{"id":17607,"date":"2024-05-18T12:18:11","date_gmt":"2024-05-18T12:18:11","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/?p=17607"},"modified":"2024-05-18T12:18:11","modified_gmt":"2024-05-18T12:18:11","slug":"rcce-bavomeye-mukiva","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2024\/05\/18\/rcce-bavomeye-mukiva\/","title":{"rendered":"RCCE bavomeye mukiva!!!"},"content":{"rendered":"<p>&nbsp;<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ibiro ntaramakuru byo mu ijuru (<span style=\"color: #0000ff;\">Heaven News Media Agency<\/span>) biratangaza amakuru akurikira: uyumunsi taliki ya 18 gicurasi,2024 za magigiri za Leta ya Roman Catholic Church Emperor bafatanije na Leta ya Samuei William RUTO, bategeye Umwami Kigeli Ndoli uhereye kuri cyber opposite Ongata Rongai bus stage aho ajya akorera kugera muri 300 kilometer.<\/em><\/p>\n<p><!--more--><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Kubera bo bazi iby\u2019Ubuhanuzi neza bahisemo guhagarika ibya hacking ahubwo bayoboka ibyo twakwita (physical face to face tracking and report) bisobanuye kugenza umuntu aho waba uzi ko akunze kuba ari cyangwa aho akorera ukahahagarara kuzageza umubonye. Ni umulimo utoroshye kuko uba utazi aho ari buturuke ugapfa gutomboza bijyanye wenda namakuru waba warumufiteho.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Bahagaze guhera kuri stage ya Rongai barazamuka bagera ahitwa Olelai primary school, bihaye inshingano zo kuhirirwa umunsi wose kugeza byibuze mu masaha ya ni munsi wenda kugeza nka saa 6\u201d30-45<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Reka twongere dufashe izi njiji mu menyereye z\u2019abega zigize ibinaniramana hamwe na za nkozi z\u2019ibibi za kiliziya gatolica. Mugerageza kureba za movies zakinwe zerekana imanza zitabera z\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo. Ariko bisaba kuba ufite mu mutwe niho ushobora gutahura izi movies icyo zishatse kuvuga no kuba warakurikiranye Ubuhanuzi hamwe n\u2019imanza zitabera kuva bigitangira.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Kumpande zose cyangwa muri izi movies zose murabonamo ahantu hose harimo umugore n\u2019umugabo ari bo bakina bakarangiza za movies hamwe na hamwe umugore arapfa hagasigara umugabo (bisobanuye Churches) zizacirwaho iteka nimanza z\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Izo links nagerageje kubaha kugirango ababishoboye muzishake niba mwazisanga kuri net muzirebe neza mu menye uko amahanga akurikiranira hafi iby\u2019imanza zitabera, mugihe RCCE hamwe n\u2019abega bo birirwa bahiga Umwami Kigeli Ndoli bibwira yuko bashobora kumubona. Bararindagiye peeee!!!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"color: #ff00ff;\"><u>Britain movies concerning prophecies and God\u2019s judgements <\/u><u>(rerated England government spy\u2019s organization movies<\/u><\/span>)<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Alex. Rider. S01.COMPLETE. 720p.AMZN. WEBRip.x264-GalaxyTV TGx<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Alex.Rider. S02.WEBRip.x264-ION10<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"color: #ff00ff;\"><u>USA movies concerning the world prophecies and God\u2019s judgements <\/u><u>(rerated Roman Catholic Church Emperor and government spy\u2019s organization movies<\/u><\/span>)<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Damien.S01. XviD-ZMNT <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Mission- Impossible &#8211; Dead Reckoning Part One (2023)<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"color: #ff00ff;\"><u>Brazil movies concerning the world prophecies and God\u2019s judgements <\/u><\/span><u><span style=\"color: #ff00ff;\">(rerated with bible robber\u2019s scriptures about returning to the second coming Messiah movies<\/span>)<\/u><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Criminal Code S01<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Gukeka mu Buhanuzi nta bwo bibaho, gutinda gusohoza kw\u2019isezerano kubera inzitizi z\u2019ababurwanya bituma azamurwa mu ntera:<\/u><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Iyo Ubuhanuzi bukubwiye yego, ubwo niko biba bimeze, iyo bukubwiye oya, ubwo niko biba bimeze. Aha ndavuga ku giti cyawe kuri gahunda zawe ushobora gufatira ibyemezo ari ntawe ubanje kugisha inama. <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Muri iy\u2019isi halimo abantu (3)<\/u><\/em><\/p>\n<ol style=\"text-align: justify;\">\n<li><em>Hariho umuntu usanzwe waremwe n\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo waje gukora ibinyuranye ni byo Uwiteka Nyiringabo yifuza bituma badacana uwaka. N\u2019ubwo Uhoraho Nyiringabo yakomeje kumurwanaho ngo arebe uko yakwivana mu bukoloni bwa Satani na abadayimoni, byagaragaye yuko umuntu atabikozwa ahubwo ashaka kwibanira na Satani kubera abona ibyo atemerewe namategeko y\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.<\/em><\/li>\n<\/ol>\n<ol style=\"text-align: justify;\" start=\"2\">\n<li><em>Igice cya kabili n\u2019imbaraga zibiremwa byitwa imyuka mibi cyangwa bifite ubushobozi bwo gukorana na bantu bibashobozi kugera ku byo batakabaye bageraho mu buryo butari ubw\u2019ubumana, ahubwo ari uburyo bwa Satani kugirango ikiremwa muntu gikomeze kuyoba no kurwanya umugambi w\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo. Ibi biremwa bikorana na bantu kandi bikurikiranira hafi cyane ibikorwa bya bantu kugirango babashe gukontorola ibyo bakora batazavaho bigenga bigatuma iyi myuka mibi itabasha kubona abo bakorana nabo, cyane ko ari bo babaha ubwenge bakoresha bunyuranye n\u2019ubwo Imana yabahaye!!!<\/em><\/li>\n<\/ol>\n<ol style=\"text-align: justify;\" start=\"3\">\n<li><em>Igice cya gatatu ni abamalaika baremwa nk\u2019ibiremwa byitwa abantu kuko abamalaika batagira umubiri bisaba ko bavuka bakabyarwa na bantu kugirango abzabashe gukora imilimo yabo kw\u2019isi yabazima ariko bitwa abantu cyangwa bafite ishusho ya bantu ku buryo udashobora gutahura ko ari abamalaika. Bashinzwe gukurikirana ibikorwa byose abantu bakora bya buri munsi kugirango babashe kumenya ibyo bakora byose.<\/em><\/li>\n<\/ol>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Isi rero ilimo guhura na kaga gakomeye cyane bitewe n\u2019umuntu utitaye k\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo. Ibihugu byinshi cyane mwumva byateye imbere ntabwo ar\u2019uko bizi gukora kurusha ibindi, ahubwo iyo babonye igihugu runaka kilimo kuzamuka mu buryo bwose bushoboka, bahita bahateza intambara. Byabananira guteza intambara bitewe na politike bagenderaho iba yaramaze gushinga imizi muri (democracy) bagateza ibibazo mu by \u2019ubukungu (threatened economy).<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Bagahagarika ku kugurira ikawa, icyayi se, mbese ibicuruzwa babona bishobora kuzamura ubukungu bwanyu. Nta na rimwe bajya bifuza ko ibihugu by\u2019Africa habamo amahoro kuko niho bahahira kubera kuhateza amapfa, akaga intambara, ni byago by\u2019inzara zitarangira. <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Iyo bagize amahirwe bakaba bafite umutegetsi w\u2019injiji umeze nk\u2019Umwakagara, barishima cyane! Ubundi Museveni bibwiraga ko azamera nk\u2019Umwakagara, ariko basanga Museveni yarize adashobora kwemera kuba injiji uko babishaka. Ninayo mpamvu rimwe na rimwe Imana ijya umureka akaguma ku butegetsi kubera ko atajya yemera ubugoryi bwabo, n\u2019ubwo nyine nawe atabura kuba yifitiye iyo myuka mibi imwifashiriza gukiranirwa.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Icyo dushaka kuvuga hano, nta bwo umuntu yashobora gukontorola umuntu waremwe mu bw\u2019Abamalaika ngo azabishobore. Kuko aba afite ubushobozi bwose bushoboka bwo kureba no kubona ibikorerwa mw\u2019isi byose ndetse abasha no gukontorola umuntu wese ufite gahunda yo kumugirira nabi. Abaye adafite ubwo bushobozi ntabwo yabasha gutunganya no kurangiza inshingano yahawe gukorera kw\u2019isi y\u2019abazima. Ibi biremwa byaremwa mu buryo bw\u2019abadayimoni biri mu kaga gakomeye cyane niyompamvu bisaba abategetsi gukora ibishoboka byose ngo bahitane umucamanza uca imanza zitabera.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Urugero rwa hafi cyane muri Leta zunz\u2019ubumwe z\u2019America JOE BIDEN alimo gusaba akomeje cyane ko abanyaMerica badakwiriye kuzatora former president Donald Trump ngo kuko aramutse atowe demokarasi y\u2019America izaba iri mukaga gakomeye cyane!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ikigo cya IPSOS gishinzwe ibarurishamibare kuri demokarasi kiviuga ko 22% by\u2019 abanyaMerica bo mu ishyaka ry\u2019aba democrate bahangayikishijwe na (democracy) kurusha guhangayikishwa n\u2019ubukungu. N\u2019umbwa mbere muri America amashyaka yombi yiyamamaje muri gahunda zabo zibyo bazakora nta hantu na hamwe bavuze kuri Africa. Icyintu kidasanzwe ku ba democrate.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>IPSOS ikomeza ivuga ko 17% by\u2019abanyaMerica aribo gusa bahangayikishijwe niby\u2019ubukungu.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Isi yamaze gucirwaho iteka, buri gihugu kizajya gihanwa hakurikijwe gukiranirwa kwacyo. Ibyago, akaga, amakuba, byose bazajya bikurikiza gukiranirwa kwabyo ndetse hanarebwe imanza baciriwe uko zingana, kugirango hafatirweho igipimo cyo guhana ibyo bihugu.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Kuva US yacirwaho iteka mu by\u2019ubukungu, ibihugu byinshi bilimo kugenda bashakisha uko barwanya dollar ngo ridakomeza kwiganza no gutegeka isi. Ibihugu byamaze gutangaza kumugaragaro ko bazajya muri BRICS ishyirahamwe rya CHINA, RUSSIA, BRAZIL, INDIA, SOUTH AFRICA, IRAN, TURKY, North KOREA, ni bindi byinshi bishobora gutuma dollar rita agaciro kw\u2019isi bityo ingufu z\u2019America zikagabanuka.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Amatora y\u2019America nibaramuka batoye Donald Trump bashobora kuzagira amahirwe yo kuba byibuze basunika iminsi. Ariko nibaramuka bibeshye nk\u2019uko Ubushize bibye amajwi bagaha ubutegetsi JOE BIDEN, bazajya mukaga katigeze kubaho. Ubuhanuzi bukimara gutangaza ko JOE BIDEN aziba amatora akaba ari we utegeka igihugu cya America twahise tumuciraho iteka.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ndetse ubukungu bw\u2019America bwaciriwe iteka kubera JOE BIDEN. N\u2019ubu ni bibeshya bazahura na kaga gateye ubwoba. <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>NB: <u>Donald Trump natsinda amatora y\u2019umukuru w\u2019igihugu agasubira ku butegetsi, ni jye wamushyizeho 2016, kandi yakoze ibyo yasabwaga gukora kugirango asohoze Ubuhanuzi bwa bibiliya. Nasubiraho icyo agomba gukora cyihutirwa n\u2019ugukuraho (Umwakagara PAUL KAGAME).<\/u><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>In frailer to which, I will have condemned them, and judge United State of America totally, where by they\u2019ll face calamities and disasters than ever. I want to be clear here and specific<\/u>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>If JOE BIDEN will win again, also the United State will be face seriously God\u2019s judgement whereby they \u2018will regret their whole lives, in so many years in this world. That man is devil 100%. Now the devil is in trouble because his days are over. So dear America please be watchfully and be KIN let us America be recovered again. But in accordance that you must follow my advices so that you can be take breath in this evil days<\/u>. <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Note that it is possible China can take over USA to be super power number one in the world.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"color: #ff00ff;\"><em>egretnewseditor@gmail.com\u00a0<\/em><\/span><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>&nbsp; Ibiro ntaramakuru byo mu ijuru (Heaven News Media Agency) biratangaza amakuru akurikira: uyumunsi taliki ya 18 gicurasi,2024 za magigiri za Leta ya Roman Catholic Church Emperor bafatanije na Leta ya Samuei William RUTO, bategeye Umwami Kigeli Ndoli uhereye kuri cyber opposite Ongata Rongai bus stage aho ajya akorera kugera muri 300 kilometer.<\/p>\n","protected":false},"author":47471,"featured_media":17272,"comment_status":"closed","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[198,2],"tags":[],"class_list":["post-17607","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-slider","category-top-news"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/17607","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/47471"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=17607"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/17607\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":17609,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/17607\/revisions\/17609"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/17272"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=17607"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=17607"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=17607"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}