Abantu n’Imana rurageretse ku buryo budasanzwe!!!

Bakundwa mbandikiye ibi nta bahagarika umutima, ahubwo nshaka kubamenyesha ibi, ntimwiringire icyahoze cyitwa ijambo ry’Imana (Bible).

Muribuka ko, na babwiye ko bibiliya byibuze isigaye nzima ari KJV, ariko nayo ejo narayigenzuye yose nyuma yo guhabwa amakuru nundi muntu ko yahinduwe ndahakana bituma njya kwirebera ubwanjye.

Nsanga koko yarahinduwe. Ibintu bilimo kwihuta cyane biganisha ku kurimbuka. Niyompamvu isi yose iri mukaga! Ubu umuntu ufite bibiliya nutayifite bose ni kimwe kuko ijambo ryaduhaye kwizera iyo twizeye (Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo) ryarahinduwe.

Umwanzi mu mayeri menshi cyane yabonye ko atazashobora guhangana nijambo ryayo, akoresha uburiganya bwinshi cyane akoresheje imitima yuzuye inkovu z’ibyaha, bahabwa intonorano bemera guhindura ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.

Ku bafite bibiliya za cyera, n’ubwo yaciriweho iteka, muyikomeze ahari nta wa menya hanyuma yibi uko bizagenda.

Niyompamvu RNC bazahura na kaga gakomeye cyane, mukwezi kwa Kane (mata) 2019 ubwo bakoreshaga umugambanyi Rucamihigo Mark na Mwubahamana Rachael, banteje ibibazo ariko birangira aribo byibasiye.

Icyo gihe narahunze nsubira kumurwa mukuru w’ishushan, njya gushaka irindi cumbi naho bansangayo ibintu nari nahunganye ubwo ndavuga documents nkuramo izi banze izindi ndazisiga nkiza amagara yanjye.

Ubwo hahise hinjiramo covid19, uyu mwaka nagiye kureba ibintu byanjye halimo na bibiliya (2) originally nari narabitse nsanga bazanye police ijya aho nari ncumbitse batwara ibintu byanjye.

Imana yambwiye kubyihorera kuko ibyari ibyangombwa byari bikenewe nari narakoporoye umwimerere wabyo byose mbibika mu ikoranabuhanga.

Bakoze ibishoboka byose ngo bagushe ibinyamakuru byanjye ariko byarabananiye. Basanzwe bilinzwe nk’uko ndinzwe n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.

Niba umwanzi Satani naba mukorera baragize amahirwe yo guhindura ibyo mwizeraga, nuko rero mugumane kwizera ijambo mwasomye cyera mudashingiye ku nyuguti zilimo kwandikwa na bana b’abantu bashaka kuriganya ubugingo bwa benshi kugirango barimbuke.

Igishimishije muri byose, ni uko bamaze gucirwaho iteka n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo akoresheje ubutabera bwe bulimo kwera no gukiranuka.

Sinzi na ba Pastor’s icyo bamaliye abantu mu gihe bashinzwe umukumbi w’Imana bakaba badashobora kuburira intama ngo zimenye uko zibyifatamo.

Nuko rero mwiringire mu Mwami Mana gusa, mwizeye yuko iyaduhaye ubutabera itazabura no kuducira imanza zo gukiranuka.

Abantu bakunze ubutunzi cyane cash niyo ilimo gukora umulimo wa Satani. Ariko kandi dufite ibyiringiro kuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo alimo guca imanza zitabera. No wander they wanted to assassinating me. But we believe in the Lord God of heaven they shall not prevail.

Izi ngengera z’abadayimoni na ba zikorera zibwira ko iyisi alizo zayiremye? Izo ndacyebwa ndashima Imana ko yampaye kuziciraho iteka.

Muri Israel baherutse kugurisha imirongo ya bibiliya ibihumbi $3450 is a by’Idollar. Urumva ko uguze imirongo ya bibiliya aragenda akandi uko abishaka kuko yaraguze byahindutse business ntabwo bikiri ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.

Nahoze ndeba ibihugu biri kurutonde rwa GDP byibutseho agatubutse mu isanduka ya Leta.

Mbona Israel ifite umutungo wa miriyali zirenze $500, urumva isi iri mu masiganwa y’ubukungu ukize kurusha abandi niwe ufite ijambo.

Ibyo Ngirango murabizi ko no murusengero ufite akantu niwe wuzuye imyuka yera. Kumurenge aho utuye ufite niwe ufite ijambo.

Umwami Wabakiranutsi Yesu Kristo nawe yasize aciye iteka, aravuga ati, ufite azongererwa, nudafite azamburwa nitwo yarafite!!!

Ariko muri gakondo yabakiranutsi abamburwa ibyabo, ni abifite ntabwo arabatifite. Rwigara Assinapol, Ayabatwa Rujugiro Tribert, Mporanyi na bandi bambuwe ibyabo s’uko batari bifite.

Ariko kandi ntabwo wabagereranya na baturage ba Kangondo basenywe inzu bari batuyemo. Niyompamvu ingoma y’abega ikorera macuri kuko ubutegetsi bwabo n’ubutegetsi bwa Satani ntabwo bukomoka ku Imana nubwo yabaretse ngo bategeke yashoboraga kutabyemera.

Ariko yarabyemeye yo yarifite impamvu kuko nta na kimwe kijya kiyitungura. Kandi nayo har’igihe usanga ibifitemo inyungu zitagaragara zitabonwa na maso ya kimuntu.

Abafite bibiliya za cyera muzikomereho zizabafasha guhangana nabakoresha bibiliya zibinyoma. KJV za cyera nta kibazo zifite. Ariko izavuba zarahinduwe nyuma yuko inkozi z’ibibi zumvise ko twazitahuye. Bamaze kumva ko twemera KJV bahise bagenda batanga intonorano batuvangira na mazi.

Aha murabona ko Imana yarifite impamvu yo guca imanza zitabera. Kugirango iburizemo imigambi ya ziliya ngegera z’abadayimoni na bagaragu babo.

Skip to toolbar