Mu gihe cy’intebe ya bukunzi.

Ku wa 17 Nzeri 2017,Nerekwa Nyir’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa,ahungutse avuye mu mahanga aho yaramaze imyaka myinshi cyane.Yaje aherekejwe n’abajyana be bacye cyane batarenze (2). Uburyo yajemo bw’uruburyo butunguranye kuburyo har’intebe ya bukunzi yari mu cyanya cyayo itegereje uyicaraho,maze mbona umwakagara nawe amaze kwitunganya aturutse mu burengera-zuba bw’umurwa mukuru w’uRwanda yerekeza ahaherereye intebe yabukunzi.


Ku wa 17 Nzeri 2017,Nerekwa Nyir’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa,ahungutse avuye mu mahanga aho yaramaze imyaka myinshi cyane.Yaje aherekejwe n’abajyana be bacye cyane batarenze (2). Uburyo yajemo bw’uruburyo butunguranye kuburyo har’intebe ya bukunzi yari mu cyanya cyayo itegereje uyicaraho,maze mbona umwakagara nawe amaze kwitunganya aturutse mu burengera-zuba bw’umurwa mukuru w’uRwanda yerekeza ahaherereye intebe yabukunzi.

Nerekwa Nyir’uRwanda nawe azanywe n’inyoni igendera mu kirere ivuza ubuhuha bw’umuduhero,mbona ageze ku kibuga mpunzamahanga cy’ikanombe,ahakurwa n’ikinyabiziga cyimujyana mubuengera-zuba bw’umurwa wa Kigali.bitewe ni uko umwakagara yari yabanje imbere,nerekwa Nyir’uRwanda ikinyabiziga kimutwaye acyivamo ahita agendesha amaguru yerekeza aho intebe yabukunzi iherereye.

Bitewe ni uko umwakagara yari yagiye n’ikinyabiziga,ahura n’uruhurirane rw’ibinyabiziga,maze,atinda mu nzira,bituma Nyir’uRwanda yagiye namaguru amutanga ku ntebe yabukunzi.Nerekwa abambari b’umwakagara bose bakorwa n’isoni mbona rubanda rw’Umwami runejejwe ni uko Nyir’uRwanda asubiye ku ntebe yabukunzi.

Uhereye uwo mwanya abambari b’umwakagara batangiye kuva mu murwa mukuru w’uRwanda batangira gushoka ishyamba bahunga kw’ima ingoma ya Nyir’uRwanda.Habaho amahoro asesuye abanyarwanda babona umunezero bari barabuze nyuma y’igihe kinini cyane.

Maze bahamagarira ingabo zahoze ar’iza fpr,ngo zirinde Nyir’uRwanda ziranga,ako kanya igihugu cy’igihangange ku isi cyohereza ingabo z’abazungu ariko  bo mu bwoko bw’Abirabura,baraza barinda umutekano w’ighugu.Inkotanyi zibonye ko,ingabo zamahanga arizo airinze igihugu kandi ko habonetse umugisha ku gihugu,bose bazira icyarimwe basaba kwinjizwa mu ngabo z’igihugu.

Barakirwa ariko nabonaga bafite icyimwaro cyinshi cyane kuburyo bamaze gushyirwa mu ngabo byarabagoye cyane kwegera Umwami w’uRwanda KIgeli V. Ndahindurwa,cyakora ntacyo yabatwaye kuko yababereye umubyeyi baahinduka abana b’igihugu.

Ku wa 18 Nzeri 2014,Nerekwa umukuru wa fdlr yifashe ku itama,ngo kubera ko,ibyo bari biringiye byose bihindutse impfabusa,numva ijwi ry’Uwiteka rivuga ngo,uko byagenze muri 1945,ngo ninako na nubu bigiye kugenda muri uyu mwaka wa 2014.Ni uko mbona abanyarwanda bari bafite ibyiringiro muri fdlr mbona birangiye uko niko Uwiteka avuze.

Skip to toolbar