Inama (10);zemejwe ko Paul akurwa ku ngoma,

kuwa 18 Nyakanga 14 Umwuka w’Uwiteka yaransanze aho nari kumurwa w’ishushani mu gihugu cy’Ibabuloni,byari ahagana mu masaa ya nimunsi,maze Uwiteka arambwira ati ubu harangiye inama ya (10); yogukuraho umukuru w’igihugu cyanyu,dore hashize igihe narabafunze imitima yokugirango badahuza  babanze bareke ibyahanuwe nabahanuzi biobanze bisohore.



Kuko baramutse babitanze imbere byaba bibi kurushaho,dore noneho bahuje umugambi bemeranijwe yuko Paul Kaga akurwa ku ngoma.Umwuka w’Imana yihanangirije abantu bose bazishimira urupfu rwa Paul Kaga kuko bizabatera umuvumo,kuko icyo gihe ibihugu byinshi bizishimira iyo ntambara ndetse bazabaseka cyane ariko abazabseka aho niho bazakura umuvumo.Uko nioko Uwiteka avuze!.

Ntabwo bizaba bisekeje ahubwo bizaba bijababaje kuburyo  buteye agahinda kuko inzirakarengane zizaba zicirwa ubusa kandi ari nta cyaha bakoze,dore nd’Uwiteka imana ivuga ikanakora mwirinde umuzi wogusharira umera myri mwe!!
babwire nabo babwire abandi bicare bazi neza ibigiye kubaho mu isi yabazima.

Skip to toolbar