{"id":17479,"date":"2024-04-23T09:41:14","date_gmt":"2024-04-23T09:41:14","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/?p=17479"},"modified":"2024-04-23T09:41:14","modified_gmt":"2024-04-23T09:41:14","slug":"foolish-people-foolish-government-abantu-bibigoryi-nubutegetsi-bwibibigoryi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2024\/04\/23\/foolish-people-foolish-government-abantu-bibigoryi-nubutegetsi-bwibibigoryi\/","title":{"rendered":"Foolish people, foolish government. Abantu bibigoryi, n\u2019ubutegetsi bw\u2019ibibigoryi!!!"},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\">\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Birashoboka yuko umuntu ashobora kuba afite uburwayi bukomeye isi itari yasobanukirwa, mu bisanzwe ubundi umuntu wese arushwa no gushaka kumenya akibazo afite kugirango ashakishe umuti wicyo kibazo.Nyuma yo kumenya ikibazo no gushakisha umuti biramvikana neza yuko ikibazo kiba gikemutse burundu cyangwa se bikaba ibyo guhozaho.None niba isi yose yaramaze kumenya yuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo alimo guca imanza zitabera\u00a0 mu byaremwe byose, ingoma y\u2019abega yirirwa ihiga Umwami Kigeli Ndoli wahawe guca imanza zitabera yaba iruhira iki? <span style=\"color: #ff00ff;\"><u>Now it is the time for everyone accountability for what you\u2019ve done in this world. Whether you like nor not. You must be accountable<\/u><\/span>.<\/em><\/p>\n<p><!--more--><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Izi manza zicibwa Uwiteka Imana Nyiringabo azihagarikiye ku buryo udashobora kwibeshya kuba warenganya umuntu, yewe no kwibeshya kumubare runaka ugize file number y\u2019umuntu ahita agusubirishamo akakwereka ko wakoze amakosa.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>None niba ar\u2019uko bimeze, aba abega ntibaba baruhira ubusa!? Uwiteka niwe ushinzwe kulinda umutekano w\u2019Umwami Kigeli Ndoli, nk\u2019uko Umwakagara ingabo ze zishinzwe kumulindira umutekano. None ingabo z\u2019abega zabasha kulinda shebuja, hanyuma Uhoraho Uwiteka Nyiringabo akananirwa kulinda umugaragu we?! Ese iri ntabwo arishyano! Mu bwonko bw\u2019abega hashobora kuba halimo amazi!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Kumunsi wejo ku cyumweru bikoreye za camera zifite zoom baragenda bajya gutegura aho nsanzwe nkorera usibye ko kucyumweru ntajya mpakorera njya gukorera ahandi. Birirwayo kugeza saa cyenda nigice (3:30pm) babonye ko ntaje baratumuka baragenda. Ubu basigaye bakorera mu bice (2) hari (Roman Catholic Church Emperor RCCE) bo bashakishije wa mu bikira wakivuyemo twakoranaga bamuha intonorano nyuma yo kumpa amakuru yose asubira kubikorera ubu yirirwa ampiga kandi yaravugaga ko ngo akijijwe kandi ko ngo we yashakaga Imana aza gusanga RCCE bakorera Satani. Bahaye ikiraka nyiri cyber ko azajya abaha amakuru igihe nzaba nje gushyiraho amakuru kugirango nabo bahite binjira mu binyamakuru byanjye bahite babisenya cyangwa babishimute bakureho imanza zitabera kuko bamaze gucirwaho iteka hamwe nabayoboke babo.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>(In another hand); abega bo birirwa bampiga ngo banyambure (passport) wagirango niyabo. Uwo mugambi bawuhuje n\u2019abasinga bayobowe na Kaguta Yoweri Museveni akoresheje Kayumba Nyamwasa.Ibi nibigaragara yuko yaba abega cyangwa abashambo bose bafite ubwoba ku ngiye kwima ingoma kandi bari baziko bacakiye burundu ntawuzayibambura.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ubundi inzego ziperereza zose kw\u2019isi, zitwa izina rimwe zihuriraho ryitwa (secret services) n\u2019inzego zikorera mu ibanga. Uko gukorera mu ibanga niko gutuma ibyo bashaka byose babigeraho kuko bakoresha abantu udashobora gukeka cyangwa kumenya baza biyambitse uruhu rw\u2019intama kandi ari amasega aryana!!!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>So now, in one of the mandates of the prophecy, is that the prophecy must revealed all things happening in secret places in the world. Inshingano imwe ikomeye cyane y\u2019Ubuhanuzi n\u2019ugushyira ahabona ibikorwa byose bikorerwa mu ibanga mw\u2019si yabazima. Ubwo se byashoboka gute ko za magigiri zigera kumugambi wazo kabone naho zaba zigigira mu buryo bumeze gute, urumva koko Ubuhanuzi wabunyura hehe??? <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>This is ridiculous! So you have to remember this, you\u2019re not fighting me, rather you\u2019re fighting against God of heaven who\u2019s your creator! So tell me, how can you do that? This is stupidity!!! Now it\u2019s almost one decade and half you do all the possible to demolish nor destroying God\u2019s work and my life. But whatever you tried to do are in vain.<\/u><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>\u00a0 None se mwibwira yuko haba har\u2019igihe muzagira amahirwe yo kuzabigeraho? Niba mutananirwa ni jyewe uzananirwa? None se abega muwibwira yuko imigambi yanyu muzayigeraho? Impamvu mutari mwakurwa ku ngoma, nikibazo cy\u2019igihe. (It is a matter of time) Umunsi kizagera mu isaha mukadomo uwo munsi ntabwo ingoma muzayiraraho.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ubushize nabonye muhangayitse cyane ngerageza kubafasha mbagezaho inyandiko kuri egret news aho nabahaye inzira ebyeri (two options) niba mudashaka kujyanwa mu butayu, murasabwa kwishyura (89 BN Kenya money) nk\u2019inzira ya (negotiations) uko mwava ku butegetsi mu mahoro hatabaye intambara izabajyana mu butayu muzabamo imyaka yose y\u2019ubuzima bwanyu.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ibyo mwarabyanze ngo murashaka gusangira ubutegetsi. Icyintu kidashoboka kuko namwe mwanze gusangira nabandi, kuki ibyo mwanze gukorera abandi mwebwe mushaka ko mubikorerwa? Ariko mwumva mufite ubwenge kurusha abandi? Common! Please!!!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>I need you to understand this, remember this is the last judgements for the second coming of the world. It is not something special against you because of who you\u2019re. Not at all! It\u2019s not segregation against you, it\u2019s not hatred against you, it\u2019s not genocide as you like to use this word to influence the whole world so that you can gain something you may want it in this world.<\/u><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>IT IS THE LAST JUDGEMENT FOR THE SECOND COMING TO JUDGE THE WHOLE WORLD.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Job yaravuze ngo, ibyo utinya nibyo bizakugeraho. Igihe cyose uhorana ubwoba, nikimenyetso cy\u2019uko utiyizeye mu byo ukora. N\u2019ikimenyetso cyo gukiranirwa mu byo ukora. N\u2019ikimenyetso cy\u2019uko byanze byakunda ugomba kuva ku butegetsi kuko ibyo ukorera abaturage ushinzwe kuyobora batabyishimiye! Ariko kuko bitavuzwe n\u2019umuzungu ntabwo mushobora kubyemera kuko mwamenyereye kubwirwa nabo mutinya babahozaho igitutu.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ariko jyeweho ndababwira ibi, umutegetsi wese ukorera ku jisho, umutegetsi wese ukorera ku bwoba, uwo ntakwiriye mu bwami bwanjye. Abakora ibimeze bityo, n\u2019abajura n\u2019ibisambo ntabwo byakunda abantu b\u2019Imana n\u2019ubwoko bwayo, niyompamvu bamaze gucirwaho iteka.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Now it is the time for everyone accountability for what you\u2019ve done in this world. Whether you like nor not. You must be accountable. <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Kubakora nabi nibo bakwiye gutinya, ariko se abakora neza baba batinyiki? Kurwanya ubutabera bw\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo sicyo gisubizo kuko bidashoboka ko umuntu yarwanya Uwiteka Imana Nyiringabo ngo abishobore, ahubwo n\u2019ugukora ibikwiriye kugirango utazisanga mu manza zitabera.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>NB: naho ibyo gukurwa ku ngoma byo muzakurwaho ndetse ntabwo biri cyera cyane, ahubwo biregereje vuba cyane. Ibyo mwadukoreye muzakubirwa inshuro (7&#215;70) kuko mwaraduhemukiye kandi twarafatanyije guhiga umuhigo umaze kuboneka mutwigizayo.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"color: #ff00ff;\">egretnewseditor@gmail.com\u00a0<\/span><\/em><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Birashoboka yuko umuntu ashobora kuba afite uburwayi bukomeye isi itari yasobanukirwa, mu bisanzwe ubundi umuntu wese arushwa no gushaka kumenya akibazo afite kugirango ashakishe umuti wicyo kibazo.Nyuma yo kumenya ikibazo no gushakisha umuti biramvikana neza yuko ikibazo kiba gikemutse burundu cyangwa se bikaba ibyo guhozaho.None niba isi yose yaramaze kumenya yuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo<\/p>\n","protected":false},"author":47471,"featured_media":17481,"comment_status":"closed","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[198,2],"tags":[],"class_list":["post-17479","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-slider","category-top-news"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/17479","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/47471"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=17479"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/17479\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":17482,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/17479\/revisions\/17482"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/17481"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=17479"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=17479"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=17479"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}