{"id":17557,"date":"2024-05-06T09:58:55","date_gmt":"2024-05-06T09:58:55","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/?p=17557"},"modified":"2024-05-06T09:58:55","modified_gmt":"2024-05-06T09:58:55","slug":"agatinze-kazaza-namenyo-yaruguru-kandi-ibyo-mutinya-nibyo-bizababaho","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2024\/05\/06\/agatinze-kazaza-namenyo-yaruguru-kandi-ibyo-mutinya-nibyo-bizababaho\/","title":{"rendered":"Agatinze kazaza n\u2019amenyo yaruguru, kandi ibyo mutinya, nibyo bizababaho"},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\">\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>May 5,2024 inkuru dukesha ibiro ntaramakuru byo mu ijuru (<span style=\"color: #3366ff;\">Heaven News Media Agency<\/span>) uyu munsi ku cyumweru taliki ya 5 gicurasi,2024 abega bari biteguye guhitana Umwami Kigeli Ndoli, ariko ikibabaje nta n\u2019ubwo bari bazi aho bashobora kumubona usibye gusa kujya gutegera aho ajya akorera imilimo ye yo guca imanza zitabera.<\/em><\/p>\n<p><!--more--><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ubuhanuzi bwavuze ko, ngo abega babajwe cyane ni uko kwa Rwigara bahawe andi mahirwe yo kuba bakurirwaho gucirwaho iteka. S\u2019ubwa mbere bagambirira guhitana Umwami Kigeli, ariko kuva aho kwa Rwigara baciriweho iteka, byarabashimishije cyane, bituma gahunda yo guca igihanga Umwami Kigeli Ndoli basa na bayivuyeho batangira gahunda yo gushakisha uko bazavugana nawe nk\u2019uko tubikesha Ubuhanuzi bwagiye babishyira ahagaragara. <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Balimo bibaza niba gahunda yo gukuraho za <span style=\"color: #ff0000;\">files numbers<\/span> niba yaba ilimo na gahunda yo kongera gusubira mu isezerano rya Nyampinga hamwe n\u2019Umwami Kigeli Ndoli kuko yari yararangiye. Ndetse hagatangazwa ko umukobwa wumva yifuza kuba <span style=\"color: #3366ff;\">NYAMPINGA<\/span> yazasimbura Diane Rwigara ashobora kwindikira Umwami Kigeli Ndoli. <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ubuhanuzi bukomeza buvuga ko, no kuba gahunda yabo balimo bategura yo gushakisha uko bazatanga igihugu maze Ubuhanuzi bukabitera imbone bigashyirwa ahagaragara, ngo nabyo byarababangamiye cyane, kuko bifuzaga kubikora mu ibanga. Ndetse bavuga ko ngo byabatesheje agaciro cyane ko, hariho n\u2019amatora y\u2019ikinamico balimo bategura azaba mukwezi kwa nyakanga 14, 2024 bigatuma abanyamuryango babo barushaho gutakariza ikizere ingoma y\u2019abega kandi bagahita babona amarembera y\u2019ingoma yabo. Ikintu batifuza ko cyashyirwa ahabona kugirango babe mu mwijima, maze kuzavaho kwabo kuzatungurane. <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Za magigiri zabo zateze guhera mu gitondo zigeze saa cyenda ziratumuka zitaha zitabonye umuhigo zahigaga. Ubuhanuzi buvuga ko ngo ubutegetsi bwose bwazajyaho kwa Rwigara babifitemo akaboko, abega bavuga ko ngo batazabura guhura n\u2019ingaruka zibyo bakoze! <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Icyintu gisekeje kandi gitangaje cyane, kigaragaza ko ingoma y\u2019abega igeze mu marembera, Umwakagara yategetse RDF gukora (<span style=\"color: #ff0000;\">draft of memorandum of understanding MOU<\/span>). Hagati y\u2019ingoma y\u2019abega n\u2019Umwami Kigeli Ndoli. Ukibaza ukuntu uruhande rumwe rwategura (<span style=\"color: #ff0000;\">memorandum of understanding MOU<\/span>). Bikakuyobera!!! <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Kuba ibyo balimo kubitekereza no kubitegura, bigaragaza ubushake, ariko nabwo byaturutse ku bwoba kuko Ubuhanuzi bwavuze ko badashaka kwinjizwa mu butayu ahubwo bahitamo kwishyura miliyari 89BN zavuzwe n\u2019Ubuhanuzi kugirango batajyanwa mu butayu bugufiya. <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Icyo batazi ntabwo bazi iherezo ryabyo, yego bazajyanwa mu butayu bugufiya, ariko mbere yuko babujyanwamo hagati yo gukurwa ku ngoma, no koherezwa mu butayu bugufiya hariho ibigomba kuzakoreka kugirango ibyahanuwe byose bigerweho. Ese bazi Umwami Kigeli Ndoli hamwe na bajyanama be, batekereza iki? Ese bazi kuvaho kwabo kuzagenda gute? Ku buryo bategura inyandiko y\u2019amasezerano y\u2019umwumvikano urundi ruhande rudahari!? Ese gutanga izo miliyari 89 aho ntibibwira ko ari ineza bazaba bagiriye Umwami Kigeli Ndoli ku buryo bazazizana hamwe namategeko? <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>None se ufite ikibazo ninde? N\u2019Umwami Kigeli Ndoli, cyangwa n\u2019abega? None se hagati y\u2019Umwami Kigeli Ndoli n\u2019abega ninde ufite ijambo rya nyuma rishobora kwemeza ibisabwe cyangwa ibidakenewe? Gutanga izo miliyari nibo bigirira neza ntabwo ari Umwami Kigeli Ndoli bagirira neza kuko nibo bigura kugirango batazahabwa igihano cyo kujyanwa mu butayu. Mu yandi magambo nikiguzi. Kutishyura izo miliyari ntabwo bizabuza Umwami Kigeli Ndoli kwima ingoma, no kuzishyura ntibivuze ko abega batazakurwaho ibintu bikwiye gusobanuka neza. <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Gushaka kwica Umwami Kigeli Ndoli kubera kutumvikana kwabo no kwa Rwigara, n\u2019ubugoryi bukomeye cyane! Kuko kwa Rwigara bafitanye umubano wabo n\u2019Imana yo mu ijuru. Nta wundi muntu ushobora kwinjira hagati y\u2019umubano wabo n\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo kuko bafitanye urubanza nawe<\/u>. <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Kuba yarabahaye amahirwe ya nyuma byaturutse mu marira balimo barira bavuga ko ngo bahannwe inshuro ebyeri. Ko batakaje umukobwa wabo Anne Uwamahoro Rwigara, hanyuma bakanacirwaho iteka. <u>Uwiteka yateje ubwega yumvisha umucamanza Ainesha ko asabwa kumvikana no kwa Rwigara<\/u> <u>akabaca icyiru bagitanga akabakuriraho gucirwaho iteka. Bivuze yuko ijambo ryo gufata icyemezo<\/u> <u>n\u2019umucamanza wenyine uzafata icyemezo cyiza cyangwa kibi kandi na bwo bizaterwa no kwa Rwigara.<\/u> <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>NB: <u>aha haravugwa umuryango wa Rwigara ntabwo bisobanuye ko n\u2019abavandimwe babo bagomba<\/u> <u>gukurirwaho gucirwaho iteka (<span style=\"color: #ff0000;\">files numbers<\/span>) kuko ari ntaho Imana yabavuzeho, ibyo byaterwa n\u2019umucamanza<\/u> <u>wenyine ndagirango bisobanuke neza kugirango madam Rwigara atazibwira ko barumuna be<\/u> <u>cyangwa musaza we cyangwa se inshuti ze, nabo babarirwa mu bagomba gukurirwaho gucirwaho<\/u> <u>iteka.<\/u> <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Abavugwa naba bakurikira:<\/u> <\/em><\/p>\n<ul style=\"text-align: justify;\">\n<li><em>Rwigara Assinapol <\/em><\/li>\n<li><em>Uwamahoro Anne Rwigara <\/em><\/li>\n<li><em>Mukangemanyi Adeline Rwigara <\/em><\/li>\n<li><em>Shima Diane Rwigara <\/em><\/li>\n<li><em>N\u2019abahungu be 2 <\/em><\/li>\n<li><em>N\u2019imitungo yabo <\/em><\/li>\n<\/ul>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Abandi n\u2019ibintu byarebwaho ko bishoboka cyangwa bidashoboka. Hakaba hafatwa icyemezo nyacyo mu gihe hubahirijwe amategeko y\u2019ibisabwa hagendewe kumpamvu nyirizina zatewe gucirwaho iteka. Ntekereza ko abega bashobora kuba balimo kwibeshya cyane kubijyanye no kwica Umwami Kigeli Ndoli kuko bidashoboka. Ariko kandi kwa Rwigara bigenzure neza niba hagati muri bo niba ari nta magigiri ubalimo utwarira amakuru abega bakamenya gahunda zabo. <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"color: #ff00ff;\"><em>egretnewseditor@gmail.com\u00a0<\/em><\/span><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>May 5,2024 inkuru dukesha ibiro ntaramakuru byo mu ijuru (Heaven News Media Agency) uyu munsi ku cyumweru taliki ya 5 gicurasi,2024 abega bari biteguye guhitana Umwami Kigeli Ndoli, ariko ikibabaje nta n\u2019ubwo bari bazi aho bashobora kumubona usibye gusa kujya gutegera aho ajya akorera imilimo ye yo guca imanza zitabera.<\/p>\n","protected":false},"author":47471,"featured_media":16478,"comment_status":"closed","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[198,2],"tags":[],"class_list":["post-17557","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-slider","category-top-news"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/17557","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/47471"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=17557"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/17557\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":17559,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/17557\/revisions\/17559"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/16478"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=17557"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=17557"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=17557"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}