{"id":12090,"date":"2020-09-25T17:00:57","date_gmt":"2020-09-25T17:00:57","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/?p=12090"},"modified":"2020-09-25T17:02:08","modified_gmt":"2020-09-25T17:02:08","slug":"12090","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2020\/09\/25\/12090\/","title":{"rendered":"Ingabo z&#8217;America ziri mu Rwanda zirahakora iki?"},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\">Abanyarwanda bakomeje kwibaza niba Umwakagara yarapfuye,cyangwa niba akiri muri COMA,hashize amaze agera kuri (4) cyangwa (5) Umwakagara atagaragara.Kuva muri USA mu nama yamuhuje na Donald trump hamwe na minisitiri w\u2019intebe wa Ethiopia Ahamed Abiya.<\/p>\n<p><!--more--><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Hakurikijwe itegeko shinga rya republika y\u2019uRwanda itemewe n\u2019amategeko,ntabwo byemewe ko uymukuru w\u2019igihugu ahembwa adakora.Ndetse nta nubwo yemerewe kugira aho ajya,cyangwa gukoresha amanama mu buryo butazwi.Itangaza makuru rya Leta riba rigomba gutangariza abaturage aho umukuru w\u2019igihugu yagiye,cyangwa niba arwaye akaba yarajyanywe kuvurirwa mu mahanga.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Icyo gihe asigarirwa na minisitiri w\u2019intebe,cyangwa vice president bitewe n\u2019ubwoko bw\u2019ubutegetsi buba buriho.Iyo apfuye nabwo biravugwa bigatangarizwa abaturage aba akorera agasimburwa hubahirijwe itegeko shinga aho asimburwa n\u2019umukuru wa senate cyangwa umukuru w\u2019intekonshingamategeko.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Kuba Umwakagara yasimburwa n\u2019umukobwa we Ange kagame,cyangwa IVAN,nta bwo byemewe ndetse na mwene wabo wahafi cyangwa inshuti ze ntabwo zemewe kuba zamusimbura kuri uwo mwanya w\u2019umukuru w\u2019igihugu.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Hagati ya senate n\u2019intekonshingamategeko umwe asimbura perezida akayobora igihugu mu gihe cy\u2019amezi atatu (3) hanyuma hagategurwa amatora y\u2019umukuru w\u2019igihugu abaturage bagatora uzabayobora kumwanya w\u2019umukuru w\u2019igihugu.Ariko kuko republika y\u2019uRwanda itemewe n\u2019amategeko,niyompamvu batazigera bubahiriza amategeko bishyiriyeho bo ubwabo.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Gusa yapfa cyangwa yabaho,intambara yo irihafi cyane.Bikomeje guteza urujijo kuba ingabo za USA zimaze kugera mu gihugu aho Dr.Vicent Biruta yasinyanye amasezerano namugenzi we w\u2019America ko ingabo z\u2019America zizaba kubutaka bw\u2019uRwanda ari nta cyo bishyura.Ese aho ntabya ari bwa buhanuzi buvuga ko ingabo za UN zizaza mu gihugu kubungabunga umutekano.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"color: #ff0000;\"><em>egretnewseditor@gmail.com\u00a0<\/em><\/span><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abanyarwanda bakomeje kwibaza niba Umwakagara yarapfuye,cyangwa niba akiri muri COMA,hashize amaze agera kuri (4) cyangwa (5) Umwakagara atagaragara.Kuva muri USA mu nama yamuhuje na Donald trump hamwe na minisitiri w\u2019intebe wa Ethiopia Ahamed Abiya.<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":10990,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[149,2],"tags":[],"class_list":["post-12090","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-intel","category-top-news"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/12090","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=12090"}],"version-history":[{"count":2,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/12090\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":12096,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/12090\/revisions\/12096"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/10990"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=12090"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=12090"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=12090"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}