya (231) cy\u2019Ubuhanuzi <\/em><\/strong><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong>Mai 31,2023<\/strong> <u>Njyanwa mu iyerekwa mbona igihugu cya Iran bakora inama ikomeye cyane yo<\/u> <u>kurebera hamwe uko bakoresha cash kugirango Umwami Kigeli Ndoli abe umuyisilamu, yabyanga<\/u> <u>byibuze akemera kwitwa izina ry\u2019abayisilamu. Ibyo babonye ko bibananiye bigira inama yo kujya<\/u> <u>gushaka abanyaMerica bibwiraga yuko twaba tuziranye cyangwa twaba dukorana ngo babahe<\/u> <u>intonorano babasabe banyemeze kuba umuyisilamu cyangwa kwitwa izina rya Islam uko niko<\/u> <u>Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u>. <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane, maze rirambwira riti, Umwami Kigeli<\/u><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ndoli ibintu birakomeye cyane Islam ilimo kurwanira uko bakwiyitirira kugirango bemeze isi ko<\/u><\/em><em> <u>Imana yazanye Umusilamu guca imanza zitabera. Mu wundi mwanya <\/u><\/em><em><u>Roman Catholic Church <\/u><\/em><em><u>nayo<\/u><\/em><em> <u>ihangayikishijwe ni uko ikinyoma cyabo cyagiye ahabona balimo guharanira uko bakwitirirwa<\/u> <u>bakemeza isi yuko aribo bahawe ubudahangarwa bwo guca imanza zitabera uko niko Uwiteka Imana<\/u> <u>Nyiringabo abivuga<\/u>. <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Abanyamadini ba (<\/u><\/em><em><u>born again<\/u><\/em><em><u>) bavutse ubwa kabili nabo ni uko balimo gushaka uko bakwitirirwa bo<\/u><\/em><em> <u>byari namahire kuko wari umuporoso none nabo balimo gushaka kwemeza isi ko ari bo balimo guca<\/u> <u>imanza zitabera kuko wabahozemo uza kubakurwamo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana<\/u> <u>Nyiringabo abivuga<\/u>. <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong>June 5,2023<\/strong> <u>Njyanwa mu iyerekwa ahantu nta menyereye kubona mu iyerekwa, mbona abantu<\/u> <u>bafungura ibyumba by \u2019amasengesho kugirango abantu bajye baza kubisengeramo, kandi Uwiteka<\/u> <u>Imana Nyiringabo yaramaze guca iteka ku byumba by \u2019amasengesho. Uko Uhoraho Uwiteka<\/u> <u>Nyiringabo yarushagaho guca imanza zitabera, ni nako abacuruzi b\u2019ibyumba by \u2018amasengesho nabo<\/u> <u>barushagaho gufungura ibyumba byo gusengeramo kandi bazi neza yuko byabujijwe n\u2019Uhoraho<\/u> <u>Uwiteka Nyiringabo uko niko abivuga.<\/u> <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, rirambwira riti, hari<\/u><\/em><em> <u>intambara ikomeye cyane hagati ya bacuruzi bacuruza ibyumba by \u2018amasengesho, na bajya gusenga<\/u> <u>kandi bazi neza yuko gusenga byaciriweho iteka uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/u> <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Akaga, ibyago, amakuba bigiye gutera mw\u2019isi biturutse ku bacuruzi bacuruza ijambo ry\u2019Uhoraho<\/u><\/em><em> <u>Uwiteka Imana Nyiringabo, ibyumba by \u2019amasengesho, na masengesho nyirizina:<\/u> <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti, Umwami<\/u><\/em><em> <u>Kigeli Ndoli ngiye guteza akaga, ibyago, amakuba, mw\u2019si kubera inkozi z\u2019ibibi ziyitirira umulimo<\/u> <u>wanjye zikaba zidashaka kumvira ijambo ryanjye uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/u> <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of living God of heaven,<\/u><\/em><em> <u>because of dis-obedience of the people who claimed to be my people and they don\u2019t want to obey<\/u> <u>my words that I God commanded through my servant <\/u><\/em><em><u>Majeshi Leon Ainesha Chief Justice <\/u><\/em><em><u>of the<\/u><\/em><em> <u>world, instead rather they continue to go against my judgement in the world.<\/u> <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>That\u2019s why I the Lord God of heaven I\u2019m going to released calamities and disasters in the world,<\/u><\/em><em> <u>every creature will experience my wrath a product from in their disobedient so that they will<\/u> <u>acknowledge me as creator who created all things dwells in the world thus is how the Lord God of<\/u> <u>heaven declared amen.<\/u> <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong>Igice cya (227) cy\u2019Ubuhanuzi\u00a0\u00a0<\/strong>\u00a0\u00a0\u00a0 <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong>Mar 22,2023<\/strong> <u>njyanwa mu iyerekwa mbona igiti kirekire cyane kigera kw\u2019ijuru kitagira amashami,<\/u> <u>cyari<\/u> <u>kiyafite cyera, ariko aza kugenda akokoka yose ashiraho bitewe ni uko izuba ryaje kwaka cyane ryerekeza<\/u> <u>umucyo waryo ku gishyitsi cya cyo maze gikamukamo amazi gitangira kwuma<\/u> <u>bituma<\/u> <u>amashami yacyo<\/u> <u>atangira kugenda yuma gahoro gahoro kugeza ubwo cyaje gusigara cyo nyine gikomeza<\/u> <u>kuzamuka<\/u> <u>kubera gukaza umutsi ndetse na mababi yacyo asa naho yahumanijwe nayo azaho intoboro imvura yagwa<\/u> <u>amazi akajya anyura muri za intoboro akagwa hasi bituma<\/u> <u>amababi<\/u> <u>Yuma<\/u> <u>cyane ariko<\/u> <u>akomeza kuguma<\/u> <u>kuri cya giti uko niko Uhoraho Uwiteka Imana<\/u> <u>Nyiringabo<\/u> <u>abivuga.<\/u>\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0 <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Igihe cyaje kugera cya giti gitangira kugenda kiribwa n\u2019umuswa (<\/u><\/em><em><u>termites<\/u><\/em><em><u>) uhereye murukenyerero<\/u><\/em><em> <u>rwacyo, imizi yacyo nayo ihura n\u2019agasimba kitwa kagugunnyi hasi mu butaka itangira kuribwa icikamo<\/u> <u>kabiri, ntiyaba igishobora<\/u> <u>gukomeza hasi aho ibasha kubona ibitunga cya giti kirekire. Hanyuma haje<\/u> <u>gutera<\/u> <u>amapfa<\/u> <u>y\u2019imvura<\/u> <u>n\u2019umuyaga haza undi muyaga mwinshi cyane idasanzwe waruturutse mu butayu<\/u> <u>bugufiya<\/u> <u>maze uhuha<\/u> <u>cya giti<\/u> <u>kirekire kimanuka kitagira rutangira kiragwa kivunikamo ibice (3) n\u2019imizi<\/u> <u>yacyo iraranduka<\/u> <u>gishiraho<\/u> <u>burundu uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/u>\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0 <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Nyiringabo rinzaho cyane rirambwira riti, Umwami Kigeli Ndoli, burira<\/u><\/em><em> <u>abantu<\/u> <u>bawe bo muri gakondo yabaakiranutsi, hamwe n\u2019ubwoko bwawe yuko Umwakagara<\/u> <u>umwana<\/u> <u>w\u2019umwega<\/u> <u>arapfuye vuba cyane byihuse, kandi azamanuka nk\u2019ibuye riturutse kumusozi<\/u> <u>ryerekeza<\/u> <u>hasi<\/u> <u>mu itaba<\/u> <u>cyangwa mu gikombe cy\u2019urupfu acibwemo ibice (3) abazamukurikira ni<\/u> <u>benshi cyane<\/u> <u>uko<\/u> <u>niko Uhoraho<\/u> <u>Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/u>\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0 <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Njyanwa mu iyerekwa mbona abakada ba RNC bakwiragira mu bantu bababwira yuko umwana<\/u><\/em><em> <u>w\u2019umusinga Kaguta Yoweri Museveni abari inyuma abafasha kugirango bakureho ingoma y\u2019abega.<\/u> <u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane rirambwira riti, Umwami Kigeli Ndoli<\/u> <u>umbwirire ubwoko bwanjye uti, burya Museveni yabafashije kuko arijye wabitegetse!<\/u> <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ngaho niba atarijye wabafashije azongere abafashe murebe yuko muzafata ubutegetsi nk\u2019uko<\/u><\/em><em> <u>mwabufashe Ubushize. Ubabwire ngo, Singombwa ko burigihe cyose mugiye gukora ibyo mwifuza<\/u> <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>gukora, ko Museveni ashyiramo akaboko ke, uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/u><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ringarukaho kandi cyane, maze rirambwira riti,<\/u><\/em><em> <u>Umwami Kigeli Ndoli, dore umwanzi yashyize imitego mu nzira nyabagendwa ateze ubugingo bwawe<\/u> <u>kugirango arimbure ubugingo bwawe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/u> <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong>Mar 28,2023<\/strong>\u00a0\u00a0\u00a0 <u>Njyanwa mu iyerekwa ibwami kwa <\/u><\/em><span style=\"color: #ff0000;\"><em><u>YUHI VI Bushayija Emmanuel Ruzindana<\/u><\/em><\/span><em><u>, mbona<\/u><\/em><em> <u>agura<\/u> <u>ihene<\/u> <u>ebyeri z\u2019isekurume (two he goats) ajya gukora imiterekerero y\u2019igisekuruza cy\u2019i wabo.<\/u>\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0 <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane rirambwira riti, Umwami Kigeli<\/u><\/em><em> <u>Ndoli,<\/u> <\/em><em><u>Umwami <span style=\"color: #ff0000;\">YUHI VI <\/span><\/u><\/em><em><u>agiye guterekerera abazimu abasaba ko bamufasha kugaruza ubwami bwe<\/u><\/em><em> <u>bwaciriweho<\/u> <u>iteka,<\/u> <u>none uhite umuciraho iteka ndetse nizo mandwa ze nazo uzicireho iteka uko<\/u> <u>niko<\/u> <u>Uhoraho<\/u> <u>Uwiteka<\/u> <u>Imana Nyiringabo abitegetse!<\/u>\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0 <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>\u00a0<u>Njyanwa mu iyerekwa mbona igiti kirekire cyane cyakuze kigera mu bushorishori bw\u2019Inyenyeri,<\/u> <u>kubera<\/u> <u>uburebure kiza kwigonda ijosi ryacyo none gitangira gukura gisubira hasi. Haza umugabo<\/u> <u>warufite ingazi<\/u> <u>azitera kuri icyo giti arakizamuka neza cyane akigera ku ijosi aricamo kabili rigwa hasi<\/u> <u>umutwe ugenda<\/u> <u>wibarangura uburirwa irengero uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo<\/u> <u>abivuga.<\/u>\u00a0\u00a0\u00a0 <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Wa mugabo arongera akerera nurukero yarafite akatamo igihimba cyo hejuru na cyo kiragwa maze<\/u><\/em><em> <u>isi<\/u> <u>yose iratangara iyoberwa ibibaye kuko icyo giti isi yose yaracyubahaga cyane bari baziko<\/u> <u>kidashobora<\/u> <u>kuzapfa gicitsemo ibice uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/u>\u00a0\u00a0\u00a0 <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane rirambwira riti, Umwakagara Paul<\/u><\/em><em> <u>Kagame arapfuye byihuse vuba cyane, kandi azacikamo ibice (3) nk\u2019uko ijambo ry\u2019Ubuhanuzi<\/u> <u>ryabivuze<\/u> <u>uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/u>\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0 <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"color: #ff00ff;\"><em>\u00a0egretnewseditor@gmail.com\u00a0<\/em><\/span><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>&nbsp; Igice cya (233) cy\u2019Ubuhanuzi \u00a0 July 1, 2023 Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, Uhuru Muigai Kenyatta agiye kugaruka ku butegetsi azamaraho amezi (3) ategure amatora y\u2019umukuru w\u2019igihugu uzatsinda amatora mu buryo bwemewe na mategeko niwe uzahabwa ubutegetsi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/p>\n","protected":false},"author":47471,"featured_media":17272,"comment_status":"closed","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[198,2],"tags":[],"class_list":["post-17744","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-slider","category-top-news"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/17744","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/47471"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=17744"}],"version-history":[{"count":3,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/17744\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":17751,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/17744\/revisions\/17751"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/17272"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=17744"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=17744"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=17744"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}