{"id":17007,"date":"2023-12-31T11:30:06","date_gmt":"2023-12-31T11:30:06","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/?p=17007"},"modified":"2025-10-29T16:08:02","modified_gmt":"2025-10-29T16:08:02","slug":"ubuswwa-bwa-pastor-mukamakuza-therese-bwashyizwe-ahabona","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2023\/12\/31\/ubuswwa-bwa-pastor-mukamakuza-therese-bwashyizwe-ahabona\/","title":{"rendered":"Ubuswa bwa Pastor Mukamakuza Therese bwashyizwe ahabona!!?"},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"color: #ff0000;\">Mukamakuza Therese<\/span> n\u2019umunyeshuli wiga muri Kenya ulimo gukorera <span style=\"color: #ff0000;\">PH.D<\/span>, ariko igitangaje kandi giteye inkeke,uyu mugore w\u2019umwegakazi ugeze aho akorera PH.D ariko akaba atazi uko amazina ye yandikwa kuko yabajijwe n\u2019Umwalimu umwigisha (<span style=\"color: #3366ff;\">Professor<\/span>) niba amazina ye ari Teresa amusubiza ko we yitwa Therese.<\/em><\/p>\n<p><!--more--><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Igitangaje n\u2019uburyo <span style=\"color: #ff0000;\">Mukamakuza Therese<\/span> (<span style=\"color: #3366ff;\">Teresa<\/span>) yanditse memoire ye mukinyarwanda,yarangiza akayishyira muri google translate kugirango ibishyire mururimi rw\u2019Icyongereza (<span style=\"color: #0000ff;\">English<\/span>) google translate yabisobanuye ikurikije inkoranyamagambo nyarwanda (<span style=\"color: #0000ff;\">dictionary<\/span>) uko bivuga,ariko yibagirwa ko,ibisobanuro byose wifuza udashobora kubishyira muri google translate ngo ubibone uko byakabaye.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ahangaha umuntu yakwibaza nimba mu byukuli ari we wakoreye degree na masters kuko bidashoboka ko umuntu yakorera (<span style=\"color: #3366ff;\">degree and master<\/span>s) ngo narangiza ajye gushonesha <span style=\"color: #ff0000;\">PH.D.<\/span><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ubusanzwe umuntu wize neza mu ishuli ryiza rizi kwigisha,project itangirira kuri (<span style=\"color: #3366ff;\">advanced diploma<\/span>) cyane cyane muri za assignment ugenda uhabwa.Ku buryo ujya kugera ku kigero cyo kwandika (<span style=\"color: #ff0000;\">dissertation<\/span>)\u00a0\u00a0 ya<span style=\"color: #ff0000;\"> PH. D<\/span> ari wowe wiyandikira bitewe ni uko uba waranditse project ya (<span style=\"color: #ff0000;\">degree and masters<\/span>).<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Mukamakuza Theresa n\u2019umwe mu birirwa bahiga abanyarwanda bimpunzi bahungiye muri Kenya, nta mwanya wo kwiga yirirwa ahiga abo aca ibihanga abunza ya marozi yabo. Bamaze kumwandikira dissertation neza barayimuha (<span style=\"color: #3366ff;\">professor<\/span>) wayimwandikiye yitwa Kennedy ni uwo mu bwoko bw\u2019Abajaluo.Umugore yayijyanye yizeye ko arangije <span style=\"color: #ff0000;\">PH.D<\/span>, ajya gukora (<span style=\"color: #ff0000;\">presentation<\/span>) ururimi ruhera mukanwa ananirwa gusobanura (<span style=\"color: #ff0000;\">dissertation<\/span>) y\u2019igitabo ubwe we avuga ko ari we wacyiyandikiye.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Amakuru dukura muri umwe muri ba professor be, bashinzwe kumukurikirana bakamukosora,yabwiye ikinyamakuru egretNews.com ko,babuze uko bamufasha ngo arangize.Bategereje ko inama yabashinzwe kwemeza abazahabwa <span style=\"color: #ff0000;\">PH.D<\/span> niba bazapfa kumwemerera akarangiza.Ariko kaminuza ya Nairobi University ifite amakenga uburyo izatanga <span style=\"color: #ff0000;\">PH.D<\/span> k\u2019umuntu udashobora no kwirwanaho byibuze ngo abe azi icyongereza wenda ananirwe kwandika project nk\u2019uko bamwe mu banyeshuli bijya bibananira.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ikindi giteye amakenga ubusanzwe mbere yuko urangiza <span style=\"color: #ff0000;\">PH.D<\/span> usabwa kuba warakoze ubushakashakatsi mu bihugu birenga (10) niba Mukamakuza Therese adashobora kwiyandikira project,azashobora gukora ubushakashakatsi?Kandi se azabukorera muruhe rurimi?Byibuze iyapfa no kubishyira no mu gifaransa kuko icyongereza nigifaransa hariho aho bijya kugirana isano!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Byari kumworohera cyane google translate kubishyira muri <span style=\"color: #3366ff;\">English<\/span>. Abo ni abega kazi bavuga ko bize bakaminuza.Ngayo ng\u2019uko iby\u2019abega n\u2019abegakazi nibyo sijye wahera hahera abega.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"color: #ff00ff;\">egretnewseditor@gmail.com<\/span><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mukamakuza Therese n\u2019umunyeshuli wiga muri Kenya ulimo gukorera PH.D, ariko igitangaje kandi giteye inkeke,uyu mugore w\u2019umwegakazi ugeze aho akorera PH.D ariko akaba atazi uko amazina ye yandikwa kuko yabajijwe n\u2019Umwalimu umwigisha (Professor) niba amazina ye ari Teresa amusubiza ko we yitwa Therese.<\/p>\n","protected":false},"author":47471,"featured_media":17010,"comment_status":"closed","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[198,2],"tags":[],"class_list":["post-17007","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-slider","category-top-news"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/17007","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/47471"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=17007"}],"version-history":[{"count":4,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/17007\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":22557,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/17007\/revisions\/22557"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/17010"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=17007"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=17007"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=17007"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}