Imbwa n’Injangwe mu gihugu cya Kenya zabuze aho zihungira mu gace karimo izara.

 

Nk’uko amakuru akomeje kugera ku kinyamakuru inyangenews.com, aturuka mu murwa mukuru w’icyo gihugu Inairobi,umunyamakuru wacu Alice umuhoza yatumenyesheje ko muri icyo gihugu inzara iriguca ibintu bigacika,ngo none bigee kurwego abaturage bicyo gihugu batangiye kurya imbwa mu mpera z’uyu mwaka mu gace kitwa Turkana.


Amakuru akomeza avuiga yuko iyo nzara ikomeje ggukomera muri icyo gihugu,none no tundi ducye bageze aho batangira kurya injangwe bitewe ni uko imba bazimaze,kuburyo ubu umuntu ugitunze amwe muri ayo matungo nta mutekano bafite bitewe ni uko abauranyi badashobora kurara inzara kandi wowe wabonye amafunguro ngo ufite amatungo murugo mu gihe abandi bo,bayabonamo amafunguro.

Ibyo birimo kuba mu gihe leta nayo ihangayikishijwe bikomeye n’umutekano mucye uturuka kubatereroliste bo mu bwoko bwa All shaabaab bakomeje kuzambya icyo gihugu,amakuru yavuba aravuga ko nabamucyerarugendo babazungu bakundaga gusura icyo gihugu,ubu bamaze gukuramo akabo karenge.Abakozi bakoraga muri ayo mahoteli ubu nabo babaye abashomeli kubera kubur akazi kubera umutekano mucye ukomeje kurangwa muri icyo gihugu.

Tubamenyeshe yuko ibyo byose biri mubuhanuzi nk’uko umwuka w’Imana yabivuze ndetse bizanakomeza kugeza igihe gahunda y’Imana izatunganira,Uwiteka Imana yavuze yuko ngo muri icyo gihugu cya Kenya abanayagihugu bazicuza igituma bitwa abanyakenya kuko ukuboko k’Uwiteka kuzabaremerera kumpamvu izibyaha bikomeje kwiyongera muri icyo gihugu,kandi igihugu kikaba kiyoborwa nabadaimoni.

Ni uko rero ukoma urusyo akoma n’ingasire,gusa dukomeje kubatunganirirza ubuhanuzi mujye mukomeza kutwihanganira bitewe ni uko urubuga rwa mbere barushenye bityo bisaba ko twongera gutunganya ubutumwa Imana yabagejejeho mujye mudusabira kugirango Uwiteka akomeze kuturinda inkozi zibibi n’inkoramaraso kugirango niba bishoboka Uwiteka tumutoneho maze atugirire ikizere dukomeze gukora umurimo we duhishurirwa n’umwuka wera ibikorerwa mu isi yabazima maze namwe tubibagezeho.

Gusa twiringiye yuko iyabivuze no gusohoza izabisohoza kuko yananiwe kubesha mu gihe ibindi byose ibishoboye!Turimo kubategurira urugendo rwo mubutayu uko rwagenze kuko tubona yuko rusa naho rugeze ku iherezo kuko ubu tuvugana hasigaye ikimenyetso kimwe gusa kuko ibindi bias naho byarangiye.

Umuhanuzi yamaze kwinjira mu masezerano,ndetse vuba ahagaha muzumva ijwi ry’umuhanuzi munda y’ibuye!Ubwo bivuze yuko perezida Jpseph Kabila ariwe usigaye kudusohoreza amasezerano yacu kugirango dutahe murwagasabo,naho umuhanuzi-kazi yamaze kuva mubutayu yageze muri gakondo,n’uko rero mufate iburyo n’ibumoso kuko ntakundi byagenda mwiringire uhoraho kuko byose ar’ibyiza kubakunda Imana.

Mu gire amahoro y’Imana,impagarike n’ubugingo Uwiteka abiteho kandi mugire weekend nziza irimo gukiranuka no gutinya Imana,mutabikorera ijisho,ahubwo mubikora mubikunze nk’abana bumvira umubyeyi.

Skip to toolbar