{"id":17446,"date":"2024-04-12T07:37:04","date_gmt":"2024-04-12T07:37:04","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/?p=17446"},"modified":"2024-04-12T07:37:04","modified_gmt":"2024-04-12T07:37:04","slug":"rdf-balimo-kwivanga-mu-buhanuzi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2024\/04\/12\/rdf-balimo-kwivanga-mu-buhanuzi\/","title":{"rendered":"RDF balimo kwivanga mu buhanuzi"},"content":{"rendered":"<p>&nbsp;<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong>12 April,2024<\/strong> ibiro ntaramakuru byo mu ijuru \u00ab<span style=\"color: #3366ff;\">Heaven News Media Agency<span style=\"color: #000000;\">\u00bb<\/span><\/span><span style=\"color: #000000;\">\u00a0<\/span>biratangaza ko mu ijoro ryakeye inama nkuru y\u2019umutekano ya <span style=\"color: #ff0000;\">RDF <u>security council committee<\/u><\/span> yaraye iteranye mu buryo budasanzwe bwihuse kandi buhityeho. Yemeje itegeko ribangamiye abaturage ariko cyane ingabo za RDF, aho bemeje yuko umusirikare uzafatwa asoma Ubuhanuzi azahanwa byintangarugero.<\/em><\/p>\n<p><!--more--><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ubuhanuzi bukomeza buvuga kandi ko, ibihugu (3) ari byo Uganda, Rwanda. Burundi, abaturage babyo bakomeje gusuzugura imanza z\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo aho bakomeje kujya mu byumba by\u2019amasengesho kandi Uhoraho Uwiteka Nyiringabo yarabihagaritse!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti, Umwami Kigeli Ndoli uburire abagore n\u2019abagabo bakomeje kwinjira mu byumba by\u2019amasengesho ko, Uwiteka agiye gukora ikintu gishya kizabahagarika umutima kubera kwanga kwumvira ijambo rye yategetse uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"color: #3366ff;\"><em>Comments<\/em><\/span><em>:<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Iki cyemezo kije nyuma yuko chief minister wa Kenya, cyangwa se mu mvugo imenyerewe prime minister Musalia Mudavadi kumunsi wejo taliki ya 11 April 2024 yemeje yuko ishyaka rye rya <span style=\"color: #ff0000;\">Amani National Congress ANC<\/span> rigiye gusenyukira muri <span style=\"color: #ff0000;\">United Development Alliance UDA<\/span> kugirango nazahangane na Raila Odinga uyoboye impuzamashyaka ya (Azimio La Umoja One Kenya Coalition) mu matora ateganijwe mukwezi kwa munani (kanama 2024) uyu mwaka.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>NB: Ariko nubwo Prime minister umwanya utemewe mu utegekoshinga rya Kenya, Musalia Mudavadi yavuze ibyo, ntabwo byari byatangazwa ku buryo bweruye yuko ububiko bw\u2019ibyavuye mu matora y\u2019umukuru w\u2019igihugu SERVER yafunguwe, kugirango hamenyekane uwatsinze amatora ya 2024. Gusa ikigaragara n\u2019imyiteguro yo gutegura amatora aho bavugaga ko bari mu myiteguro ya 2027, mu gihe itegeko shinga riteganya ko, imyiteguro ya matora itangira hasigaye imyaka (2) ngo habe amatora rusange.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Biragaragara yuko balimo gusiganwa n\u2019igihe cyo kugirango babone umwanya wo gusubizaho akanama gashinzwe amatora ka IEBC, kugirango kazabone umwanya wo gutegura amatora rusange.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"color: #ff00ff;\"><em>\u00a0egretnewseditor@gmail.com\u00a0<\/em><\/span><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>&nbsp; 12 April,2024 ibiro ntaramakuru byo mu ijuru \u00abHeaven News Media Agency\u00bb\u00a0biratangaza ko mu ijoro ryakeye inama nkuru y\u2019umutekano ya RDF security council committee yaraye iteranye mu buryo budasanzwe bwihuse kandi buhityeho. Yemeje itegeko ribangamiye abaturage ariko cyane ingabo za RDF, aho bemeje yuko umusirikare uzafatwa asoma Ubuhanuzi azahanwa byintangarugero.<\/p>\n","protected":false},"author":47471,"featured_media":3236,"comment_status":"closed","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[198,2],"tags":[],"class_list":["post-17446","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-slider","category-top-news"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/17446","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/47471"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=17446"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/17446\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":17448,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/17446\/revisions\/17448"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/3236"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=17446"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=17446"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=17446"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}