{"id":1394,"date":"2017-06-19T15:35:34","date_gmt":"2017-06-19T15:35:34","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/new\/?p=1394"},"modified":"2017-07-13T17:36:00","modified_gmt":"2017-07-13T17:36:00","slug":"nimuhaguruke-murwanire-ingoma-kegabyaba-ataribyo-amashuri-mwiga-nayubusakaga-paul","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2017\/06\/19\/nimuhaguruke-murwanire-ingoma-kegabyaba-ataribyo-amashuri-mwiga-nayubusakaga-paul\/","title":{"rendered":"Nimuhaguruke murwanire ingoma Kega,byaba ataribyo amashuri mwiga nayubusa&#8217;Kaga Paul&#8217;."},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\">Amakuru aturuka muri repubulika y\u2019urwanda,mu nzego zikorana byahafi na perezida Paul Kaga,aravuga ko,abanyeshuri biga mu mahanga bingajemo cyane cyane abakobwa bab\u2019Akagara,umuryango wabega ufite amazu (6);ubariyemo nabega babahutu bitwa abaswere bahoze bahatse kubega babakagara.<\/p>\n<hr id=\"system-readmore\" class=\"mceItemReadMore\" \/>\n<p style=\"text-align: justify;\">Aya makuru avuga yuko abagera kuri 80% bagize abo banyeshuri arabega bahorejwe kwiga kugirango bazaramire ingoma yabega,abandi barimo n\u2019inshuti z\u2019imiryango yabega bemeye gucinya inkoro hasi kugirango babone amaramoko.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" style=\"float: left;\" src=\"\/images\/Abega.jpg\" width=\"150\" height=\"150\" \/><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Amakuru atugeraho yemeza neza yuko abo banyeshuri bose bahawe inshingano zo kuneka abanyarwanda b\u2019impunzi baba mumahanga,babifashijwemo n\u2019inzego z\u2019ubutasi z\u2019uRwanda zikorera mu mahanga zizwi ku izina rya (NSS);ibyo bikorwa bikorwa binyujujwe muri za ambasade z\u2019urwanda aho ziri ku isi hose.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Nkuko abakorera muri izo nzego za Paul dore ko byemejwe n\u2019inama yabaminisitiri ko Paul Kaga ,ariwe ukuriye ibikorwa byose by\u2019ubutasi,nubusanzwe niwe wabikontororaga cyakora byari bitaremezwa n\u2019inama yabaminisitiri ikorera murugwiro.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Aba banyeshuri bahawe inshingano zitoroshye dushingiye ku makuru duhabwa nabari muriyo nama yokwiga imikorere yabanyeshuri mumahanga aho bagiye guhaha ubumenyi,babwiwe ko bagomba kuroga umuntu uwari we wese cyakora sibose bahawe izo nshingano kuko harimo abatakwizerwa kugeza aho bahabwa inshingano nk\u2019izo.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Cyane amakuru aribanda kubega babakagara kuko aribo banyiri ngoma,dore ko,bagaragarijwe ko,niba badashyigikiye ingoma yabega,nibarangiza kwiga nta kazi bazabona,kandi nabo bashobora kuzakurikiranwa n\u2019ubutegetsi buzaba busimbuye fpr,kuko ibikorwa byose leta y\u2019uRwanda ikora ngo byaba bizwi nabatavuga rumwe nayo.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Umukuru w\u2019igihugu yashimangiye muri aya magambo ko,ndetse nabo akorana nabo atakibizera ngo kuko bamwe muribo aribo bakomeje gutanga amakuru ya Manama bakora ejo ukayasanga hanze kandi abatavuga rumwe na leta ye,baba batari muri iyo nama.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Yabasabye ko,biga neza,aha ndavuga igice kimwe cy\u2019abega bakoreshejwe inama mu muhezo aho bahamagawe bashingiye kumanota babonye mu ishuri biravugwa ko,abo bajyanywe mu nama yabo ukwabo hanyuma Paul Kaga aza kongera kubakoresha inama rusange hamwe nabandi.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Ibyo bikaba ar\u2019ibintu byumvikana ko,ababonye amanita meza bagomba kubishimirwa gusa igiteye impungenge ni uko bahawe izo nshingano zo kwirenza bene wabo,bamenyeshejwe ko nta nshuti ibaho muri politike ngo umuntu wese ashobora kuba umwanzi bijyanye n\u2019inyungu akurikiranye.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Umukuru w\u2019igihugu yabibukije ko,abazungu batabakunda,\u2019<span style=\"color: red;\">Abatutsi<\/span>\u2019rero ko basabwe kutajya bumva amabwire namagambo ayavuga ibyo bishakiye bashaka kurwanya iterambere uRwanda rumaze kugeraho.Dore turashaje nimwebwe tugiye gusigira igihugu bityo rero mukwiye guhangana nabanzi b\u2019igihugu cyanyu kugirango ejo tuzagire ahazaza heza.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Ibi byose mugezeho byatewe nabanyarwanda bitanze\u2019Abega\u2019kugirango uyu munsi mube muri kwiga mu mahanga.Ntakuryama,ntagusinzira,ntaguttsindwa mu ishuri kuko ubwo bumenyi aribwo igihugu gikeneye \u2039Kaga Paul\u203a akaba arinayo mpamvu igihugu kibatangaho akayabo kamafaranga atagira ingano kugirango mujye guhaha ibizateza igihugu imbere.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><a href=\"mailto:inyangenewseditor@gmail.com\">inyangenewseditor@gmail.com<\/a><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Amakuru aturuka muri repubulika y\u2019urwanda,mu nzego zikorana byahafi na perezida Paul Kaga,aravuga ko,abanyeshuri biga mu mahanga bingajemo cyane cyane abakobwa bab\u2019Akagara,umuryango wabega ufite amazu (6);ubariyemo nabega babahutu bitwa abaswere bahoze bahatse kubega babakagara. Aya makuru avuga yuko abagera kuri 80% bagize abo banyeshuri arabega bahorejwe kwiga kugirango bazaramire ingoma yabega,abandi barimo n\u2019inshuti z\u2019imiryango yabega bemeye<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":5140,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[1],"tags":[],"class_list":["post-1394","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-uncategorized"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1394","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=1394"}],"version-history":[{"count":3,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1394\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":5141,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1394\/revisions\/5141"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/5140"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=1394"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=1394"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=1394"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}