{"id":16334,"date":"2023-07-11T10:58:56","date_gmt":"2023-07-11T10:58:56","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/?p=16334"},"modified":"2023-07-11T10:58:56","modified_gmt":"2023-07-11T10:58:56","slug":"itangazo-ku-barundi-na-banyakadomo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2023\/07\/11\/itangazo-ku-barundi-na-banyakadomo\/","title":{"rendered":"Itangazo ku Barundi na Banyakadomo"},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\">\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Amakuru yatohojwe n\u2019ikinyamakuru InyangeNews yizewe kandi afite za gihamya,yatahuye ko Mu murwa mukuru wa Nairobi twita CBD (central Business District) mu duce twa River side, audio cinema, accra road, uduce twose tubarizwamo buses zijya mu Uganda,mukadomo,n\u2019Iburundi aho niho habalizwa za magigiri za Uganda,ariko cyane cyane muri iyi minsi harikwigaragaraza za magigiri zo mu bwoko bw\u2019ABrundi b\u2019abahutu!<\/em><\/p>\n<p><!--more--><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Niba uziko ufitanye ikibazo na Leta ya Evariste Ndayishimiye ukwiye kwilinda utwo duce mvuze haruguru, simvuze ko udakwiye kuhanyura,ahubwo ukwiye kwilinda restaurant zaho,bars zaho, na guest houses zaho.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Guest house nyinshi zinafite inzu z\u2019uburiro cyangwa restaurant twagiye tunyuramo,hagwiriye utugabo tugufiya tuvuga ikirundi dushinzwe kugigira abanyakadomo,abarundi baza gufata amafunguro murizo nzu z\u2019uburiro nabikundira gufata ku gacupa.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Zimwe mu nzu z\u2019abashyitsi twakozemo iperereza harimo SPRAL GUEST House ibarizwa River side ahakunze guparika buses zijya MOMBASA,aho hari akagabo k\u2019Akarundi k\u2019inzobe kagufiya kazinduka mu gitondo kujya gutonda umurongo ka kicara \u00a0ku ntebe z\u2019abashyitsi baza gushaka amacumbi ategereje kumva abaza bavuga ikirundi cyangwa ikinyakadomo kugirango amenye ibyumba baje kuraramo babone uko bareba abo bashyize kurutonde kugirango babace ibihanga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Gupfo kumuhanda ukurikiyeho wa Accra road hariho restaurant imaze imyaka myinshi cyane hafi (15) yitwa NUKWANO; niyo itegura amafunguro ajyanye nindyo yabanyakadomo n\u2019abarundi,n\u2019ABagande!Aho naho biroroshye kuhahurira na za magigiri ziba zigenzura abo zishaka guca ibihanga!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Mu myigaragambyo itegurwa na H.E Raila Odinga,naho nta bwo za magigiri zasigaye,naho twabashije kumenya no kureba na maso yacu za magigiri z\u2019Abahutu ziza kwifatanya na bari mu bikorwa byo kwigaragarambya bibwira ko bashobora kuhahurira na bo batavuga rumwe n\u2019ubutegetsi bwabo bwo mu bihugu byabo baturutsemo!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Kugirango babashe kuba bahitana abo bahiga bitwaje imyigaragambyo bikazitwa ko uwo bahitanye yahitanywe nimyigaragambyo!Ururimi rwabo uburyo bavugamo Swahili nirwo rubagurisha jyewe nshinzwe gutega amatwi no kumva uko bavuga turinda dutandukana batari batahura uwo ndiwe mu gihe baba balimo kumpiga ariko ntibashobore kuntahura.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>S\u2019ubwa mbere s\u2019ubwa kabili,ni kenshi duhuriye mu nama za Raila Odinga,ziba zitegura imyigaragambyo ariko ntibabashe gutahura uwo ndiwe!!!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Kujya gukurikirana igikorwa cyo kwigaragambya birahenze,bisaba cash kuko bitari hasi y\u2019ibihumbi 4000 ni case haramutse hagize ikiba ukaba wakwirwanaho,nta bwo byashoboka ngo umuntu usanzwe wenda w\u2019impunzi ngo abe yashobora gukurikirana ibyo bikorwa byo kwigaragambya adafite cash ngo bizakunde.Ikindi umuntu w\u2019impunzi nta mikoro aba afite yashobora ate kujya mu myigaragambyo?<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ikindi impunzi ifite uko iba isa,usanga adasa nabi wenda ku muntu ugira isuku,ariko ukabona ashonje asa naho afite inzara.Naho za magigiri z\u2019indundi ziba zisa neza akabiri kanyerera ubona badashobonje kuko umuhutu ushonje nta bwo abasha kuvuga sikimwe n\u2019umututsi w\u2019umwihanduza cumu!!!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>So for those people who stay at Nairobi CBD, or like to go in their business dairy basis be carefully! \u00a0Ubu hariho ubucuruzi bwo kugurisha abantu no kubicisha bene ngango bakibonera amaronko<\/u><\/em><em>!!!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ahitwa Kasarani na hitwa Ongata RONGAI huzuye abanyamurenge benshi biyita impunzi,usanga bavanzemo n\u2019abanyamurenge baturutse DRCongo no mukadomo kubavangura sibya none kuko bitakunda kumenya uko wabatandukanya ngo umenye ukorera abega nutabakorera.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Bafite insengero basengeramo,ndetse n\u2019uyumunsi bakoze amasengesho yo kwiyiriza no gusenga Imana,kandi bazi ko bitagikora,ariko imibereho yo muri iki gihe mu gihugu cyacu cya Kenya itewe na za politike ziciriritse yateje ikibazo cy\u2019imiberaho n\u2019ubuzima burushaho guhenda.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Muri aba banyamurenge,bamwe bafashwa na bene wabo bagize amahirwe yo kugera hanze mu Burayi n\u2019America,ikindi gice gisigaye kigafashwa n\u2019ingoma y\u2019abega bagahitamo kuba ba magigiri babicishije mu nsengero cyangwa mu buhunzi kugirango babone uko babaho neza bitabagoye!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ubirebye neza umurwa wa Nairobi barawuzuye ni benshi igihari wowe wakora n\u2019ukumenya uko gahunda zimeze waba ugeze Nairobi ugakora icyakuzanye utabanje kwifashisha bene wanyu bari Nairobi ngo ni uko muvuga ururimi rumwe burya sibuno cira birarura!!!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"color: #ff00ff;\"><em>egretnewseditor@gmail.com<\/em><\/span><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Amakuru yatohojwe n\u2019ikinyamakuru InyangeNews yizewe kandi afite za gihamya,yatahuye ko Mu murwa mukuru wa Nairobi twita CBD (central Business District) mu duce twa River side, audio cinema, accra road, uduce twose tubarizwamo buses zijya mu Uganda,mukadomo,n\u2019Iburundi aho niho habalizwa za magigiri za Uganda,ariko cyane cyane muri iyi minsi harikwigaragaraza za magigiri zo mu bwoko bw\u2019ABrundi<\/p>\n","protected":false},"author":47471,"featured_media":16336,"comment_status":"closed","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[2,158],"tags":[],"class_list":["post-16334","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-top-news","category-world"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/16334","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/47471"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=16334"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/16334\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":16337,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/16334\/revisions\/16337"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/16336"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=16334"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=16334"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=16334"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}