kuwa 01Sep 2014 Imana yahishuye ko,bagiye kwirenza Dr.Himbara David.

Kuwa 01st Sep 2014, Nerekwa mbona ndi ku nkengero z’ubutayu bugufiya,imbere yanjye hari umugabo witwa Dr.David Himbara,mbona bamwoherereje abakobwa (2);kugirango umwe muri bo,akorane ubukwe nawe(Urupfu)ni uko mbona Himbara abanje gushidikanya,ariko ageze ho aremera,mu gihe yari amaze kwemera kurushinga niyo nkozi yibibi y’umwega-kazi yari yitwaje utuzi twa Munyuza,mbona umuhanuzi mukuru arahatungutse atabara Dr.Himbara

(b) Nerekwa mbona leta y’Urwanda yohereza za magigiri ngo zishobore gutata umuhanuzi Majeshi Leon babashe kumenya aho aherereye neza ngo babone uko bamuca igihanga,ariko biba iby’ubusa Uwiteka aramanuka aramutabara imigambi yabo abasha kuyiburizamo ibyo bateguraga bihinduka ubusa.

Skip to toolbar