{"id":1071,"date":"2017-06-19T13:55:36","date_gmt":"2017-06-19T13:55:36","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/new\/?p=1071"},"modified":"2017-07-14T09:34:50","modified_gmt":"2017-07-14T09:34:50","slug":"isega-bayiragije-intama","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2017\/06\/19\/isega-bayiragije-intama\/","title":{"rendered":"ISEGA BAYIRAGIJE INTAMA:"},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\">Amakuru agera ku nyangenewss.com,aturuka mu mpunzi z\u2019Abanyarwanda zibarizwa mu gihugu cya Kenya,aya makuru ikinyamakuru inyangenewss.com akaba ayafitiye gihamya.Aravuga yuko Chairman w\u2019Impunzi mur\u2019icyo gihugu bwana Uwayezu Emmanuel ko yaba akorera leta y\u2019Urwanda binyuze muri ambasade y\u2019Urwanda ikorera mu gihugu cya Kenya,mu murwa mukuru wa Nairbo. Nyuma yo kumva aya makuru,ikinyamakuru inyangenewss.com cyahuye na bwana Uwayezu Emmanuel,kuwa 06th ukuboza 2013,kimubaza kubyo bamuvugaho arabihakana,avuga yuko ar\u2019ukumuharabika.<\/p>\n<hr id=\"system-readmore\" class=\"mceItemReadMore\" \/>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Ubwo ubwe kugiti cye nta wumushyizeho agahato yatangarije inyangenewss.com ko,afite amakuru afite gihamya yuko leta y\u2019Urwanda yaba ifite umugambi wokwicha impunzi z\u2019Abanyarwanda cyane cyanae abize nkuko mubisanga munyandiko yabanjirije iyingiyi yitwa:\u201cHow Nairobi City became Spy Headquarters\u201d.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Nyuma yaho hakurikiyeho iyitwa\u201dUrutonde rw\u2019amatelephone ya za maneko zikorera leta y&#8217;Urwanda mu mahanga\u201d.Kubera iyo mpamvu,ikinyamakuru inyangenewss cyakoze ubushakashatsi bituma cyongera kuvugana na chairman w\u2019impunzi z\u2019Abanyarwanda Uwayezu Emmanuel ku telephone ijyendanwa (Mobile) +254703484978 yabwiye ikinyamakuruinyangenewss ko,yahuye nibibazo byinshi ubwo yaramaze guhunga igihugu muri 1994,yahungiye IGOMA muri repubulika iharanira demokarasi ya congo,akaba yaraharwariye indwara yitwa imbasa bituma aremara,yaje kwurizwa indege ajya kuvurirwa mu gihugu cya Tanzania arakira,ahava ahungira mu gihugu cya Kenya. Yabaye mu nkambi z\u2019Impunzi zhitwa KAKUMA,ahigira amashuri abanza,ahava ajya gukomereza amashuri ye,mu murwa mukuru wa Nairobi,yiga kaminuza muri uwo wa Nairobi,agira amahirwe aba umukuru w\u2019impunzi z\u2019Abanyarwanda bo mu bwoko bw\u2019Abahutu bahungaga icyo gihe,nyuma yaho haza kwiyongeraho n\u2019impunzi z\u2019Abanyarwanda bo mu bwoko bw\u2019Abatutsi batavuga rumwe na leta y\u2019Ikigali. Aho niho leta ya FPR,yamushatse yemera kuzajyaimuhemba amashillingi ibihumbi 25000 Ksh,nkuko tubicyesha bamwe mubakorana nawe batashatse ko amazina yabo ashyirwa ahagaragara.bwana Uwayezu Emmanuel akaba ari muri komite mu bigo bishinzwe gufasha impunzi,aha twavuga nk\u2019ikigo cyitwa (H.I.A.S)\u201dHebrews Imigrants Association Servise\u201damakuru dufite avuga ko ubu ari kwiga icyiciro cya (3) cya kaminuza <strong>MASTERS IN TELECOMUNICATION<\/strong> mu gihugu cya Kenya.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><img decoding=\"async\" src=\"\/images\/Chair.jpeg\" alt=\"\" \/><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Bwana Uwayezu yakoze ibishoboka byose ngo yicishe umunyakamuru w\u2019inyangenewss,nyuma yo kubona ko amwe mu mabanga yibyo akorera impunzi z\u2019Abanyarwanda,amaze kujya hanze,yagiye ahamagara umunyamakuru w\u2019inyangenewss,amusaba ko bahura akamuha andi makuru kugirango atangazwe,ariko bikaba bitar\u2019ukuri ahubwo akaba yarashakaga ko bamushimuta nyuma yokohereza amwe mu makuru atashakaga kuduha,ariko kubwa mahirwe macye,atwohererza e-mail yamakuru atashakaga ko ajya hanze agaragaza imikorere ye na Ambasade y\u2019Urwanda n\u2019uburyo bagomba guhinga impunzi ziza muri cyo gihugu zikiri nshya bagahita bazihubanya zitaramenya icyo gihugu cya Kenya.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Nk\u2019uko bigaragara muri iyi e-mail bohererzanyaga. Date: Wednesday, February 27, 2013, 1:32 AM Dear All Kindly note changes in RED on the attached List of the Following Contact Persons. Albert Ntore Ngong Road 0710304242 Mrs. Franswa Donholm 0715645145 Regards Emmanuel Ngarambe IT and Communications Officer Rwanda High Commission Limuru Road Gigiri. P.O. Box 30619 &#8211; 00100 Nairobi \/ Kenya Tel :- +254-020-7121321 \/ 322 Cell :- +254-722207844 \/ +254-735600537* Fax :- +254-7121324 Website :- www.kenya.embassy.gov.rw On Mon, Dec 30, 2013 at 11:34 AM, UWAYEZU Emmanuel &lt;kabano25@yahoo.com&gt; wrote:<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong>Umugambi wo kwica Impunzi:<\/strong><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Good morning. I might have requested your permission before I send this. But I think it might be useful for you as this is the fear of Rwandans refugees. Rwandese Embassy is using this people to: 1-identify refugees that are reach,educated so that they can be aproched if they refuse either be killed or try with all means to make them misarable(poor) 2-identifyall new arrival and refugees that are against the will or denouncing all lies of the government.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Iyi nyandiko niwe wayimbye kugirango ajijishe umunyamakuru w\u2019inyangenwss kugirango bigaragare ko,adashyigikiye ibikorwa bigayitse bikorwa na leta y\u2019Urwanda nyamara ariwe ubiri inyuma,bi byatumye turushaho kumumenyaho amakuru akomeye yaturutse mu mpunzi,zabanyarwanda abereye umuyobozi,bavugana n\u2019inyangenewss,bavuze ko,umuyobozi wabo ari umuntu wihaye kuvuga neza nyamara ngo ndryarya idasanzwe,kuko adatinya no kuba yagufasha kugirango agaragaze ko ar\u2019umuntu mwiza ko yita kumpunzi.Nyamara nyuma yibyo byose agenda abaza Files number z\u2019impunzi kugirango abimeshe ibyangombwa.Dore indi nyandiko ya (3) twatangaje INZEGO Z\u2019UBUTASI Z\u2019URWANDA NA UGANDA ZISIGAYE ZIKORERA HAMWE:<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Impunzi nyishi zirarira kuko yagiye ababeshya ko agiye kubashakira ibyangombwa by\u2019ubuhunzi,ahubwo agahita yibisha amadosier yabo bajya kureba bagasanga ntamadosier bafite bagatangira bushya,mbere yuko twandika aya makuru twabanje kuvugana na bwana Uwayezu Emmanuel tumubwira ibimuvugwahoarabihakana yivuye inyuma,tumubwiye ko dufite amakuru afite gihamya uburyo asigaye akorana nabanya Kenya mukwicisha impunzi z\u2019Abanyarwanda adusaba ko twahura tukavugana kuri icyo kibazo,twamubajije buryo ki,twahura kandi ari mu bantu bahiga abanyamakuru b\u2019inyangenewss?<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Maze adusezeranya yuko aza guhamagara mu masaha ya nimugoroba.Ubwo yahamagaraga,hari saa 07:10 zigitondo,gusa yavuze yuko ngo nituramuka tumushyize ahagaragara ngo azaba ahuye nakaga kuburyo nakazi ko guhagararira impunzi ashobora ku kabura yakomeje guhamagara cyane ariko umunyamakuru w\u2019inyangenewss yanga kwakira telephone ye,kuko yaramaze kumucika kuwa kabiri ubwo yari yateguye abagomba guca igihanga umunyamakuru w\u2019inyangenewss agahita amucika batarasohoza umugambi we mu bisha. Abandi akorana nawe twamenye n\u2019umudamu witwa Sandra Remera utuye ahitwa Kasarani akaba afite no za telephone <strong>+254705084548<\/strong> akaba ashinzwe kuneka kasarani,Gidhurai,Umoja na Maji mazuri,twagerageje guhamagara telephone ngo twumve icyo abivugaho ntiyafata telephopne,undi ushyirwa mu majwi n\u2019umupastor ukorera mu itorero ry\u2019Abanyamulenge rikorera ahitwa Kasarani akaba yitwa <strong>Mandela Marcel<\/strong>,akaba yari yandikishije nk\u2019impunzi y\u2019umunyamulenge,ariko amakuru afite gihamya ni uko ar\u2019Umurundi atari umunyamulenge akaba afite telephone njyendanwa no <strong>+254725515548<\/strong>.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Nawe biravugwa ko akorerera leta y\u2019Urwanda. Akaba asengera ndetse akanakorera mu itorero ryitwa <strong>PRIME<\/strong>,ryashinzwe n\u2019umunyamulenge w\u2019umunyarwanda wo mu bwoko bw\u2019Abatutsi witwa <strong>MIKEBANYI,RIKABA RIYOBORWA NA<\/strong> <strong>REV.PASTOR<\/strong> <strong>NKUNDA BANTU<\/strong> SIMON.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Uyu mu pastor Simon bivugwa ko ubusanzwe ar\u2019Imfura akaba ar\u2019umuntu mwiza,ariko akaba yarahuye nakaga gakomeye ko kuyobora abantu badakizwa b\u2019impunzi babeshya umunsi kuwundi badashaka kwihana ngo Imana izababarira ngo nayo irabibona. Ikinyamakuru inyangenewss cyashatse amashira kinyoma,gihamagara uwo mu pastor uhora uterwa ubwoba na za maneko z\u2019Urwanda,kuri telephone njyendanwa no <strong>+254722263591<\/strong> tumubaza amakuru avugwa ku itorero ayoboye avuga ko,mu itorero rye,haba higanjemo za maneko,ndetse zirimo na bamwe bo mu ryango we,kandi ko ahora ashyirwaho itera bwoba ko, aramutse yirukanye izo za maneko zibarizwa mu itorero ayoboye, ngo bashobora kumwica cyangwa agahura nakaga gakomeye!<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">kuwa 26th April 2014, aganira n\u2019ikinyamakuru inyangenewss yemereye ikinyamakuru inyangenewss ko, rwose ko ibivugwa ko itorero ayoboye ngo ryaba rirangwamo intasi z\u2019Urwanda, ngo nawe arabyumva,ariko kubera ko nta gihamya afite cy&#8217;ibigaragaza,ngo ntiyabona uko ahamagara umuntu ngo cyangwa amwirukane mu itorero ntabimenyetso abifitiye.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Ngo ahubwo nukubasengera kuko satani bigaragara ko yahagurukiye itorero bityo Imana ikagira icyo yakora. Yemeye ko umukiristu we Sandra Remera asengera mu itorero rye!Ngo ariko yiyita umurundi ngo ntabwo bari baziko ar\u2019umunyarwanda.Ikinyamakuru inyangenewss cyongeye gusaba impunzi,ngo zirusheho kwirinda dore zaratangatanzwe,ariko mu gihe gito izo nkozi zibibi ziraza guhura nakaga gakomeye!Gusa umuntu yavuga ko,hakiri ibyiringiro kuba tukigeje aya magingo kuko kubwa kagame aba yaturimbuye! Mwirinde kugirango tuzabashe gutaha urwanda rushyashya kuko urushya n\u2019urushaje igihe cyabyo kirangiye,Imana ibarinde kandi ibane namwe,Uwiteka hamwe n\u2019inyangenews ba babereye maso mugire ubugingon\u2019impangarike.<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Amakuru agera ku nyangenewss.com,aturuka mu mpunzi z\u2019Abanyarwanda zibarizwa mu gihugu cya Kenya,aya makuru ikinyamakuru inyangenewss.com akaba ayafitiye gihamya.Aravuga yuko Chairman w\u2019Impunzi mur\u2019icyo gihugu bwana Uwayezu Emmanuel ko yaba akorera leta y\u2019Urwanda binyuze muri ambasade y\u2019Urwanda ikorera mu gihugu cya Kenya,mu murwa mukuru wa Nairbo. Nyuma yo kumva aya makuru,ikinyamakuru inyangenewss.com cyahuye na bwana Uwayezu Emmanuel,kuwa<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":5390,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[1],"tags":[],"class_list":["post-1071","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-uncategorized"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1071","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=1071"}],"version-history":[{"count":3,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1071\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":5389,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1071\/revisions\/5389"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/5390"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=1071"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=1071"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=1071"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}