Impano Gen.Jack Nziza yoherereje Umuhanuzi Majeshi Leon

Majeshi GASHINO KA NYOKO , ni ubwa nyuma tukwandikiye tukwiyama.Funga ako kayozo kawe, ngo ni akanwa I birengera birenze kuba byinshi.

 

 

1. Intambara mu Rda n,u Burundi ni wowe izabanza guhitana abandi ntacyo izadutwara.
2.Uko utubashye nyoko ni nako ubwejagura wasebeje 1 st lady turakwihorera
3.Gitwaza akuturegeye bigera 10
4 rwandamura charles wagirango ni umwe mu bashumba b’inka, kandi ashumba abantu.

None GASHINO KA NYOKO, wibaza ko twakubuze? Funga Mdomo wako pumbafu!Wagiye tukwirukanye GASHINO KA NYOKO? Garuka usabe imbabazi tugusubize mu gisirikare cyangwa ukore ibindi wifuza uzibe siwowe waduhaye igihugu.

Urampa phone number ryari ? Cyangwa nohereze Karangwa kundege ya nimugoroba aze muvugane? Anakugurire ibiryo urwo rusaku rwawe ni inzara yakurenze wa ngumba we! Urongora umugore imyaka 6 nta mwana, amashitani agukoreramo yaragukonnye ! Ubeshya umwana w’umuntu nguri umugabo wa mutwa we? Nutampa iyo number Ndohereza Karangwa Nimugoroba umusange kuri Hotel.

None GASHINO KA NYOKO, wibaza ko twakubuze? Funga Mdomo wako pumbafu!Wagiye tukwirukanye GASHINO KA NYOKO? Garuka usabe imbabazi tugusubize mu gisirikare cyangwa ukore ibindi wifuza uzibe siwowe waduhaye igihugu.

First lady afite amazu ahongaho niba ari inzara ikwishe vuga akugenere aho uba mu nzu ze, uceceke GASHINO KA NYOKO.Usabwa kumpa phone number yawe kuko First lady ashaka kuvugana nawe, nutayiduha kakubayeho ni haha ndi hawe.

Think twice!

E-mail from Gen.Jack nziza <jack.nziza@yahoo.co.nz> GASWERE NYOKO UMUCURITSE NURANGIZA UMUCE RUGONGO!KABUNO KA NYOKO ujya kuzererana umugore akageza ubwo aguta warataye umutwe. Sara ugaruka hano niwanyu umugore azakwakira nureka kujya mu Barangi bagushajije. KUDAKUBITA IMBWA BYORORA IMISEGA KABUNO KA NYOKO , uzongera kwandika First lady nzagusweza nyoko!

Ariko Jack urumuti wa menyo!!! Uziko nitwa Majeshi cyangwa wibagiwe izina ryanjye?Wowe singutinya kuko nta bwoba wantera yewe haben’Umwakagara nabereye umugaragu mwirirwa inyuma nta bwo yantera ubwoba

 jye nta nyama y’ubwoba yansigayemo nayisize iwanyu mugisirikare, urumva rero ko ibitutsi byawe nta cyo byantwara pe!

Col.Karangwa umwohereze turibusangire supper muri African Hotel hanyuma number yanjye sinjya nyiha abapagani nkawe cyeretse ukijijwe ukihana ubwicanyi bwawe namaraso yakurenze niyo akuvugisha ibyo nzarwana ngaramye nibirimba nicare nakubwiye ko nzashira inguruguguzi nkiri Ingagi.

 

From: Ntakirutimana Mageshi <nccleon@gmail.com>;
To: jack nziza <jack.nziza@yahoo.co.nz>;
Subject: Re: Kannyemo
Sent: Fri, Feb 5, 2016 9:02:14 PM

Skip to toolbar