{"id":17490,"date":"2024-04-25T10:08:56","date_gmt":"2024-04-25T10:08:56","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/?p=17490"},"modified":"2024-04-25T10:09:57","modified_gmt":"2024-04-25T10:09:57","slug":"umwakagara-paul-kagame-imana-twayirashe-ijisho-rimwe-ubwo-twari-kumulindi-wa-byumba","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2024\/04\/25\/umwakagara-paul-kagame-imana-twayirashe-ijisho-rimwe-ubwo-twari-kumulindi-wa-byumba\/","title":{"rendered":"Umwakagara Paul Kagame: Imana twayirashe ijisho rimwe ubwo twari kumulindi wa Byumba"},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\"><em>Inkuru dukesha ijwi ry\u2019America (VOA) yemeza ibimenyetso by\u2019Ubuhanuzi twanditse taliki ya 20 April, 2024 ubu Buhanuzi bufite umutwe wa magambo ugira uti \u00abamarembera y\u2019ihirima ry\u2019umwana w\u2019unwega UMWAKAGARA PAUL KAGAME\u00bb ubu buhanuzi bulimo ibimenyetso byanditswe nijwi ry\u2019Aamerica aho bavuze ko abacunga gereza bari mu myigaragambyo yo kwiyicisha inzara kubera kudahembwa umushahara wabo w\u2019intica ntikize, utakijyanye n\u2019ibihe tugezemo. Aho ubukungu bw\u2019uRwanda bwahirimye ariko bagakomeza kubihishira ari na ko bagenda baha za ruswa bank y\u2019isi yose (IMF world bank). Ngo yemeze ko ubukungu bw\u2019ingoma y\u2019abega bumeze neza.<\/em><\/p>\n<p><!--more--><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ubuhanuzi bukomeza buvuga ko, abashinzwe umutekano kuri Kaminuza yahoze yitwa KIST ubu yahindutse Kaminuza nkuru y\u2019uRwanda, ko bazakaza umutekano waho, ari nako bakaza umukandara (kwicwa n\u2019inzara). Ubuhanuzi bagakomeza bugira buti, ndetse mu murwa mukuru wa Kigali hazaba hari ishusho y\u2019ubutayu butagira amazi (the great wilderness in the capital city of Kigali).<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nyuma y\u2019iminsi (3) twanditse Ubuhanuzi ndetse tukanabutangaza ku kinyamakuru <a href=\"http:\/\/www.inyangeNews.com\">www.inyangeNews.com<\/a> bwahise busohoza umulimo wabwo maze itangazamakuru rya VOA rishyira ahagaragara ibimenyetso byanditswe cyera n\u2019Ubuhanuzi n\u2019ubwo ubu twatangaje byasaga no kubusubiramo.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Umwana w\u2019umwega yabajijwe icyo yaba avuga kubijyanye n\u2019Ubuhanuzi buvuga ko ingoma ye izahirima, yasubije ko ngo ubwo bari kumulindi wa byumba Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo bamurashe ijisho rimwe. Ngirango ashobora kuba yicuza impamvu batayirashe amaso yombi byashoboka ko rya jisho rimwe ari ryo ryaba rilimo kubabuza amahwemo<\/u>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Tumaze gutangaza ubwo Buhanuzi Umwakagara yahise ategeka ko bakwiye guhiga Umwami Kigeli Ndoli vuba byihuse! Uhereye (last Sunday, Monday, and Tuesday). <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>The Rwandan spies in Nairobi they \u2018were up and down, looking the great prophet for assassination. But as always they working in vain.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Bakamye ikimasa nk\u2019ibisanzwe! Ariko igitangaje cyane kandi kigaragaza ubujiji n\u2019ubugoryi by\u2019abega, bahiga Umwami Kigeli Ndoli arangije gukora umulimo niho babona kuza kumuhiga, bameze nka police ijya gucunga umutekano w\u2019ibamaze kwibwa, aho kubirindira umutekano mbere yuko byibwa!!!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ubuhanuzi buvuga ko ingoma y\u2019abega izakurwaho n\u2019inzara, n\u2019Ubuhanuzi bwo mu myaka ishize itari iyakure, cyane ubwo mu bihe bya covid19. Bwavuzeko hazabaho inzara ikomeye cyane aho abaturage bose bazahinduka amabandi kuzageza aho Umwakagara azihisha mu nzu ye akazajya yirinda gusohoka ngo ajye ahagaragara. Ubuhanuzi kandi bukomeza buvuga ko icyo gihe hari abanyamahanga bazoherezwa kuza gutura mu Rwanda.Intekoshingamategeko y\u2019Ubwongereza Byarangiye yemeje itegeko ry\u2019abasaba ubuhungiro koherezwa mu Rwanda, kabone n\u2019ubwo umuryango wabibumbye (United Nations) wabyamaganiye kure ugasaba ko bakwiye guhindura iryo tegeko.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Sibyo gusa, kuko ibyo kohereza impunzi zisaba ubuhungiro mu Rwanda twabiciriyeho iteka, twibwira yuko byaba ariyo mpamvu byaba bikomeje gukururana. Ariko hagati aho, mu gihe Ubuhanuzi bwaba bwaravuze ko kuza kw\u2019impunzi bishobora gufatwa n\u2019ikimenyetso n\u2019ubwo tutabyibuka neza, ibyo bakora byose kuburizamo impunzi kujya mu Rwanda ntabwo byakunda.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ariko niba ar\u2019Ubuhanuzi gusa, imanza zitabera z\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo zishobora kuburizamo uwo mugambi. Twibutse ko Ubuhanuzi bwavuze ko, ihirima ry\u2019ingoma y\u2019abega izahitama abanyamahanga benshi cyane bazaba batuye mu Rwanda.Mu gihe ziriya mpunzi z\u2019Ubwongereza zigera kubihumbi (5200) ndetse basaga, Baramutse baguye mu Rwanda mu gihe UN idashyigiye uwo mugambi, bizabazwa inde?Twibutse ko UN ariyo ifite munshigano zayo ibijyanye n\u2019impunzi.Ubanza itegeko rya Leta y\u2019Ubwongereza ridashobora gusimbura itegeko rya UN naho Leta y\u2019UBwongereza yaba ar\u2019umufatanya bikorwa mu gutera inkunga ishami ry\u2019umuryango wabibumbye ryitwa HCR rishinzwe impunzi kw\u2019isi.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Twibutse kandi ko muri ubu bucuruzi bw\u2019impunzi (human trading) burimo gukorwa na Leta zombi yaba Leta ya Kigali, cyangwa se Leta y\u2019Ubwongereza, Umwakagara yamaze kwicyira million ijana \u00a3100 za ma pound (\u00a3 hundreds of millions of pounds) (equivalent of Rwandan shillings\u2019 sum of amount 167,500,000,000) izi ni triyali 167,500 n\u2019igice. Umugambi nyirizina n\u2019utungana bazongerwa million 250 za ma pound.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Tekereza ba prime ministers b\u2019Ubwongereza bose bagiye begura babaziza ko ngo uwo mushinga utizwe neza. Uzawutunganya urumva azakuramo akayabo kanganiki? Tekereza Umwakagara abonye cash nk\u2019izi zidaturutse mu misoro yabaturage be, ahubwo ziturutse mu misoro yabaturage bo mu Bwongereza, harya nayashyira kumufuka we ubwo abanyarwanda hari icyo muzabaza!??<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ariko na none kuba Ubuhanuzi ndetse n\u2019imanza zitabera z\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo zaraciriyeho iteka ubuhunzi mw\u2019isi yabazima, ukareba n\u2019Uburyo abanyaBurayi ndetse n\u2019America ikibazo cy\u2019ubuhunzi kilimo kugenda gifata indi ntera aho balimo gukora ibishoboka byose ngo impunzi z\u2019abanyafurika ndetse nabaturuka kumugabane w\u2019Asia zisubizwe mu bihugu byabo baje baturutsemo, usanga haba hari ubwoba butari bwashyirwa ahagaragara n\u2019impamvu yabwo ituma bamagana izo mpunzi. Ariko Canada yo iherutse gutangaza ndetse n\u2019inshuro byeri ko ikeneye impunzi zigera kuri million 1.5 kugera muri uyu mwaka mukwezi gutaha kwa gatanu 2024.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ariko andi makuru dukesha itangazamakuru rya InyangeNews Media Agency, avugako, ziriya tiriyali zitiriwe impunzi z\u2019Ubwongereza, ariko umugambi nyirizina ngo n\u2019uwo kurwana intambara muri DRCongo no gusahura umutungo wayo kamere wamabuye ya gaciro.Uyu mugambi uvugwamo n\u2019Uburayi cyane igihugu cya France.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"color: #ff00ff;\"><em>\u00a0egretnewseditor@gmail.com\u00a0<\/em><\/span><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Inkuru dukesha ijwi ry\u2019America (VOA) yemeza ibimenyetso by\u2019Ubuhanuzi twanditse taliki ya 20 April, 2024 ubu Buhanuzi bufite umutwe wa magambo ugira uti \u00abamarembera y\u2019ihirima ry\u2019umwana w\u2019unwega UMWAKAGARA PAUL KAGAME\u00bb ubu buhanuzi bulimo ibimenyetso byanditswe nijwi ry\u2019Aamerica aho bavuze ko abacunga gereza bari mu myigaragambyo yo kwiyicisha inzara kubera kudahembwa umushahara wabo w\u2019intica ntikize, utakijyanye n\u2019ibihe<\/p>\n","protected":false},"author":47471,"featured_media":10269,"comment_status":"closed","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[198,2],"tags":[],"class_list":["post-17490","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-slider","category-top-news"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/17490","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/47471"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=17490"}],"version-history":[{"count":2,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/17490\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":17493,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/17490\/revisions\/17493"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/10269"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=17490"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=17490"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=17490"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}