Abanyamadini bameze nabi cyane bakomeje kurwanya ubutabera bw’ Uhoraho!!!

Ibiro ntara makuru byo mu ijuru “Heaven News Media Agency” byamenyesheje yuko inzika y’inzigo (Envying and Grudges) bikomeje kwiyongera mw’isi yabazima.

Bikomeza buvugako, bafite ubwoba bwinshi cyane kubera ubutabera bw’Uhoraho Uwitka Imana Nyiringabo. Aho balimo kwifuza yuko za Leta zikwiye kugira icyo zikora.

Twibutse ko n’ubundi abanyamadini mu izina ry’abafarisayo ari bo bishe Umwami Wabakiranutsi Yesu Kristo kubera Ishyali ryali mu mitima yabo.

N’ubwo bimeze gutyo, ndabibutsa yuko ari nta cyo mwabikoraho habe Nagoya. Kuko imbaraga mufite ari iz’abana b’abantu kandi bakaba baramaze gucirwaho iteka.

Ibyanyu Umuhanuzi Isaiah ya bivuze neza ati, ubu bwoko bunshimisha iminwa gusa nyamara imitima yabwo imba kure!

Ibikorwa byanyu ntabwo ari bishya n’ubundi musanzwe muri abicanyi. S’ubwa mbere mwaba mu bikoze!?

Imigambi yanyu ikomeje gucirwaho iteka nk’ibisanzwe. Ariko nubwo bimeze gutyo birumvikana ko mudashobora se kwihana!?

Kuko kwihana (repentance, intercessors, and preaching gospel) ibyo byamaze gucirwaho iteka rya burundu.So your revenge is nothing.

Skip to toolbar