{"id":17645,"date":"2024-05-25T09:37:17","date_gmt":"2024-05-25T09:37:17","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/?p=17645"},"modified":"2024-05-25T09:37:17","modified_gmt":"2024-05-25T09:37:17","slug":"umwakagara-paulkagame-arifuza-igisasu-cyo-mu-bwoko-bwa-ats-ngo-arimbure-urwanda","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2024\/05\/25\/umwakagara-paulkagame-arifuza-igisasu-cyo-mu-bwoko-bwa-ats-ngo-arimbure-urwanda\/","title":{"rendered":"Umwakagara PaulKagame arifuza igisasu cyo mu bwoko bwa ATS ngo arimbure uRwanda"},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong>May 25, 2024<\/strong> ibiro ntaramakuru byo mu ijuru (Heaven News Media Agency) biratangaza amakuru akurikira, Umwakagara Paul Kagame wimitswe n\u2019America kuba umukuru w\u2019igihugu cy\u2019uRwanda nyuma ya genocide yakorewe ubwoko bw\u2019Abatutsi mu w\u20191994 akaba amaze imyaka (30) ku butegetsi arifuza igisasu yagura akarimbura uRwanda.<\/em><\/p>\n<p><!--more--><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nyuma yo kubagezaho amakuru mu Buhanuzi bw\u2019uko Umwakagara yateshejwe umutwe n\u2019America aho yategetswe kwemerera umunyepolitike wigenga <strong>SHIMA DIANE RWIGARA<\/strong> gushyirwa kurutonde rw\u2019abakandida bigenga, kugirango bazahatane mu matora asigaje ukwezi kumwe ni byumweru (2) ku mwanya w\u2019umukuru w\u2019igihugu.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nk\u2019uko twabagejeho amakuru mu Buhanuzi, mu nyandiko y\u2019ubushize Ubuhanuzi bwavugaga yuko Umwakagara agiye gushaka uko yikoresha coup d\u2019\u00e9tat kugirango asubike amatora y\u2019umukuru w\u2019igihugu maze azashakishe uko yazahangana n\u2019America ishaka kumwubikira imbehe (plate). Yibagirwa yuko abanyarwanda aribo bamuhaye akazi atari America yamuhaye akazi, kuko igihe cyose abanyarwanda batamwifuza nta bwo America yakomeza kumuhishira ikamwemerera gukoresha igitugu yica abantu uko abyifuje ngo bizashoboke.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ibiro ntaramakuru byo mu ijuru (Heaven News Media Agency) bikomeza bitangaza yuko Umwakagara alimo gushaka kugura igisasu (<span style=\"color: #ff0000;\">bomb<\/span>) cyo mu bwoko bwa (<span style=\"color: #ff0000;\"><strong>ATS<\/strong><\/span> ) kugirango ubwo azaba akuwe ku butegetsi azarimbure uRwanda na banyarwanda.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ukibaza imyaka (30) amaze ategeka uRwanda n\u2019abanyarwanda niba yategekaga <strong>ihene<\/strong> cyangwa <strong>inka<\/strong> bikakuyobera. Ibi bigaragaza yuko n\u2019ubundi atari uwo mu bwoko bwa kiremwa muntu kuko adafite muri we imbabazi na busa! Aho yumva yuko igihe atari ku butegetsi cyangwa umwana we ngo amusimbure ku butegetsi yarimbura igihugu cyose!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Umwakagara atangiye kubona ingaruka zo kuba yaremeye gukoresha ikinyoma cyo kwimika republika itemewe na mategeko. Birashoboka yuko n\u2019ugiye kumusimbura niba bizashoboka yuko yazashinga ikirenge mucy\u2019Umwakagara yakandagiragamo. <\/u><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yamaze guca umurongo ngenderwaho ku muntu wese uzashaka kwivanga mu Buhanuzi ni manza zitabera azahura na kaga atigeze kubona mw\u2019isi ya bazima<\/u>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Abanyarwanda bose baheze ishyanga mutegereje isezerano ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, murabe maso cyane kuko duhanganye na<span style=\"color: #ff0000;\"> <strong>SATANI <\/strong><\/span>ushaka kuburizamo isezerano ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo bitwaje gukuraho Umwakagara bakamusimbuza undi utaravuzwe n\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo, kandi ari bo bamushyizeho.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Niba yaba aliyompamvu kwa Rwigara basuzuguye itegeko ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ndetse bakanasuzugura Umwami Kigeli Ndoli bibwira yuko America ariyo Imana y\u2019isi, ubwo tuzamenya hagati y\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo n\u2019America uwo abanyarwanda bakwiye kumvira uwari we<\/u>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Iki n\u2019igihe cy\u2019imanza zitabera z\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo mu isi yabazima. Jyewe nkorera Uwiteka Imana Nyiringabo, nta bwo nkorera America kuko atariyo yampaye akazi. Kandi ndifuza yuko babimenya neza cyane yuko igihe cyose nzaba nicariye intebe yabukunzi nta bwo nzagendera kumategeko y\u2019America kurusha amategeko y\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo, kuko ataribo banyimitse ahubwo nimitswe nijuru. Nta nyota mfite yo gutegeka, nta n\u2019ubwo nigeze nsaba Imana kuba Umwami wa gakondo y\u2019abakiranutsi kuko narinziko bidashoboka.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yampaye ububasha n\u2019ubutware ku biremwa byose byo kw\u2019isi kubiciraho iteka.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Kandi nibivanga mu manza zitabera n\u2019Ubuhanuzi aho gushyigikira ibyo Uwiteka yategetse, ahubwo bakabirwanya, Uwiteka Imana Nyiringabo azabarwanya kandi bazatakaza ijambo mw\u2019isi yabazima kuko n\u2019ubu basigaranye ibihugu bice cyane bakorana nabyo kuva aho baciriweho iteka. <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nijye ushobora ku basubiza ijambo mw\u2019isi yabazima. Ubwo rero bararye bari menge kuko igihugu cyose kitazankorera kizakurwaho.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>NB:\u00a0 <u><span style=\"color: #3366ff;\">Let us here be clear that they must do what I want! Not me shall do what they want! Because I deserved to be served, not me serving them, because it\u2019s my father\u2019s time of heaven to be served<\/span>.<\/u><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"color: #ff00ff;\"><em>egretnewseditor@gmail.com\u00a0<\/em><\/span><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>May 25, 2024 ibiro ntaramakuru byo mu ijuru (Heaven News Media Agency) biratangaza amakuru akurikira, Umwakagara Paul Kagame wimitswe n\u2019America kuba umukuru w\u2019igihugu cy\u2019uRwanda nyuma ya genocide yakorewe ubwoko bw\u2019Abatutsi mu w\u20191994 akaba amaze imyaka (30) ku butegetsi arifuza igisasu yagura akarimbura uRwanda.<\/p>\n","protected":false},"author":47471,"featured_media":17647,"comment_status":"closed","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[198,2],"tags":[],"class_list":["post-17645","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-slider","category-top-news"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/17645","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/47471"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=17645"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/17645\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":17648,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/17645\/revisions\/17648"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/17647"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=17645"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=17645"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=17645"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}