{"id":17443,"date":"2024-04-11T07:07:45","date_gmt":"2024-04-11T07:07:45","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/?p=17443"},"modified":"2024-04-11T07:07:45","modified_gmt":"2024-04-11T07:07:45","slug":"burya-isooko-yumwijima-ntabwo-iba-kure","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2024\/04\/11\/burya-isooko-yumwijima-ntabwo-iba-kure\/","title":{"rendered":"Burya isooko y\u2019umwijima ntabwo iba kure"},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\">\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Mu buzima ubusanzwe hariho ibintu umuntu adakwiye kwirirwa ahangana nabyo, ibyo bita \u00ab<span style=\"color: #ff00ff;\">natural disasters<span style=\"color: #000000;\">\u00bb<\/span><\/span>\u00a0bituruka kumiterere y\u2019isi, cyangwa bikaba byaterwa n\u2019Ubuhanuzi bwaba buriho cyangwa butariho bitewe na none n\u2019ibihe uko bimeze. Kuba umuntu atajya yifuza ko Uhoraho Uwiteka Imana yajya ashyira ahabona iby\u2019ejo hazaza, n\u2019ikimenyetso cyerekana intege nke za muntu. Kandi kikerekana ugushaka kwigenga kwa cyane kwatumye <span style=\"color: #ff0000;\">IMBOGO<\/span> yarikwaho na mavubi.<\/em><\/p>\n<p><!--more--><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ni kuki umuntu yifuza ibyiza, kandi adakora ibyiza? <span style=\"color: #ff0000;\">CAIN<\/span> amaze gutanga ituro rye ntirishimwe, yahise arakarira murumuna we wari watanze ituro rigashimwa. Ese ikibazo cyari icya Abel cyangwa cyari icya <span style=\"color: #ff0000;\">CAIN<\/span> watanze ibigawa mu maso h\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo? Ndibwirako ari nta muntu washidikanya yuko abicanyi bose bakomoka kuri <span style=\"color: #ff0000;\">CAIN<\/span> abanyarwanda bamwita neza ngo (<span style=\"color: #ff0000;\">GAHINI<\/span>) kuberako yakoresheje Umuhini kwica mugenzi we.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Umunyeshyari wese akomoka kuri (<span style=\"color: #ff0000;\">GAHINI<\/span>) ni kuki wifuza gukora nabi hanyuma ugashaka ko wabishimirwa? Umwakagara yicishije abatutsi bari mu gihugu imbere abo bita abashingwa cumu! Uyumunsi wa none yirirwa abyigamba yifuza ko yabishimirwa! <span style=\"color: #ff0000;\">Clinton<\/span> wagombaga gutanga itegeko ko ingabo za <span style=\"color: #ff0000;\">UN<\/span> zikiza abaturage, niwe watanze itegeko ry\u2019uko zitivanga mu ntambara kugirango abega bafate ubutegetsi. Burya abagome barasa naho amabara yabo atandukanye, ariko imitima yabo irasa! Aho niho Imana ibera Imana nyine!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Imigenzereze y\u2019umuzungu, umwirabura, Umuhutu cyangwa Umututsi, yose n\u2019imwe iyo ishingiye ku kinyoma hagamijwe kugera kumaronko ya mpemuke ndamuke! Kwikunda no kwikanyiza ugamije kugera ku byo abandi badafite cyangwa badakwiye kugeraho nabyo bisa no kwiruka inyuma y\u2019umuyaga! Har\u2019igihe hajya habaho ibihe bigoye kw\u2019isi yabazima, maze ugasanga abantu bifuza uwabakiza ibyo byago, iyo habonetse umuntu ubibakiza, iyo birangiye bihutira kumwikiza kandi amaze kubagirira neza, ibyo byo s\u2019ubupfapfa???<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Abategeka isi uyumunsi wa none sibo bayitangije, bisobanura yuko nubwo wagerageza gukumira abandi bose bifuza gutegeka cyangwa kugusimbura ku ngoma, igihe kizagera ibintu bihinduke ukurweho abo watinyaga bime ingoma waba uzaba ukiriho cyangwa utakiriho kuko byose bikorwa na data wo mu ijuru.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"color: #ff00ff;\"><u>Why history repeat it itself? It\u2019s because maybe there\u2019s no another options? If so, why don\u2019t you prevent them? And if then, why are bothering yourselves. But let me tells you. If you think that you know, nothing you know according what ought to know<\/u><\/span>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ushobora gufata intwaro ukarwanya ubutegetsi bw\u2019igitugu bukavaho, ariko gukuraho igitugu warangiza ukimika igitugu kirusha icyo wakuyeho, ibyo nabyo bimeze nko kwiruka inyuma y\u2019umuyaga. Burya umwana apfa mu iterura abaje kumushengerera iyo utabaye maso nibo bamuhitana agakura nabi ari ikimuga kubera ishyari n\u2019urwango by\u2019 abantu.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ntangira kwandika Ubuhanuzi mu bice bya mbere, hari aho nabonye abega bafata imbunda ya <span style=\"color: #ff0000;\">ARAPIG<\/span> bifuza kurasa (<span style=\"color: #0000ff;\">Messiah<\/span>) yaturukaga mukirere agarutse aje guca imanza zitabera mu isi ya bazima. Urebye mu bice bibanza ushobora kubona ubwo Buhanuzi buriho imbunda ya <span style=\"color: #ff0000;\">RPG<\/span>. Byanteye kwibaza cyane ukuntu inkotanyi zavugaga ko ar\u2019Imana yazifashije gufata Ubutegetsi hanyuma zabona (<span style=\"color: #0000ff;\">Messiah<\/span>) agarutse guca imanza zitabera zigashaka kumuhitana! Ese umuntu yabasha kwica Imana yamuremye? Cyangwa se <span style=\"color: #3366ff;\">Messiah<\/span> yabasha kwicwa inshuro ya kabili?<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"color: #ff0000;\">Yes! Let me agree with you that you can fools people one time, but not all the time<\/span>! <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Buriya icyintu gitangaje usanga Umwakagara tumugaya cyane kandi birakwiye koko ko, tumugaya bitewe nibikorwa bye, <u>ariko niba umucyo ukulimo ar\u2019umwijima, ubwo uwo mwijima unganiki? <span style=\"color: #ff0000;\">Matayo 6:23<\/span><\/u><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Umwakagara nawe yemera ko ari shitani, hanyuma se wowe w\u2019umukiranutsi niba udashobora kumvira Uhoraho Uwiteka Imana yawe uvuga ko wubaha kandi ukorera, ubwo koko uwo mucyo wawe ntiwashidikanywaho<\/u>?<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Burya iyo hari ibihu (<span style=\"color: #99ccff;\">flock<\/span>) haba hatabona neza, icyo gihe iwavuga ko atabasha kubona neza, yaba ari mukuli. Ariko niba izuba kumanywa ryaka neza, ni njoro ukwezi kwaka neza nta bihu Bihari, wowe warangiza ukabwira abantu yuko ngo hari umwijima kandi ari ntawuhari, harya ubwo, yaba wowe n\u2019Umwakagara mwaba mutandukaniye hehe? <span style=\"color: #ff00ff;\"><u>Ukoma urutsyo akwiye gukoma n\u2019ingasire<\/u><\/span>! <span style=\"color: #ff00ff;\"><u>Burya isooko y\u2019umwijima ntabwo iba kure<\/u><\/span>! Gushishoza gucye kuvanzemo namaranga mutima anyuranye no gushaka k\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, nabyo byitwa ikinyoma. <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Kuko ukuli kujyana no gushaka kw\u2019Imana yo mu ijuru. Kwitwaza ingufu waba ufite ukarwanya ukuli kw\u2019Ihoraho, ugamije kwimika ukuli kwawe kugirango ube igitangaza mu isi yabazima, nabyo bisa no kwiruka inyuma y\u2019umuyaga. Ntukarwanye abantu bose kuko iby\u2019si bishobora guhinduka uwo warwanyaga ukazamukenera. Hanyuma nukomeza kumurwanya ejo bigahinduka uzabigeza ute?<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Kugwiza imbaraga cyane, ntibisobanura yuko utazatsindwa, kuko hariho igihe cyo kunesha n\u2019igihe cyo kuneshwa. Ushobora kuba umunyembaraga igihe kirekire, ariko igihe kizagera imbaraga zawe zirangire. Kuko igifite itangiriro kigira iherezo. Ariko niba wifuza kubwirwa ibigushimisha gusa, ibyo bisa no gusarura aho utabibye, ntaho byaba bitandukaniye n\u2019abifuza kwandikirwa Ubuhanuzi kandi nta cyo bishyuye. Harya uwo munwa Uhanura, nibyo biganza byandika, ntabwo bikeneye Ububasha!? <u>Umuntu ateye ubwoba peee<\/u>!!!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Imanza zitabera ni za bose, kandi sigitangaza kuba zilimo gucibwa kuko ntawe zibasira ngo kuko ari runaka! Naho zakwibasira kandi urengana, ntabwo zakugiraho ingaruka kuko zitwa imanza zitabera. Uwo mwuka ntabwo Wabasha kwihinduranya ngo ukore ibyo utatumwe gukora. Niyompamvu mwabonye <span style=\"color: #3366ff;\">Dr. Martin Luther<\/span> yakuwe mu baciriweho iteka agasubizwa mu bahawe ubutabera. S\u2019uko ar\u2019umunyaMerica cyangwa yabaye umuntu uzwi cyane, ahubwo ni uko yaharaniye ukuli igihe cyose yabayeho.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Umuntu wese udatinya imanza zitabera ngo azubahe, nta nikindi akwiye gutinya mw\u2019isi yabazima. Kuko imanza zitabera niryo herezo ry\u2019ubuzima. Kandi niba ar\u2019imanza zimpimbano byaba bisobanuye ko atari imanza zitarutse k\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, byaba byumvikana neza ko ari ngaruka zagira ku bantu b\u2019imana. <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>NB: ariko niba zaratutse k\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo, yewe byaba biteye ubwoba pee pee pee kuko byaba ari bindi byiringiro byaba bisigaye uretse kuba abashumba bababwira nabo ibyo batemera kuko nta numwe uzi iby\u2019izi manza zitabera usibye umucamanza na nyirazo bonyine!!! Ariko buriya mutabaye ibigoryi mubona uyu mulimo hari inyungu nkuramo? Abana banjye se barya icyo cyubahiro?! Mwararindagiye pee! Bamwice!! Bamwice!! Ninde wababwiye ko (<span style=\"color: #3366ff;\">Messiah<\/span>) azapfa inshore ebyeri? Burya muri abapfapfa bigeze aho!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ese mwari muzi yuko isi ntamahirwe igifite yo gukora ibyo yishakiye? Ese mwari muzi yuko ubuzima bw\u2019isi bwamaze gushyirwaho iherezo? Ububasha, ubutware, n\u2019ubushobozi biri mu biganza byanjye nubwo mudashaka kubyemera, ariko igihe kizagera mubyemere kuko nta kundi byagenda!? Niyompamvu abami n\u2019abatware b\u2019isi bahagaritse imitima cyane kuko iherezo ryabo rirabegereye!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nyamara mulimo gushinga umuhunda ku kirenge, uwo murwanya niwe muzakorera. Ahaa ngo ayinitse kure abyarira ku ntera nzaba mbarirwa.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"color: #ff00ff;\">egretnewseditor@gmail.com\u00a0<\/span><\/em><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu buzima ubusanzwe hariho ibintu umuntu adakwiye kwirirwa ahangana nabyo, ibyo bita \u00abnatural disasters\u00bb\u00a0bituruka kumiterere y\u2019isi, cyangwa bikaba byaterwa n\u2019Ubuhanuzi bwaba buriho cyangwa butariho bitewe na none n\u2019ibihe uko bimeze. Kuba umuntu atajya yifuza ko Uhoraho Uwiteka Imana yajya ashyira ahabona iby\u2019ejo hazaza, n\u2019ikimenyetso cyerekana intege nke za muntu. Kandi kikerekana ugushaka kwigenga kwa cyane<\/p>\n","protected":false},"author":47471,"featured_media":9129,"comment_status":"closed","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[198,2],"tags":[],"class_list":["post-17443","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-slider","category-top-news"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/17443","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/47471"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=17443"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/17443\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":17445,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/17443\/revisions\/17445"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/9129"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=17443"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=17443"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=17443"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}